Amateka n’umuco: Uko abanyarwanda bagiye batera imbere mu myambarire
Uko amateka abigaragaza mu Rwanda ngo abanyarwanda batangiye bambara imyenda ikoze bibabi bigenda bizamuka bigera ku mpu kugeza aho ubu basigaye bambara imyenda isanzwe ikozwe mu budodo busanzwe. Ngo mu gihe cya kera basaga nk’abambara batikwije ariko kuri ubu basigaye bambara bikwije. Ese waba uzi uko aya mateka yahindutse. Dore uko amateka agenga imyambarire yagiye […]
Bebe Cool n’umugore we Zuena bizihije isabukuru y’imyaka 13 bamaze babana
Kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Mutarama 2016, icyamamare cyo muri Uganda, Bebe Cool n’umukunzi we Zuena Kirema bizihije isabukuru y’imyaka 13 bamaze babana. Uyu munyabigwi umaze kubyarana n’umugore we abana batanu, yagaragaje ibyishimo bidasanzwe aho yabisangije abakunzi be abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook ahashyira amafoto y’abana be bose. Bebe Cool yagize ati:“ […]
Ibyiza 10 byo gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi
Dusanzwe tuziko uretse indwara n’imyaku nta kindi cyiza cy’ubusambanyi. Nyamara imibonano mpuzabitsina ku bashakanye ni ingenzi cyane byaba ku rukundo rwabo no ku buzima bwabo muri rusange. Ubusanzwe akamaro ka mbere k’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye ni ukororoka, ikindi nuko byongera kwisanzuranaho no gukomeza urukundo rwabo. Si ibyo gusa kuko imibonano mpuzabitsina yongerera ubuzima bwiza abashakanye. […]
Bidasubirwaho, Amerika n’Uburusiya bigiye gupimana imbaraga benshi basesenguramo intambara ya 3 y’isi
Visi-Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje kuri uyu wa gatandatu taliki ya 23 Mutarama 2016 ko igihugu cye gifatanyije n’igihugu cya Turukiya byiteguye gukoresha inzira y’intambara mu gukemura ibibazo biri muri Siriya niba inzira y’ibiganiro ntacyo ishoboye kugeraho. Biden akaba yavuze ko Amerika izafasha igihugu cya Turukiya urugamba rwo kurwanya umutwe […]
U Burundi bushobora kuba bugiye kwirukanwa burundu muri EAC na AU
Mu nama y’abadepite bagize umuryango wa furika y’Uburasirazuba izamara icyumweru yateraniye muri Tanzaniya kuri uyu wa mbere yiga ku kibazo cy’umutekano muke mu gihugu cy’u Burundi, yasabye ko abadepite bahagarariye Leta y’u Burundi muri EALA bahezwa mu biganiro bisaba ko u Burundi bwirukanwa muri EAC. Ishyirahamwe ry’abunganizi mu mategeko rya EAC (PALU) ndetse n’ihuriro rya […]
Nyuma yo guhambirizwa mu ikipe ya Chelsea, Jose Mourinho yagaragaje ko yifuza kuza muri Man. Utd
Jose Mourinho wahoze atoza ikipe ya Chelsea akaza gutsindwa n’amakipe atabarika bikanamuviramo guhambirizwa riva, ubu noneho yandikiye ubuyobozi bw’ikipe ya Manchester United ibaruwa ifite amapaji 6 asobanura uburyo yiyumvamo kuba yatoza iyi kipe, kandi ko yashobora kubahiriza amahame ayigenga. Mourinho wirukanwe muri Chelsea mu kwezi gushize, yeruye avuga ibiri ku mutima we, aho yatangaje ko […]
Ese ni kuki abakristo bagomba gusenga mu izina rya Yesu?
