Kigali na Rusizi habonetse abantu 7 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 6 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 6 banduye Covid-19 mu bipimo 3196 byafashwe. Harimo 5 babonetse mu Mujyi wa Kigali bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi ndetse na 2 babonetse mu Karere ka Rusizi. Abamaze gukira muri rusange ni 1258 barimo 21 b’uyu munsi. Abanduye bose bamaze kuba […]
China: Yagizwe umwere n’urukiko nyuma yo kumara imyaka 27 mu gihome
Zhang Yuhuan uvuka mu ntara Jiangxi mu gihugu cy’Ubushinwa yagizwe umwere nyuma yuko yari amaze imyaka igera kuri 27 ari mu gihome Zhang Yuhuan yafunzwe mu mwaka 1993 , aho yashinjwaga icyaha cyo kwica abavandimwe babiri. Zhanga avuga ko yakorewe iyicarubozo asabwa kwemera icyaha nyuma urukiko rwategetse ko amara imyaka 27 muri gereza yo mu […]
Museveni yabwiye abaturage ba Uganda ko uzongera kuza mu Rwanda ‘bimureba’
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye abaturage b’igihugu cye kwirinda gukorera ingendo mu Rwanda, mu gihe umubano w’ibihugu byombi usanzwe utifashe neza. Perezida Museveni nk’uko Ikinyamakuru Chimp Reports cyabitangaje, yasabye abayobozi b’uturere duhana imbibi n’urwanda gushyira mu bikorwa ririya bwirizwa rye. Ubutumwa bwa Museveni bukangurira abanya-Uganda kwirinda gukorera ingendo mu Rwanda, bukubiye mu ibaruwa […]
Rubavu: Abayobozi umunani basabwe gusobanura iby’umupira w’amaguru uherutse kuba
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu bwasabye kwisobanura abayobozi umunani barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari, abashinzwe iterambere ry’ubukungu mu tugari ndetse n’abayobozi b’imidugudu, bitewe n’irushanwa ry’umupira w’amaguru abanyeshuri bateguye, rikaba tariki ya 2 Kanama 2020. Aba bose bari mu Murenge wa Busasamana. Barimo: Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gihonga, Niyonsaba Tharcisse, Ntakirutimana Jean Paul ushinzwe […]
Hakizimana Muhadjiri yateye umugongo Rayon Sports yerekeza muri AS Kigali
Ikipe ya AS Kigali kuri uyu wa kane, yemeje ko yamaze gusinyisha Rutahizamu, Hakizimana Muhadjiri, byari byitezwe ko azasinyira ikipe ya Rayon Sports. Hakizimana Muhadjiri yasinye umwaka umwe wo kuzakinira ikipe ya AS Kigali, by’umwihariko akazaba ari mu bakinnyi iyi kipe igenderaho ubwo izaba ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF Confederation Cup Ikipe […]
Abaganga basezereye umubyeyi uherutse kubyara yaranduye Covid-19
Umubyeyi witwa Cyizanye Marie Béata w’imyaka 41 y’amavuko uherutse kubyarira mu kigo cyita ku barwayi ba Covid-19 cya Rugerero mu Karere ya Rubavu yatashye mu rugo kuri uyu wa 6 Kanama 2020. Aya makuru yemejwe n’umuyobozi w’iki kigo nk’uko byemejwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’itangazamakuru, RBA mu kanya gashize. Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima mu Rwanda, RBC, […]
Burundi: Abantu umunani batwikiwe mu mazu yabo barapfa
Mu ijoro ryakeye abantu umunani bo mu ntara za Bujumbura na Muyinga mu gihugu cy’u Burundi, batwikiwe mu nzu zabo n’abagizi ba nabi barapfa. Inzu yo mu ntara ya Muyinga yatwitswe yari iri ahitwa Rugari muri Komini Muyinga. Amakuru avuga ko umuryango wari uri muri iyo nzu ugizwe n’umugabo, umugore ndetse n’abana babo batandatu wose […]
Angola: Abaturage batangije ubukangurambaga ku mbuga nkoranyambaga bwo kwamagana ubutegetsi bwa Joao
Abaturage biganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Angola batangije ubukangurambaga bwo kwamagana Perezida Joao Lourenco n’ishyaka rye, MPLA kubera ko ashinjwa kuba yarananiwe gushyira mu bikorwa ibyo yari yasezeranyije abaturage ubwo yiyamamazaga kuyobora iki gihugu mu 2017. Mu mpera z’uku kwezi gushize nibwo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bihuje n’abandi baturage banenga imiyoborere ya Perezida Lourenco, batangije ikiswe […]
Rusizi: Abana 2 babumbaga amatafari bagwiriwe n’umusozi barapfa, uwabakoreshaga aburirwa irengero
None tariki ya 6 Kanama, mu mudugudu wa Kiyovu, akagari ka Gakoni, mu murenge wa Muganza, mu karere ka Rusizi haravugwa urupfu rw’abana 2, uwitwaga Mugisha Obed w’imyaka 18 y’amavuko na Muhire Emmanuel w’imyaka 16 bakatiraga icyondo cyo kubumba amatafari munsi y’ umusozi wacukuwe n’abasanzwe bayahabumbira ku mugezi wa Nyacyizirika, uwo musozi wari woroshye cyane […]
Umuhanzi Lion Gaga yasohoye indirimbo yise ‘Rekura Amazi’ yavugishije benshi
Umuhanzi Lion Gaga, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Rekura Amazi,” yiganjemo amagambo y’ibishegu aharawe cyane n’abahanzi nyarwanda bakora umuziki ugezweho muri iyi minisi. Iyi ndirimbo iri mu njyana ya ‘Reggae’, igizwe n’iminota 3 gusa nk’uko umuhanzi atangira abivuga mu ndirimbo, aho agira ati” Indirimbo nkuririmbira ni iy’urukundo ngukunda. Nk’ibisanzwe ntabwo itinda ni iminota 3 gusa”. […]
