Burundi: Abanyeshuri basaga 6000 bo muri RDC ntibafite ibyangombwa bibemerera kubayo

Abanyeshuri bo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo basaga 6000 bari kwiga mu Burundi bashobora kwirukanwa ku bwo kutagira ibyangombwa bibemerera kuba mu mahanga. Amakuru dukesha Interview.CD avuga ko leta y’u Burundi yahaye abarimo aba banyeshuri umunsi ntarengwa wa tariki ya 23 Ukuboza kugira ngo bazabe bamaze kubona ibi byangombwa nk’uko yabibwiwe na Vital Girhuza, […]

Umuryango uravuga ko wahamagawe kuri telefoni n’umukobwa wabo bari baherutse gushyingura

Umugabo witwa Michael Muyiyi wo mu Karere ka Butebo muri Uganda atangaza ko umwana we w’umukobwa Winnie Nandudu aherutse guhamagara umugore we kuri telefoni kandi ngo bari baherutse kumushyingura. Muyiyi yabwiye Daily Monitor ko bumvise itangazo ko ribika umwana w’umukobwa umeze nk’uwabo wabaga i Kampala, bajya gufata umurambo barashyingura. Uyu mugabo avuga ko nyuma y’iminsi […]

Rwanda: Mvua yaua watu 15 wiki mbili

Mvua kali inayonyesha nchini Rwanda imewaua takriban watu 15 katika siku 15, Wizara ya Majanga nchini Rwanda imesema. Wananchi wanawoishi mahali pa hatari wameshauriwa kuhama kwa haraka. Pia Rwanda imetangaza watu 22 walijeruhiwa, nyumba 200 ziliharibika pamoja na madaraja saba pia na barabara sita. Nchi za mashariki mwa Afrika zinakabiliana na mvua nyingi mno siku […]

Antibiotic residues in milk are threatening its quality, warn diary actors

Antibiotic residues in milk are threatening its quality and that of other dairy products as well as income of farmers who have spent resources on its production, actors in the dairy sector have said. The issue was exposed during the first Annual Veterinary Scientific Conference in Rwanda which concluded on Thursday, last week. Antibiotics are […]

Rutsiro: Bababajwe n’uko 2020 isanze bagicana udutadowa

Umurenge wa Nyabirasi mu Karere ka Rutsiro nturagerwamo umuriro w’amashanyarazi bityo abaturage bakaba bababazwa cyane n’uko bagiye kwinjira mu mwaka wa 2020 bagicana ibyo babonye byose. Aba baturage bavuga ko uyu murenge wose nta muriro w’amashanyarazi ugira by’umwihariko ko n’Ibiro by’Umurenge bikoresha imirasire y’izuba, ibi bikaba bitabanejeje mu gihe iminsi isigaye ngo binjire mu cyerekezo […]

Mushiki wa Ben Rutabana na bagenzi be 3 birukanwe burundu mu ishyaka RNC

Ibaruwa yirukana Tabitha na bagenzi be

Mushiki wa Benjamin Rutabana, Madamu Tabitha Gwiza wari Komiseri ushinzwe abari n’abategarugori mu ntara ya Canada, umubitsi mukarere ka Windsor hamwe na bagenzi be batatu bari abayobozi, birukanwe burundu mu ishyaka rya RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda. Kwirukanwa burundu kw’aba bayobozi bigaragara mu itangazo ryo ku wa 8 Ukuboza 2019, rikomeje kugaragara mu […]

Kigali: Umuhanzi ufite ubumuga bwo kutabona yambikanye impeta n’umukunzi we w’umuganga- AMAFOTO

Umuhango wo gusaba no gukwa watangiye Saa Tatu (09:00)

Umuhanzi Ndayisaba Epimaque ufite ubumuga bwo kutabona kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Ukuboza 2019, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Vestine, nyuma y’imyaka itatu yari ishize bakundana. Irebere Amashusho Ni ubukwe bwabereye mu Mujyi wa Kigali, bukaba bwatangijwe n’umuhango wo gusaba no gukwa, hakurikiraho gusezerana imbere y’Imana mu rusengero rw’abadivantisiti w’umunsi wa Karindwi rwa Remera, […]

Perezida Magufuli yatanze imbabazi ku mfungwa nyinshi mu mateka ya Tanzania

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yatanze imbabazi ku mfungwa zigera ku 5,533 kuri uyu wa 9 Ukuboza, umunsi hizizwaho ubwigenge bw’iki gihugu ku nshuro ya 58. Magufuli nk’uko Azam TV ibitangaza, ni wo mubare munini w’imfungwa zihawe imbabazi na perezida w’igihugu muri Tanzania. Ni mu muhango wabereye mu Mujyi wa Mwanza kuri Sitade yitwa […]

RIB, Polisi, inzego z’ibanze n’Ubucamanza : Kuba mu b’imbere mu kurwanya no kurya ruswa

