Impamvu 6 zituma abakobwa benshi badukana ingeso yo kwambara utujipo tw’impenure
Hari ababifata nk’iterambere mu gihe hari n’abanenga bemeza ko kwambara utwenda two hasi tw’impenure ari nko guta umuco bishya bishyira ku buraya. Zimye mu mpamvu zitera abakobwa kwambara impenure: 1.Kurangaza abasore/Abagabo: Mu gihe bamwe mu bakobwa baba bashaka abagabo babiruka inyuma, umukobwa usohotse aho atuye yambaye impenure bimufasha kwibazwaho n’abasore benshi cyangwa abagabo . Aho […]
Brazil: Joseph Biziyaremye yafashije Team Rwanda kwitwara neza muri Tour de Rio
Ikipe y’igihugu y’umukino w’ magare “Team Rwanda” yatangiye yitwara neza k u munsi wa mbere w’isiganwa rya “Tour de Rio” aho abasiganwa bakoze urugendo rureshya n’ibilometero 158 abanyarwanda bose bakaza mu myanya 46 ya mbere. Abanyarwanda 33 bitabiriye iri siganwa barimo Patrick Byukusenge ,Jean Bosco Nsengimana ,Joseph Aleluya ,Joseph Biziyaremye Hadi Jamvier [ …]n’ubwo bategukanye […]
U Burundi burashinja ubunyamabanga bwa EAC kubugambanira
Leta y’u Burundi iravuga ko ubunyamabanga bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba burimo kuyigambanira ngo ikurwe muri uyu muryango, nyuma y’aho u Budage binyuze mu kigega GIZ butangarije ko butazongera gutanga inkunga kuri uyu muryango, niba u Burundi bukomeje kuwubamo. Nta gihe kinini gishize ubunyamabanga bwa EAC bwandikiwe n’ikigega GIZ, Leta y’u Budage icishamo inkunga igenera […]
Nyuma yo kugenda kwa Tonny,Touch Record isigaye ari iya Jay Polly wenyine
Nyuma yo gusezera Green P na Junior ndetse na Tonny mu nzu itunganya umuziki (Lebel) ya Touch ubu iyi nzu isigaye yihariwe na Jay Polly. Nyuma y’ibibazo by’uruhuri byaranze studio “Touch record” ari nabyo byatumye icikamo ibice bibiri ari byo Touch Record na Touch intertainment,ubu bamwe mu bakozi bayo n’abafatanyabikorwa bamaze gukuramo akabo karenge usibye […]
Ibigo 4 by’ubutasi bikaze cyane ku isi (ibikurikira)
Ubushize twari twabagejejeho urutonde rw’ibigo 6 by’ubutasi bikaze kurusha ibindi. Muri iyi nkuru tugiye kubakomereza ibindi bigo 4 by’ubutasi bikaze ndetse na zimwe mu nshingano z’ibi bigo. Ubu butasi bufasha igihugu kugira umutekano uhagije hifashishijwe amakuru y’ibanga ibi bigo by’ubutasi biba byabashije kugeraho Abakozi bakora muri ibi bigo bakunze kugirwa ibanga rikomeye kugira ngo babashe […]
Kayonza: Imodoka ya Police yakoze impanuka hapfa 3 abandi 11 barakomereka
Kuri uyu wa 27 Kanama 2018 saa tanu n’igice mu murenge wa Mukarange mu kagari ka Nyagatovu mu karere ka Kayonza, imodoka ya Police yari itwaye abafungwa bavanywe kuri Pariki bagera kuri 14 yakoze impanuka irenga umuhanda hapfa umupolisi wari uyitwaye n’abafungwa bagera kuri babiri, abandi barakomereka. Amakuru aturuka mu buyobozi bwa polisi avuga ko […]
7 JOBS at Baho Polyclinic Kigali/Rwanda (Deadline 31/8/2015)
