Manchester City yasanze PSG iwayo, iyihatsindira iturutse inyuma

Ikipe ya Manchester City yateye ikirenge kimwe ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions league, nyuma yo kujya gutsindira PSG mu Bufaransa ibitego 2-1. Aya makipe yombi yari yahuriye mu mukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza wabereye ku kibuga cya Stade ya Parc des Princes. Iminota 45 y’igice cya mbere cy’umukino yarangiye PSG iri imbere n’igitego […]

APR FC yanyagiye Mukura VS ya kabiri mu mukino wa gicuti

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatatu, yanyagiye Mukura Victory Sports ibitego 4-0 mu mukino wa gicuti wabereye i Shyorongi mu karere ka Rulindo. Ni umukino amakipe yombi yari yahuriyemo yitegura shampiyona y’ikiciro cya mbere ibura iminsi ibiri igatangira. Mukura VS y’umutoza Zapata yari yazanye ikipe ya kabiri, binyanye n’uko ikipe ya mbere izakina […]

Amarira ni menshi ku Banyamulenge baba muri Kivu y’Amajyepfo

abanyamu.jpg

Abagize ubwoko bw’Abanyamulenge baba muri Teritwari ya Uvira, Mwenga na Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amjayepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), ubu bari mu kaga batewe n’igitero cy’umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai Ilungu wifatanyije na Red Tabara ukomoka mu Burundi, na wo umaze igihe uvugwa kuri ubu butaka. Videwo zikomeje gusakazwa ku […]

Umugabo yatemewe ku rubibi rw’u Rwanda n’u Burundi

Umugabo witwa Nkundabashaka Fidele utuye mu Murenge wa Busanze w’Akarere ka Nyaruguru, kuri uyu wa 27 Mata 2021 yatemwe n’Abarundi ubwo bamusangaga ku rubibi rw’igihugu cyabo n’u Rwanda hafi y’Umurenge wa Ruheru, bikavugwa ko yari agiye gutemayo imigano. Ifoto yafashwe Nkundabashaka igaragaza ari kwitabwaho n’umuganga mu bitaro bya Munini, ikirenge cye cy’ibumoso cyatemeshejwe umuhoro, gisa […]

Munyenyezi yabwiye urukiko ko hari uburenganzira yimwe

Beatrice Munyenyezi uherutse koherezwa na Amerika mu Rwanda kuri uyu wa 28 Mata 2021, yagejejwe imbere y’urukiko ngo aburane ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, avuga ko yimwe uburenganzira bwo kuvugana n’umuryango we. Munyenyezi yinjiye mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, yambaye amapingu n’imyenda ya siporo, yari yunganiwe mu mategeko na Me Gatera Gashabana. Munyenyezi ufungiwe kuri station ya […]

Byabagamba yavuze ko atibye telefone, asaba ko umurega yakwigaragaza

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 28 Mata 2021 rwumvise ubujurire bwa Tom Byabagamba wigeze kuba ‘Colonel’ mu ngabo z’u Rwanda, akanayobora umutwe w’ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu. Byabagamba yajuririraga icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwamukatiye igifungo cy’imyaka itatu, ubwo rwari rumaze kumuhamya icyaha cy’ubujura bwa telefone ya Samsung G2 ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda […]

Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yamaganye imbaraga z’umurengera zikoreshwa ku bakekwaho ibyaha

Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda iramagana abantu cyangwa inzego zikoresha ingufu z’ikirenga mu gihe hakurikiranwa abakekwaho gukora ibyaha. Iyi Komisiyo itangaza ko irimo gukurikirana aho icyo kibazo cyabaye hose. Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ikavuga ko itajya irebera ibibazo nk’ibi. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w’iyi Komisiyo Madame Mukasine Maire Claire, yahaye […]

Grandi félicite le Rwanda d’avoir offert un refuge sûr aux réfugiés

Au Rwanda, le Haut-Commissaire des Nations Unies pour les réfugiés a visité un établissement offrant un moyen sûr de quitter la Libye pour les réfugiés et les demandeurs d’asile, y compris un couple somalien qui a été détenu et abusé. Le couple et leur fille, qui est né en Libye, ont été parmi les premiers […]

