U Burusiya burateganya guha DRC ibikoresho birimo kajugujugu z’intambara

U Burusiya burateganya guha Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ibikoresho by’igisirikare birimo kajugujugu z’intambara zigezweho zirindwi. Nk’uko ikinyamakuru Africa Intelligence gikora inkuru zicukumbuye kibisobanura, kohereza izi kajugujugu bizashingira ku masezerano RDC n’u Burusiya byagiraniye i Kinshasa muri Nyakanga 2022. Gisobanura ko aya masezerano afite agaciro guhera muri uyu mwaka w’2022 kugeza mu […]

APR FC yatsinze Bugesera FC iheruka kuyibabaza

Ikipe ya APR FC yatsinze Bugesera FC ibitego 3-0; mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo kuri uyu wa Kane. APR FC yari yakiriye Bugesera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni Bugesera yaherukaga kuyibabaza nyuma yo kuyitsinda ibitego 2-1 muri shampiyona. Ibitego bya Rwabuhihi Aimé Placide, Roboneka Jean Bosco na Mugunga Yves ni […]

Nyamasheke: Abaturage bashyikirije umuryango wararaga habi inzu bawubakiye

Iyi nzu ni yo uyu muryango wubakiwe

Nyandwi Jean w’imyaka 70 n’umugore we w’imyaka 64, baravuga ko bongeye kugira amahoro yo mu mutima ubwo binjizwaga mu nzu bubakiwe n’abakristo b’itorero EMLR bibumbiye mu matsinda yo kwizigamira, bayibashyikirije bijyanye n’icyumweru ngarukamwaka cyahariwe kwizigamira, bavuga ko ubwo bayibonye bagiye guhita basezerana imbere y’Imana, nyuma y’imyaka 37 babana, badasezeranye mu itorero. Imwe mu nyungu ikomoka […]

Perezida Kagame, Biden na Putin mu batumiwe na Gen. Muhoozi muri Uganda

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari mu banyacyubahiro batumiwe muri Uganda na Gen Muhoozi Kainerugaba, mu nama y’Urubyiruko igomba kubera muri iki gihugu. Gen. Muhoozi yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Yavuze ko iyi nama ya ‘Patriotic Youth Conference’ iteganyijwe kuba mu byumweru bike biri imbere; nyuma y’uko Perezida Yoweri […]

I will definitely be President of Uganda- Gen Muhoozi vows

Gen Muhoozi Kainerugaba,Uganda’ first son and adviser to the President Museveni Yoweli, has vowed to become the President of Uganda no matter what it takes. Without revealing when, Muhoozi tweeted today morning that ” My mother has always been an angel for me. She is simply perfect! Like most men feel for their mothers!!!” In […]

Imvura n’umuyaga byangirije byinshi i Kigali

Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri iki gicamunsi yasenye ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Kigali birimo inzu z’abaturage, amashuri n’ibindi bikorwaremezo. Kugeza ubu ntiharamenyekana ingano y’ibyangiritse nk’uko RBA yabitangaje. Umunyamakuru wa BWIZA wari i Musanze avuga ko hari umuyaga mwinshi ku gicamunsi ahagana saa munani, bitazwi niba hari ibyo wangirije. Umwe mu baturage ati ” […]

FDLR si ikibazo gikwiye guhangayikisha u Rwanda- Amb. wa DRC muri UN

Ambasaderi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu Muryango w’Abibumbye (UN/ONU), Georges Nzongola-Ntalaja, avuga ko FDLR atari ikibazo gikwiye guhangayikisha u Rwanda, ahubwo kuba rwayigarukaho mu gihe rushinjwe gufasha M23 byaba ari urwitwazo rwo gushaka kwikubira amabuye y’agaciro ya RDC. Ibi Ntalaja yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, habaye […]

Umuhungu wa Museveni yatangaje ko uko byagenda kose azaba Perezida wa Uganda

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko uko byagenda kose agomba kuzaba Umukuru w’iki gihugu. Mu rukerera rw’uyu wa 27 Ukwakira 2022, Gen. Kainerugaba yashyize kuri Twitter ifoto y’umubyeyi we, Janet Museveni, asobanura ko yamubereye malayika. Yagize ati: “Mama yambereye malayika. Ni mwiza mu buryo bworoshye! Nk’uko abagabo benshi bumva […]

