Igipolisi cyangwa igisirikare ntibikorera ubutegetsi — Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi

Igipolisi cy’u Burundi gishyirwa mu majwi n’imiryango itandukanye itegamiye kuri leta n’abaturage benshi bo mu duce twakunze kurangwamo imyigaragambyo ikomeye mu mujyi wa Bujumbura, bagishinja ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bukorwa n’ubutegetsi buriho kuva mu mezi 10 ashize. Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi ibi byose yabiteye utwatsi. Mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, […]

Uganda: ICC ntabwo ari seriye — Perezida Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yatangaje ko Uganda igomba kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kubera ko ngo uru rukiko rutari seriye. Ubwo yasubizaga ikibazo mu cyiciro cya kabiri cy’Ikiganirompaka hagati y’abakandida bahatanira kuyobora Uganda mu matora ya perezida ateganyijwe muri iki cyumweru tugiye gutangira kuri uyu wa Gatandatu, perezida Museveni yagize ati: “Turwanya kudahana, […]

Uwari umuyobozi w’umutwe ushinzwe kurinda umugaba mukuru wa FDLR yafashe icyemezo cyo gucika

Uwari ukuriye abashinzwe kurinda umukuru w’umutwe wa FDLR kuri uyu wa Gatanu yafashe icyemezo cyo kwitandukanya n’uyu mutwe arataha nyuma y’imyaka irenga 20 y’ubuzima bwo mu ishyamba. Uyu ni Capt. Nyirimpeta Aphrodice bitaga Prince, akaba yari umukuru w’umutwe ushinzwe kurinda Maj. Gen. Iyamuremye Gaston uzwi nka Byiringiro Victor akaba ari umugaba w’ingabo za FDLR . […]

Abayobozi bakuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika basuye Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro muri Sudani y'Epfo

Itsinda ry’abayobozi bakuru bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bayobowe na Brian Mckeon, Umuyobozi Wungirije Umunyamabanga w’Ingabo ushinzwe Politiki (Principal under Secretary of Defence for Policy) ryasuye ingabo z’u Rwanda zibugabunga amahoro muri Sudani y’Amajyepfo, muri iki cyumweru gishize mu kigo cyazo i Juba. Urwo ruzinduko rwari rugamije kureba ibibazo Ingabo za Loni Zibungabunga Amahoro […]

Burundi: Abantu babiri bo mu ishyaka riri ku butegetsi bishwe n’abantu bitwaje ibirwanisho

Abantu 2 biciwe mu gitero cyagabwe n’agatsiko k’abantu bitwaje ibirwanisho mu Ntara ya Mwaro iherereye hagati mu Burundi, mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuwa Gatandatu nk’uko amakuru aturuka mu buyobozi agera kuri AFP avuga. Abo bantu bitwaje ibirwanisho bageze ku gasozi ka Gacimbirigongo bahatira abaturage gusohoka mu mazu, barangije bahamagara abantu babiri mu mazina […]

Amahanga arashinja Uburusiya kugaba ibitero ku basivili

Ubufaransa na leta Zunze Ubumwe za Amerika basabye leta y’ Uburusiya kureka gutera ibisasu mu gihugu cya Syria bikomeje guhitana ubuzima bw’ abasivili muri iki gihugu kiganjemo imitwe y’ iterabwoba harimo na Islamic State iri ku isonga. Umunyamabanga wa Leta muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Johnny Kerry yongeye gushinja Uburusiya kugaba igitero muri Syria […]

Police Fc yanyagiye Atlabara, yizera kujya muri Sudan y’ epfo yemye

Ikipe ya Police Fc itsinze ikipe ya Atlabara yo muri Sudan y’ epfo ibitego 3-1 mu mukino ubanza w’ irushanwa nyafurika rihuza amakipe yabaye aya kabiri iwayo, Orange CAF Confederation Cup wabereye kuri stade Regional Nyamirambo kuri uyu wa gatandatu. Police FC yatangiye umukino isatira cyane yabonye igitego cya mbere ku munota wa 8 cya […]

Pasteur yaguwe gitumo asambanya umugore w’umugabo-REBA VIDEO

Umu Pasteur yaciye umugabo mu rusengero kugirango abone uko yigarurira umugore w’uwo mugabo nta nkomyi Mu minsi yakurikiyeho uyu mu Pasteur yaguwe gitumo mu nzu y’ichumbi izwi nka “guest house” asambanya umugore wa wa mugabo wachiwe mu rusengero umushumba amushinja kuba ari umupagani n’inkozi y’ikibi ndetse akaba yarashinjwaga imyitwarire mibi. Nyiri umugore akibageraho yatangiye kubakubita […]

Abahoze ari abarwanyi b’abana muri ADF NALU bakomeje kwicwa no gufatwa ku ngufu

Umuyobozi w’ishami rishinzwe kurengera umwana muri Monusco i Beni aratangaza ko mu mwaka wa 2015 abana 23 bahoze mu gisirikare cya ADF NALU bishwe. Abandi 17 nabo bavuye mu gisirikare bongeye basubizwa mu yindi mitwe yitwara gisirikare naho abandi 18 bavanywe muri uyu mutwe muri bo 12 bavuzweho gufata ku ngufu abana batarageza ku myaka […]

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Isi ijegajega kandi ko iri mu marembera

Umushakashatsi muri kompanyi y’abanyamerika ishinzwe ubumenyi bw’ikirere “NASA” aravuga ko isi ijegajega ikaba iramutse itabungabunzwe ku buryo bukomeye ibyayo byaba bigeze ku musozo. Kelly Scott avugako yifashishije ubushakashatsi amazemo iminsi atewe ubwoba n’uburyo isi irushaho kugenda yangirika umunsi ku munsi. Mu imiterere y’umubumbe w’isi Scott avugaga ko utandukanye n’indi mibumbe igaragiye izuba ngo kuko ku […]