RDC: Abarwanyi 5 ba FRPI bishwe abandi 9 bafatwa mpiri mu bushyamirane na FARDC
Abarwanyi ba b’umutwe wa FRPI ( Force de resistance patriotique de l’Ituri) barishwe abandi 9 bafatwa mpiri mu bitero byabashyamiranyije n’abasirikare ba FARDC yabereye Ituri. Aya makuru yemejwe kuri uyu wambere tariki ya 15 Gashyantare 2016 na Colonel Chico Citambo umukuru w’ingabo za FARDC wungirije mu gace ka Ituri. Kuva kuwa gatandatu w’icyumweru gishize ingabo […]
Minisitiri Rwamukwaya ngo agiye gusubiza abanyeshuri n’abarimu ba APRED Ndera i Bugande
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Olivier Rwamukwaya ubwo yasangaga umwanda ukabije ku ishuri rya APRED Ndera yabwiye abanyeshuri n’abarezi b’iri shuri ko niyongera gusanga umwanda nk’uwo yahasanze azahita asubiza abarimu n’abanyeshuri i Bugande. Iri jambo rikaba ryahungabanyije abanyeshuri n’abarimu b’iri shuri Nyuma yuko amashuri atangije igihembwe cya mbere cy’umwaka wa […]
Byatahuwe ko hari ibitsina by’ibyomekano abagore bambariraho bikabafasha kureshya abagabo
Mu gihe hirya no hino ku isi hakunze kugaragara abagore n’abakobwa bashakisha ubwiza butari karemano, ubu noneho hagaragaye ibitsina by’ibiterano abagore bagura ku masoko bagamije gukurura abagabo. Abagore bagura ibyo bitsina babyambariraho indi myenda, ubirebeye inyuma akibaza ko ari ibya nyabyo. Ibyo bitsina bigurishwa ku masoko agiye atandukanye bigaragara ko bifite abaguzi batandunye. Iyo ibyo […]
Umupasitoro akurikiranweho gutera inda abagore 9 bo mu itorero rye
Umupasitoro yatawe muri yombi ashinjwa icyaha cyo gufata ku ngufu nyuma y’uko bivugiwe ko yasambanyije abakobwa benshi bo mu itorero rye nk’uko bitangazwa n’igipolisi cyo muri Nigeria. Iki gipolisi muri Leta ya Delta cyavuze ko cyataye muri yombi uyu mupasitoro witwa Dukes, nyuma yo gushinjwa gushuka abana b’abakobwa bakaryamana nawe. Dukes kandi ashinjwa gusambana n’abagore […]
Amabanga y’urukundo rwa Papa Yohani Paul II n’umugore yashyizwe ku karubanda
Uwahoze ari Papa kuva mu 1978 kugeza mu 2005 aravugwaho kuba yarakundanye n’umugore ufite umugabo bigera bakorana ibikorwa byinshi bigaragaza abakundana cyangwa abashakanye hagati y’umugore n’umugabo. Inyandiko n’amafoto bibarirwa mu magana bivuga ukuntu Papa Yohani Pawulo wa II yigeze kugirana ubucuti bukomeye n’umugore wari ufite umugabo byatangarijwe Radio BBC n’ubucuti bwamaze hafi imyaka 30. Nkuko […]
Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina byagenze gute?
Niba uri umukobwa cyangwa umudamu, ukaba ubabara igihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, hari uko wakwitwara ntuzongere kubabara.Niba utekereza ko igitsina cy’umugabo kinanirwa guca mu cy’umugore kubera ubunini bwacyo aha ho sibyo kuko umutwe w’igitsina cy’umugabo ntiwaba uruta umutwe w’umwana ubasha gucamo avuka, menya impamvu. Biragoye cyane kubasha kumenya uko imibonano mpuzabitsina yagenze neza kandi irimo […]
Col Jill Rutaremara yahakanye ubucuti bwe na Brig. Gen. (Rtd) Rusagara ubwo yazaga kumushinja
Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Gashyantare 2016 ubushinjacyaha mu rubanza rwa Brig. Gen. Frank Rusagara n’abo areganwa nabo, bwaje buzanye Col Jill Rutaremara nk’umutangabuhamya wabwo wo gushinja Rusagara. Col Rutaremara waje mu rukiko mu myambaro ye ya gisirikare, yavuze ibyo ashinja Rusagara atuje avuga ko abishingira kubyo yagiye amwibwirira mu bihe bitandukanye. Yabanje gusomerwa […]
Ruganzu Ndoli, Intwari tudakwiriye kwibagirwa yateje imbere igihugu cyane mu ubukerarugendo
