Uganda: URSB irahakana ko Gen Salim Saleh afite imigabane mu nganda za Rujugiro

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwandika business muri Uganda kizwi nka Uganda Registration Services Bureau (URSB), cyahakanye amakuru avuga ko umuvandimwe wa Perezida Museveni, Gen Caleb Akandwaho uzwi nka Salim Saleh, afite imigabane mu nganda z’itabi Meridian Tobacco Company no muri Leaf Tobacco and Commodities Ltd by’umuherwe Tribert Rujugiro w’Umunyarwanda. Ni nyuma y’uko byakunze kuvugwa mu itangazamakuru […]

Amajyaruguru: Min. Nyirahabimana yasabye inzego zose kugira uruhare mu gukemura ibibazo byugarije umuryango

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Amb. Soline Nyirahabimana, avuga ko hakenewe ukwishyira hamwe kw’inzego mu guhangana n’ibibazo bikigaragara mu miryango kuko hatabaye uruhare rwa buri wese ngo inzego zitandukanye z’ubuyobozi zibigize ibyazo bitakemuka. Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Werurwe 2019, mu nama mpuzabikorwa n’abayobozi b’Intara y’Amajyaruguru, ab’uturere n’abafatanyabikorwa bo muri iyi Ntara mu […]

Kwibuka25 – Nyanza: Urubyiruko rurahurira mu muganda wo gutunganya imibiri 90. 000 y’Abatutsi izashyingurwa

Akarere ka Nyanza gafatanyije n’Umuryango w’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Mayaga (OSRGM); bateguye umuganda rusanjye, uzabera mumurenge wa Muyira Kuwa 30/03/2019. Muri uyu muganda, hateganyijwe gutangiza igikorwa cyo gutunganya imibiri y’abatutsi bishwe muri 1994, bashyinguwe mu buryo budashimishije mu mirenge itandukanye igize agace k’amayaga ya Nyanza, ariyo: Kibilizi, Ntyazo, Busoro, Muyira na […]

Ibicuruzwa byo mu Rwanda mu bikunzwe ku isoko ryo muri Asia

Ibicuruzwa byo mu Rwanda biri mu bikunzwe mu bicururizwa kuri internet ku isoko ryo muri Asia. Ababikora bakaba bafite intego yo kubyongera kugira ngo babashe kungukira mu mahirwe aboneka kuri iryo soko. Ibicuruzwa by’ikawa nka Gorilla, West Hills na Land Of Thousand Hills bikomeje kuza ku isonga mu bigurwa na benshi ku rubuga mbuzamahanga rwa […]

Migi afashije APR FC gutsindira Mukura VS imbere y'abafana bayo

Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste bakunze kwita ‘Migi’ afashije ikipe ya APR FC gutsinda ikipe ya Mukura Victory Sports ibitego bibiri kuri kimwe (2:1) bikaba bifashije APR gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona. Uyu mukino watangiye ikipe ya APR FC isatira mu buryo bukomeye aho yaje kubona igitego ku munota wa 18 gitsinzwe na […]

Umubyeyi utwite apfiriye ku mupaka yambuka ajya muri Uganda

Umubyeyi w’Umunyarwandakazi utwite yapfiriye ku mupaka mu nzira z’ubusamo , ubwo yambukaga ajya kugura ibiribwa n’imiti hakurya muri Uganda. Uyu mubyeyi Mukarugwiza Elizbeth yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27/03/2019, azize kwitura hasi ubwo yirukanswaga n’abantu bamubuzaga kwambuka ngo agere muri Uganda. Mu ntege nke z’umubiri nk’umubyeyi utwite, yikubise hasi ararabirana, […]

Nyamasheke/ Karambi: Kutagira interineti, kimwe mu bikoma mu nkokora ireme ry’uburezi

Ubuyobozi bw’ishuri ‘Collège officiel Mburabuturo’ riri mu Murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, ababyeyi barirereramo, abanyeshuri  n’abarezi babo, bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye no kuba nta Interineti ihagera ngo aba bana babashe kwiga ikoranabuhanga, bakabibona nka kimwe mu bibangamiye cyane ireme ry’uburezi muri iri shuri. Mu kiganiro na Bwiza.com, abarebwa n’iri shuri risanzwe ari iry’uburezi […]

