Rutamu Elie Joe yagaragaje uwo yeguriye umutima we- AMAFOTO

 Rutamu Elie Joe wamenyekanye cyane mu makuru y’imikino mu Rwanda nyuma akaza gusezera mu itangazamakuru agiye mu mahanga, yashyize hanze ifoto y’umukobwa witwa Nyinawabeza Rebecca, avuga ko ariwe yeguriye umutima we. N’ubwo uyu musore atatangaje byinshi kuri uyu mukunzi we, abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, yashyizeho ifoto ari kumwe n’uwo mukobwa n’amagambo yuje urukundo. […]

Zimbabwe: ubukungu bukomeje kuzahara na nyuma y’ubuyobozi bwa Mugabe

Mu cyumweru cyashize, igiciro cy’umugati muri Zimbabwe cyikubye kabiri, amafaranga akomeza guta agaciro. Icyo ni kimwe mu byaranze ubutegenzi bw’igihe kirekire bw’uwahoze ari perezida, Robert Mugabe. Cyongeye kugariza icyo gihugu mu gihe kiyobowe n’uwamusimbuye, Emerson Mnangagwa. Kugeza ubu, umugati wavuye ku mafaranga hafi 1620 RWF(1.80$) ugera ku mafaranga 3150(3.50$).Mnangagwa akimara gufata ubutegetsi yasezeranyije Abanyazimbabwe ko […]

Abantu 13 basengaga bitegura pasika bapfuye nyuma yo kugwirwa n’igikuta cy’urusengero

Abantu 13 bapfiriye mu mpanuka y’igikuta cya Kiliziya cyagwiriye abasengaga bitegura pasika, muri Afurika y’Epfo. Ni impanuka yabaye ku wa 19 Mata, ubwo hari ku wa Kane Mutagatifi. Bitangazwa ko abantu 29 bakomerekejwe  n’icyo gikuta cya kiliziya cyahanutse ubwo imvura nyinshi yagwaga. Abakomeretse bavuriwe mu bitaro bikuru by’Intara ya KwaZulu-Natal, 13 bahita bahasiga ubuzima. Umuvugizi […]

Burundi: Uzashaka kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida azabanza gutanga miliyoni 30

Mu gihe habura umwaka umwe ngo mu Burundi habe amatora y’umukuru w’igihugu, ubu hashyizweho amabwiriza mashya arimo no kuba uzajya ashaka gutanga kandidatire ye,  izajya yakirwa abanje no gutanga miliyoni 30 z’amafaranga y’Amarundi. Ibi ni ibiri mu itegekonshinga ryavuguruwe birebana n’amatora y’umukuru w’igihugu, Abadepite 105 mu 108 bakaba bararyemeye batora yego, mu gihe abandi batatu […]

Rulindo: Bamwe mu baturage baracyaceceka akarengane bagirirwa

Bamwe mu bagize imiryango ya sosiyete sivile mu karere ka Rulindo mu ntara y’amajyaruguru bavuga ko kuba hari ibibazo byinshi bikigaragara mu baturage,ibyinshi bikigaragaza cyane nk’iyo umukuru w’igihugu yasuye akarere runaka ngo biterwa na bamwe mu baturage bagirirwa akarengane n’inzego z’ibanze zibegereye bagaceceka bitewe no kutamenya amategeko abarengera. Ni bimwe mu byagaragajwe mu biganiro hagati […]

Uganda: Bobi Wine yahawe ‘nyirantarengwa’ mu gitaramo ke cya Pasika

Umuhanzi akaba n’umudepite muri Uganda, Robert Kyagulanyi cyangwa se Bobi Wine, yahawe umurongo ngenderwaho mu gitaramo cya Pasika yateguye kuri uyu wa mbere. Bobi Wine usa n’uri ku musozo w’imyiteguro y’iki gitaramo, yavuze ko icyo yakoze ari ukumenyesha inzego z’umutekano iby’igitaramo ke, aho kuzisaba uburenganzira. Aya ni amagambo yatangarije abafana n’abakunzi be ku wa 16 […]

