Dr Jiji uzwi ku mashusho y’urukozasoni yahishuye ibanga abagore bihariye bandi bagabo batamenye
Mugabukwari Janvier uzwi cyane nka Dr Jiji,umenyerewe cyane mu ndirimbo zisingiza abagore n’uburanga ndetse n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina yahishuye ko hari ibanga abagore bihariye ari naryo rimutera iyi nganzo yibandaho mu bihangano bye. Dr Jiji w’imyaka 34 yasobanuye impamvu imutera kuririmba abagore,ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina no gukora amashusho yiganjemo abakobwa bambaye ubusa. Nk’uko igihe kibitangaza ngo Dr […]
Ubwambure bw'abakobwa bwahinduwe amasahane yo kuriraho-AMAFOTO
Ubwo akabari kitwa Cruise Bar ko muri Australia kafungurwaga ku mugaragaro, kari gafite amasahane (amapulato, plateau) adasanzwe: ”abakobwa bambaye ubusa”. Muri ibyo birori, abakobwa bari baryamishijwe ku rubaho, bategurwaho imbuto, amaseri y’imineke ku mabere, imizabibu ku myanya y’ibanga, n’uduce twa Watermelon n’inanasi ku bibero. Umwe mu bakobwa bari bagizwe amasahani y’imbuto Iruhande rw’ayo masahane-muntu hari […]
Aho yaciye ntihaca urwango, Impamvu 10
Zimwe mu mpamvu zishobora gutuma abigeze gukundana nyuma bagatandukana bongera guhura bagakora imibonano mpuzabitsina Bamwe mu banyarwanda bavugako abigeze gukundana bitajya bigorana kongera, bavuga ko impamvu ari uko muba mwarakundanye cyane mukaza gutandukana bitewe n’impamvu zitandukanye ariko rimwe na rimwe ibihe mwagiranye ntibisibangane mu mitwe yanyu. Hari bamwe bemeza ko biterwa no kuba hari abakunda […]
Abicanyi 6 ba Mudahusha ba mbere ku isi
Ku isi hagiye havugwa ko abantu bishwe barashwe mu kivunge bakaraswa n’abantu batigeze bamenyekana bakunze kwita ba Mudahusha. Iyi nkuru irabagezaho ba mudahusa 5 ku isi bishe abantu benshi hirya no hino ku isi. Aba ba Mudahusha benshi bakaba bakomoka muri Amerika. Kugera kuri aya makuru hifashishijwe imbuga za Lodge warrior na Military Hot Topics […]
Arsenal na Man. United mu rugendo rukomeye rw’irushanwa rya UEFA Champions League
Kuri uyu wa kane taliki ya 27 Kanama nibwo habaye tombola y’amatsinda agize irushanwa rya UEFA Champions League ry’umwaka wa 2015-2016, amakipe 32 azitabira irushanwa rya Champions League yashyizwe mu matsinda 8 maze Manchester United na Arsenal zisanga mu matsinda y’urupfu. Mu makipe 4 yo mu gihugu cy’ubwongereza Manchester United ndetse na Arsenal zisanze mu […]
Ubushinwa: Nyuma yo gukura cyane umukecuru yameze ihembe
Umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko mu gihugu cy’u Bushinwa yameze ihembe ryateye benshi impungenge aho barigereranya n’imyaka ye y’ubukure. Kugeza abaganga bagerageje kubaga iri hembe ariko byananiranye bakaba bavuga ko batewe ubwoba n’iri hembe riri gukura ubutitsa. Abaganga bo mu gihugu cy’u Bushinwa baratangaza ko babonye indwara yabateye ubwoba kuko itari isanzwe iboneka mu gihugu cyabo […]
Abaperezida 10 ba Afurika bagenda mu ndege z’akataraboneka
Abakuru b’ibihugu bya Afurika batandukanye bagiye bavugwaho kunyereza imitungo y’igihugu bakajya kuyibitsa mu mabanki y’I Bulayi abandi bayaguraho ibikoresho by’abagashize. Muri ibi bikoresho harimo imodoka zihenze ndetse n’indege zihenze cyane. Iyi nkuru iribanda ku ndege z’abagashize aba baperezida bagenderamo nk’uko tubikesha ikinyamakuru Africa Cadle. Angola President’s Plane (Embraer ERJ-135) Iyi ndege igendwamo na Perezida wa […]
Menya ikintu 1 kirusha ibindi kuba cyiza mu buzima bwa buri munsi
Ariko jyeweho kwegera Imana ni ko kwiza kuri jye, Umwami Uwiteka ni we ngize ubuhungiro, Kugira ngo namamaze imirimo wakoze yose. Zaburi 73:28 Mu bantu bafite ubunararibonye bwubuzima ntekereza ko ubuhamya bwe buri mu bice byinshi Dawidi arimo. Iyo avuze ngo naho Data na mama banta Uwiteka yantarura, aba yibutse ukuntu Se yamwohereje mu ntama […]
Niba Perezida atikuye ku butegetsi vuba ngo harakoreshwa izindi mbaraga
Umuryango SNARED w’abatavuga rumwe na leta ya Nkurunziza batangaje ko kuva tariki ya 26 Kanama uyu mwaka ko mu Burundi nta bayobozi bahari bemewe n’amategeko. Umuyobozi w’uwo muryango Leonard Nyangoma yasabye umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza kurekura ubutegetsi cyangwa akemera ko hajyaho Leta y’inzibacyuho. Leonard Nyangome yavuze ko urugamba barimo bashobora gukoresha izindi mbaraga zidasanzwe, ikindi […]