Le Centre Médical Baho (CMB) voudrait recruter le personnel ci-après: The Centre Médical Baho (CMB) would like to recruit the following staff: 1.Un(e) infirmier(e) A1 ayant une expérience de travail de 5 ans au moins dont 2 ans en Néonatologie. Elle doit parler Franà§ais et Anglais et àªtre à¢gée de 35-50 ans. A nurse A1 […]
Umwe mu basirikare ba FDLR yishwe n’icyo bagenzi be bita inzara ibugarije
Mu gihe ubuyobozi bwa MONUSCO butangaza ko inkunga zagenerwaga abahoze ari inyeshyamba za FDLR zahagaritswe, umwe muri bo yavuye mu bandi bikaba bitangazwa ko yazize inzara n’imibereho mibi ibugarije. Ku wa 16 Kamana 2015, nibwo umwe mu bahoze ari abarwanyi b’inyeshyamba za FDLR yapfuye, bikaba bitangazwa ko yazize imibereho mibi babayemo mu nkambi bashyizwemo i […]
Byamenyekanye ko YESU KRISTO yari umwirabura
Itsinda ry’abashakashatsi bo muri kaminuza ya “Tel Aviv” rishinzwe ibisigazwa bwo mu butaka bavumbuye impapuro mu ntara ya “Cisjordanie”, hafi y’ubuvumo bwa “Qumrà¢n”, kimwe n’impapuro z’inyanja izwi ku izina rya “mer Morte”, izo mpapuro zabonetse mu mwaka wa 1947 zikaba zigaragaza ishusho nyayo ya Yesu Kristo. Izindi mpapuro zavumbuwe n’itsinda ry’abayahudi bitwaga aba Esséniens, […]
Sobanukirwa n’icyo imirongo yo mu biganza isobanura naho bihurira n’imyitwarire y’umuntu mu rukundo
Mu gihe imirongo igaragara mu biganza by’abantu iba idasa, bitangazwa ko igira n’aho ihurira n’imyitwarire y’umuntu ndetse n’ubuzima abayemo mu rukundo. Nk’uko bitangazwa n’urubuga reshareworth, Inzobere zigaragaza isano ry’abantu bahuje ubwoko bw’imirongo yo mu kiganza,aya masano ahanini yibanda ku mico ya ba nyirayo n’uko bitwara mu rukundo. Habaho ubwoko 4 bw’imirongo yo mu kiganza bwose […]
Lt Gén. Adolphe Nshimirimana yishwe ngo yari ageze aho kwitwa akamana gato i Burundi
Ubwo Gen. Adolphe Nshimiyimana yashyingurwaga mu cyubahiro mu gace yari atuyemo ka Kamenge i Burundi, abaturage bamuvuze ibigwi ndetse ko akwiye gukorerwa ikibumbano. Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko babuze umuntu w’ingirakamaro mu bijyanye n’ubukungu, abandi bavuga ko yari inkingi ikomeye y’igisirikare cy’u Burundi ndetse ko yari afatiye runini Perezida Nkurunziza. Ikinyamakuru RPA (Radio […]
Umusore yaguwe gitumo arimo kwikeba ubugabo (igitsina)
Kayinamura Jean (amazina yahinduwe), umusore w’imyaka 20 utuye mu mudugudu wa Nyagahinika mu murenge wa Kigeyo mu karere ka Rutsiro, yagambiriye kwivanaho ubugabo bwe, akomwa mu nkokora na bagenzi be bamuguye gitumo atarangiza umugambi we. Byasabye ko abamubonye bihutira kumwambura icyuma yikebeshaga kugira ngo ubugabo bwe yari yamaze kurema uruguma budatakara. Uyu musore ubu uri […]
Babiri batawe muri yombi na polisi bazira gusambanya abana ku ngufu
Mu bihe bitandukanye, Polisi yafashe abagabo babiri bakekwaho gusambanya abana babakobwa mu Ntara y,Uburasirazuba. Uwitwa Modeste Habimfura w’imyaka 29 y’amavuko wo mu murenge wa Nasho ho mu karere ka Kirehe kuwa mbere tariki ya 25 Kanama yafashwe na polisi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 2 . Nubwo uyu mugabo ahakana ibyo aregwa, ariko umugore we ndetse […]