Abize n’urubyiruko ku isonga mu bifuza kwimukira mu bindi bihugu

Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi cya Afrobarometer mu bihugu 33, bwerekanye ko urubyiruko n’abize aribo benshi bifuza kwimukira no kuba mu bihugu bifite ubukungu bwifashe neza. Mu rubyiruko rwo muri kenya, umwe muri batatu yifuza kwimukira mu bindi bihugu agiye gushaka akazi cyangwa kwiga aramutse ahawe ayo mahirwe. Gyimah Boadi, Umuyobozi w’icyo kigo yavuze ko aho […]

Justin Bieber yabaye ahagaritse ibikorwa by’umuziki

Ku wa mbere, tariki ya 25 Werurwe, umuhanzi wo muri Canada, Justin Bieber yatangaje ko abaye ahagaritse ibikorwa by’umuziki mu gihe ubuzima bwe budahagaze neza . Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Instagram nyuma y’aho abakunzi be bari bamaze igihe kinini bamusaba gukora izindi ndirimbo, Justin Bieber yabasubije ati: “ Nakoze ibitaramo byinshi ariko mu […]

Burundi: Abana bari bafungiye kwangiza ifoto ya Nkurunziza iri mu gitabo bafunguwe

Minisitiri w’Ubutabera, Kanyana Aimee Laurentine atangaza ko abanyeshuri batatu b’abakobwa bari bafungiye konona ifoto y’umukuru w’igihugu, Pierre Nkurunziza, bafunguwe. Min. Kanyana yabitangaje mu itangazo iyi Minisiteri yashyize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2019, akavuga ko aba banyeshuri bazakomeza gukurikiranwa bari hanze. Yasabye abakiri bato kwirinda kugwa mu byaha bishobora kubaviramo guhanwa, […]

Visi Meya wa Kicukiro na Gitifu wa Kanombe beguye

Mukunde Angelique wari Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro Wungirije ushinzwe ubukungu, ndetse na Higiro Emmanuel wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanombe, beguriye rimwe ku mirimo yabo nk’uko bigaragara ku rubuga rw’akarere. “Mukunde Angélique wari Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, yeguye ku mirimo ye ku mpamvu ze bwite”. Ubwo ni ubutumwa bwa mbere bugaragara […]

Umuhanzi Clarisse Karasira avuga ko abangamiwe n’ibivugwa ko agiye gukorana ubukwe na Kizito Mihigo

Umuhanzikazi Clarisse Karasira urimo kuzamuka mu ruhando rwa muzika nyarwanda atangaza ko ibivugwa ko agiye gukorana ubukwe n’umuhanzi Kizito Mihigo bimubangamira ahanini bitewe n’uko ari ibinyoma. Mu ntangiro z’iki cyumweru,ku mbuga nkoranyambaga hadutse urupapuro rugaragaza ko hari ubukwe buteganyijwe hagati ya Karasira na Kizito Mihigo. Uru ruzwi nka Save The Date mu rurimi rw’Icyongereza. Uyu […]

Dr Gallimore arashinja Canada uruhare mu guhakana no gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi

Umunyamerika, Dr Tim Gallimore arashinja Abanyamategeko b’Abanyakanada bunganiraga abashinjwa uruhare muri jenoside kuba ari bo nyirabayazana y’ibikorwa byo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bijya byumvikana hirya no hino ku Isi. Dr Tim Gallimore yahoze ari umuvugizi w’Umushinjacyaha w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha. Aritegura kuzavuga ku ngengabitekerezo ya Jenoside no kuyihakana  kuwa 11 Mata mu […]

RDC: Batatu bashinjwa kwica Abashinwa bafashwe

Guverineri w’Intara ya Ituri, Pacifique Keta yatangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2019, ko inzego z’umutekano zataye muri yombi abashinjwa kwica Abashinwa babiri n’umunye-Congo umwe. Aba bashinwa n’uyu muturage wo muri Congo bishwe mu cyumweru gishize, mu gace gacukurwamo amabuye y’agaciro, muri teritwari ya Mambasa. Ikinyamakuru Actualitecd gitangaza ko ari abantu batatu […]

Perezida Tshisekedi arizera ko u Rwanda na Uganda bitazagera aho kurwana

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi avuga ko n’ubwo umubano w’u Rwanda na Uganda utifashe neza, yizeye ko bitazagera aho bikozanyaho. Perezida Tshiseketi yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2019, mu nama Nyafurika y’abayobozi b’ibigo, Africa CEO Forum 2019, yaberaga i Kigali. Avuga ko nk’umuyobozi w’igihugu cyo mu karere […]

