Batawe muri yombi bazira kwivugana urusamagwe rwishe mugenzi wabo
Igipolisi cyo mu Buhinde cyataye muri yombi abaturage bakubise urusamagwe rukarinda rupfa. Aba baturage baruhoraga gukomeretsa mugenzi wabo bimuviramo urupfu. Aya mashusho y’urusamagwe rwakubiswe yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga. Abayobozi bavuze ko uru rusamagwe rwateye abantu icyenda, uyu wapfuye rwari rwamukomerekeje cyane. Umubare w’inyamaswa zo mu ishyamba zigabiza ibiturage ugenda wiyongera muri iki gihugu, abahanga mu […]
Uburanga bw'abakobwa bari muri Miss Uganda 2019/2020-amafoto
Irushanwa rya Miss Uganda 2019/2020 rirarimbanyije, aho ubu hasigayemo abakobwa 20 bahatanira ikamba. Muri iri joro ryo ku wa 26 Nyakanga ni bwo hamenyekana Nyampinga mushya w’iki gihugu, asimbure Quiin Abenakyo umazeho umwaka. Ibi birori birabera muri hoteli ya Sheraton Kampala,
Uganda: Minisitiri yasabye abagemuraga ibicuruzwa mu Rwanda kurwibagirwa
Minisitiri w’Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde yasabye abacuruzi kwirengagiza kugurisha ibicuruzwa byabo mu Rwanda kuko ngo ari isoko rito. Mu nama y’Ikigo cy’Igihugu cy’Igenamigambi (NPA) ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP) yabereye muri Serena Hoteli i Kampala ku wa 25 Nyakanga 2019, Min. Kyambadde yasabye abacuruzi kuva mu byo yise “ Amarangamutima” […]
Rusizi/ Nkombo: Imiryango 24 yashyikirijwe inzu zo guturamo- AMAFOTO
Imiryango 24 yo mu tugari tunyuranye two mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi yabaga mu buryo buteye agahinda urebye uko inzu yabagamo zari zimeze yashyikirijwe inzu nziza zo guturamo n’amatorero ya ADEPR Ishywa,EMLR Nkombo na EAR Nkombo ku bufatanye na Compassion international,ikaba yishimiye gutura heza habereye ikiremwamuntu. Muri izi nzu harimo 8 zo […]
Byinshi wamenya ku ndwara ya Ebola imaze guhitana abagera ku 1600 muri Congo
Indwara ya Ebola ( EVD ) or Ebola irangwa no kuvira imbere no guhinda umuriro ( EHF ) ni indwara abantu barware bayitewe n’ Agakoko ka Ebola. Ibimenyetso nyir’izina byayo bitangira kugaragara guhera ku minsi ibiri kugera ku byumweru bitatu umuntu yandujwe n’ako gakoko, akagira umuriro, akababara mu muhogo, akaribwa mu mitsi, no kurwara umutwe. By’umwihariko agira iseseme, akaruka, kandi agahitwa hakurikiraho, […]
Niringiyimana Emmanuel wakoze umuhanda wa 3km afite ibaruwa yifuza guha Perezida Kagame
Niringiyimana Emmanuel ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko akaba atuye mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi avuga ko yifuza guhura na Perezida Kagame akamuha ibaruwa amushimira ibikorwa by’intashyikirwa yagejeje ku Bnayarwanda. Niringiyimana yamenyekanye ku bw’igikorwa yakoze iwabo, aho uyu musore amaze imyaka itatu akora umuhanda wapimwe bagasanga ufite […]
Kampala/ Kansanga: Hari abandi Banyarwanda batawe muri yombi bavanwe mu rusengero
Hari amakuru avuga ko hari abandi Banyarwanda batazwi umubare batawe muri yombi mu gace ka Kansanga na Ndeeba mu Mujyi wa Kampala. Abandi Banyarwanda basaga 40 baherutse gutabwa muri yombi kuwa Kabiri w’iki cyumweru basanzwe mu rusengero rwa ADEPR. Ikinyamakuru Eyalama dukesha iyi nkuru kivuga ko ubwo cyaganirizaga abaturage bo mu gace ka Besania ku […]
Umwe mu barwanya Leta arakemanga umubano w’u Bufaransa n’u Burundi wubuwe
