Kiyovu Sports na AS Kigali zaba zigiye kuba ikipe imwe
Mu ibaruwa yakomeje gucicikana igaragaza ko, ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali n’ubwa Kiyovu Sports, bwandikiye ubuyobozi bw’umugi wa Kigali bubasaba ko aya makipe yombi yahuzwa akagirwa ikipe imwe y’umugi wa Kigali. Hari hashize iminsi bihwihwiswa ko aya makipe yombi ashobora kwihuza agakora ikipe imwe ikomeye ihagarariye umujyi wa Kigali. Byaje kuba impamo ubwo ubuyobozi bw’amakipe […]
Nyamasheke/ Mataba: Bifuza ikimenyetso cy'amateka ya Jenoside ku cyobo cyajugunywemo Abatutsi barenga 400
Jenoside yakorewe abatutsi mu cyahoze ari segiteri ya Gabiro mu kagari ka Mataba, umurenge wa Shangi y’ubu ngo yakoranywe ubugome budasanzwe ,aho abicirwaga hirya no hino mu cyari iyi segiteri n’abandi baturukaga imihanda yose berekeza kuri paruwasi gatulika ya Shangi bakicirwa kuri bariyeri yari iri hafi ya santere y’ubucuruzi ya Mulindi ihari […]
UN iratangaza ko umubare w’impunzi ku isi warushijeho kwiyongera
Umuryango w’Abibumbye utangaza ko umubare w’impunzi ku isi warushijeho kwiyongera mu buryo butigeze bubaho mu myaka 70 ishami ryita ku mpunzi (HCR ) rimaze ribayeho. Ubu hirya no hino ku isi habarurwa impunzi zirenga gato miliyoni 70 z’ahunze intambara . Ni inshuro ya mbere mu mateka y’ishami rya HCR habayeho umubare uri hejuru cyane ugereranije […]
Loni ifite ibimenyetso ku ruhare rw'Igikomangoma bin Salman mu iyicwa ry’umunyamakuru Khashoggi
Ibimenyetso bishya biragaragaza ko Igikomangoma Mohamed bin Salman n’abandi bayobozi bakuru, muri Arabia Saoudite, bagize uruhare mu iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi nk’uko impuguke ya Loni mu iperereza ku burenganzira yatangaje kuri uyu wa Gatatu. Ntacyo Arabia Saoudite yahise ivuga kuri ibi nubwo yohererejwe raporo y’amapaji 100 ku byagezweho mu iperereza, ariko ubu bwami bwakunze guhakana […]
Umugabo yasambanyije imbwakazi, umugore we ari gufata mashusho
Kuwa 14 Kamena 2019, umugabo ufite imyaka 29 y’ amavuko yatawe muri yombi na polisi nyuma yo gufatwa asambanya imbwakazi ye y’ imyaka 3. Aya mahano yabereye mu Bufaransa yemezwa n’ amashusho yafashwe n’ umugore w’ umugabo wasambayije imbwakazi ye ubwo imbwakazi yari iziritse amapingu ku maguru ndetse n’ amaboko, nk’ uko tubikesha actu.fr. Ubwo […]
Runaniza Amza yashyize umukono ku masezerano mu ikipe ya Rayon Sports
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports butangaza ko bwagiranye amasezerano n’umukinnyi Runaniza Amza, wari usanzwe akinira ikipe ya Marines Fc. Iyi kipe ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kamena 2019, yagize iti “ Rayon Sports iratangaza ku mugaragaro isinya ry’amasezerano ry’umusore Runanira Hamza, uzifatanya na Gikundiro mu mukino ya […]
Maze amezi abiri ndara ukubiri n’umugabo ngo ni uko ntagira amavangingo- Mungire inama
Ndabaramukije, mfite imyaka 34 nkaba ndi umubyeyi w’abana babiri, umukobwa n’umuhungu. Umugabo wanjye tumaranye imyaka umunani tubana. Hashize imyaka ibiri umugabo wanjye tutabanye neza nyuma y’aho ntangiye kumubonaho ingeso z’ubusambanyi, aho anca inyuma akaryamana n’abandi bagore kandi nkabimenya. Twakomeje kubana gutyo tutumvikana neza, ariko bigeze mu kwezi kwa Kane biba akarusho kuko ubu yanyirukanye ku […]
Inteko igiye kwiga ku mushinga wa Facebook wo gushyiraho ifaranga ry'ikoranabuhanga(cryptocurrency)
Ikigo cya Facebook cyatangaje ko kigiye gushyiraho uburyo bw’ifaranga ry’ikoranabuhanga rizwi nka ‘cryptocurrency’ rizajya rikora mu buryo bwihuse, bwizewe kandi budasaba ikiguzi. Ariko inteko ishinga amategeko y’Amerika yavuze ko hazabanza inyigo mbere y’uko ryemererwa gukora. Inkuru dukesha CNN ivuga ko ejo tariki ya 19 Kamena ari bwo iki kigo cyatangaje ku mugaragaro uko ubu buryo […]