Inzego za Leta ziri mu zikomeje kugaragaramo ruswa. Kuba zirimo ruswa si inkuru itangaje kuri bamwe ahubwo zitabonetsemo ruswa ni byo byaba bitangaje! Ikigaragara kuri iyi ngingo, ni uko noneho inzego zifite ubwazo mu nshingano kurwanya ruswa ziri mu ziza ku isonga mu kuyakira. Muri iyi nkuru, ndifashisha Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami […]

Things all men should seriously consider when choosing a woman to marry

The wealth you are accumulating right now should not be in vain, considering to have someone to pass it to. But in this era, many are hesitant to start families because their hopes are darkened and threatened by the ideology of divorce. The completion of your marriage life is determined by the kind of woman […]

Gen. Kayumba Nyamwasa na bagenzi be 4 bashobora kwirukanwa muri RNC

Biravugwa ko bamwe mu banyamuryango b’ishyaka rya RNC (Rwanda National Congress) rirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bashobora kuba bifuza kwirukana Kayumba Nyamwasa n’abandi bane nk’uko bigaragara mu itangazo rizenguruka ku mbuga nkoranyambaga. Iri tangazo rivuga ko abanyamuryango ba RNC bakoze inama yabereye muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa 8 Ukuboza 2019. Abo banyamuryango biganjemo abahagaritswe muri […]

Rwanda Project Design Coordinator at One Acre Fund

One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 farm families […]

SNHU RAC Director at Inkomoko Entrepreneur Development

Inkomoko is a business consulting firm that works with micro, small, and medium enterprises in Rwanda to develop powerful strategies to increase their profits and help them grow. Inkomoko offers trusted advisors, practical services, technology tools, and affordable capital focused on increasing sales, improving operational efficiency, and managing finances. Founded in 2012, Inkomoko identifies entrepreneurs […]

Amanyanga, amarangamutima no kwica amategeko mu kwimura abantu ahanyujijwe umuhanda Base-Rukomo

k2-1.jpg

Mu gikorwa cyo kubarura imitungo, kuyishyura no kwimura abantu ku mitungo yangijwe n’ikorwa ry’umuhanda Base-Rukomo, havugwamo byinshi bitagenze neza, bigatuma Leta yishyura amafaranga atari ngombwa. Harimo abandikiwe imitungo badafite, harimo abo yongerewe agaciro idafite, harimo abishyuwe batarangirijwe, ndetse n’abishyuwe bakayigumamo. Nk’uko bigaragarira urambagiye uyu muhanda kuva kuri Base kugera mu Rukomo, ukumva ubuhamya bw’abawuturiye ; […]

Gushegeshwa kw’imitwe irwanya ubutegetsi na Uganda mu kongera imbaraga mu gisirikare mu makuru y’ingenzi yaranze icyumweru gishize

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 2 Ukuboza kirangira ejo tariki ya 8 Ukuboza 2019. Havuzwe amakuru atandukanye, gusa ayibanda ku mutekano w’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, u Burundi na Uganda ni yo yiganje. Gushegeshwa kw’imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC zatangiye ku mugaragaro operasiyo Sokola 2 […]

Buruseli: Imbunda zayogoje Mataba ntizivugwaho rumwe

ne.jpg

Uko abatangabuhamya banyuranye basimburana mu rubanza rwa Neretse Fabien rubera I Buruseli mu Bubiligi, hagarukwa ku mbunda zakoreshejwe mu kwica abatutsi I Mataba, ariko bose ntibazivugaho rumwe. Izatanzwe na Komini Ndusu, iya Neretse yazanywe na Kayibanda ari na Nzirasanaho, izazanywe na Bisi ikazimena mu baturage, n’izindi. Biragoye kumenya uvuga ukuri ku mbunda zakoreshejwe mu kwica […]

Ububiligi: Hagiye kwegeranywa ubuhamya bw’abagore bari batwite mu gihe cya Jenoside

resirg_bxl.jpg

Umwe mu mishinga y’ikubitiro y’umuryango RESIRG ukorera mu Bubiligi ugamije ubushakashatsi kuri Jenoside, ni ukwegeranya ubuhamya bw’abagore bari batwise n’ababyaye mu gihe cya Jenoside. Mu mbeho y’itumba, bahigwa, bihishahisha batwite, bamwe bakanabyara muri ubwo bwoba bugarijwe n’urupfu. Mu gitaramo cyo gukusanya inkunga izafasha uyu muryango mu bikorwa byawo cyabereye I Buruseli kuri uyu wa gatandatu, […]

Koresha ukwemera kw’Imana – Rev. Nibintije

ni-26.png

Reka uyoborwe n’ukwemera kw’Imana, sooma ijambo ryayo, koresha ukwemera kwayo maze byose ubyemere. Koresha ukwemera kw’Imana buri kintu kizajya mu buryo. Mu kwemera kw’Imana yibone uko ifata ibumba ikarema umuntu, uko ifungura uruhande rumwe rw’umugabo igakuramo agace gato k’urubavu ikaremamo umugore mwiza. Mu kwemera kw’Imana soma kuri Aburahamu n’ivuka rya Isaka igihe ababyeyi be bari […]