Umuyobozi wa Focode, umwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, Pacific Nininahazwe, yakemanze iby’umubano w’u Burundi n’u Bufaransa wubuwe, mu gihe iyi Leta ya Nkurunziza ishinjwa ibyaha birimo ibyibasira inyoko muntu. Ubufaransa n’Uburundi ni ibihugu byari bisanzwe bifitanye umubano mwiza ariko amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu 2015 aza kuba imbarutso yo kuba uhagaze. […]
Uwakoranye indirimbo na Urban Boyz arembeye mu bitaro
Umuhanzikazi w’Umunyayuganda, Jackie Chandiru wafatanyije indirimbo na Urban Boyz yitwa arembeye mu bitaro bimwe byo muri Kampala. Amakuru ava mu bantu be ba hafi, bavuga ko uyu mukobwa wakoranye na Urban Boyz (iyari igizwe na batatu) yitwa ‘Take it off’ yakunzwe na benshi yageze mu bitaro umubiri wose wabaye ibisebe kandi yambaye imyenda isa n’inkweto […]
Hamenyekanye igihe guverinoma nshya ya Congo izatangarizwa
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Guverinoma y’igihugu yari itarashyirwaho kuva hajyaho umukuru w’igihugu mushya, hazatangazwa igihe izashyirirwaho kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Nyakanga nyuma y’ibiganiro byahuje impande zizaba ziganje muri guverinoma. Senateri Francois Mwamba, umwe mu bari muri ibi biganiro ukomoka mu ihuriro CACH (Cap pour le Changement), niwe […]
Byabaye agahomamunwa: Umugabo wanjye yagiye gusaba mama icyumba cyo gusambaniramo- Nkore iki?
Mu Kinyarwanda baca umugani ngo iminsi y’igisambo iba ibaze, n’umugabo wanjye navuga ko yabaye igisambo afatwa ku munsi wa 40. Kuko ubwo yari yagiye mu mahugurwa mu Karere ka Nyagatare, yagiye gukodesha icyumba (Lodge) cyo kuraramo, uwo yacyakaga ari mama wanjye, ariko yarakimwimye. Ndi umugore, maze imyaka ine mbana n’umugabo wanjye, nta mwana twari twabyara […]
Nyakariro-Kabuga: Bavuga ko iterambere ryabo rikomwa mu nkokora n'umuhanda mubi
Bamwe mu baturage b’Akarere ka Kicukiro na Rwamagana bakoresha umuhanda Masaka-Nyakariro uhuza utu turere, bahangayikishijwe n’iyangirika rikabije ry’uyu muhanda ku gice cy’Akarere ka Kicukiro. Iyangirika ry’umuhanda rigaragara ku gice cy’Akarere ka Kicukiro mu Murenge wa Masaka, aho usanga warajemo ibinogo, abawukoresha bavuga ko utaborohereza mu buhahirane kuko ibinyabiziga bitwaye imyaka birangirika. Gusa, iki kibazo kiri […]
Ntibizorohera Koreya y’Epfo kwirinda iki gisasu- Kim Jong-Un
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-Un atangaza ko igisasu igihugu cye giherutse kugereragezwa, kizahitana mukeba, Koreya y’Epfo nta kabuza. Igisasu giherutse kugeragerezwa mu nyanja y’Abayapani byavuzwe ko ngo kigenda ahantu hato ariko kigenda ibirometero 690 nk’uko Umugaba w’Ingabo za Koreya ya Ruguru zibivuga. Perezida Kim avuga ko uku kugerageza ibi bisasu biba ari uguhangana […]
Wigira ubwoba-Rev. Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries (NEMI)” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. 2 Amateka 20:17 “Muri iyo ntambara ntimuzagomba kurwana, muzihagararire mwiremere inteko gusa, mwirebere agakiza Uwiteka […]
RNC irashinjwa kuba inyuma y’itabwa muri yombi ry’Abanyarwanda 40 riherutse muri Uganda
Nyuma y’itabwa muri yombi ry’Abanyarwanda bagera kuri 40 baherutse gufatirwa mu rusengero rwa ADEPR muri Uganda ahitwa Kibuye, mu nkengero za Kampala, amakuru yizewe agera kuri The New Times aravuga ko aba bagambaniwe n’abayoboke b’ishyaka RNC rya Kayumba Nyamwasa ari bo; Frank Ruhinda na Pasitoro Busigo. Amakuru yavuye muri bamwe mu bayoboke b’iri torero batashatse […]
‘HMS Montrose’ igiye kujya iherekeza amato y’Abongereza anyura mu Kigobe cya Hormuz
