Burundi: Uko byagenze mbere y’itabwa muri yombi rya Gen. Bunyoni n’aho yari yihishe
Nyuma y’amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi guhera kuri uyu wa Gatanu nyuma ya saa sita avuga ko Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’Intebe, yamaze gutabwa muri yombi afatiwe muri Bujumbura y’Icyaro nyuma y’aho byahwihwiswaga ko yahungiye muri Tanzania, amakuru agera kuri Bwiza dukesha urubuga Le Mandat aratubwira uko byagenze mbere y’ifatwa rye n’aho […]
Nyamasheke: Abarokokeye muri Karengera bababazwa n’ababiciye ababo batagaragaza ukuri kw’ibyo bakoze
Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari komini karengera, bo mu mirenge ya Karengera na Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke baravuga ko bashengurwa n’agahinda gakomeye baterwa n’ababiciye ababo, barimo uwari Burugumesitiri Sinzabakwira Straton wahagarikiye ubwicanyi, batagaragaza ukuri kw’ibyo babakoreye, ntibabe banahinguka mu gikorwa cyo kwibuka, ngo bifataye n’abandi. Babigaragaje mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro […]
The hygiene culture: A timeless necessity beyond the pandemic

During the COVID-19 pandemic, hygiene fixtures such as faucets became ubiquitous, establishing a daily ritual for the population to guard against contamination. Whether at train stations, churches, markets, schools, offices, or even at home, handwashing became ingrained in daily life. The omission of this step was strictly enforced by authorities. However, as the pandemic waned, […]
Gen. Kainerugaba arasoreza icyumweru i Kigali
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba n’umujyanama we mu bikorwa byihariye bya gisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, arasoreza iki cyumweru i Kigali. Umunyamakuru Canary Mugume wa NBS TV yatangaje ko Gen. Kainerugaba araza mu Rwanda kuri uyu wa 22 Mata 2023 muri gahunda y’ibirori by’isabukuru ye yateguriwe na Perezida Paul Kagame. Muri uru ruzinduko, […]
Ibiciro bishya by’ibiribwa byakabaye byaratangiye kubahirizwa
Ibiciro bishya by’umuceri, kawunga n’ibirayi byatangajwe na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) tariki ya 19 Mata 2023 byakabaye byaratangiye kubahirizwa kuva uwo munsi. Ku gicamunsi cy’uwo munsi ni bwo iyi Minisiteri yatangaje ko nyuma y’ubugenzuzi bwakorewe ku masoko atandukanye mu gihugu, bikagaragara ko abacuruzi burije ibiciro mu buryo bukabije, n’inama yagiranye n’abafite aho bahurira n’ibiciro, yafashe […]
Bebe Cool yongeye kurikoroza kuri Bobi Wine

Umunyamuziki Bebe Cool, yongeye gushotora mugenzi we Bobi Wine avuga ko yamaze kuzima kugeza ubwo nta muntu ugikurikirana umuziki we . Ni amakuru aherutse gutangaza mu binyamakuru bitandukanye aho yavugaga ko adakwiye gumeza kwiyumva ko umuziki we ugikunzwe. Bebe Cool yakomeje avuga ko Bobi Wine adakunzwe haba mu muziki, muri Politike ndetse no mu mu […]
Sukhoi y’u Burusiya yarashe igisasu ku mujyi wabo kubw’impanuka
Indege y’intambara y’u Burusiya yo mu bwoko bwa Sukhoi-34 yateye igisasu ku bw’impanuka mu mujyi wa Belgorod wo mu Burusiya, ku birometero 40 uvuye ku mupaka na Ukraine . Igisasu cyasize icyobo cya metero 20 (60ft) gitera iturika rihambaye cyane ryaturikije imodoka ikazamuka ikagwa hejuru y’inyubako y’ubucuruzi. Guverineri w’akarere, Vyacheslav Gladkov, yatangaje ko abayobozi bategetse […]
Gen. Bunyoni byavugwaga ko yahunze u Burundi yaba yatawe muri yombi
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Général de Police Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaba yatawe muri yombi. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Bunyoni yatangajwe bwa mbere na Pacifique Nininahazwe usanzwe ari impirimbanyi y’Uburenganzira bwa muntu, akavuga ko yayahawe n’incuti w’uriya wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi. Uyu muntu Nininahazwe […]
Umugabo yamenya ate ko umugore yarangije mu gihe cy’imibonano?