Abasobanura gusenga bavuga ko ari igikorwa cyo kuganira n’ Imana mu buryo bweruye. Abakristo ndetse n’ abandi bizera ko Kristo ari umwami n’ umukiza w’ ubugingo bwabo basenga mu izina rya Yesu kuko ari ryo zina ryonyine abantu bahawe mu ijuru no mu isi bakwiye gukirizwamo. Nkuko bivugwa muri Yohana 14:13-14, ijambo ry’ Imana rigira […]
FDLR yambuwe abana 355 yakoreshaga mu gisirikare cyayo
Muri raporo yashyizwe hanze na Loni kuri iki cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2016, yagaragaje ko abana 1195 bakuwe mu mitwe y’inyeshyamba zirwanira mu mashyamba ya Congo, 355 ni abakuwe mu mutwe wa FDLR. Aba bana bose uko ari 1195 bari abarwanyi b’inyeshyamba zirwanira mu burasirazuba bwa RDC, bakaba barakuwe muri iyo mitwe mu mwaka […]
Gicumbi:Abaturage bavuga ko batazi icyo televiziyo zimara ku biro by’ utugari mu gihe nta makuru bazibonaho
Iyo ugeze hirya no hino mu karere ka Gicumbi cyane cyane ku biro by’utugari tumwe na tumwe n’ahandi hahurira abantu benshi hamwe na hamwe kuko atari hose,uhasanga za televiziyo ,icyo abantu batari bake bahita bibaza akaba ari aho zaturutse ariko kandi bakanibaza icyo ziba zihamara mu gihe ziba zizimije cyangwa se hamwe na hamwe zitari […]
Kicukiro: Abagabo babiri bafashwe bagerageza guha umupolisi ruswa
Utabarutse Emmanuel 25 y’amavuko na Dushimiyimana Omar, bafashwe ku itariki 23 Mutarama uyu mwaka bagerageza guha umupolisi ruswa y’ibihumbi mirongo itanu (50,000) by’amafaranga y’u Rwanda , nyuma yo gufatanwa udupfunyika 70 tw’urumogi mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda mu kagali ka Kigabiro, umurenge wa Niboyi ho mu karere ka Kicukiro. Kuri iki cyaha, Umuvugizi […]
Nyuma yo gusambana na Wema Sepetu na Zari, Diamond akeka ko yaba yarabyaranye n’undi mugore
Umuhanzi Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzania, nyuma yo kuvugwaho byinshi ko yaba atabyara akaza kugaragaza amashirakinyoma ubwo yabyaranaga n’umuherwe Zari, kuri ubu uyu musore arakeka ko yafa yarabyaranye n’undi mugore. Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye na radio TBC FM, ku cyumweru taiki ya 24 Mutarama 2016, yavuze ko mu mwaka wa 2010 yigeze kugirana ibihe […]
Ubwumvikane buke hagati ya MINEDUC na REB buranugwanugwa
Kuva aho Minisiteri y’uburezi ( MINEDUC) itangarije amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange, ubu iyi Minisiteri ntiri kumvikana n’ikigo cyayo gishinzwe uburezi aho bashingira ko ibi bigo byombi byananiwe kumvikana ku byerekeranye n’aho abatsinze baziga ndetse no kuvuguruzanya ku inota ry’ifatizo. Mu gihe habura icyumweru ngo umwaka w’amashuri abanza n’ayisumbuye wa 2016 utangire, […]
Col. Jules Ndihokubwayo yihakanye umutwe wa gisirikare Gen.Niyombare abereye umuyobozi
Mu gihe byatangazwaga Col. Jules Ndihokubwayo yaba ari mu mutwe wa gisirikare FOREBU( Forces républicaines burundaises ) w’abarwanya Leta ya Nkurunziza, yahakanye aya makuru yivuye inyuma ko ntaho ahuriye nawo. Mu kiganiro yagiranye na radiyo y’igihugu rtnb, Colonel Jules Ndihokubwayo yavuze ko ntaho ahuriye n’uwo mutwe w’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi buriho, ko uwo mutwe awumva nk’uko […]
Nyarugenge: Urubyiruko rw’abaskuti rwakanguriwe kurwanya icuruzwa y’abantu
Urubyiruko rw’abaskuti rugera kuri 40 rwo mu karere ka Nyarugenge rwahawe ubumenyi ku icuruzwa ry’abantu ndetse rusabwa kugira uruhare mu kurwanya icyo cyaha cyane cyane batungira agatoki Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego abakora ibyo bikorwa bibi bigayitse kugira ngo habeho kubikumira no gufata ababyishoramo. Ubu butumwa babuhawe tariki ya 22 Mutarama mu gikorwa bariya bahagarariye […]
N’inka za Data narazitaye nkanswe uwo muturika wanyu “Col Tom Byabagamba”
Mu rubanza ubushinjacyaha bwa gisirikare buregamo Brig Gen Frank Rusagara, Tom Byabagamba na Sgt Francois Kabayiza, Col yongeye kugaragaza ko agaciro aha ikirego cyo guhishira abatunze intwaro mu buryo bunyuranye n’amategeko katagereranywa n’umubyeyi we wari urembye. Col Tom Byabagamba muri uru rubanza yagarutsweho aho yavugaga ko yahawe imbunda akanga kuzitanga ku bushake. Urukiko rwavuze ko […]