Uwagonze umunyamakuru John Williams Ntwali yahanishijwe Frw 1,000,000

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Kabiri rwahanishije uwitwa Bagirishya Emmanuel Moïse Frw miliyoni imwe, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukomeretsa no kwica bidaturutse ku bushake umunyamakuru Ntwali John Williams. Ku wa 31 Mutarama 2023 Bagirishya yari yagejejwe imbere y’ubutabera akurikiranyweho icyaha cyo kwica umuntu bidaturutse ku bushake. Icyo gihe ubushinjacyaha bwasobanuye ko uyu […]

Bull Dog yatangaje inzira y’inzitane yanyuzemo kugira ngo akorane indirimbo na The Ben

Umuraperi Bull Dog yatangaje urugendo rutoroshye yanyuzemo kugira ngo akorane indirimbo na The Ben yitwa ‘Imfubyi z’u Rwanda’ yakunzwe n’abatari bake. Bull Dog aganira na Bad Rama mu kiganiro ‘The Don Podcast’ yahishuye ko yakoranye na The Ben, bataziranye ndetse yongeraho ko bamenyaniye ku rubyiniro bagiye kuririmba. Icyatumye bakorana iyi ndirimbo bataziranye, Bull Dogg yavuze […]

Dore impamvu 5 zitera impumuro mbi mu kanwa ndetse n’uburyo wazirwanya

Kugira impumuro mbi mu kanwa ni ikibazo gikomeye gikunze kwibasira abantu batandukanye bagaterwa imfunwe ryo kujya mu bantu kuko igihe bavuze, bagenzi babo bipfuka ku munwa. Urubuga Mouth Healthy rusobanura ko akenshi intandaro y’iki kibazo iterwa na bagiteri ziba ari nyinshi mu kanwa, zigasya ibyo uba wariye, nuko bigatanga impumuro itari nziza mu kanwa. Ubwinshi […]

U Rwanda ruhangayikishijwe n’ubutunzi bwacu_Tshisekedi muri Afurika y’Epfo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwikoma u Rwanda ubwo yari i Pretoria mu gihugu cya Afurika y’Epfo. I Cape Town kuri uyu wa Kabiri Tshisekedi yari yahitabiriye Inama mpuzamahanga y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Mining Indaba 2023 yatumiwemo na mugenzi we Cyril Ramaphosa. Muri iyi nama nk’ibisanzwe Umukuru w’Igihugu cya Congo yongeye […]

Iga icyongereza : Ushobora gukurikirana amasomo TOEFL, IELTS na DUOLINGO mu gihe gito

banne_2.jpg

Abashaka kwiga kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) Icyongereza by’umwihariko abayobozi n’abikorera bashyiriweho poromosiyo mu kwiga izi ndimi, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY. Umunyeshuri uhera kuri zeru yigishwa icyongereza akagikamirika mu mezi icyenda gusa , n’aho abakivuga bategwa bagatyazwa mu mezi atatu gusa. Abifuza kwiga Icyongereza, haba kuvugira […]

Umukinnyi ukomeye muri Al Nassr yikomye Cristiano Ronaldo

resize_1_.webp

Umukinnyi wa Al Nassr yikomye imikinire ya Cristiano Ronaldo avuga ko yaba ibangamira umukino w’ikipe yose muri rusange. Umukinnyi wo hagati mu kibuga ukomoka muri Brazil Luiz Gustavo Dias wamenyekanye cyane muri Bayern Munich kuri ubu ukinana na Cristiano Ronaldo mu ikipe ya Al Nassr yatangaje amagambo atungura benshi ubwo yaganiraga n’ikinyamakuri RT Arabic. Luis […]

Abanyarwanda baba mu bice byibasiwe cyane n’umutingito muri Turukiya barokotse

Ambasade y’u Rwanda muri Turukiya yatangaje ko Abanyarwanda barindwi baba mu ntara zibasiwe cyane n’umutingito wo kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023 bose barokotse. Umwe mu bakozi bo muri iyi Ambasade yatangarije The New Times ati: “Abanyarwanda bose baratekanye. Dufite Abanyarwanda 7 mu ntara zakozweho. Navuganye n’Abanyarwanda batatu bari muri Gonziantep, imwe mu ntara zakozweho […]

Minisitiri Shingiro yanyuzwe n’urugwiro Perezida Ndayishimiye yagaragarije Paul Kagame