Nkuko tubibona mu mateka y’u Rwanda, abagerageje kuyandika bose ntabwo bahuje kuri byinshi. Cyakora hari ibyo bahuriraho cyane cyane iyo bavuze ku myato yibyerekeranye n’intambara dore ko, u Rwanda nta gihugu cyaruhagararaga imbere. Ubutwari bwarwo ni ubwa kera. Ku ntambara kandi naho hari abagira ibikabyo ukabona buri gihe ni impaka. Urugero ku bumvise indirimbo za […]
Umunyamakuru Ronnie yashimye Imana yamurokoye ubwo Mama we yakuragamo inda bikarangira avutse-Amafoto
Umuyamakuru Ronnie Gwebawaya ukorera Lemigo Tv mu Isabukuru ye y’amavuko yashimye Imana yamurokoye ikamurindira mu nda ya Mama we kugeza avutse. ku munsi wejo mu mujyi wa Kigali nibwo umunyamakuru Ronnie Gwebawaya yizihije isabuku ye y’amavuko aho yari yatumiye inshuti ze zinganjemo abo bakorana mu mwuga w’itangazamakuru,uyu munsi ukaba waranzwe no gushima Imana kuri Ronnie […]
Dr Kiiza Besigye mu maboko ya polisi mu gihe hasigaye iminsi mbarwa amatora agatangira
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi umukandida w’ishyaka FDC, Dr Kiiza Besigye ubwo yageragezaga kuri uyu wa Mbere kwinjira mu karere k’ubucuruzi kari hagati mu mujyi wa Kampala akoresheje umuhanda Kampala-Jinja. Umuvugizi wa FDC, Semujju Nganda, yabwiye Daily Monitor ko Besigye yatawe muri yombi ubwo yari arimo arerekeza mu bikorwa byo kwiyamamariza muri aka karere. […]
Burundi : Ibitero bya grenade mu duce dutandukanye byahitanye 1 bikomeretsa 32
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 15 Gashyantare 2016, mu duce dutandukanye tw’umujyi wa Bujumbura haramukiye ibitero by’amagerenade byagabwe n’abantu batazwi. Ibyo bitero bikaba bimaze guhitana guhitana 1 bikomeretsa 32 nk’uko Radio BBC ibivuga Abantu 32 ni bo bakomerekeye mu bitero bya grenade mu mujyi wa Bujumbura, umunani kuri station ya Peteroli ya […]
Uganda: Abatwara abantu n’ibyabo baturutse mu Rwanda barinubira amafaranga bagenda bacibwa mu nzira
Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba uravuga ko uhangayikishijwe n’amafaranga y’umurengera ya parikingi abayobozi b’inzego z’ibanze muri Uganda baca imodoka zifite ibirango byo mu mahanga by’umwihariko izifite ibirango byo mu Rwanda. U Rwanda rusaba ko amafaranga y’umurengera agenda acibwa imodoka ziturutse mu Rwanda yavanwaho Uganda igashyiraho uburyo bwo kujya yishyuza inshuro imwe. Umujyi wa Kigali wubatse gare […]
Abakobwa 15 nibo batsindiye gukomeza muri Miss Rwanda 2016
Kuri iki cyumweru tariki 14 Gashyantare 2016, nibwo habaye umuhango wo gutoranya abakobwa 15 bakomeza mu irushanwa rya Miss Rwanda 2016. Abakobwa 24 bari bitabiriye iri rushanwa bagiye batambuka imbere y’akanama nkemurampaka, banabazwa ibibazo bakabisubiza, biza kurangira 15 babashije gukomeza abandi 9 barasezererwa. Uwo muhango wabereye i Remera kuri stade (petit stade) ahagana saa 19h […]
Mu mujyi wa Kigali hakozwe igitaramo gikumbuza abawutuye umuco Nyarwanda-Amafoto
Umujyi wa Kigali watangiye kujya ukora ibitaramo bijyanye n’umuco Nyarwanda bizajya bigaruka buri kwezi, ibi bikaba byarakozwe habanje gushakwa impano ziri mu matorero abyina ibijyanye n’umuco ari mu turere tugize umujyi wa Kigali. Ku musi w’ejo Tariki ya 14 Gashyantare 2016 mu mujyi wa Kigali, mu Karere Gasabo kuri Hill Top Hotel habereye igitaramo cyateguwe […]
Gen.Major Biremba Merchiade yagizwe umugaba mukuru w’umutwe wa gisirikare urwanya Perezida Nkurunziza
Umutwe wa gisirikare “Red Tabara” umwe mu mitwe isaga 4 izwi ko yashinzwe igamije guhirika Perezida Nkurunziza w’u Burundi ku butegetsi, washyizeho ubuyobozi Gen Maj Biremba Merchiade agirwa umugaba mukuru w’ingabo. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye by’i Burundi, Gen Maj Biremba Merchiade wagizwe umugaba mukuru w’ingabo ntagaragarizwa umwirondoro cyangwa se ibindi yaba yarakoze. Nk’uko bigaragara mu […]
Abakozi bagiye kujya bigishirizwa imyuga ku kazi