Burundi: Abaturage batewe ubwoba n’ imyitozo ya gisirikare Imbonerakure zirimo guhabwa

Abaturage bo mu Ntara ya Bururi, mu Burundi, bafite impungenge z’umutekano wabo bitewe n’imyitozo Imbonerakure zigizwe n’urubyiruko rw’ishyaka CNDD- FDD riri ku butegetsi ruhabwa ku musozi wa Kibimbi. Abaturag baturiye aka gace bavuga ko nta n’umwe wemerewe kuba yabaza ibirimo kubera aho. Umusozi wa Kibimbi iyi myitozo ya gisirikare Imbonerakure zirimo kuhakorera, ngo usanzwe udatuwe, […]

Uganda yaba ikomeje kurunda ingabo zayo hafi y’umupaka w’u Rwanda bucece

Mu gihe umwuka mubi mu mibanire y’u Rwanda na Uganda ukomeje, ibihugu byombi birashinjwa kuba birimo kurunda ingabo ku mipaka bucece, aho habanje kuvugwa u Rwanda mu kwezi gushize none bikaba bivugwa ko Uganda nayo irimo irarunda ingabo kabuhariwe ku mupaka wayo n’u Rwanda kandi bigakorwa bucece. Urubuga Eyalama News dukesha iyi nkuru ruvuga ko […]

Ku ruhande rw’u Rwanda hamaze kuboneka imirambo 15 y’abaguye mu mpanuka mu Kiyaga cya Kivu

Ubutabazi bw’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu bwabonye imirambo 15 y’abantu baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu ijoro ryo kuwa 16 Mata mu Kiyaga cya Kivu mu burasirazuba bwa Congo. Iyi mirambo yabonetse ku nkengero z’ikiyaga ku ruhande rw’u Rwanda nk’uko abayobozi I Gisenyi babitangarije AFP. Amato atanu y’ubutabazi yari akiri mu kiyaga akomeje gushakisha […]

Yafashwe abaga imbwa ashaka gukuraho inyama zo kugurisha kuri Pasika

Mu gihe haburaga amasaha makeya ngo Pasika ibe, aho imiryango myinshi igura inyama zo kurya mu rwego rwo kwizihiza uyu munsi hibukwa izuka rya Yesu, umugabo wo mu Karere ka Mbarara muri Uganda yatawe muri yombi ari kubaga imbwa ngo agurishe inyama zayo. Uyu mugabo witwa Sadru Mustafa ngo akaba yafashwe n’abaturage abaga imbwa mu […]

Sudani: Mu rugo rwa Omar Bashir hafatiwe imifuka ipakiyemo asaga miliyoni 130$

Mu rugo rwa Omar al-Bashir wahoze ari Perezida wa Sudani hafatiwe imifuka ipakiyemo akayabo k’amafaranga akoreshwa ahantu hatandukanye none yatangiye gukorwaho iperereza ku byaha by’iyezandonke nk’uko byatangajwe n’abashinjacyaha kuri uyu wa Gatandatu. Inzego zishinzwe umutekano zikaba zasanze mu rugo rwa Bashir Amayero, Amadolari n’amafaranga akoreshwa muri Sudani yose hamwe akaba asaga miliyoni 130 z’Amadolari cyangwa […]

Burera: Hafatiwe Prado ipakiye ibicuruzwa bya magendu

Ku makuru yatanzwe n’abaturage Polisi ikorera mu karere ka Burera yafashe imodoka Prado RAA 534Q ipakiye ibicuruzwa bya magendu. Kuri uyu wa 19 Mata nibwo imodoka Prado RAA 534Q yafatiwe mu murenge wa Nemba ipakiye ibicuruzwa bya magendu byiganjemo imyenda ya caguwa. Chief Inspector of Police (CIP) Alex Rugigana Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyaruguru […]