Nyuma yo gushinjwa kwirukanisha Jose Mourinho, Diego Cost ashobora gusubira muri Atletico Madrid
Diego da Silva Costa ukomoka muri Brazil, akaba na rutahizamu w’ikipe ya Chelsea biravugwa ko yongeye kwifuzwa n’ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espagne. Ibi bitangajwe vuzwe nyuma yaho byagiye bivugwa ko uyu musore Diego yaba ari ku ikubitiro mu birukanishije uwahoze ari umutoza we muri Chelsea, Jose Mourinho. Atletico yatangaje ko yiteguye kurekura miliyoni […]
Imodoka y’akataboneka Col.Kadhafi yapfuye yifuza ko abaturage be bazajya bagendamo
Mbere y’uko apfa yishwe n’abatarifuzaga ubutegetsi bwe, uwahoze ari perezida wa Libya, Moummar Kadhafi, hari ubwoko bw’imodoka yifuzaga ko abaturage be bajya bagendamo yari yarise Saroukh el-libya. Iyi modoka ijya kumera nk’igisasu cya rocket yafatwaga nk’igiye kugaragaza impinduramatwara mu mateka y’imodoka yari ifite ubushobozi bwo gutwara abantu batarenze 5. Ubwoko bwa mbere bw’iyi modoka bwubatswe […]
Umurundikazi ugisha inama, amaze amezi 2 atumva uburyohe mu gihe cy’ imibonano mpuzabitsina
Ndakeneye infashanyo zanyu. maze amezi 2 ntashukwa umugabo naho yagira ate nunva atavyo ngomba gusa ndigirisha nkubigomba tugakora sex(imibonano mpuzabitsina) bisanzwe mais je ntaburyohe mba nunva, kenshi ndamubesha ngo nakoze cane kukazi ndaruha. nkore iki, nko muminota 5 mba nunva ntakigenda nanyuma nsigara mbabara. Nkore iki? Email: jacqueline55@live.co.uk Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi […]
Abantu bagera kuri 200 bari ku rutonde rw’abari kwigwaho ngo bashyirwe mu ntwali
Abantu bagera kuri 200 nibo bari kwigwaho n’Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Impeta n’Imidari by’Ishimwe (CHENO) kugirango bazashyirwe mu byiciro by’Intwali z’u Rwanda. Uru rwego ruravuga ko urutonde ruriho abantu 200 yaruhawe n’abaturage batandukanye bagendeye ku bikorwa byagaragaje ubutwari bwabo, bamwe muri bo bakaba barapfuye ariko hakaba n’abakiriho. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CHENO, Deo Nkusi, yavuze ko […]
Uganda: Amama Mbabazi aravugwaho gukodesha satellite azifashisha mu kugenzura uko igikorwa cy’amatora kizagenda
Nk’uko Yesu Kristo yabwiye intumwa ze muri Yohani 14:1 ati: “Ntimuhagarike imitima yanyu mwizere Imana nanjye munyizere.” Umukandida ku mwanya wa perezida John Patrick Amama Mbabazi, nawe yakunze kubwira abayoboke be aho yagendaga yiyamamaza ko ikibazo cy’amajwi bakimurekera. Yakunze kubabwira ko bamwizera, ariko ibyo yashakaga kuvuga nuko kuri ubu yamaze gukodesha za satellites zo kuzagenzura […]
Umusaza w’imyaka 70 arashinjwa gutera inda umukobwa we w’imyaka 13
Igipolisi cyo mu gihugu cya Kenya kiri gukora iperereza ku musaza w’imyaka 70 ushinjwa kwakira umwana nk’uwe akamurera yarangiza akajya amusambanya kugeza amuteye inda akabyara undi mwana nk’uko bitangazwa n’iki gipolisi. Igipolisi ahitwa Kwale kivuga ko kiri gukora iperereza ku witwa Zuma Mwero Kadzema, nyuma y’uko uyu atangaje ko umukobwa we w’imyaka 13 yabyaye umwana […]
Jakaya Mrisho Kikwete yagizwe intumwa ya Afurika Yunze Ubumwe muri Libya
Uwahoze ari perezida wa Tanzania, Jakaya Mrisho Kikwete , yagizwe intumwa idasanzwe ya Afurika Yunze Ubumwe muri Libya, umwanya asimbuyeho Dileita Mohamed Dileita ukomoka muri Djibuti wari umaze imyaka 2 kuri uyu mwanya. Gushyira Jakaya Kikwete kuri uyu mwanya ngo biragaragaza ubushake Afurika Yunze Ubumwe ifite mu kugarura amahoro muri iki gihugu cyo mu majyaruguru […]
Chorale Christus Regnat yifurizanyije umwaka mushya wa 2016 inagaragaza ibikorwa izawukoramo-AMAFOTO
