Patoranking ahishuye ko ari gukorana indirimbo na Meddy
Umuhanzi w’Umunyanigeria witwa Patrick Nnaemeka Okorie uzwi nka Patoranking ari mu ihuriro ry’ubyiruko rwaturutse impande zitandukanye z’Afurika (Youth Connekt Africa 2019). Patoranking yavuze ko akunda gukorana indirimbo na bagenzi be b’abahanzi bo mu bihugu bitandukanye ku mugabane w’Afurika. Ikimenyimenyi ngo ni uko bidasubirwaho, uyu muhanzi ari gukorana indirimbo n’umuhanzi w’Umunyarwanda, Ngabo Medard uzwi ku izina […]
Nibakubwira ngo uri mwiza, babwire bajye kubibwira ba nyina-Perezida Magufuli
Zidane ateye isoni- Anengwa kudaha agaciro Gareth Bale
Umusesenguzi w’umupira w’amaguru, Guillem Balague avuga ko rutahizamu Gareth Bale wa Real Madrid arakaye kandi arambiwe gukina muri iyi kipe. Ku mpeshyi y’uyu mwaka byari biteganyijwe ko Bale yerekeza mu ikipe ya Jiangsu Suning yo muri shampiyona y’Ubushinwa ya Chinese Super League kuri kontaro y’imyaka itatu. Bivugwa ko yari kujya ahembwa miliyoni imwe y’amapawudi buri […]
Bobi Wine yiswe 'Mafia' nyuma yo gucika polisi asimbukiye kuri moto igenda-amafoto
Nyuma y’aho arengeye ku itegeko ry’igipolisi cya Uganda rimubuza gukora igitaramo ku bw’umutekano utizewe, Bobi Wine yacitse asimbukiye kuri moto (boda boda), ahabwa izina rya ‘mafia’. Uyu muhanzi w’umudepite ubusanzwe yitwa Robert Kyagulanyi. Avuga ko igipolisi cya Uganda kimaze kumuhagarikira ibitaramo birenze 150 ku mpamvu y’uko atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Museveni. Uyu muhanzi yari yavuze […]
Albert Nabonibo wigambye kuba umutinganyi yirukanwe ku kazi
Albert Nabonibo, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo kwiyemerera ko ari umutinganyi avuga ko kubera ibyo yategetswe gusezera aho yakoraga nk’umucungamari. Mu mpera y’ukwezi kwa munani yabwiye BBC ko azi neza ko abenshi babyakira nabi ariko ko atagishoboye gukomeza guceceka no guhisha uwo ari we. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga Olivier […]
Indege ya Ethiopian Airlines habuze gato ngo yice abagera kuri 90
Indege ya Kompanyi Ethiopian Airlines yari itwaye abantu 90 yagize ikibazo cya tekiniki ubwo yageraga mu kirere imwe moteri yayo imwe igafatwa n’inkongi y’umuriro. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 767 yavaga i Dakar muri Senegal ijya Addis Abba muri Ethiopia nk’uko AFP ibitangaza. Umuvugizi w’iyi Kompanyi, Tidiane Tamba yavuze ko iyi ndege ari […]
Kigali: Ikigo 'BTC' kigisha ibirebana no gutunganya amashusho cyatangiye kwandika abanyeshuri bashya
Ubuyobozi bw’ikigo Belgine Training Center (BTC) ku bufatanye na YADEN (Youth, Arts, Development and Entrepreneurship Network) buramenyesha urubyiruko rwose rwifuza kwiga gukoresha Camera, gutunganya amajwi n’amashusho na graphic design ko amarembo akinguye. Umuyobozi mukuru w’iki kigo, Bizimana Belgine, aganira na Bwiza.com, avuga ko ari amahirwe ku rubyiruko rugiye kuza mu biruhuko, rurimo n’uruzaba rusoje […]
Ntunsembure-Hillary Clinton asubiza Trump
