Umuragwa w’ubugingo bw’iteka- Rev. Nibintije

ni-28.png

Soma : Tito 3:7 Niba waraguye nkanjye, ubwo wibonye mu Isi y’inzozi aho amafaranga atari ikibazo n’abaneshi bubaha uburyo wazamutse mu bukire. Niba umeze nkanjye, ubwo ntukomoka mu muryango wifashije ndetse n’ubu akaba utaba mu buzima nk’ubw’abakire bo muri ibi bihe. Hari igihe, nk’uko nanjye bimeze, ababyeyi bawe cyangwa abasogokuruza bawe batagusigiye umunani kandi nta […]

Kibeho: Ku minsi mikuru y’amabonekerwa abantu barara hanze kubera kubura amacumbi, imvura yagwa ikabanyagira

img_20191128_101645.jpg

Abasura ubutaka butagatifu bwa Kibeho muri Nyaruguru, ku minsi mikuru ikomeye nka Assomption iba buri 15 Kanama, no ku munsi ngaruka-mwaka w’amabonekerwa, uba buri wa 28 Ugushyingo, bose ikintu bahurizaho nuko hakiri ikibazo gikomeye cy’ibikorwa-remezo by’ibanze nk’amahoteli, za restaurants, aho kugama izuba n’imvura, ubwiherero (imiryango 30), aho gutekera no gukaraba. Iyo izuba rivuye abantu ntibabona […]

Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiyitiririra Ubugenzacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rweretse itangazamakuru abagabo batatu bafungiye kuri sitasiyo yayo iri mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bakekwaho kwiyitirira uru urwego . Aba bagabo batuye mu turere twa Muhanga , Kayonza na Rwamagana. Umwe ufite imyaka 28 utuye mu karere ka Rwamagana yabwiye itangazamakuru ko yafashwe kubera ko yigize umukozi w’urwego […]

Gicumbi: Ba Gitifu basinyiye imbere ya Guverineri gukemura ikibazo cy’ubwiherero, utazabikora akirukanwa

Guverineri Gatabazi yavuze ko utazubahiriza aya masezerano azirukanwa

Kuri uyu wa 10 Ukuboza 2019, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari mu karere ka Gicumbi basinyiye kurangiza ikibazo cy’ubwiherero bitarenze tariki ya 31 Ukuboza 2019, utazabikora akirukanwa ku mirimo ye. Ni mu nama Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney yagiranye n’aba banyamabanga ndetse n’abashinzwe imibereho myiza n’iterambere ry’ubukungu muri aka karere ku ngamba zo […]

Karongi : Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi basanga ibibazo byugarije abaturage biterwa n’abigize ba nyamwigendaho

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bahagarariye abandi muri iyi ntara basasa inzobe ku bibazo byugarije abaturage bashinzwe

Bamwe mu banyamuryango ba FPR Inkotanyi mu ntara y’uburengerazuba bavuga ko muri iyi ntara hari ibibazo byinshi byugarije abaturage kandi bihuriweho n’uturere twose, kuba bidakemuka ngo bigaterwa n’uko bamwe mu bakabikemuye usanga barigize ba nyamwigendaho, birebera inyungu zabo bwite aho gushishikazwa n’inyungu rusange z’abaturage. Ibi ni ibyavugiwe mu nama y’umunsi umwe yabaye tariki ya 7 […]

Yakubise umugore we yari amaze gufata asambana, na we abaturanyi bamwihimuraho

Kofi Bandoli ni umugabo wo muri Ghana w’imyaka 35 y’amavuko. Yatawe muri yombi na polisi ashinjwa gukubita umugore we kugeza aho abura ubwenge akagwa muri koma. Ikinyamakuru Kasapafmonline gitangaza ko Kofi yageregeje guhamagara umugore we inshuro nyinshi ntafate telefone. Yavuye ku kazi ajya mu rugo kureba ikibazo umugore we yaba yagize, agezeyo asanga arimo gukorana […]

Buruseli : Ubuhamya bwa Major BEM Emmanuel Neretse bwakuye urujijo mu rubanza rwa bazina we

Ku munsi wa 21 w’urubanza rwa Neretse Fabien rubera mu rukiko rwa rubanda i Buruseli mu bubiligi, Humviswe umutangabuhamya witiranwa n’uregwa, ariko we akaba yarabaye umusirikare. Ni Major BEM Emmanuel Neretse, uba aho mu Bubiligi. Ni kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Ukuboza, ubwo hakomezaga urubanza rwa Neretse Fabien ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe […]

Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?