Gereza eshanu mu gihugu zigiye kubakwamo amashuri 10 y’ubumenyingiro
Urwego rw’ubutabera rw’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri rwahawe n’Ubwami bw’u Buholandi inkunga ya miliyoni 9.3 z’Amayero (Miliyari 9.4 frw) yo kubaka amashuri y’ubumenyingiro mu magereza yo mu Rwanda. Amasezerano y’iyi nkunga yashyizweho umukono hagati y’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe igenamigambi ry’ubukungu muri Minisiteri y’Imari na Ambasaderi w’u Buholandi mu Rwanda, Frederique de Man. Nk’uko ayo […]
Gatsibo/Ngarama: Min. Busingye yashimye abaturage bujuje ibiro by’abunzi
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnston arashimira abaturage bo mu Murenge wa Ngarama, mu Karere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, bubakiye abunzi ibiro bazajya bakoreramo. Ni ibiro abunzi bazajya bakoreramo Minisitiri Busingye yatashye ku mugaragaro kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kamena 2019, aho yashimye iki gikorwa ndetse ko cyakabaye isomo ku […]
Ibibazo byawe bitereke k’ umutwe wa yesu – igice 1
Hamagara abantu wizeye bagufashe gukura ibyo bibazo biri ku umutwe wawe maze babitereke ku umutwe wa Yesu Kristo. ( igice cya 2) Abafilipi 4:6 “Ntimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n’ Imana mubisabiye, mubyingingiye, mushima.” Yohani 14:1 “Ntimugahagarike imitima yanyu, mwizere Imana nanjye munyizere.” Matayo 6:31 “Nuko ntimukiganyire mugira ngo “ Tuzarya iki?” […]
Kigali-Kimironko: Ntucikwe ni inzu igurishwa amafaranga make
Iyi nzu iherereye Kimironko kwa Mushimire iragurishwa amafaranga make 80.000.000 mu kumvikana , iyi nzu ifite ibyumba 4, salon, salon a manger, cuisine, stock, douches+toilettes 2. ikagira igikoni, douche, toilettes na magazine hanze. Ifite kandi Igipangu giparikwa mo imodoka 5. Uyikeneye yahamagara kuri iyi nimero : 0783115677
Nyaruguru: Nyirabahutu waririmbiraga Perezida Kagame akanyurwa yitabye Imana
Nyirabahutu Daphrose, umukecuru wo mu Karere ka Nyaruguru benshi bari bazi ku izina ry’Umukecuru wa Perezida, yitabye Imana aguye mu bitaro bya Kaminuza by’i Butare (CHUB). Aya makuru yemezwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru, avuga ko Nyirabahutu yari amaze iminsi arwariye kwa muganga. Urupfu rwe ngo rukaba ari igihombo ku Karere ka Nyaruguru n’igihugu muri rusange. […]
Umunyapolitiki Faustin Twagiramungu yifatanyije na Paul Rusesabagina mu ihuriro MRCD-Ubumwe
Ishyaka RDI-Rwanda Rwiza ry’umunyapolitiki Faustin Twagiramungu kuri ubu ryinjiye mu ihuriro MRCD-Ubumwe riyobowe na Paul Rusesabagina, aho ubu iri huriro ryahise rigira amashyaka ane atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda akorera hanze arigize. Impuzamashyaka MRCD-Ubumwe yari igizwe n’amashyaka atatu; CNRD-Ubwiyunge (igice kitandukanyije na FDLR), PDR-Ihumure na RRM. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 18 […]
DJ Lenzo ntiyaripfanye ku bivugwa ko ari mu rukundo na Anitha Pendo
Umwe mu basore bavanga imiziki (DJ), Dj Lenzo yavuze ku makuru yacicikanye avuga ko yaba ari mu rukundo na Anitha Pendo, umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru. Mu kiganiro na Isango Star TV, Dj Lenzo kuri uyu wa 18 Kamena uyu mwaka yatangaje ko iby’aya makuru ntacyo abiziho ko ahubwo na we yabibonye ku mbuga nkoranyambaga. Ati “ […]
Nyamasheke/ Mahembe: Bifuza inganda ziciriritse zibasha kongerera agaciro umusaruro wabo
Abaturage b’umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke bishimira aho bageze mu musaruro w’ubuhinzi n’ubworozi nyuma y’uko ubuyobozi bubakanguriye gahunda zo kongera umusaruro bihaza mu biribwa,bakababazwa n’uko uwo musaruro wabo ugenda upfa ubusa kubera ko werera rimwe ukazagira igihe uburira rimwe kandi batarawungutsemo,bakifuza ko babona inganda ziciriritse ziwongerera agaciro kuko ari bwo bashobora kunguka. Mu […]