Gasabo : Urukiko rwemeye kwakira ubujurire bw’umuryango wa Rwigara

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwemeye kwakira ikirego cy’uruganda rw’itabi rwa Rwigara gisaba gutesha agaciro cyamunara y’imitungo yarwo. Ni icyemezo cyasomewe mu cyumba cy’urukiko baba abanyamategeko bahagarariye abaregwa, uhagarariye ikigo MM&RGD cyatsindiye cyamunara, ndetse n’umunyamategeko uhagarariye uruganda rw’itabi rwa Rwigara badahari. Mu rukiko hagaragaye gusa Uwamahoro Anne Rwigara umuyobozi w’uruganda Premier Tobacco Company Ltd akaba n’umunyamigabane […]

U Rwanda na Maroc byiyemeje gusangizanya ubunararibonye bifite

Itsinda ry’abayobozi bagera ku 100 ryaturutse mu gihugu cya Maroc ryakiriwe mu Rwanda, rigirana ibiganiro na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Ngirente Edouard ndetse na Perezida wa Sena y’u Rwanda, Hon. Makuza Bernard. Mu biganiro bagiranye impande zombi zikaba zishima umubano mwiza uri hagati y’ibihugu byombi. Itsinda ry’abayobozi b’abanya- Maroc ryari riyobowe na Hon. Mohcine […]

Uganda: Umunyarwanda yishe umugore we amukebye ijosi n’amabere abana bareba

Umunyarwanda William Bizimungu utuye ahitwa Luteete- Gayaza mu Mujyi wa Kampala yakebye ijosi n’amabere by’umugore we Justine Kayitesi  uzwi nka mama Rachel na we ufite inkomoko mu Rwanda  abana babo bareba.  Ubusanzwe aba bombi bari bafitanye amakimbirane ashingiye ku kuba umugabo atita ku bana batatu bafitanye bitewe no kujya mu nshoreke. Kayitesi yagannye inkiko zitegeka […]

Hon. Mbidde arashinja igihugu cye kuba inyuma y’umwuka mubi hagati yacyo n’u Rwanda

Dennis Mukasa Mbidde, Umudepite uhagarariye Uganda mu Nteko shinga Amategeko ya EAC (EALA) arashinja igihugu cye kuba ari cyo nyirabayazana y’umwuka mubi uri hagati yacyo n’u Rwanda muri iki gihe. Mu kiganiro yagiranye na The New Times ku murongo wa telephone, yavuze ko kuba Uganda ntacyo ivuga ku birego ikomeje gushinjwa n’u Rwanda birushaho gukomeza […]

Ukuriye igisirikare cya Algeria yasabye Perezida Abdelaziz Bouteflika kuva ku butegetsi

Ukuriye igisirikare cya Algeria yasabye Perezida wa Repubulika, Abdelaziz Bouteflika kurekura ubutegetsi mu gihe imyigaragambyo y’abaturage ikomeje imusaba kubuvaho. Gen. Ahmed Gaid Salah, asanzwe yungirije Minisitiri w’Ingabo akaba asaba Abdelaziz kwegura hakurikijwe ingingo yo mu Itegeko Nshinga. Nk’uko BBC yabitangaje, ngo iyo ngingo yo mu Itegeko Nshinga yemera ko hatangazwa ko umwanya w’umukuru w’igihugu nta […]

Twe abayobozi ntituzahoraho, ariko ibihugu byacu bizaturana iteka —Tshisekedi

  Perezida Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavugiye i Kigali mu Rwanda ijambo rikomeye akebura abakuru b’ibihugu by’umwihariko n’abandi bayobozi muri rusange, ko bagomba kwirinda ibyatuma ibihugu byabo bitabana neza, kuko bazabisiga nyamara byo bigakomeza guturana iteka.   Ibi Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yabivuze mu nama mpuzamahanga yiswe CEOs Forum, mu kiganiro […]

KU MUNSI NK'UYU: Amwe mu mateka yaranze tariki ya 27 Werurwe ku isi yose

Mbahaye ikaze mu cyegeranyo ‘Ku Munsi nk’Uyu’ kivuga ku mateka y’ingenzi yaranze isi kuri buri tariki. Ngewe ugitegura nitwa Tuyizere Jean de Dieu. Iki cyegeranyo kandi kizajya gikomoza ku byaranze isi harimo ibikorwa bitandukanye byakozwe n’ibyamamare muri politiki, abaturage ubwabo, imyidagaduro, ubukungu n’izindi ngeri. Hari ibyaranze ibihugu bikomeye ku isi mu bihe byatambutse; ibi na […]