Ubwato bw’intambara bw’u bwongereza bugiye kujya buherekeza amato yose y’Abongereza anyura mu Kigobe cya Hormuz, impinduka zatangajwe mu gihe hakomeje gututumba intambara mu kigobe. Ubwato bw’intambara buzwi nka HMS Montrose bw’Abongereza nibwo bwahawe inshingano zo kujya buherekeza andi mato y’ubucuruzi y’Abongereza akoresha inzira yo mu Kigobe cya Hormuz ikunze kunyuramo amato atwaye peteroli. Buzajya buherekeza […]
Dr. Ntirushwa yakebuye abitana bamwana mu gihe batarabona urubyaro
Dr. Ntirushwa David umuganga mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK avuga ko bidakwiye ko umugabo n’umugore bitana bamwana mu gihe batarabona urubyaro, ahubwo ko hari ibyo bombi baba batuzuza neza. Kuba hari abashyira igitutu ku bamaze gushakana bamaze igihe kitagera ku myaka ibiri batarabona urubyaro,abakurikiranira hafi iby’ubuzima bavuga ko atari byo kuko nta shingiro […]
RDC: Inyeshyamba zitari zizwi za CODECO zishe abantu batanu
Abantu batanu bishwe amatungo menshi arasahurwa mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane rishyira kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Nyakanga bikozwe n’inyeshyamba zo mu mutwe wa CODECO, mu giturage cya Tchusa, groupement ya Buku, sheferi ya Bahama-Nord muri teritwari ya Djugu, ho mu burasirazuba bwa Congo. Perezida wa Sosiyete Sivile y’aha witwa Désiré Banza […]
Uganda: Abanyarwanda 40 bafashwe bari ‘baranze’ kwimenyekanisha mu nzego z’ibanze
Abaturage b’agace ka Besania, muri Kibuye muri Rubaga mu Mujyi wa Kampala bavuga ko Abanyarwanda bafashwe bashinjwa kuba intasi bari baranze gutanga ibyangombwa bibaranga mu nzego z’ibanze za Uganda. Ubusanzwe, iyo umuturage wa Uganda yakiriye umushyitsi abimenyesha inzego z’ibanze z’aho atuye ( babyita kwiyanzuza). Umuyobozi Ushinzwe Umutekano mu gace ka Besania ahari urusengero rwa ADEPR […]
Abapolisi basaga 100 batanze amaraso yo gufasha abarwayi
Ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi gukorwamo ibikorwa byinshi bitandukanye birimo kubaka ibiro by’imidugudu itarangwamo ibyaha, kubakira abatishoboye, gutanga ubwisungane mu kwivuza, kugabira abantu, gutanga amatara n’amazi ndetse hakiyongeraho n’igikorwa cyo gutanga amaraso. Ibi byose Polisi ibikora mu rwego rwo kurushaho kuzamura imibereho myiza y’abaturage no gushimangira ubufatanye hagati yayo n’abaturage. Ni muri urwo rwego mu […]
RDC: Minisitiri w’ubutabera yakubitiwe mu myigaragambyo ajyanwa mu bitaro
Abayoboke b’ishyaka UDPS, riri ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Mbuji, mu Ntara ya Kasai-Oriental kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 24 Nyakanga bigabije imihanda banibasira minisitiri w’ubutabera w’intara arakubitwa ajyanwa mu bitaro. Abigaragambya basabaga gusubiza muri guverinoma y’intara umuntu wabo witwa Boniface Kapena. Kuri uyu munsi bivugwa ko wari uwa kabiri […]
IBITEKEREZO BYAWE BISHUSHANYA IKARITA IGOMBA KU KUYOBORA-Rev. Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Ibitekerezo byawe igihe cyose biba bitegereje ko ubibwira icyo ushaka kuba cyo, cyangwa uko ushaka ko […]
Lt. Gen. Henry Tumukunde mu bazahatana na Museveni mu matora
Lt. Gen. Henry Tumukunde wahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda yavuze ko ashobora kuzahatana na Museveni n’abandi mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu 2021. Lt. Gen.Tumukunde yatangiye mu buryo buri wese atakekaga ko yagera kuri uru rwego. Nk’uko Chimp Reports ibivuga, yatangiye avuga ko aziyamamariza umwanya wa meya w’umugi wa Kampala. Yagiye ahura n’imiryango itandukanye […]