RDC: M23 yigaruriye uduce 8 dushya

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane wigaruriye uduce dushya umunani two muri Teritwari ya Rutshuru, utwambuye Ingabo za Congo Kinshasa n’imitwe yitwaje intwaro bari gufatanya mu mirwano. Uduce M23 yamaze kwigarurira turimo Kalengera, Gako, Rubare, Rangira, Burayi, Rukoro, Matebe na Kanombe twose two muri Groupement ya Gisigari; ku birometero bike cyane uvuye mu kigo […]

Kinshasa: Hakomeje urubanza rw’abakekwaho kwica Ambasaderi Luca Atanasio

Urukiko rwa gisirikare rw’i Kinshasa-Gombe, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwateye utwatsi ubusabe bw’abunganira abaregwa mu rubanza ku iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani, Luca Atanasio, rwabereye mu ruhame kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Ukwakira . Urukiko rwa gisirikare rwanze icyifuzo cyo kurekurwa by’agateganyo cyatanzwe n’aba bavoka kubera gutinya ko bahunga kubera kutagira […]

Burundi: Abagera mu 100 bamaze gutabwa muri yombi bazira Hussein Radjabu wayoboye CNDD-FDD

Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko hashize iminsi hari abantu barimo utabwa muri yombi bazira amashusho ya Hussein Radjabu, wigeze kuba umuyobozi wa CNDD-FDD mbere yo gushwana na Perezida Nkurunziza ndetse bikamuviramo guhunga mu 2015 nyuma yo gutoroka gereza. Aya makuru dukesha urubuga UBMNews rwo mu Burundi, aravuga ko igipolisi n’abayobozibashinja abo bantu batabwa muri […]

Mukuralinda abona RDC ishaka kuburizamo amatora, ikitwaza u Rwanda

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, abona guverinoma ya Repubuika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ifite umugambi wo kuburizamo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu mwaka w’2023, ikitwaza u Rwanda. Mukuralinda abishingira ku gika cya nyuma cy’itangazo ryashyizwe hanze tariki ya 25 Ukwakira n’Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya, ashinja u Rwanda gushyigikira […]

US warns of possible terrorists attack in Nigeria

The United States Department of State has issued a follow-up to a warning of a suspected imminent terror attack on strategic places in Abuja, Nigeria, putting its citizen on evacuation notice. The first terror alert was issued on October 23, 2022, and, in its latest warning, the US said it is granting “authorised departure status” […]

Musanze: Haravugwa uburiganya mu gikorwa cy’umuyoboro w’amashyanyarazi

Igishushanyo mbonera kirimo inzira eshatu zishobora gukoreshwa hatangijwe byinshi

Mu murenge wa Kimonyi, akagari ka Ruvumu, umudugudu wa Musezero abaturage bahafite amasambu bavuga hari uburiganya, akarengane n’urujijo mu gikorwa cy’ishyirwaho ry’umuyoboro w’amashyanyarazi wa Kimonyi-Musezero. Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda Leta yihaye y’uko mu mwaka w’2024 buri rugo rw’Umunyarwanda ruzaba rugerwaho n’amashanyarazi, kuri ubu, hirya no hino mu karere ka Musanze harimo gukorwa […]

Jakana Nadduli yashinje Banyarwanda uruhare mu rupfu rw’umuhungu we

Uwahoze ari minisitiri muri Uganda, Ali Hajji Nadduli, yavuze ko abo mu bwoko bwa Banyarwanda bazwi nka Bavandimwe bafite uruhare atasobanuye mu rupfu rw’umuhungu we, Jakana Nadduli Suleiman, uherutse gupfa. Jakana Nadduli, yari aherutse kumvikana yandagaza Banyarwanda na Banyankole kuri YouTube, bamusanze yapfiriye iwe mu gace ka Wobulenzi mu Karere ka Luwero, nyuma y’iminsi micye […]

Abadepite babajije Umuvunyi Mukuru icyo bakora kuri ruswa ivugwa mu nzego zitandukanye

