Kigali : Umunyeshuri yari ahitanye umwalimu Imana ikinga akaboko

Nyuma y’aho umunyeshuri witwa Karamaga Elcy abitse inzika y’uko umwalimu umwigisha isomo ry’ubutabire Gasoma Jean Baptiste yaba yaramwibye umunota, mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri uyu munyeshuri w’umukobwa wiga mu mwaka wa kane PCB (Phyisics, Chemistry and Biology) mu rwunge rw’amashuri rwa Mutagatifu Andereya ( Gs St Andre) mu mujyi wa Kigali yatemye umwarimu […]

Umuhanzi Miss Shanel yateye ikirenge mu cya Zari cyo kwambara ubusa kuri internet kandi atwite :REBA-AMAFOTO

Umuhanzikazi nyarwanda Nirere Ruth uzwi cyane nka Miss Shanel, yishyize mu gatebo kamwe n’ibindi byamamare nka Kim Kardashian,Kelly Rowland,Zari Hussein agaragara yambaye ubyo benshi bita nk’ubusa kandi atwite. Mu rwego rwo kugaragaza ko atewe ubwuzu cyane n’imfura ye yenda kwibaruka, Miss Shanel yabicishije mu buryo butari bumenyerewe ku banyarwandakazi bwo gushyira ku Karubanda amafoto y’inda […]

Ibigo 6 by’ubutasi bikaze cyane ku isi

Ubutasi ni ibigo bya za leta na guverinoma bigamije kwegeranya amakuru, bikayasesengura nyuma bikayafatira ibyemezo bikaze mu rwego rwo kurinda igihugu Ubu butasi bufasha igihugu kugira umutekano uhagije hifashishijwe amakuru y’ibanga ibi bigo by’ubutasi biba byabashije kugeraho Abakozi bakora muri ibi bigo bakunze kugirwa ibanga rikomeye kugira ngo babashe kugera ku makuru bifuza. Ikinyamakuru ABCnews […]

Sobanukirwa ibanga ryo kubyara umwana w’igitsina wifuza

Bizwi neza ko kugira ngo urusoro cyangwa igi rizavamo umwana rikorwe ari uko intanga ngabo ihura n’intanga ngore. K’umugabo agira ubwoko bubiri bw’intanga bita X na Y, naho umugore akagira intanga ebyiri zisa bita X. Ni ukuvuga ko kugira ngo mubyare umwana w’umuhungu cyangwa umukobwa biterwa n’intanga y’umugabo yabashije guhura n’iy’umugore, mu gihe intanga ngabo […]

Amayeri 10 abakoresha bifashisha iyo bashaka gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bayobora

Mu gihe umukoresha wawe uba umufata nk’umuntu udasanzw unakwiye kubaha, kuri we hari igihe aba atariko abibona, wamwubaha cyane akakubuza ngo ntukajye untinya,… ariko iyo ukurikiye neza uza gusanga hari ikindi agushakaho aba yarabuze uburyo akwisanzuraho ngo akigereho. Abakoresha mu gihe bifuza kuryamana n’abakobwa cyangwa abagore bakoresha, hari amwe mu mayeri bifashisha kugirango abanze akurye […]

Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yahawe izina rishya “AZAM Rwanda Premier League”

Nyuma yo gusinya amasezerano y’ubufatanye, AZAM ikemerera ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA ) inkunga ku mikino ya shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda; byatumye iyi shampiyona ihindurirwa izina ikazaba yitwa “ Azam Rwanda Premier League ” guhera umwaka utaha w’imikino. Kuri uyu wa mbere taliki ya 24 Kanama 2015, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu […]

Agathon Rwasa ushinjwa kuba intandaro y’urupfu rwa Gen. Adolphe nawe batangiye kumukora mu nda

Nk’uko byagiye bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye cyane cyane iby’i Burundi ko urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana rwakuruwe n’abanyapolitiki bari binjijwe muri Guverinoma atabishaka, Agathon Rwasa wagizwe Visi Perezida w’inteko Ishingamategeko ni we watungwaga agatoki mbere y’abandi ko yahawe uwo mwanya bose batabishaka, kuri ubu nawe batangiye kumukora mu nda. Ku wa Gatandatu tariki ya 22 Kanama […]

Nyuma y'irahira ritunguranye perezida Nkurunziza yashyizeho guverinoma nshya

Perezida Nkurunziza yashyizeho guverinoma nshya ahindura abaminisitiri hafi ya bose uretse uw’Imari n’uw’Ingabo. Ni nyuma y’uko arahiriye kuyobora manda ya gatatu, atsinze amatora amahanga yemeza ko atanyuze mu mucyo. Urutonde perezidansi y’u Burundi yatangaje ibinyujije kuri Twitter, rugaragaza ko abaminisitiri bagumye ku myanya yabo ari Emmanuel Ntahomvukiye, wagizwe minisitiri w’ingabo kuva muri Gicurasi ubwo uwo […]