Rema wabyaranye na Eddy Kenzo akaza kubona undi mukunzi yasabwe aranakobwa- AMAFOTO

a1-2.jpg

Rema Namakula uzwi ku izina rya Rema, yagaragarije umuryango we umukunzi we bagiye kubana akaramata nyuma yo kubyarana n’umuhanzi mugenzi we, Eddy Kenzo ariko urukundo rwabo ntirushinge imizi. Rema yagaragarije ababyeyi be umukunzi we, Dr. Hamza Sebunya mu muhango wabereye iwabo mu rugo. Uyu muhango wo gusaba witabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo muri Uganda birimo n’abashoramari. […]

Abapasiteri babiri bakaswe imitwe bahorwa ukwemera kwabo

Ubwo abakiristu bakorerwaga urugomo mu mujyi wa Addis-Abeba muri Ethiopie abapasiteri babiri baciwe imitwe bahorwa uku kwemera kwabo. Ikigega “Barnabas Fund” gitangaza ko abakirisito batari borohewe ubwo aba bapasiteri bacibwaga imitwe, by’umwihariko n’insengero nyinshi ngo zikaba zaratwitswe uyu mwaka. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru ichretien avuga ko abakirisito benshi bagenda bahunga umujyi wa Ginir ubarizwamo abasilamu benshi, […]

Uganda ntizizihiza isabukuru ya EAC bitewe n’ibibazo ifitanye n’ibihugu by’ibituranyi

Abadepite bo muri Uganda banze ubusabe bw’umunyamabanga wa leta mu Muryango wa Afurika y’Uburasirazuba bwo gutegura isabukuru y’umuryango y’imyaka 20 kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2019 bitewe n’ubunyangamugayo buke bavuga ko ibihugu biwugize bigaragaza. Idindira ry’umushinga w’umuhanda wa gari ya moshi uhuriweho na Kenya, Uganda, Tanzania, u Rwanda n’u Burundi, umubano utagenda neza hagati ya […]

Tanzania yahombye miliyoni 437 z’amadolari zavaga mu bunyobwa

Leta ya Tanzania yahombye miliyoni 437 zavaga mu kohereza hanze ubunyobwa ugereranyije no mu Gushyingo 2018. Imibare itangwa na Banki Nkuru ya Tanzania (BoT), igaragaza ko iki gihugu mu Gushyingo 2018 cyari cyaramzae kwinjiza miliyaridi y’amadolari ya Amerika. Gusa ubu bamaze kwinjiza miliyoni 563.5 ziva mu kohereza ubunyobwa. BoT ivuga ko iki gihombo cyaturutse ku […]

Uganda: Ingabo zarangije amahugurwa zigaragaza ibitwaro biremereye-Amafoto

up1.jpg

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2019, Umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda, Yoweli Museveni yayoboye umuhango wo kurangiza amahugurwa y’ingabo zirasisha ibifaru. Abasirikare 300 ni bo barangije aya mahugurwa amaze umwaka akorerwa ku ishuri ry’imyitozo ya gisirikare rya Karama mu karere ka Mubende. Chimp Reports ivuga ko Perezida Museveni yanyuzwe n’uburyo aba basirikare bigaragajemo ndetse n’imikorere […]

Rwanda clarifies request to cancel second bilateral meeting with Uganda

Rwanda has explained reasons behind a request to postponement of the second meeting of the AdHoc Commission to review the implementation of the Luanda Agreement which was scheduled for November 18 in Kampala. The Minister of State for Foreign Affairs in charge of East African Community Amb. Olivier Nduhungirehe told KT Press that several members […]

Nigeria: Abashakanye basabwe kuzajya batanga umusoro

Umuyobozi mu cyaro cya Kera mu Ntara ya Kano muri Nigeria, Ado Sa’id yasabye abaturage bashakanye kuzajya abatanga umusoro ungana n’amadolari ya Amerika 377. Ado yavuze ko aya mafarnaga azasimbura ayatangwaga nk’inkwano kugira ngo abasore n’inkumi bakomeze gushakana. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’aho uyu muyobozi abonye ko amezi ane yihiritse nta bukwe butashye muri ako […]

Rwanda: Uhaba wa maji safi wazuka Wilayani Rubavu

Uhaba wa maji umejitokeza Kijijini Rugerero, Wilayani Rubavu ambako kuna wakazi wanaotimiza mwezi bila kupata maji safi. Wakazi wameambi televisheni ya TV 1 kuwa wana boma la maji lakini ni kama onyesho kwani halitoi maji. Wakazi wamesema kuna wakati ambapo wanapata maji kutoka Mtoni Sebeya. Kiongozi wa Tarafa la Rugerero, Faustin Nkurunziza amesema tatizo la […]

Ibibazo by’u Rwanda na Uganda nta ngaruka bizagira kuri EAC

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda avuga ko ibibazo by’umubano mubi hagati y’u Rwanda nta ngaruka bizagira ku migambi y’Umuryango wa Afurika y’Iburasrazuba (EAC). Rugunda ibi yabibwiye abadepite kuri uyu wa 15 Ugushyingo bamubaza impamvu abanyamahanga bisanga muri Uganda, ariko Abanya-Uganda bakaba badafatwa neza mu bindi bihugu. Chimpreports ivuga ko yabwiye abadepite ko imigambi nk’iyo […]

20 Signs of The Hotest Girl in bed

There are girls who are hot but do not confirm to the image of hot women we have in our minds. She does not have a figure comparable to a ‘lingerie model’, yet men seem to lose their mind around her. She is the most attractive of the lot. But what makes her that way? […]

