Umuhanzi Riderman yashyize hanze amafoto y’umwana we Eltad

Nyuma yaho Riderman na Gasoro bashyingiranwe muri Kanama 2015, bakaza kubona umwana ku itariki 11 Ukuboza 2015, kuri uyu wa kane taliki 11 Gashyantare 2016 nibwo Riderman yashyize hanze amafoto y’umwana we. Kuva uyu muryango wakwibaruka umwana w’imfura wahawe izina rya “Eltad” bisobanura ngo uw’Imana yishimira cyane, nta foto ye bigeze bagaragaza yewe nta n’uwo […]

Kutarangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ni kimwe mu bitera abagore kwikinisha

Ese kwikinisha ni iki? Kwikinisha ni igikorwa cyo kwishimira ibyiza by’igitsina cyawe ariko uri wenyine.Bitangira mu gihe umwana akiri muto hamwe aba atangiye kujya akinisha igitsina cye, gusa kuri we ntayindi ntego aba afite. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Topsante, Ku bantu bakuru ho kwikinisha bikorwa hagamijwe kugera ku munezero wo kurangiza hadakozwe imibonano mpuzabitsina. Ku bagabo, […]

Scandale :Urutonde rw’abakinnyi 5 bambuwe ibihembo byabo kuko bakoreshaga ibiyobyabwenge

Hashize iminsi mike bivugwa ko igihugu cya Kenya abakinnyi bacyo b’imikino ngororamubiri bagiye kwirukanwa mu mikino olympique kubera gukoresha imiti yongera imbaraga ifatwa nk’ibiyobyabwenge. Nyamara ariko igihugu cya Kenya sicyo cya mbere cyangwa icya nyuma cyagaragayeho ikoreshwa ry’ibi biyobyabwenge. Bwiza.com yabakoreye ubushakashatsi ku bakinnyi n’abatoza bambuwe ibihembo byabo nyuma yo kugaragarwaho gukoresha iyi miti yongera […]

Yigize umuganga ashaka kwiba mu bitaro aravumburwa

Umugabo wo mu gihugu cy’u Burundi yigize umuganga wo ku rwego rwa Docteur yambara imyambaro y’abaganga arangije yinjira mu bitaro byitiriwe Umwami Khaled agiye kwiba ariko afatwa atarabasha gusoza umugambi we. Ibi bintu bikaba byarabaye kuri uyu wa Gatatu ushize kuwa 10 Gashyantare 2015, aho uyu mugabo wari wiyambitse imyambaro ya kiganga yo ku bitaro […]

Adam Johnson wakiniraga Sunderland yirukanwe ashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 15

Umusore w’imyaka 28 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’ubwongereza Adam Johnson yirukanywe n’ubuyozi bw’ikipe ya Sunderland nta nteguza nyuma yo kuvugwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 18 y’amavuko bityo amasezerano ye akaba yateshejwe agaciro. Mu gihe irushanwa rya Premier League rigikataje ndetse n’ikipe ya Sunderland yari igikomeje mu irushanwa, nibwo umukinnyi wayikiniraga yirukanwe nyuma yuko bimenyekanye […]

U Burusiya buravuga ko nihagira ingabo z’amahanga zoherezwa muri Syria hazavuka Intambara y’Isi

Minisitiri w’Intebe w’u Burusiya, Dmitry Medvedev yavuze ko nihagira ingabo mpuzamahanga zo ku butaka zizoherezwa muri Syria hashobora kuvuka Intambara y’Isi. Ibi Medvedev yabivugiye mu kiganiro cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane n’ikinyamakuru cyo mu Budage, Handelsblatt aho avuga ko ibikorwa byo ku butaka byatuma buri wese agira uruhare mu ntambara. Abajijwe ku kijyanye n’ibyo […]

Rubavu: Abakora umwuga wo gutwara abagenzi ku magare bashyizeho amahuriro 17 yo gukumira ibyaha

​Abakora umwuga wo gutwara abagenzi ku magare bagera ku 1500 bakorera mu mirenge ya Kanama,Nyakiriba,Kanzenze,Mudende,Bugeshi,na Busasamana, yo mu karere ka Rubavu, ku itariki 10 Gashyantare, bashyizeho amahuriro 17 yo gukumira ibyaha (Anti-Crime Clubs). Aba bakorera uyu mwuga muri iriya mirenge uko ari itandatu, bibumbiye mu ma koperative 17, bakaba kandi ari abanyamuryango b’impuzamakoperative yabo ku […]

Patrick Safari Salaama yiteje imbere abikesheje ubworozi afite mu mujyi wa Kigali

Mu gihe abantu benshi bakibaza icyo bakora, abandi bavuga ko bigoye kubona igishoro ndetse n’ahantu ho gukorera, abafite ibitekerezo biganisha ku iterambere niko bakataje mu bushakashatsi bwicyo bakora kugirango biteze imbere. Ni muri urwo rwego bwiza.com yasuye umuturage witwa Patrick Safari Salaama wo mu Mudugudu Ingenzi Akagari ka Kigarama Umurenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge, […]