Abaririmbyi ba Chorale Christus Regnat bahuriye hamwe barasangira bishimira ibyo bagezeho ndetse banamurika bimwe mubyo bazakora muri uyu mwaka utangiye wa 2016,byiganjemo ibikorwaby’ iyogezabutumwa no gufasha. Chorale Christus Regnat ibarizwa muri Paruwasi ya Regina Pacis i Remera kuri iki cyumweru tariki ya 31 Mutarama 2016 nibwo yakoze ubusabane mu rwego rwo kwifurizanya umwaka mushya muhire […]
Abakuru b’ibihugu bya Afurika byasezeye mu rukiko Mpuzamahanga rwa ICC
Abakuru b’ibihugu bya Afurika banzuye ko ibihugu byabo bidakwiye gukorana n’urukiko mpanabyaha rwa La Haye ruzwi nka ICC. Impamvu aba bakuru b’ibihugu bafashe iki cyemezo ngo ni uko uru rukiko rubonerana abanyafurika cyane rukirengagiza abazungu. Ibi ni ibyagarutsweho mu nama ya 26 y’abakuru b’ibihugu bya Afurika yaberaga I Addis Abeba muri Ethiopia ku cyicaro gikuru […]
Birashoboka ko uwanduye agakoko gatera SIDA abana n’utaranduye kandi ntamwanduze bakanabyara abana bazima – RBC
Kuri ubu birashoboka ko umugabo n’umugore babana umwe yaranduye agakoko gatera SIDA undi ari muzima kandi ntibanduzanye ndetse bakabyarana n’ubwo bamwe bumva ibi bintu bakumva bidashoboka. Mu gihugu nk’u Rwanda habarurwa ingo zigera ku 5000 zibana umwe mu bagize umuryango afite ubwandu undi ari muzima. Ibi ariko impuguke zisanga nta gitangaza kirimo ari ibintu bishoboka […]
Karongi: Umusore w’imyaka 18 yasanzwe mu nzu yiyahurishije umushumi w’inzitiramubu
Umusore w’imyaka 18 witwa Ndayamenye Jean de D’Amour wari utuye mu mudugudu wa Gashali, akagali ka Birambo mu murenge wa Gashali ho mu Karere ka Karongi yasanzwe mu nzu iwabo yapfuye aho hakekwa ko yaba yiyambuye ubuzima. Bamwe mu baturage bakeka ko yaba yiyahuye abitewe n’ibiyobyabwenge, ariko umubyeyi we, Kampongo Claudine avuga ko atazi icyaba […]
Perezida Mugabe yibasiye perezida Obama, Abanyaburayi, Loni na za ONG mu ijambo rye rya nyuma nka perezida wa A.U
Kuri uyu wa 30 Mutarama 2016, ubwo perezida Mugabe yagezaga ku bakuru b’ibihugu na za guverinoma bari bateraniye mu nama ya Afurika Yunze Ubumwe i Addis Abeba, ijambo rye rya nyuma nka perezida wa A.U, yibasiye perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Umuryango w’Abibumbye ndetse n’Abanyaburayi, aho yari yemerewe kuvuga iminota 10 ariko akamara […]
Icyamamare muri Films, Nina Dobrev mu mafoto ashamaje ari kumwe na bagenzi be mu kiruhuko—AMAFOTO
Umunyamideli akaba n’umukinnyi wa Film, Nina Dobreve, ukomoka muri Bulgaria akaba afite n’ubundi bwenegihugu bwo muri Canada, kuri iki cyumweru taliki ya 31 Mutarama nibwo yagaragaye ari kumwe na bagenzi be bambaye imyenda yo kogana (Bikini) aho bari bari mu kiruhuko i Maui ku kirwa cya Hawai . Uyu munyamideli w’imyaka 27 y’amavuko na bagenzi […]
Ihererekanywa ry’amafaranga arenga miliyoni 50 riteye impungenge u Rwanda
Banki Nkuru y’u Rwanda irasaba amabanki yose akorera mu Rwanda ko ihererekanya ry’amafaranga arenze miliyoni 50 banki igiye gukora iki gikorwa yajya ibimenyesha inzego za polisi zishinzwe umutekano zikabanza kuyakoraho iperereza. Ibi byemezo bifashwe mu rwego rwo kurwanya ruswa, iyezandonke ndetse no kurwanya ihererekanywa ry’amafaranga ashobora gukoreshwa mu bikorwa by’iterabwoba. Guverineri mukuru wa banki y’u […]
RDC: FARDC iravuga ko yirukanye FDLR mu birindiro byinshi byayo ikivuganamo babiri
Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zabashije gutsimbura abarwanyi bo mu mutwe wa FDLR mu bice byinshi byo muri Teritwari ya Lubero na Walikale nka Buleusa, Rusamambo, Mizinga, Rusoha n’ahandi mu rwego rw’ibikorwa byo guhiga aba barwanyi bimaze icyumweru bitangiye. Umuvugizi wa w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2 muri Kivu y’Amajyaruguru, Capt. Guillaume Ndjike […]