Nitwa Anitha nkaba ndi umukobwa w’imyaka 38 y’amavuko, sinagize amahirwe yo gukura ndi kumwe n’ababyeyi bange kuko bitabye Imana nkiri muto, ntangira kugira inshingano zo kurera barumuna bange babiri nkiri muto. Nagize amahirwe ndiga na kaminuza, mbona akazi keza ndetse nkomeza no gucunga imitungo ababyeyi basize. Mu by’ukuri ntabwo nakunze kwinjira mu by’inkundo mu myaka […]

14 bitandukanyije na RNC nyuma yo kwirukana Tabitha Gwiza na bagenzi be batatu

Abarwanashyaka 14 ba RNC bandikiye ubuyobozi bwaryo babutangariza ko bitandukanyije naryo nyuma y’ibikomeje kurivugwamo birimo no kuryirukanamo burundu abayobozi baryo bane bari barihagarariye muri Canada, ibura rya Ben Rutabana n’ibindi. Mu kiganiro umuvugizi w’iri shyaka rya ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Leta y’u Rwanda, Dr Mutabazi Etienne yagiranye na VOA, abazwa ku cyo rivuga ku iyirukanwa […]

Umugabo yahatiwe gushyingiranwa n’uwo bahoze bakundana nyuma y’aho umugeni we amuhunze

Umugabo umwe wo muri Nigeria avuga ko yagiye mu bukwe kuwa Gatandatu tariki 8 Ukuboza ariko umusore bikaba ngombwa ko ashyingiranwa n’uwo bahoze bakundana bitewe n’uko umugeni we yageze mu rusengero, agakuramo ake karenge. Icyateye uyu mukobwa kwiruka agahunga nk’uko talkof naija ibitangaza, ni uko uyu mugeni atari we umusore yari yarasabye mu bukwe bwa […]

RIB yataye muri yombi uwahaga umukozi wayo ruswa

Ubutumwa bwa RIB ku itabwa muri yombi rya Mukandayisenga

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) mu karere ka Rwamagana rwataye muri yombi Mukandayisenga Saidati wahaga ruswa umugenzacyaha wayo. RIB ivuga ko Mukandayisenga yatangaga ruswa kugira ngo umugenzacyaha arekure umugabo we n’umufatanyacyaha baregwa gucuruza ibiyobyabwenge nk’uko yabitangarije kuri Twitter. Uyu mugenzacyaha ngo yanze ruswa maze afata Mukandayisenga, akaba abishimirwa ndetse na bagenzi be bagashishikarizwa kwanga no kuyirwanya. […]

Dr. Kayumba ashinja polisi kumuhohotera ku kibuga cy’indege

Bumwe mu butumwa busubiza ubwa Dr. Kayumba

Mu gitondo cy’uyu wa 10 Ukuboza 2019, Dr. Kayumba Christopher yanditse ubutumwa kuri Twitter ashinja polisi y’igihugu ihohotera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe, avuga ko yabujijwe kugendera mu ndege polisi ivuga ko yari yakerewe. Dr. Kayumba yagizi ati: “Ndi ku kibuga cy’indege, ndajya i Nairobi mu ndege ya saa 1h10 ariko imiryango irafunze. Polisi […]

CNLG’s message to the countries harbouring genocide fugitives

National Commission for the Fight Against Genocide (CNLG) has reminded all countries that give space to genocide deniers, that they must respect the UN Resolution N°2150 and punish those individuals accordingly. In a statement, CNLG also called upon all Rwandans, especially the youth, to play active role in the fight against genocide ideology and related […]

Burera: Akamatwa kwa tuhuma za kumbaka mtoto wa miaka 15

Mwanaume mwenye mke na watoto wawili amekamatwa Wilayani Burera kwa tuhuma za kumbaka msichana wa miaka 15 juma pili. Mashahidi wamesema alimbaka mtoto huyo baada ya kuahidi atampa nyasi za mifugo. “Alimkuta alipokuwa akitafuta nyasi za mifugo na kumuahidi akuje atampa nyingine zaidi. Alimbaka walipofika kichakani na kumbabaisha kuwa akipiga mayowe atamkata kwa mpanga.” mkazi […]

Burera: Akamatwa kwa tuhuma za kumbaka mtoto wa miaka 15

Mwanaume mwenye mke na watoto wawili amekamatwa Wilayani Burera kwa tuhuma za kumbaka msichana wa miaka 15 juma pili. Mashahidi wamesema alimbaka mtoto huyo baada ya kuahidi atampa nyasi za mifugo. “Alimkuta alipokuwa akitafuta nyasi za mifugo na kumuahidi akuje atampa nyingine zaidi. Alimbaka walipofika kichakani na kumbabaisha kuwa akipiga mayowe atamkata kwa mpanga.” mkazi […]

Umuforomo yibye uruhinja aruha nyinawabo umaze imyaka 17 atabyara

Umuforomo wo mu gibhugu cya Pakistani yatawe muri yombi nyuma yo kuregwa kwiba umwana w’uruhinja ngo amuhe nyinawabo wabuze urubyaro. Ni rw’umukobwa rwatwawe hashize akanya gato ruvutse, rukuwe ku bitaro byo mu ntara ya Balochistan, mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’igihugu. Ariko ku ikubitiro umuryango w’uwo mubyeyi ntabwo wari wamenye ko umwana wabo yaburiwe irengero kuko […]