Justin Bieber mu ihurizo rikomeye ryo kuba yarongora Hailey Baldwin cyangwa kumuhemukira

Mu gihe bimaze iminsi bivugwa ko icyamamare Justin Bieber ukomoka muri Canada ari mu rukundo na Hailey, ubu yahishuye byinshi ku by’urukundo rwabo ariko akaba agishidikanya niba babana koko, ati: Ese tubanye byaba byifashe bite? Ibyo yabivuze anatangazaga icyo amuteganyiriza nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umukunzi we Selena Gomez bari bamaranye igihe kirekire. Avugana n’ikinyamakuru […]

Ubuhamya: Inzira ndende n’ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo

Atangira gutanga ubuhamya yagize ati: ndi umugore mfite abana babiri ariko ubu ndibana kuko natandukanye n’umugabo mu mwaka ushize ariko byose mbishinza umuryango wanjye. Nakundanye n’umusore tumara imyaka itanu dukundana bihambaye ariko iwabo bakaba abakene bikabije. Twe iwacu twari twifashije ndetse tubarirwa mu bakire bo mu cyahoze ari Gitarama. Nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye njye […]

Nyuma yo kwanga MAPROBU noneho u Bufaransa burifuza kohereza abapolisi babwo mu Burundi

U Bufaransa bwamaze kugeza igitekerezo cyo kohereza umutwe w’abapolisi , wazakorana n’igipolisi cy’u Burundi, ku Kanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye. Ibindi buhugu bigize aka kanama ntibikumiriwe nubwo icyo aba bapolisi bamara igihe ibintu byarushaho kumera nabi kikiri icyo gusobanurwa. Iki gitekerezo cyabanje gutekerezwa n’igihugu cy’u Burusiya ariko u Bufaransa aba ari bwo bukigeza ku Kanama k’Umutekano […]

Ubuhinde: Ingwe yafunze ibigo by’amashuri hafi 150

Mu mpera z’icyumweru gishize mu mujyi wa Bangalore mu majyepfo y’u Buhinde hadutse ingwe yahitanye abantu batanu bituma ibigo by’amashuri bigera ku 130 bifunga imiryango mu rwego rwo kurinda umutekano w’abanyeshuri n’abarezi. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’aho umugore umwe wari uvuye ku ishuri rya Vibgyor akurikiwe n’ingwe akaza gutabaza igafatwa ikajyanwa gufungirwa ahabugenewe nibwo leta […]

Nyagatare: Uwari ukurikiranweho kwica umugore we yakatiwe gufungwa burundu

Urukiko rwo mu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa gatatu rwakatiye umugabo w’imyaka 48 mu Karere ka Gasabo, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we. Uru rubanza rwabereye mu ruhame mu Murenge wa Rwimbogo, ahakorewe icyaha, kuri uyu wa Gatatu, uregwa witwa Emmanuel Niyibizi ahamwa n’icyaha cyo kwica umugore we, Jacqueline […]

Urujijo kuri Agathon Rwasa wihinduranya umunsi ku munsi kugera n’aho yitwa umugambanyi

Agathon Rwasa nk’umunyapolitiki ugaragaza ko ari mu batavuga rumwe n’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, kuri ubu akomeje gutera benshi urujijo kubera kwivuguruza mu mvugo. Uru rujijo ruje mu gihe Agathon yagaragaye bwa mbere mu biganiro bihuza abarundi, akaba yahagaragaye kandi yari yaratangaje ko adateze kuzabyitabira avuga ko yaba arimo guta umwanya we. […]

Intumwa za Loni zishinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro zasuye u Rwanda zibonana n’Umugaba Mukuru w’Ingabo

Itsinda rigizwe n’intumwa 23 bashinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro baturutse ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye bakoze uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda bareba ibijyanye no gutegura no kohereza abasirikare n’abapolisi mu butumwa bw’amahoro. Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gashyantare 2016 izi ntumwa zagiranye ikiganiro n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Patrick Nyamvumba ku cyicaro cya RDF, […]

Sudani y’Epfo: Riek Machar yongeye kugirwa Visi Perezida

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir kuri uyu wa Kane yongeye gusubiza umukuru w’inyeshyamba bari bahanganye, Riek Machar ku mwanya wa Visi Perezida n’ubundi yari ariho mbere y’uko bagira ibyo batumvikana. Itangazo ryanyuze kuri televiziyo y’igihugu rivuga ko Machar yagizwe visi perezida wa mbere ariko ntihagira ibisobanuro byinshi bitangwa nk’uko Reuters dukesha iyi nkuru ivuga. […]