Buri muntu agira uko acunganwa n’ibyiyumviro bye cyane cyane iyo ari ibimuganisha ku byishimo bishingiye ku mibonano mpuzabitsina . Abashakanye , iyo bakoze icyo gikorwa hari igihe usanga umwe asiga undi, ntihabeho kugendana bitewe n’uko ntabumenyi buhagije umwe afite cyangwa se bose nabyo birashoboka, bityo ugasanga hari igihe ibyishimo by’umwe bicagata ntibigere ku ndunduro. Kimwe […]
Leta yagabanyije imisoro, ku bicuruzwa bimwe ivanwaho
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yagabanyije imisoro ku bicuruzwa bitandukanye, inakuraho umusoro ku nyungu (TVA) ku bicuruzwa bimwe na bimwe. Icyemezo cyo kugabanya imisoro cyahawe umugisha n’inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 20 Werurwe 2023, mu mishinga y’amategeko yerekeye imisoro yemeje. Iyo mishinga irimo uw’Itegeko rihindura itegeko rishyiraho umusoro ku […]
Bwa mbere mu Rwanda inzobere z’abaganga zabaze neza abarwayi bafite cancer zo mu nda
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda, itsinda ry’inzobere mu buvuzi riyobowe na Porofeseri Jean Marc Régimbeau ukomoka mu Bufaransa ryabaze neza Hepatoma-pancreatic-biliary ku barwayi batatu bari bafite ibibazo bya cancer z’agasabo k’indurwe, umwijima n’amara kuva ku itariki ya 18 Mata 2023 mu Bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda i Kigali. Abarwayi bo mu Rwanda bungukiye muri […]
U Rwanda rwagaragarije Loni ibibazo RDC ishobora guteza nyuma yo kwanga kuganira na M23
Leta y’u Rwanda yagaragarije Umuryango w’Abibumbye ko intambara ishobora kongera kurota hagati y’Ingabo za Congo n’umutwe wa M23; nyuma y’uko Leta y’i Kinshasa irahiye ko itazigera iganira n’uriya mutwe. Ni impungenge zagaragajwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, Gatete Claver, ubwo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 19 Mata yitabiraga inama rusange y’Akanama […]
Shadiboo, Gen. Mohoozi bifurije Abayisilamu irayidi nziza, Min. Abdallah atanga ubutumwa bwihariye

Mu gihe kuri uyu wa Gatanu hizihizwa umunsi w’irayidi(Eid Al Fitr, ibyamamare bitandukanye cyane cyane ababarizwa mu idini ya Islam, bifurije abanyarwanda n’abandi muri rusange kugira umunsi mwiza ariko banazirikana ababaye bityo kugirango bifatanye nabo kuri uyu munsi . Mu byamamare bitandukanye byagarutse kuri uyu munsi, harimo Uwimbabazi Chadia uzwi nka Shaddy Boo bishimiye uyu […]
USA yaburiye ingabo za EAC zoherejwe muri RDC yongera gusaba kwitandukanya na FDLR
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihanangirije Uganda n’izindi ngabo zo mu karere zirimo iza Sudani y’Epfo, u Burundi na Angola isaba kwirinda kongera umwuka mubi mu gihe umutekano usanzwe warangiritse mu ntambara ibera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) . Umuburo uje mu gihe ibintu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bikomeje […]
Imbogamizi yatumaga Ukraine itemererwa kwinjira muri NATO yavuyeho

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga w’ubwirinzi wa NATO, Jens Stoltenberg, yatangaje ko ibihugu byose biwugize byamaze kwemeranya ko Ukraine igomba kuzabyiyungaho. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ubwo yari ku birindiro by’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu Budage bya Ramstein, nk’uko Sky News yabitangaje, Stoltenberg yavuze ko mu gihe intambara ibera muri Ukraine yazarangira, Ukraine […]
Sudani: RSF yatanze gahenge k’amasaha 72 ngo Abayisilamu bizihize Eid al-Fitr mu ituze
Umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces (RSF) uhangaanye ‘igisirikare cy Sudani watangaje ko wemeye gutanga agahenge k’amasaha 72 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, uvuga ko bihuriranye n’umunsi mukuru w’Abayisilamu wa Eid al-Fitr usoza ukwezi kw’igisibo cya Ramadhan ngo Abyisiaamu bo muri iki gihugu bawizihize nta nkomyi . RSF […]
Kinshasa: Abagize Inteko batoye itegeko ryemerera abasivili kurwanira igihugu

Abagize inteko ishinga amategeko muri Repubulika ya demukarasi ya Congo batoye itegeko rikubiyemo ingingo zirimo iyemerera abasivili babyifuza kwifatanya n’ingabo za Leta mu gihe ziri ku rugamba. Iri tegeko muri rusange rishyiraho umutwe w’Inkeragutabara, umushinga waryo ukaba warateguwe na Gilbert Kabanda wahoze ari Minisitiri w’ingabo n’abari abasirikare, awugeze ku bagize Inteko kugira ngo bawusesengure, banawemeze. […]
KNC yasubije abatekereza ko ari we ugiye kuyobora FERWAFA

Nyuma y’uko umweyo umaze iminsi uvuza ubuhuha mu nzu ikoreramo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA, abarimo perezida wayo Mugabo Olivier bakegura, hahise hakwirakwira inkuru ko umunyamakuru Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC ashobora gufata uwo mwanya. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari mu kiganiro Rirarashe yabajijwe niba ibivugwa ko agiye gufata umwanya w’ubuyobozi […]
Urubuga rw’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, urwa RBA na Ange Kagame zazize umukwabu w’umuherwe
Guhera kuri uyu wa 20 Mata 2023, ikigo Twitter kiyoborwa n’umuherwe Elon Musk, cyatangiye gukora umukwabu ku bwinshi wo kwambura abantu ku giti cyabo, ibigo n’imiryango ikirango cy’ubururu cyemeza ko konti bakoresha ari izabo (blue badge). Igikorwa cyo kwambura konti iki kirango cyatangiye mu minsi yashize, ubwo uyu muherwe yatangazaga ko kizajya cyishyurwa buri kwezi, […]
Juventus yasubijwe amanota 15 yari yarakuweho muri shampiyona
Ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’u Butaliyani yasubijwe amanota 15 yari yarakuweho muri shampiyona, ihita ifata umwanya wa gatatu n’amanota 59. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo iyi kipe yo mu mujyi wa Turin yari yakuweho ariya manota, ku itegeko ry’urukiko rwo muri kiriya gihugu. Byari nyuma y’iperereza mu by’ubukungu yari imaze igihe ikorwaho […]