Minisitiri Shingiro aremeza ko uruhare rw'umwe rushobora guhindura dipolomasi

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi, Ambasaderi Albert Shingiro, yanyuzwe n’urugwiro Perezida Evariste Ndayishimiye yagaragarije mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame. Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Bujumbura tariki ya 4 Gashyantare 2023, nyuma y’imyaka igera kuri 10 atagera muri iki gihugu. Umukuru w’u Rwanda yakiriwe na Ndayishimiye, barahoberana n’urugwiro rwinshi, ndetse bigaragara ko mu maso […]

Ishimwe rya Jimmy Gatete kuri Mukura VS yamuhaye amahirwe y’imbonekarimwe

Jimmy Gatete wabiciye bigacika mu ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ndetse no mu makipe ya APR FC na Rayon Sports, yashimiye ikipe ya Mukura VS yamuhaye amahirwe yo gukina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda akiri umwana muto, mbere yo guhinduka igihangange. Gatete mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, yavuze ko Mukura yamuhaye amahirwe […]

Cape Town: Tshisekedi na Ramaphosa barateganya kuganira kuri M23 n’u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yageze Cape Town muri Afurika y’Epfo, aho yitabiriye ubutumire bwa mugenzi we Cyril Ramaphosa. Ibiro bya Tshisekedi bisobanura ko yitabiriye inama mpuzamahanga y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Mining Indaba 2023 yatumiwemo na Ramaphosa. Ibi biro byatangaje ko nyuma y’iyi nama, aba bakuru b’ibihugu byombi barafata umwanya wo […]

Nta mishyikirano tuzagirana na M23, nidasubira muri Sabyinyo: Muyaya

Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ko nta mishyikirano izabaho hagati yabo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gihe utakubahiriza icyemezo wafatiwe cyo gusubira mu birindiro biri hafi y’ikirunga cya Sabyinyo. Muyaya yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023, nyuma y’iminsi ibiri abakuru b’ibihugu bigize […]

Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?

Paul Kagame na Mobutu Sese Seko mu gihe cy'imishyikirano ya FPR na MRND

Kugira ngo ubone aho Leta cyangwa ubutegetsi buhanganye n’inyeshyamba bufata iya mbere mu gusaba ibiganiro n’ababurwanya byagusaba gukora urugendo rwenda kungana n’urujya ku kwezi. Ibi kandi ubisanga hafi mu moko yose atuye Isi, aho Leta cyangwa ubwami n’ababurwanya bajya kuganira ari uko amazi yarinze kurenga inkombe kandi na mbere hose ibibazo baba bafitanye byarageze kuri […]

Shaddyboo yashyikirijwe igihembo yatsindiye mu 2021

Iki gihembo Shaddyboo yari yaragihawe mu 2021, aza kucyamburwa

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Mbabazi Chadia wamamaye nka Shaddyboo, yashyikirijwe igihembo yatsindiye mu mwaka w’2021 gusa akaza kucyakwa. Mu 2021, Shaddyboo yari yatsindiye igikombe cy’abantu bakoze ibikorwa byiza by’intangarugero (Influencers) bakagarukwaho cyane mu Rwanda, gusa icyo gihembo bahise bakimwaka ngo kuko harimo amakosa yagombaga gukosorwa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 6 Gashyantare 2023, abakoresha […]

M23 iravuga ko yabohoje Abanyekongo 300 bari mu maboko ‘y’umwanzi’

Abarwanyi ba M23 bakoze iyi operasiyo yo 'kubohoza' Abanyekongo barenga 300

Umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 uravuga ko wabohoje Abanyekongo barenga 300 bari mu maboko ‘y’umwanzi’ ari we ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FDLR, Mai Mai n’abacancuro. Perezida wa ARC/M23, Bertrand Bisimwa, yemeza ko operasiyo kabuhariwe yo kuhoboza aba Banyekongo bari barafatiwe bunyago mu kigo cy’abihaye Imana cya Mokoto yabaye ahagana saa tatu z’igitondo […]

Ukwitana ba mwana hagati ya RDC na M23 ku warashe kajugujugu ya MONUSCO

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashinje umutwe wa M23 kuba ari wo uheruka kurasa kuri kajugujugu ya MONUSCO yerekezaga i Goma. Ku Cyumweru tariki ya 05 Gashyantare ni bwo iyo kajugujugu yarashweho n’abantu batatangajwe, ubwo yari igeze muri Teritwari ya Nyiragongo ijya i Goma. MONUSCO mu itangazo yasohoye yavuze ko iyi kajugujugu yari […]