Kirehe: Polisi yarashe imfungwa eshanu

Polisi y’igihugu ikorera mu Murenge wa Nyarubuye mu ho mu Karere ka Kirehe mu Burasirazuba bw’u Rwanda, yarashe imfungwa eshanu zari zageragezaga gutoroka gereza. Byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mata 2021. Amakuru avuga ko izi mfungwa uko ari eshanu zagerageje gutoroka ubwo zari zigiye gukaraba, abapolisi bari babarinze bahita […]

Perezida wa Somalia yisubiyeho yemera gutegura amatora

Nyuma yo kwamaganwa n’Umuryango Mpuzamahanga ndetse bikaba biherutse gutuma ingabo z’igihugu zikozanyaho, Perezida wa Somalia, Mohamed Abdullahi Farmajo yisubiyeho ku cyemezo yari yafashe cyo gusubika amatora no kongera imyaka ibiri kuri manda ye yarangiye muri Gashyantare. Perezida Farmajo mu ijambo yagejeje ku gihugu, yasabye ko habaho andi matora ndetse ashima ibikorwa bya minisitiri w’intebe, amasaha […]

Biradusaba imbaraga ngo duhangane n’ihungabana ry’ubukungu mu miryango_Abaturage b’i Rusizi

Bamwe mu baturage b’imirenge ya Rwimbogo na Nzahaha mu Karere ka Rusizi basanzwe batishoboye bavuga ko imibereho yabo yarushijeho guhungabana muri ibi bihe igihugu gihanganye n’icyorezo cya COVID-19, kuko n’ibikomoka ku buhinzi cyangwa ubworozi buciriritse bakoraga bagurirwaga cyane n’Abanyekongo, muri iki gihe batakiza ifaranga ryaragabanutse cyane n’abakoreraga abandi imirimo irakendera, ubukene buriyongera, bakavuga ko bibasaba […]

Rubavu: Amasanduku 32 ku rwibutso rwa jenoside yarabuze, uharinda avuga ko yariwe n’umuswa arayacana

Amasanduku 32 yigeze gushyingurwamo imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu rwibutso rwa Nyundo ruherereye mu Karere ka Rubavu yarabuze, ushinzwe isuku no kururinda avuga ko yariwe n’umuswa, ajya kuyacana. Nk’uko Kigali Today ibitangaza, mu 2012 urwibutso rwa Nyundo rwatembeyemo amazi y’umugezi wa Sebeya, imibiri 851 yari ishyinguwemo yimurirwa kuri Kiliziya, Katedarali ya Nyundo. Mu 2017, […]

CAN: Gabon ishobora kwamburwa itike igahabwa RDC kubera amahano yakoze

Ikipe y’igihugu ya Gabon, Les Panthères, ishobora kwamburwa itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri Caméroun yabonye igahabwa RDC, nyuma yo gukinisha umukinnyi ufite imyirondoro ibiri itandukanye. RDC na Gabon zombi zombi zari zari zihuriye mu tsinda D mu ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika giteganyijwe kubera muri Camé Gabon ya Pierre-Emerick Aubameyang yarangije imikino […]

Islamic State yerekanye imodoka z’imitamenwa yambuye igisirikare cya Nigeria

Umutwe wa islamic State, ishami ryawo ryo muri Afurikay’Uburengerazuba (ISWAP) yerekanye imodoka ebyiri z’imitamenwa zo mu bwoko bwa Isotrex Legion MRAPs uvuga ko wambuye igisirikare cya Nigeria zitabaye ku birindiro bya gisirikare bya Mainok. Mainok iherereye mu birometero 60 mu burengerazuba bwa Maiduguri, mu murwa mukuru wa Leta ya Borno. Urubuga rwa Africanmilitaryblog dukesha iyi […]

Hari abarambiwe serivisi mbi itangwa n’Irembo

Abaturage bakenera serivisi zitandukanye banyuze ku rubuga rw’ikoranabuhanga Irembo baravuga ko barambiwe serivisi zitanoze bahabwa binyuze kuri uru rubuga bigatuma hari ibyangombwa batabona. Umwe muri bo, Vestine Niyontagorama aganira na RBA ati ” Irembo iyo urebye barihaye serivisi nyinshi kuko hari aho ugera ibyo warugiye gukoresha bikanga,hari n’igihe bakubwira ngo jya kwishyura hariya bikanga,tugasaba ko […]