Hillary Clinton wabaye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kugeza mu 2013, akanaba ari umufasha wa Bill Clinton wabaye Perezida w’iki gihugu wa 42, yabujije Donald Trump kumusembura nyuma y’amagambo yatangaje ajyanye no kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Ubu butumwa Hillary Clinton yabutangarije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Ukwakira, […]
Umukozi yateje ikibazo cya VAR kibuga ku bwo gucaginga telefoni
Umukozi utatangajwe amazina wo mu gihugu cya Arabia Saoudite yateje ikibazo cya VAR (Video Assistant Referee ifasha umusifuzi kureba ahari ikosa bitewe no gucaginga telefoni ye ngendanwa. Uyu mukozi yatumye VAR yitabajwe n’umusifuzi idakora bitewe n’uko yafashe umwe mu migozi ya VAR akayicomokora, agacaginga telefoni ye. Ibi byabaye ku mukino wahuje amakipe abiri y’amakeba yo […]
Guv. Munyantwari avuga ko ibyakozwe na Habumukiza wari mu bagabye igitero mu Kinigi birimo imizimu
Guverineri w’Intara y’Iburangerazuba, Alphonse Munyantwari avuga ko bigoye kwiyumvisha uburyo umuntu Leta yishyuriye ishuri, akaba intiti yaba ari mu baza imbere mu kuyigabaho ibitero. Uwitwa Theonste Habumukiza ari muri batanu bafashwe mpiri nyuma y’igitero mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki ya 4 Ukwakira 2019. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 6 Ukwakira 2019 , Habumukiza yavuze […]
IPRC Ngoma iranyomoza amakuru avuga ko ishaka gutanga amahirwe yo kwigisha ku buntu
Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro rya IPRC Ngoma riranyomoza amakuru amaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga, akangurira abana bafite impano yo gukina ‘volleyball’ kuhagana bakaba babona amahirwe yo kuhiga ku buntu. Ubu butumwa bwasakaye ku mbuga nkoranyambaga buragira buti: Uwaba azi umwana warangije kwiga akaba yifuza kwiga muri IPRC Ngoma, afite impano yo gukina volleyball, yamubwira ko […]
Turifuza kongera kumubona- Umugore wa Ben Rutabana avugana ikiniga
Diane Rutabana ni umugore wa Ben Rutabana, avuga ko akeka ko yafatiwe muri Uganda ubwo yari yagiriye uruzinduko mu Burasirazuba bwa Afurika, by’umwihariko nk’umuryango we ngo bakaba bifuza kongera kumubona. Uyu mugore avuga ko ava mu rugo, yari yamutangarije ko afitanye ikibazo na muramu we, Kayumba Nyamwasa, ariko kikaba cyarageze no mu bandi banyamuryango bahuriye […]
Imana ikoresha ibibazo byacu igakora imirimo- Rev. Nibintije
Abakorinto 12:10 Undi agahabwa gukora ibitangaza, undi agahabwa guhanura, undi agahabwa kurobanura imyuka, undi agahabwa kuvuga indimi nyinshi, undi agahabwa gusobanura indimi, “ Ni yo mpamvu ku bwa Kristo, nishimira mu ntege nke, mu bitutsi, mu magorwa, mu bitotezo, no mu bingoye. Iyo ncitse intege , nyuma ngira imbaraga.” Twese duca mu bikomeye. Hari igihe […]
Polisi yahagaritse igitaramo cya Bobi Wine ivuga ko nta bapolisi ifite
Polisi yo mu gihugu cya Uganda yahagaritse igitaramo cya Depite Robert Kyagulanyi wamamaye nka Bobi Wine yari yarateguye ku munsi iki gihugu kizihizaho umnsi w’ubwigenge. Umuyobozi wa Polisi Martin Okoth Ochola mu ibaruwa yandikiye uyu muhanzi yavuzeko nta buryo bwo gucungira umutekano abazitabira igitaramo cye kuko abapolisi bazaba bafite akazi kenshi. Iyo baruwa igira iti” […]
Iyo maze kabiri ntakora imibonano nambara ikariso igahita itoha, sinzi aho amazi ava- Nkore iki?