Igitutu kuri Victoire Ingabire n’ icyatumye ava mu ishyaka FDU-Inkingi

Uwahoze ari umuyobozi w’ishyaka rya FDU Inkingi ritemerewe gukorera mu Rwanda, Victoire Ingabire Umuhoza yatanze ubutumwa buziguye nyuma yo kotswa igitutu n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2019. Igitutu kuri Ingabire Victoire cyaturutse ku ijambo Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yagejeje ku banyarwandanda ku munsi w’irahira ry’abashya muri guverinoma n’abayobozi b’ingabo bashya. […]

WICIKA INTEGE— Rev. Nibintije

ni-2.png

Luka 22:62 “ Petero asohoka hanze, ararira cyane.” Petero n’abigishwa bari biteguye Umwami wari kubakura mu ikandamizwa rya politiki y’Abaroma ndetse n’uburyarya bw’Abafarisayo. Abanditsi bari barigishije abantu ukuza kw’uyu Mesiya wari utegerejwe igihe kinini. Abantu bose bumvaga kimwe. Yari umutware wagombaga kurokora abantu ba Isiraeli. Ariko ubwo Yesu yahishuraga umugambi we wo gupfira ku musaraba, […]

Procurement and Logistics Manager at The Rwanda Institute for Conservation Agriculture (RICA)

The Rwanda Institute for Conservation Agriculture (RICA) is a unique and innovative English language undergraduate institution. Located on an expansive campus in Gashora and Rweru districts in Bugesera District, we are dedicated to preparing the next generation of agricultural leaders of Rwanda and East Africa. DESCRIPTION We are seeking a Procurement & Logistics Manager (PLM) […]

FARDC yerekanye intwaro ya rutura yasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA

logo-2.jpg

Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC) zibarizwa muri SOKOLA II, na Hibou Special Force zerekanye imbunda nini yo mu bwoko bwa 122 ndetse n’izindi mbunda n’amasasu menshi zasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA, zayoborwaga na Brig. Gen. Afrika Jean Michel uherutse kwicwa. FARDC ku bufatanye n’abaturage kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ugushyingo, yavumbuye ububiko bune […]

Urubanza rwa Neretse: Abakoze iperereza batanze ubuhamya, bavuga uwari umwanzi w’igihugu

Ku munsi wa gatanu w’urubanza rwa Fabien Neretse rukomeje kubera I Bruxelles mu Bubiligi, abacamanza bane ndetse n’abandi bafatanyije gukora iperereza kuri uru rubanza batanze ubuhamya . mu gusubiza ibibazo, basobanuye icyo kuba Umwanzi w’igihugu byavugaga. Umuba w’impapuro mu gikapu cy’umukara, hari baketse ko aba bacamanza bagemuriya abiriwe mu rukiko. Bamaze kwicara no kurahirira ko […]

Assistant Accountant at Sustainable Harvest Rwanda Ltd

Assist in day to day finance operations and he /she is primarily responsible for computing, recording, collecting, analyzing and verifying numerical data for use in maintaining accounting records of the financial operations of Q. Coffee Ltd. Additionally, responsible for POS generating bills and collect all revenues owed to Q. Coffee Ltd. in an accurate, timely […]

Tender of Supplying Lab Equipment at Greater Virunga Transboundary Collaboration (GVTC)

Greater Virunga Transboundary Collaboration is a Mechanism for strategic, transboundary, collaborative management of the Greater Virunga Landscape. Set up by ICCN, RDB and UWA with their partners in the region, it started with ranger collaboration to protect mountain gorillas in Mgahinga, Bwindi, Virunga and Volcanoes NPs in 1991. Later it has expanded in scope (tourism, […]

Papa Francis arasaba ibigo bikoresha murandasi guhagarikira abana amashusho y’urukozasoni

Mu nama y’iminsi ibiri n’abayobozi b’ibigo bikorera kuri interineti, abayobozi b’amadini n’abahagarariye imiryango mpuzamahanga yatangiye kubera i Vatican kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2019, Umushumba mukuru wa kiliziya, Papa Francis arasaba ibigo bikomeye bikorera kuri internet kuvanaho amashusho n’amafoto y’urukozasoni y’abana. Ibi yabisabye ibigo nka Google, Facebook, Apple, Microsoft, Paramount Pictures n’ibindi bikoresha internet muri […]

Rusizi: Bifuza ko ingoro ndangamurage z’u Rwanda zagabanya ibiciro ku bana bato bazisura

Bamwe mu biga amashuri abanza n’ayisumbuye,abarezi n’ababyeyi babo mu karere ka Rusizi,bavuga ko kuba batitabira gusura ingoro ndangamurage z’u Rwanda ari ibiciro byo kuzisura basanga bihanitse bakongeraho n’urugendo ruhenze n’ibijyanye na byo, bakagira ingaruka zo kuba hari byinshi ndangamurage w’abanyarwanda batamenya babyifuzaga,bakifuza ko byakwigwaho abana bato bari hamwe bakajya bagabanirizwa ibiciro. Mu karere ka Rusizi […]

Bobi Wine ukomera Perezida Museveni agatoki ku kandi yasohotse ku rutonde rw’abantu 100 baharanira impinduka

50423403.png

Ku nshuro ya mbere ikinyamakuru The Time cyatangaje urutonde rw’abantu ijana bari guhindura ahazaza h’ubukungu, imyidagaduro, imikino, politiki, siyansi, ubuzima n’ibindi. Bobi Wine, umunyamuziki wabaye umunyapolitiki wo muri Uganda ni umwe mu bari kuri uru rutonde mu banyafurika. Iki kinyamakuru kivuga imyaka 15 ishize buri mwaka gitangaza urutonde rw’abantu 100 bavuga rikumvikana cyane ku isi […]