Nabajije Perezida Kagame ikibazo, sinongera gutumirwa mu Rugwiro_Umunyamakuru

Umunyamakuru Niyonambaza Assouman avuga ko mu myaka irenga itandatu ishize, yabajije Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ikibazo, gituma atongera gutumirwa muri biro bikuru, Village Urugwiro. Yabitangarije Bwiza TV mu kiganiro cyatambutse kuri uyu wa 28 Mata 2021, cyibandaga ku bibazo by’akarengane abaturage bahura nabyo, ntibabikemurirwe kandi hari amategeko abarengera. Umva ikiganiro cyose hano […]

Umunyamakuru Mecky yasohoye indirimbo yise ‘Garuka’ yuje impanuro ku bakundana

Umunyamakuru Kayiranga Melchiore uzwi nka ‘Mecky’, yasohoye indirimbo yise ‘Garuka’ yuje impanuro ku bakundana yasubukuriyeho umuziki yari amaze imyaka itatu yarahagaritse. Indirimbo ‘Garuka’ nshya ya Mecky yakozwe na Producer Aaron Tunga mu buryo bw’amajwi, mu gihe hagitegerejwe amashusho yayo agomba kujya hanze mu kwezi gutaha kwa Gicurasi. Ni ndirimbo Mecky yanditse muri 2013, ayijyana muri […]

Uganda: Urubanza rw’abantu 15 bashinjwa gushaka gushoza intambara rwasubitswe

Urukiko rwa gisirikare rwa division ya kane mu gihugu cya Uganda rwagumije muri Gereza Nkuru ya Gulu abantu 15 bose bashinjwa ibyaha by’ubugambanyi, aho bashinjwa gushaka gushoza intambara mu gihugu. Aba bakekwa ni Collins Lincoln Ongei, Frank Cajetan Onentho, Richard Obonyo, Fred Ocan, Bernard Okello, Steve Jakisa na Alex Komakech. Abandi ni Denise Palyel, Francis […]

RDC: FARDC iramagana ibirego biyishinja gukorana n’inyeshyamba

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kiramagana ibirego bivuga ko haba hari imikoranire iri hagati yacyo n’umutwe witwaje intwaro witwa NDC/ Rénove (Nduma defense of Congo Rénove) muri Teritwari za Walikale na Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola 2, Major Ndjike Kaiko, kuri uyu wa Mbere ushize yatangaje ko […]

Rwabuze gica hagati ya Real Madrid na Chelsea

Ikipe ya Real Madrid na Chelsea zaguye miswi igitego 1-1, mu mukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions league wabaye mu ijoro ryakeye. Madrid ni yo yari yarikiriye Chelsea ku kibuga cya Estadio Alfredo Distefano, mbere y’uko uwo kwishyura ubera i Stamford Bridge mu cyumweru gitaha. Chelsea yatangiye uyu mukino yataka cyane Real Madrid, […]

Malawi: Impunzi zirimo Abanyarwanda hagati y’urupfu n’umupfumu

Urukiko rukuru i Lilongwe n’i Blantyre muri Malawi habura amasaha make, ku mugoroba wo kuwa kabiri zatangaje ibyemezo byo guhagarika ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo cya leta cyo gusubiza mu nkambi impunzi zirimo Abanyarwanda, Abanye-Congo n’Abarundi ziba hanze y’inkambi. Izi nkiko zatangaje ibi mu gihe haburaga igihe kibarirwa ku masaha ngo itariki ntarengwa [28/04/2021] izi mpunzi […]

Polisi yataye muri yombi Gen. Ibingira, Gen. Muhire n’abandi bofisiye babiri

ibingira.jpg

Polisi y’u Rwanda iherutse guta muri yombi Umugaba w’Inkeragutabara, Gen. Fred Ibingira na Rtd Lt. Gen. Charles Muhire wayoboye Inkeragutabara n’ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere, n’abapolisi bakuru babiri, ibaziza kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19. The New Times ivuga ko Gen. Ibingira yatawe muri yombi tariki ya 7 Mata 2021 nyuma y’iminsi itatu […]