Kisoro: Abanyarwanda 40 bafatiwe ahiganje mu tubari

Abanyarwanda 40 bari mu bantu basaga kuri 80 bafatiwe mu mukwabu mu Karere ka Kisoro, gahana imbibi n’aka Burera ku ruhande rw’u Rwanda bashinjwa kwinjira muri Uganda binyuranye n’amategeko banyuze ahitwa Nyakabande. Umukwabu wari uyobowe n’uyobora Polisi ya Uganda mu Karere ka Kisoro, Christopher Ruhunde wo kuwa 9 Ukuboza 2019, wafashe kandi Abanye-Congo 28 n’Abanya-Uganda […]

Igihombo cyatumye Jumia ifunga imiryango mu Rwanda

Kompanyi icuruza kuri interineti yitwa Jumia Technologies yafunze imiryango yayo mu Rwanda nyuma y’igihombo kitatangajwe uko kingana. Mu Rwanda iyi kompanyi yatangaga serivisi zo kugeza ibiryo n’ibinyobwa ku bantu. Itangazo yashyize hanze rivuga ko izi serivisi zitazakomeza gutangwa mu Rwanda kuva kuwa 9 Ukuboza 2019 nk’uko REUTERS dukesha iyi nkuru ibitangaza. Riti ” Twafashe icyemezo […]

Umukobwa wari mu byishimo byo gusoza amasomo yambaye ubusa imbere ya camera- AMAFOTO

i3.jpg

Umukobwa wari mu birori byo gusoza amasomo ye muri Kaminuza “St Lawrence University (SLAU)” yagaragaye yicaye imbere ya gafotozi atitaye ku bice bye by’ibanga byagaragaraga. Mu kinyarwanda baca umugani ngo uwicaye nabi ababaza imbere ye, ikinyamakuru campusbee.ug gitangaza ko iyo foto yahanahanwe n’ab’igitsina gabo cyane ndetse banayivugaho byinshi birimo no kugaragaza ko bifuza kumenyana n’uyu […]

Abanyarwanda batuye mu duce tune twa Kampala bashobora kwibasirwa

Abanyarwanda batuye muri bimwe mu bice byo mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala bashobora kwibasirwa bakekwaho kuba intasi z’u Rwanda. Abashobora kwibasirwa cyane ni abatuye mu duce twa Kansanga, Kabalagala, Gabba na Makindye nk’uko kimwe mu bitangazamakuru cyahatunze agatoki. By’umwihariko abatuye Makindye, agace karimo ikigo cya gisirikare ngo baba bagamije kuneka abasirikare no kubagusha mu […]

KUGURA NO KUGEMURA IHENE 120 Z’AMASHASHI MU KARERE KA NYARUGURU MU MIRENGE YA NGERA NA NGOMA

Huye, le 09/12/2019 Projet Centre Igiti cy ‘ Ubugingo/Women’s Empowerment/Trocaire Diocese de Butare; District de Huye BP. 23 Butare E- mail : igiticyubugingocentre@gmail.com /matante1982@gmail.com Tel : 0787260779 ITANGAZO RY’ IPIGAGANWA ISOKO N0 03/CENTRE IGITI CY’ UBUGINGO INYITO Y’ ISOKO : KUGURA NO KUGEMURA IHENE 120 Z’AMASHASHI MU KARERE KA NYARUGURU MU MIRENGE YA NGERA NA […]

PROVIDING CLEANING, GARDENING AND TEA SERVICES at Women for Women International

Women for Women International (WfWI) is an International Non-profit Organization committed to improving the lives of socially excluded and marginalized women in conflict and post-conflict settings. WfWI provides a 12-month program on life skills, rights education, and vocational skills training. WfWI has been implementing its core program to improve women’s lives and their families, since […]

Sales Assistant at African Training Institute (ATI)

African Training Institute (ATI) is an international training institution that was established to meet the ongoing needs of the African workforce in the current dynamic business environment. The institution is registered in South Africa under company registration number 2013/180557/07 in accordance with the relevant South African laws. ATI is an accredited member of the Southern […]

Senior Officer – Products Development at AB BANK Rwanda Plc

AB BANK Rwanda Plc has been operating in Rwanda since January 2014. It is a member of an international network of commercial banks providing banking services to micro, small and medium-sized enterprises and private individuals in Africa, Asia, and Latin America. Website: http://www.abbank.rw SENIOR OFFICER – PRODUCTS DEVELOPMENT AB BANK Rwanda Plc. has been operating […]

Jya umenya ibyawe – Rev. Nibintije

ni-27.png

Iyo tutagenje buke, ibitekerezo byacu bizatangira kwivanga mu bibazo by’abo turi kumwe. Ntidukwiriye guhitiramo bagenzi bacu abantu. Mu by’ukuri tuba dukwiriye kureka abantu bakabaho uko babyumva. Kubanenga, kugenzura imyitwarire yabo ko atari iyo mu bwami bw’Imana. Imabaraga nyinshi twakazishyize mu kumenya ibyo mu rugo rwacu, aho kumenya ibyo mu ngo z’abandi. Ese mufite ibihe bitekerezo […]