Kuri uyu wa Gatatu Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine yagejeje ku Nteko Rusange y’Imitwe Yombi raporo y’ibikorwa by’Urwego rw’Umuvunyi by’umwaka wa 2021/2022 na gahunda y’ibikorwa byayo by’umwaka wa 2022/2023, aho bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko barubajije niba rujya rukurikirana ruswa ivugwa mu nzego za leta by’umwihariko ishingiye ku gitsina ,ngo ishakirwe umuti urambye . Umuvunyi […]

Plus d’employés de l’École polytechnique du Rwanda (IPRC) arrêtés

L’Autorité nationale des poursuites pénales (NPPA) a reçu des dossiers épinglant Diogene Mulindahabi, principal du campus de l’IPRC à Kigali, et 11 autres suspects, qui ont également été arrêtés le mercredi 26 octobre pour des accusations liées à l’utilisation abusive de fonds publics . Les crimes présumés ont entraîné une fermeture temporaire de deux semaines […]

Le président Kagame a reçu le président Faustin Archange Touadéra

fgbrx8_wabcetat.jpg

Le président Paul Kagame, le 26 octobre, a reçu le président Faustin Archange Touadéra de la République centrafricaine et les deux chefs d’État ont discuté de la coopération bilatérale . Le duo a discuté de la situation politique en RCA et de la coopération bilatérale dans divers domaines de la sécurité, de la gouvernance et […]

Somalia irasaba EAC kuyigira umunyamuryango bidatinze

Perezida wa Somalia, Hassan Sheik Mohamud, yasabye ko gahunda igamije kwemeza igihugu cye nk’umunyamuryango w’umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) yakwihutishwa. Uyu Mukuru w’Igihugu yabisabye Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Dr Peter Mathuki, wari mu ruzinduko muri Somalia, amusobanurira ko gutinda kwinjiza mu muryango iki gihugu kuri gukereza iterambere ry’abagituye. Nk’uko ikinyamakuru The East African kibivuga, […]

Perezida Ndayishimiye yirukanye ‘Lieutenant Colonel’ wanyereje ibiribwa

Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye, yirukanye Lieutenant Colonel Ndayishimiye Diomède wanyereje ibiribwa. Ni icyemezo uyu Mukuru w’Igihugu yashyizeho umukono tariki ya 20 Ukwakira 2022, aho yagize ati: “Lieutenant Colonel Ndayishimiye Diomède, matricule SS0575, yirukanwe mu gisirikare cy’u Burundi kubera kunyereza ibiribwa bibisi.” Minisitiri w’ingabo n’abari abasirikare, Alain Tribert Mutabazi, yasabwe guhita ashyira […]

Kagame hosts CAR President Touadera

President Paul Kagame, on October 26, hosted President Faustin Archange Touadéra of Central African Republic to discuss bilateral cooperation. The duo discussed political situation in CAR and bilateral cooperation in various areas of security, governance and economic development. Touadéra visit comes days after he a invited and shared 200 senior officers of Rwandan forces at […]

UEFA Champions league: FC Barcelona yongeye kunanirwa kurenga umutaru

Ikipe ya FC Barcelona yongeye kunanirwa kurenga umutaru muri UEFA Champions league, isezererwa itarenze amatsinda y’iri rushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi. Urugendo rw’iyi kipe y’i Catalunya muri Champions league rwarangiye hakiri kare cyane, nyuma y’uko ikipe ya Inter Milan basangiye itsinda rya gatatu yari imaze kunyagira Viktoria Plzen yo […]

Ababikira n’abapadiri basigaye bareba purono- Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, P?apa Francis yaburiye abapadiri n’ababikira ku byago byo kureba amashusho y’imibonano mpuzabitsina azwi nka purono avuga ko “bica intege umutima wa gipadiri”. Mu kiganiro i Vatican, Papa Francis, w’imyaka 85, yasubizaga ikibazo kijyanye n’ukuntu imbuga za internet n’imbuga nkoranyambaga zikwiye gukoreshwa. Y?avuze ko kureba amashusho y’imibonano mpuzabitsina ari “ingeso […]