Mu gihe byari bimenyerewe ko imyuga n’ubumenyi ngiron byigishwa kimwe n’andi masomo ariko hakazatangwa igihe cyo gushyira mu bikorwa ibyo abanyeshuri bize, ku nkunga ya Leta y’u Budage, igice kinini cy’amasomo y’ubwubatsi kigiye kujya cyigishirizwa mu kazi, bigizwemo uruhare n’ibigo by’ubwubatsi. Nk’uko byasobanuwe na Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda bikanashimangirwa na Jerome Gasana, Umuyobozi w’Ikigo […]
Goma: Depite arasaba ko umupaka wa Congo n’u Rwanda wakongera ugafungurwa nk’uko byari bisanzwe
Kuri uyu wa Gatandatu ushize tariki 13 Gashyantare, umudepite wo muri Goma witwa Jean-Paul Midagu yasabye ko umupaka w’u Rwanda na Congo wakongera gufungurwa nk’uko byari bimeze kuko ngo impamvu zatumye ufungwa ku ruhande rwa Congo kuva mu 2012 zitakiriho. Kuva mu Ukwakira 2012, umupaka uhuza Congo n’u Rwanda wahoraga ufunze buri gihe guhera saa […]
USA: Hakenewe italiki nshya y'ibiganiro by'Abarundi
Intumwa idasanzwe ya leta zunze ubumwe za Amerika mu karere k’ibiyaga bigari, Thomas Perriello azagenderera ibihugu bya Angola, Afurika y’epfo, Uburundi, Republika iharanira Demokarasi ya Kongo na Tanzaniya. Uru rugendo rwe nta kindi rugamije uretse gusubukura ibiganiro by’amahoro mu Burundi ndetse no gushyigikira amatora ateganyijwe muri RD Congo. Leta ya Amerika ivuga ko ishyigikiye ko […]
Impunzi z’Abarundi zitewe ubwoba n’icyemezo cy’u Rwanda cyo kuzimurira ahandi zivuga ko nta handi zizeye umutekano
“Mu Rwanda turatekanye. Simbona ahandi twajya”, uwo ni uwitwa Audrey, umwe mu mpunzi z’Abarundi nyinshi zahungiye mu Rwanda ariko zikaba zatashywe n’icyoba nyuma y’aho guverinoma y’u Rwanda itangarije ko igiye kwimurira izi mpunzi mu bindi bihugu. Uyu mugore w’imyaka 27, uvuga ko ubwe yatewe ubwoba iwabo azira kugira uruhare mu myigaragambyo yo kwamagana perezida Nkurunziza, […]
UGANDA: Perezida Museveni ku isonga mu bazegukana amajwi menshi
Perezida Yoweli Kaguta Museveni uri ku butegetsi muri Uganda akomeje kwanikira bagenzi mu bamushyigikiye. Mu busesenguzi buri gukorwa n’ibinyamakuru bikorera mu karere burerekana mu matora azaba kuri uyu wa kane Perezida Museveni ashobora kuzaza ku mwanya ya mbere. Radio KFM muri iki gitondo cyo kuwa mbere yatangaje tariki ya 15 Gashyantare 2016 yavuze ikinyamakuru The […]
Kamonyi: Abanyeshuri b’ishuri ribanza rya Gihinga bigishijwe uburyo bwo kugenda mu muhanda
​Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kamonyi yigishije uburyo bwo kugenda mu muhanda abanyeshuri bagera kuri 300 biga mu ishuri ribanza rya Gihinga riherereye mu kagari Gihinga, mu murenge wa Gacurabwenge. Babyigishijwe na Inspector of Police (IP) Athanase Niyonagira, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi nzego hagamijwe ubufatanye mu kwicungira umutekano […]
APR FC yatsinzwe na Mbabane Swallows 1-0
Mu mukino ubanza w’imikino y’Afurika y’amakipe yegukanye ibikombe iwayo “Orange CAF Champions League 2016”, ikipe ya APR FC yaraye itsinzwe na Mbabane Swallows yo muri Swaziland igitego 1-0 cyatsinzwe na Ndzinisa Wilson Sabelo ku munota wa 25 w’igice cya mbere. APR FC yagerageje kwihagararaho ari nako ishaka igitego cyo kwishyura ariko biranga, rutahizamu wayo Ndahinduka […]
ESI yiyemeje kurwanya ibiyobyabwenge
Ecole Sécondarire Islamique (ESI), yiyemeje kuba umufatanyabikorwa wa Polisi y’u Rwanda mu kurwanya ibiyobyabwenge. Ibi byatangajwe n’umuyobozi wayo, Nshimiyimana Haruna mu gikorwa cy’ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge cyabereye muri iri shuri ku itariki 12 Gashyantare. Nshimiyimana yagize ati:” Umuyobozi nyawe ni ureberera abo ashinzwe, akabarinda icyo ari cyo cyose gishobora kubavutsa ahazaza heza. Iyo atabikoze, aba […]