Muraho neza, nitwa Clarisse, nkaba ndi umugore ufite umugabo ariko ibimbaho sinzi niba nabyita uburwayi cyangwa se bikaba bifite ikindi kibihatse. Ngira ubushake cyane bw’imibonano mpuzabitsina, ku buryo mba numva nayikora buri munsi ariko nyine hari igihe bidashoboka bitewe n’akazi tuba twagize n’umunaniro. Iyo nayikoze nta kibazo mba mfite ariko iyo iminsi ibiri yihiritse, nambara […]
Musanze: Umuturage ni we warangiye inzira abishe 14, bagakomeretsa 18
Umuyobozi w’ingabo mu Ntara y’iburengerazuba, Maj. Gen. Alexis Kagame yavuze ko umuturage wo mu Karere ka Musanze ari we warangiye inzira inyeshyamba zo muri RUD-Urunana zishe abaturage 14 zigakomeretsa abandi 18 nk’uko polisi yabitangaje. Mu mpera z’icyumweru gishize, inyeshyamba z’umutwe wiyomoye kuri FDLR wa RUD Urunana zagabye igitero mu Mirenge ya Kinigi, Musanze na Nyange […]
Ingabire Victoire yahaswe ibibazo ku gitero cy’i Musanze
Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rwahamagaje Ingabire Umuhoza Victoire, umuyobozi w’ishyaka FDU-Inkingi ritaremererwa gukorera mu Rwanda, kugira ngo abazwe ku kuba hari aho yaba ahuriye n’igitero cyagabwe mu karere ka Musanze mu mpera z’icyumweru gishize, kigahitana abantu 14, abandi 18 bagakomereka. Umuvugizi wa RIB, Mbabazi Modeste yemereye Kigali Today dukesha iyi nkuru ko Ingabire yahamagajwe […]
Kigali: Mu mezi atatu, umudugudu watujwemo imiryango 50 watangiye gusenyuka
Abatujwe mu mudugudu wa Makaga, mu kagari ka Rwesero, Umurenge wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge, bavuga ko bafite impungenge z’inzu bamaze amezi atatu batujwemo ko zishobora kubagwira. Bavuga ko batujwe mu nzu zubatswe nabi akaba ariyo mpamvu zitangiye kugaragaza ibimenyetso ko zitazaramba. Ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge buvuga ko bagiye koherezayo abashinzwe iby’imyubakire, basanga ari […]
Burundi: Abahamijwe icyaha cyo kwica umuyoboke wa Agathon Rwasa bakaniwe urubakwiye
Urukiko Rukuru mu Ntara ya Muyinga rwakatiye igihano cya burundu abantu bane bahamwe n’icyaha cyo kwica umwe mu bayoboke b’ishyaka CNL rya Agathon Rwasa. Ku wa 18 Kanama 2019, nibwo abayoboke b’iri shyaka CNL batezwe n’abantu bari bitwaje imihoro, amacumu n’impiri, barabakubita bityo banicamo umwe. Uwitwa Nsavyumwami Gregoire yarishwe abandi barakomeretswa. Hasomwa uru rubanza kuri […]
Muhanga: Abaturage basanganwe Toni zisaga ebyiri z’amabuye y’agaciro mu gicuku
Mu gicuku cyo kuri uyu wa 07 Ukwakira ahagana mu masaha ya saa sita z’ijoro Polisi ikorera mu karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye yafashe uwitwa Nkundimana Eugene na Masabo Jean D’Amour bari mu modoka yo mu bwoko bwa Jeep Land Cruiser RAB 232 S ipakiye amabuye y’agaciro ya magendu imifuka 39. Aya mabuye […]