FDLR yongeye gukorwa mu nda General wayo ahitanwa na Mai Mai
Gen Major Jean Damascene Ndibabaje uzwi ku izina rya Musare wo muri FDLR RUD yahitanywe n’abarwanyi ba Mai Mai mu mirwano yabashyamiranyije n’uyu mutwe mu ntangiriro z’iki cyumweru. Amakuru avuye mu barwanyi ba FDLR-RUD isanzwe ikorera mu bice bya Walikale ahitwa Mashuta, aremeza ko umuyobozi wabo Gen Maj Jean-Damascène Ndibabaje alias Musare yaguye mu bitero […]
Vardy Jamie ukinira Leicester yatangaje ko agiye gukomeretsa Arsenal
Rutahizamu w’ikipe ya Leicester, Jamie Vardy yatangaje ko bagiye gukomeretsa ikipe y’Arsenal nk’uko baherutse kwandagaza ikipe ya Manchester City, ku mukino uteganyijwe kuri iki Cyumweru taliki ya 14 Gashyantare 2016 mu irushanwa rya Premier League Mu kiganiro Vardy yagiranye na Soccer Am’s Tubes, yavuze ko ikipe ya Arsenal ikomeye kandi ko ifite abakinnyi b’ibihangange,ariko ngo […]
Ingano ikwiye y’igitsina cy’umugabo gishobora kugera kure aho umugore yifuza
Ubundi iyo umwana w’umuhungu avutse aba afite igitsina cy’uburebure kuva kuri cm2,5 Kugera kuri cm5, kuva ku mwaka umwe kugera kuri itanu nta bukure cyane bw’igitsina bukunze kugaragara. Kuva ku myaka itanu kugera igihe aba atangiye kugimbuka nibwo igitsina gitangira kwiyongera mu burebure ariko nabwo bitari cyane kuburyo iyo umwana w’umuhungu atangiye kugimbuka igitsina cye […]
Leta y’u Burundi ikomeje kugaragaza urwango n’umutima mubi ifitiye u Rwanda
Ibi ni ibyagaragaye kuva igihe ubwicanyi bwatangiraga gukaza umurego mu bice bitandukanye by’u Burundi, ubwicanyi bukaba bwaratangiye muri Mata umwaka ushize ubwo Perezida Nkurunziza yantagazaga ko agiye kongera kwiyamamaza kuri manda ya 3 benshi bavuga ko ihabanye n’amategeko. Iko ibintu byakomeje kugenda birushaho kuba bibi mu Burundi, abantu bicwa amanwa n’ijoro, haterwa gerenade ndetse hanagabwa […]
Ishyamba si ryeru hagati Mourinho na Van Gaal
Nyuma y’aho Jose Mourinho atangarije ko yamaze kuba umutoza wa Mancheter United kandi ko akazi ke azagatangira mu mpeshyi iri imbere, Van Gaar yanze kuripfana maze avuga ko Mourinho atari akwiriye gutoza Man U ahubwo ko yari ikwiriye uwahoze ayikinira Ryan Giggs. Uwahoze ari umutoza wa Chelsea witegura gutangira akazi ko gutoza Manchester United aherutse […]
Kubera iyica rubozo nta mukristo uzaba ukirangwa mu Buhinde mu mwaka w’2021
Abahezanguni b’Abahindu nibo biganje mu gihugu cy’Ubuhinde baratangaza ko bifuza ko mu mwaka w’2021, nta mukristo uzaba ukibarizwa mu gihugu cy’Ubuhinde. Infochretienne.com yatangaje k o ibi babivuze kuri uyu wa kabiri ubwo bari mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru wa Repubulika ( Republic Day), kuko Ubuhinde bwatangiye gukoresha itegekonshinga mu w’1950, umuhango wanitabiriwe n’Umukuru w’igihugu […]
Zuena umugore wa Bebe Cool yasomye ifoto ya Perezida Museveni bitera umugabo akanyamuneza
Mu gihe amatora yegereje mu gihugu cy’Ubugande, ni muri urwo rwego icyamamare Bebe Cool akomeje kugaragara yamamaza Perezida Museveni none n’umugore we Zuena yagaragaye asoma ifoto ya Museveni ikoreshwa mu kumwamamaza. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda,Museveni akomeje kugaragarizwa urukundo rudasanzwe na Bebe Cool, ndetse n’umuryango we ariko bikaba bivugwa ko Zuena yaba akunda […]