USA: Perezida Trump yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kwiyamamariza manda ya kabiri
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Kamena yatangaje ku mugaragaro ko atangije ibikorwa byo kwiyamamariza manda ya kabiri mu kwiyamamaza kwabereye mu Mujyi wa Orlando, muri Leta ya Florida yakuyemo amajwi menshi mu 2016. Perezida Trump yishingikirije ibyo yakoze nko mu bukungu, umutekano […]
Kigali: Umukobwa yansabye ko mutera inda ngo umwana azamwirerera
Ndi umusore w’imyaka 26 ntuye mu Mujyi wa Kigali. Umukobwa usanzwe tuziranye bisanzwe yansabye ko namutera inda ngo umwana azamwirerera. Ubwo twaganiraga nk’uko bisanzwe, Olive w’imyaka 23 yarambwiye ati “ Reka dukore umuti, ndamubaza nti umeze ute? Arambwira ati nshaka ko twazajya kwipimisha noneho nkabara iminsi y’uburumbuke yanjye neza noneho ukantera inda kuko nkeneye umwana,” […]
Kaminuza y'u Rwanda igiye gusubizaho amafaranga agenerwa abimenyereza umwuga
Kaminuza y’u Rwanda ku bufatanye n’Inama y’Amashuri makuru na kaminuza (HEC) bigiye kureba ukuntu basubizaho amafaranga ahabwa abanyeshuri bimenyereza umwuga babikwiye. Dr. Charles Murigande, umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere muri Kaminuza y’u Rwanda, yabwiye The New Times ku wa mbere ko ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi n’iy’Imari n’Igenamigambi, bazajya baha abanyeshuri bakeneye ubufasha amafaranga 30,000 rwf. […]
Kayonza: “Ndagiye ndagarutse” ituma bagira uruhare mu mihigo y’Akarere
Abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Kayonza mu burasirazuba bw’u Rwanda barishimira cyane uruhare bagira mu igenamigambi ry’ubuhinzi mu karere kabo. Imihigo yabo ishyirwa mu ikayi bita “Ndagiye ndagarutse”, bisobanuye ko baba bafite icyizere ko izashyirwa mu y’akarere. Umugambi wo gukangurira abahinzi kugira uruhare mu mihigo y’akarere, abaturage ba Kayonza bawufashwamo n’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa […]
Minisiteri y'ubuzima isobanura iby'indwara yibasiye abakobwa mu mashuri
Hari indwara yiswe ‘iy’amayobera’ yibasiye abakobwa mu bigo by’amashuri bibiri. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ku gitera iyi ndwara nyuma yo kwiyambaza inzobere. Iyi ndwara yibasiye ibigo bya Rambura mu Burengerazuba bw’igihugu na NEGA mu ntara y’Uburasirazuba nk’uko BBC ibitangaza, yafataga mu mavi, bigatuma aba bakobwa batabasha no kugenda. Yayobeye abaganga bo kuri aya mashuri, bamwe bakavuga […]
Imitangire ya Gahunda 'Rendez-Vous' zihabwa abarwayi iranengwa
Bamwe mu basaba serivisi kwa muganga barinubira ko gahunda bahabwa n’abaganga(Rendez-vous) zitinda bigatuma barembera mu rugo. Aba baturage bavuga ko baterwa agahinda no kuba hari ubwo bazana umurwayi urembye, ariko ntahite avurwa agahabwa gahunda ya kure. Umwe ati “Ejo bundi njye twaranatonganye. Urabona turiho uyu munsi? Ngo genda uzagaruke ku yindi tariki nyuma y’ukwezi. Naramubwiye nti […]
RDC: Umuturage w’Umushinwa n’umusirikare wa FARDC biciwe mu mutego w’abantu bitwaje intwaro
Rusizi: Yafatanywe udupfunyika dusaga 400 tw’urumogi nyuma yo kumara imyaka 5 afunze ari rwo azira
Polisi ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe yafatanye Sibomana Bosco w’imyaka 35 y’amavuko udupfunyika 446 tw’urumogi, mu gihe yari yarafunguwe mu kwezi kwa mbere nyuma y’ imyaka itanu afungiye icyaha cyo gucuruza urumogi. Uyu mugabo yafashwe ku makuru yatanzwe n’abaturage ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 17 Kamena, bavuga ko n’ubwo yavuye […]