Karongi: Abagizweho ingaruka n’ibiza bagenewe inkunga n’abagore bo mu itorero Méthodiste Libre
Nyuma y’aho muri tumwe mu tugari tugize umurenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi hagwiriye imvura igateza inkangu yatwaye ubuzima bw’abantu 19, abantu batandukanye n’ubu baracyafata mu mugongo abahuye n’iryo sanganya bityo abagore b’itorero Méthoditse Libre mu Rwanda na bo bakaba babashyikirije inkunga igizwe n’ibiribwa n’ibindi binyuranye. Ibi biza ngo byari bifite ubukana bukomeye cyane […]
Amerika yishimiye uruzinduko Perezida Tshisekedi agiye kugirirayo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishimiye urugendo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ateganya kugirrayo mu Cyumweru gitaha. Nk’uko byatangajwe na Ambasaderi wa Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Mike A. Hammer, ngo uruzinduko rwa mbere Perezida Tshisekedi agiye kugirirayo, ruzagira ingaruka nziza ku baturage b’igihugu cye ndetse runashimangire umubano ibihugu […]
Sarpong afashije Rayon Sports kwihimura kuri mukeba wayo Kiyovu sports
Rutahizamu wa Rayon Sports Michael Sarpong yatsinze igitego gifashije Rayon Sports gutsinda mukeba wayo Kiyovu sports mu mukino w’ikirarane wari wahuje amakipe yombi. Wari umukino w’ikirarane kubera ko abakinnyi b’impande zombi bari bitabiriye imikino y’ikipe y’igihugu “Amavubi”. Uyu mukino wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo warangiye Rayon sports itsinze igitego kimwe ku busa bwa […]
RIB yerekanye ucyekwaho gutema inka 12 z’umuturage w’i Nyabihu
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rweretse itangazamakuru umugabo ruvuga ko rwataye muri yombi ku wa Gatatu tariki ya 27 Werurwe 2019, ucyekwaho gutema inka 12 z’umuturage witwa Ndabarinze Kabera wo mu karere ka Nyabihu. Kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Werurwe, nibwo RIB yerekanye uyu mugabo w’imyaka 39 y’amavuko, akaba ari impunzi y’Umunye Congo, iba […]
Ole Gunnar Solskjaer yagizwe umutoza wa Manchester United mu buryo buhoraho
Ikipe ya Manchester United yamaze kugira Ole Gunnar Solskjaer umutoza wayo mukuru mu buryo budasubirwaho nyuma yo gutoza iyi kipe amezi 4 nk’ umutoza w’agateganyo. Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cya Norway yatangiye gutoza Manchester United mu kwezi kw’ Ukuboza 2018, nyuma yo gusimbura Jose Mourinho wari umaze kwirukanwa kubera umusaruro mubi w’ikipe. Kuri uyu […]
Burundi: Abayoboke ba Agathon Rwasa bavuga ko Imbonerakure zirirwa zibahiga bukware
Visi Perezida w’Inteko Nshingamategeko y’u Burundi akana n’umuyobozi w’ishyaka CNL (Congres National Pour la Liberation), Agathon Rwasa avuga ko abayoboke be bakomeje guhohoterwa mu buryo butandukanye. Urubyiruko rw’Imbonerakure rugashinjwa kwirirwa babahiga bukware. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Isanganiro, Rwasa yavuze ko abayoboke be bafatwa bagafungwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ibyo ngo bikaba bikorwa hirya no hino […]
Abaturiye umupaka wa Uganda n’u Rwanda bakomeje gukoresha inzira zitemewe bashaka imibereho – Amafoto
Nyuma y’ibibazo ku mipaka ihuza u Rwanda na Uganda, abaturage bayituriye bari basanzwe bahahirana bigiriye inama yo gukoresha ubundi buryo burimo no gucengana n’abashinzwe umutekano bajya gushaka ibyo bakenera buri munsi ku ruhande rumwe cyangwa urundi. Mu gihe u Rwanda ruherutse kugira inama abaturage barwo yo kutajya muri Uganda kubera gutinya gutabwa muri yombi, gutotezwa […]
Amerika yasabye u Burusiya kuvana vuba na bwangu abasirikare babwo muri Venezuela
Nyuma y’iminsi igera kuri itanu u Burusiya bwohereje abasirikare babwo muri Venezuela, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yabusabye kubavanayo vuba na bwangu. Ku wa Gatandatu tariki ya 23 Werurwe 2019 nibwo indege ebyiri za gisirikare z’Uburusiya, zageze ku kibuga cy’indege cy’ingenzi muri Venezuela, amakuru akavuga ko zari zitwaye abasirikare babarirwa mu […]
Iri ryaba ari ryo herezo ry’imisoro ku bikomoka ku buhinzi n’ubworozi mu Rwanda?
Leta y’ u Rwanda irimo kureba uburyo hakurwaho imisoro n’amahooro yishuzwaga ku bikokomoka ku buhinzi n’ubworozi bikorerwa mu gihugu. Impamvu nyamukuru ni ukugabanya uguhangana n’ibindi bicuruzwa bihendutse bitumizwa mu mahanga. Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi yagaragaje ko bagomba kuvugurura imisoro ibangamira ibyo bicuruzwa by’umwihariko ibikorerwa mu gihugu. Ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu mwihererero w’abayobozi bakuru b’igihugu […]
Hatangiye inyigo ishingiye ku ikoranabuhanga ku butaka buhingwa hagamijwe kongera umusaruro
Leta y’u Rwanda yatangiye inyigo ishingiye ku ikoranabuhanga ku butaka buhingwa hagamijwe kumenya neza uburumbuke bwabwo kugirango umusaruro urusheho kwiyongera. Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasobanuye ko iyi nyigo yatangiye igamije kumenya imiterere y’uburumbuke bw’ubutaka bw’u Rwanda, ije yunganira iyari isanzweho. Ni inyigo isobanura ko izakorwa ku butaka bwose bw’igihugu hakajya hamenyekana imiterere yabwo, igihingwa kijyanye na […]
Lil Wayne arasabwa kugura inyandiko yiyandikiye ubwe
Umuraperi Lil Wayne agiye kwitabaza inkiko nyuma yo gusabwa kugura inyandiko yiyandikiye ubwe mu myaka 20 ishize. Umusore uri kugurisha iyi nyandiko miliyoni Frw zisaga 22 avuga ko uyu muraperi azagura izi nyandiko nk’abandi bose. Iyi nyandiko ikubiyemo imirongo y’indirimbo za Lil Wayne zo mu mwaka w’1999. Ikinyamakuru TMZ dukesha iyi nkuru kivuga ko iyi […]
Umuraperi ukiri muto muri Uganda yasabwe gushyira micro hasi akajya kwiga cyangwa agafungwa
Umuraperi ukiri muto cyane wo muri Uganda uzwi nka Fresh Kid yasabwe na minisitiri gushyira microphone hasi akabanza akiga atabyubahiriza agafungwa. Minisitiri w’urubyiruko muri Uganda, Florence Nakiwala Kiyingi, yabwiye BBC ko amategeko agenga umurimo muri Uganda atemera ko umuntu uri munsi y’imyaka 18 yemererwa gukora. Mu kiganiro cyatambutse kuri televiziyo NBS yo muri Uganda, minisitiri […]
Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi basinye amasezerano y’ubufatanye: Amafoto
Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi basinyanye amasezerano y’ubufatanye azibanda mu gusangira ubumenyi hagati y’impande zombi ndetse no guhanahana amakuru agamije kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka. Aya masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa 26 Werurwe, hagati y’ umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza na mugenzi we wa Malawi Rodney Jose mu murwa mukuru Lilongwe […]
Umurambo w’umubyeyi utwite wapfiriye ku mupaka wa Cyanika wagaruwe mu Rwanda
Umurambo w’umubyeyi w’Umunyarwandakazi, Elisabeth Mukarugwiza wari utwite wapfiriye ku mupaka mu nzira z’ubusamo ubwo yambukaga ajya kugura ibiribwa n’imiti muri Uganda wagaruwe mu Rwanda . Uyu yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27/03/2019, azize kwitura hasi ubwo yirukanswaga n’abantu bataramenyekana bamubuzaga kwambuka ngo agere muri Uganda. Inkuru bifitanye isano: https://bwiza.com/2019/03/27/umubyeyi-utwite-yapfiriye-ku-mupaka-yambuka-ajya-muri-uganda/ Mu […]
Diamond Platinumz yateranye amagambo na Lynn uvugwa ko ari umukunzi we.
Ku wa 27 Werurwe, umuhanzi Diamond Platinumz yateranye amagambo n’undi muhanzi witwa Lynn, wavuzwe cyane ko akundana na we. Lynn wagaragaye muri bimwe mu bikorwa by’inzu ikora umuziki iyobowe na Diamond Platinumz,Wasafi(WCB) harimo n’ubukwe bwa Diamond, yafashe umwanya yandikira ubutumwa iki cyamamare muri Tanzania abicishije kuri WhatsApp. Ubu butumwa bwari bwiganjemo amafoto akurura, harimo n’iyo […]
KU MUNSI NK’UYU: Amateka y’ingenzi yaranze tariki ya 28 Werurwe.
Twongeye kubaha ikaze mu cyegeranyo cyacu cya buri munsi, “Ku Munsi nk’Uyu”. Muracyari kumwe na Tuyizere Jean de Dieu. Uyu munsi, tariki ya 28 Werurwe, turabagezaho amateka y’ingenzi yawuranze kuva mu 1799 kugeza mu 2017. 1799: Leta ya New York yakuyeho ubucakara. 1804: Ohio yashyizeho itegeko ribuza abirabura kwinjira. 1854: Ubwongereza n’Ubufaransa byafashe umwanzuro wo […]