Umusaza Ruyave yavuye i Butare agera Uganda n’amaguru, avanayo ishati nziza Sous Chef arayimwambura -Video
RUYAVE Isaie avuga ko mu mwaka 1948-1950, yari atuye i Butare mu mugi, avuga ko icyarabu, ariho hari amazu meza mu gice cya Butare. Isoko rya Butare ntiryari risakaye, abarabu bonyine nibo bacanaga amatara ya Koremani, naho ngo Abahinde bo bacanaga amatadowa byumvikane ko nta mashanyarazi yari ahari. Isura ya Butare hagati y’umwaka wa 1948 […]
Directors of studies (Dos) in high schools are unhappy for their Salaries in regard to the duties
Directors of studies country wide are requesting the ministry of education and Rwanda eduction board to revise on their salaries and match them with their duties. It has been long, these Dos in high schools complaining about their salaries, what they reveal is that they are paid as the teachers they are in charge, and […]
Rutsiro: Abakozi 16 b’akarere bahagaritswe ku mirimo
Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro kuri uyu wa kane, bwatangaje ko bwahagaritse ku mirimo abakozi 16 b’ako karere bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Abahagaritswe nk’uko akarere kabitangaje, barimo abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge itanu, abakozi icyenda bo ku rwego rw’imirenge ndetse n’abakozi b’akarere babiri. Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye Emmerance, yavuze ko abayobozi bahagaritswe bakurikiranweho kunyereza umutungo wa […]
OMS ivuga ko abana bonkejwe neza byakungura isi miliyari 302 z’amadora
Kuva tariki ya 1 kugeza 7 Kanama,buri mwaka u Rwanda n’isi yose bizihiza icyumweru cyahariwe konsa. Muri uyu mwaka OMS yatanze ubutumwa buvuga ko igihe abana bonkejwe neza, isi yabyungukiramo akayabo ka miliyari 302 z’Amadorari ya Amerika. Ubusanzwe miliyari 302 z’amadorari buri mwaka agendera mu kuvura indwara ziba zaratewe no kutonsa abana igihe gihagije ku […]
Abadepite bateye utwatsi icyifuzo cy’ibihano ku wakerewe kwishyura Mituweli
Inteko y’Abadepite yateye utwatsi icyifuzo cyari cyatanzwe na Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi cyo kuba umuntu wakerewe kwishyura ubwisungane mu kwivuza yazajya acibwa ibihano akishyura agize ayo arenzaho kuyo yagombaga kwishyura. Iki cyifuzo cyari gikubiye mu ngingo yari mu mushinga w’itegeko rihindura itegeko No. 03/2015 ryo kuwa 02/03/2015 rigenga imitunganyirize y’ubwisungane mu kwivuza. Iyi ngingo yavugaga ko […]
Abacamanza babiri bigometse kuri Perezida Tshisekedi banga kurahira

Abacamanza babiri muri 64 baherutse guhabwa inshingano mu nkiko zitandukanye kuri uyu wa 4 Kanama 2020 bigometse kuri Perezida Tshisekedi, banga kwitabira umuhango wo kubarahiza. Aba ni Noël Kilomba Ngozi Mala na Jean Ubulu Pungu bari basanzwe bakora mu rukiko rusumba izindi muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bakimurirwa mu rukiko rusesa imanza tariki ya […]
U Rwanda rwihanganishije Liban nyuma yo gupfusha abarenga 100
Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Minafet, yihanganishije igihugu cya Liban nyuma y’urupfu rw’abaturage bacyo barenga 100 bahitanwe n’iturika ryabaye ku wa kabiri w’iki cyumweru. Ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 04 Kanama, i Beirut mu murwa Mukuru wa Liban habereye amaturika abiri akomeye, abarenga 100 bahasiga ubuzima mu gihe abakomeretse […]
Rubavu: Mayor yise Kanyamashyamba ‘imbwa, umusazi n’igicucu’ mbere yo kumwirukana
Ndikubwimana Jacques, umukozi w’Akarere ka Rubavu ushinzwe amashyamba n’umutungo kamere, arashinja umuyobozi w’akarere, Habyalimana Gilbert kumwirukana ku mirimo yitwaje impamvu zirimo ‘kubangamira ifungwa ry’ibirombe bitemewe’ , we akemeza ko yirukanwe azira ibibazo bwite bafitanye. Ku wa 29 Nyakwnga ni bwo uriya mukozi yandikiwe n’umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Habyalimana Gilbert, ibaruwa imuhagarika ku mirimo ye by’agateganyo […]
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 8 y’amavuko yishwe n’umuriro w’amashanyarazi
Ibi byabaye Tariki ya 04 Kanama 2020, mu mudugudu wa Munini, akagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, haravugwa urupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 8 y’amavuko witwaga Izere Lucky, wigaga mu mwaka wa 4 w’amashuri abanza,yishwe n’umuriro w’amashanyarazi. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kibogora, Uwihoreye Providence, ngo uyu mwana wabanaga […]
Tariki ya 6 Kanama 1945: Nibwo Hiroshima yahindutse umuyonga
Uyu munsi ni kuwa Kane tariki 6 Kanama 2020, ni umunsi wa 219 mu minsi igize umwaka. Uyu mwaka urabura iminsi 147 ngo ugere ku musozo. Tariki ya 6 Kanama 1945, Leta zunze ubumwe za Amerika zateye igisasu kirimbuzi ku mugi wa Hiroshima mu Buyapani. Abantu 80,000 bahitanwe n’iki gisasu ako kanya, abandi bapfa urusorongo […]