Ruswa y'igitsina ikomeje kuza ku isonga muri ruswa zitangwa mu Rwanda
Ubwo yari imbere y’inteko ishinga amategeko Ingabire Marie Immaculee umuyobozi w’umuryango Transperence International Rwanda yavuze ko ruswa ishingiye ku gitsina ariyo iza ku isonga muri ruswa zitangwa mu Rwanda dore ko iri ku ijanisha rya 40 %.Akaba avuga ko kuba itegeko rigenga imitangire y’ibimenyetso rituma iyi ruswa ikomeza kwiyongera. Kuba Itegeko rigenga imitangire y’ibimenyetso mu […]
Urupfu rwa Col Patrick Karegeya rwongeye kugarukwaho mu rubanza rwa Col Byabagamba na bagenzi be
Col Patrick Karegeya wishwe mu mpera za 2013 yongeye kugarukwa mu rubanza rwa Col Tom Byagagamba na bagenzi. Umutangabuhamya Col David Bukenya yashinje Col Tom Byabaganya kuba yarashyize mu majwi leta y’u Rwanda kwivugana Col Patrick Karegeya. Col Tom Byabagamba akaba ahakana ibyo ashinjwa byose avuga ko ari ibinyoma. Ubwo yari mu rukiko, Col. Bukenya […]
Nyuma ya FOREBU iyobowe na Gen Niyombare, havutse undi mutwe wa gisirikare ugamije guhirika Nkurunziza
Hari hashize iminsi mike bitangajwe ko hashinzwe umutwe wa gisirikare FOREBU, bitangazwa ko uyobowe na Gen Niyombare Godefroid na bagenzi be bahoze mu gisirikare n’igipolisi by’u Burundi, kuri ubu havutse undi bihuje intego yo gushaka guhirika Perezida Nkurunziza ku butegetsi. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’uyu mutwe wa gisirikare wavutse UPR (Union des Patriotes pour la […]
U Rwanda rwasabwe na UNHCR kwisubiraho ku cyemezo cyo kwimura abarundi
UNHCR nk’Umurwangwa w’Abibumbye wita ku Mpunzi watangaje ko ubangamiwe cyane n’icyemezo Leta y’u Rwanda yafashe cy’uko impunzi z’abarundi ziri k’ubutaka bw’arwo ko zakwimurirwa mu bindi bihugu. Uyu muryango ukaba wasabye u Rwnda ko rwakuraho urujijo rurebana n’itangazo ryo gufatanya n’abafatanyabikorwa mu gikorwa cyo kwimura abarundi bahungiye mu Rwanda guhera muri Werurwe umwaka ushize, iri tangazo […]
Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati
Abatuye mu Mudugudu w’Ubumwe mu Murenge wa Kanombe, biyubakiye iriba rivomwaho n’Imidugudu isaga 12, ibyo bakaba barabikoze mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ibura rya hato na hato ry’amazi ya wasac,mu gihe abanyonzi bo bavuga imyato Wasac bitewe nuko kubura kw’amazi hirya no hino aribyo bituma babona umugati. Bwiza.com yegereye Umuyobozi w’Umudugudu w’Ubumwe Bwana Mudahemuka Matata […]
Polisi y’u Rwanda yakanguriye abatuye mu turere twa Ngoma na Ngororero kwirinda Maraliya
​Mu rwego rwo gufatanya n’izindi nzego kurwanya indwara ya Maraliya, ku itariki 10 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda mu turere twa Ngoma na Ngororero yigishije abasaga 2100 uburyo bwo kwirinda iyi ndwara. Muri Ngoma higishijwe abasaga 500 batuye mu kagari ka Kibonde, mu murenge wa Sake, bakaba barahuguwe na Inspector of Police (IP) Jean Pierre […]