Kenya ishobora kwirukanwa mu marushanwa y’imikino ngororamubiri

Ikigo gishinzwe gukumira ikoreshwa ry’imiti yongera imbaraga mu mikino ngororamubiri WADA kiratangaza ko niba igihugu cya Kenya kidashaka kubahiriza amasezerano arebana no kurwanywa ikoreshwa ry’iyi miti, iki gihugu gishobora guhagarikwa muri iyi mikino. Ibigo bya Kenya bishinzwe imikino byabwiwe ko nibigera kuri uyu wa gatanu bitarerekana icyo biri gukora kugira ngo ikoreshwa ry’imiti yongera imbaraga […]

Habyarimana Innocent yagizwe kapiteni wa Police FC

Umukinnyi Habyarimana Innocent, usanzwe akina ku ruhande rw’ibumoso, mu basatira izamu mu ikipe ya Police FC, niwe watorewe kuba Kapiteni cyangwa uyobora abandi bakinnyi, akaba asimbuye kuri uyu mwanya Tuyisenge Jacques uherutse kwerekeza muri Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya. Kapiteni mushya wa Police FC azaba yungirijwe na Twagizimana Fabrice umenyerewe nka Ndikukazi ahanini […]

RDC: Barasaba ko inkambi y’agateganyo y’abahoze muri FDLR yasenywa bakoherezwa ahandi

Sosiyete sivile muri kanyabayonga iravuga ko itagikeneye abahoze ari abarwanyi ba FDLR bacumbikiwe mu nkambi iherereye muri aka gace aho bategereje gusubizwa mu buzima busanzwe hakaba hashize umwaka. Barasaba ko iyi nkambi yasenywa aba barwanyi bakoherezwa ahandi hantu. Abahagarariye iyi sosiyete sivile babitangarije kuri uyu wa Kane Radio Okapi dukesha iyi nkuru. Kuri bo, ngo […]

Umugabo wari ugiye kwica Perezida Mugabe yakatiwe igifungo cy’imyaka 9

Owen kuchata umugabo w’imyaka 34 y’amavuko, yakatiwe igifungo cy’imyaka 9 nyuma yo guhamwa n’icyaha dore ko yashinjwa kugerageza kwica umukuru w’igihugu, Robert Mugabe akoresheje igisasu. Ubusanzwe Owen Kuchata asanzwe ari umuyobozi w’ishyaka “People Front Party ” rirwanya Leta ya Mugabe w’imyaka 92 y’amavuko, akaba yakatiwe iki gifungo ari kumwe na bamwe mu basirikare bakoraga mu […]

Icyaha cyo guca inyuma uwo mwashakanye ntikizongera gufunga uwagikoze

Komisiyo yo kuvugurura amategeko mu Rwanda iratangaza ko itazongera gufunga umuntu wese wafashwe waciye inyuma y’uwo bashakanye ahubwo uwaciwe inyuma azaba afite uburenganzira bwo kurega mu rukiko bakamutandukanya n’uwo bashakanye Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Gashyantare 2016, Komisiyo y’igihugu yo kuvugurura amategeko (Rwanda Law Reform Commission, RLRC yaganiriye n’abanyamakuru ku mushinga w’ivugururwa ry’urwunge […]

Shampiyona y’u Rwanda isubukuwe nyuma ya CHAN 2016

Ku itariki 13 Gasshyantare nibwo irushanwa mu mupira w’amaguru icyiciro cya mbere mu Rwanda risubukurwa nyuma yo gusubikwa mu Ugushyingo umwaka ushize. Ku munsi w’ejo kuri stade ya Kigali i Nyamirambo hazabera umukino uzahuza AS Kigali iri ku mwanya wa mbere k’urutonde rwa shampiona na Marine FC. AS Kigari ikurikiwe na Rayon Sports, APR FC […]

U Rwanda rwafashe icyemezo cyo kwimurira mu bindi bihugu impunzi z’Abarundi ngo rurebe ko rwahumeka

U Rwanda rwafashe icyemezo cyo guhita rwimurira impunzi z’Abarundi mu bindi bihugu mu rwego rwo kugirango rurangize ibyo rumaze iminsi rushinjwa ko rutoza izi mpunzi ngo zizajye gukuraho ubutegetsi bw’igihugu cyazo. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yabitangaje kuri uyu wa Kane nimugoroba avuga ko kwiyongera k’ibyahungabanya umutekano w’u Rwanda bitewe n’ibibazo biri mu […]

Abapolisi b’Abanyarwanda muri Haiti bambitswe imidari y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 27, bari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga no kugarura amahoro mu gihugu cya Haiti, tariki ya 9 Gashyantare, bambitswe imidari yo kubashimira uruhare rwabo rw’indashyikirwa mu kubungabunga amahoro muri iki gihugu. Umuhango wo kwambika imidari aba bapolisi wabereye mu mugi mukuru wa Haiti wa Port Au Prince. Mu ijambo yagejeje ku […]