Kenya yashyize ibiri kubera muri Sudani ku mutwe w’abarimo u Burusiya

Leta ya yatangaje ko kuba u Burusiya ndetse n’ibihugu byo mu kigobe [byo mu burasirazuba bwo hagati] byivanga muri Politiki yo muri Sudani, biri mu biri gutuma muri iki gihugu hatarangwamo amahoro. Ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga wa Kenya ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Alfred Mutua, ubwo yari kumwe na mugenzi we Anthony Blinken wa Leta Zunze Ubumwe za […]

Huye: Batandatu baguye mu kirombe baracyashakishwa, nyiracyo yabaye iyobera

Hari tariki ya 22, abaturage bategereje kureba niba hari abo izi mashini zabona/ifoto: Radio Huye

Abantu batandatu, barimo abanyeshuri 3 bigaga mu mashuri yisumbuye baguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cyacukurwaga mu buryo butemewe tariki ya 20 Mata 2023, n’ubu baracyashakishwa, nyir’ikirombe na we yakomeje kugirwa ibanga. Imashini zisanzwe zikora umuhanda ni zo zimaze iminsi zishakisha aba bantu binjiye munsi y’umusozi banyuze mu mwobo ufite ubujyakuzimu bivugwa ko buri gahati ya […]

Ushinja Trump kumusambanya ku ngufu mu myaka irenga 20 ishize yongeye kubura Dossier

cc-606x400.jpg

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, aregwa gufata umugore ku ngufu mu myaka irenga 20 ishize . E. Jean Carroll wahoze ari umujyanama w’ikinyamakuru ELLE akaba n’umwanditsi, yongeye kugeza ikirego cye mu rukiko rwa Manhattan i New York ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ashinja Donald Trump kumusambanya ku […]

Muri Gereza ya Bukavu humvikanye urusaku rw’amasasu

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata 2023, urusaku rw’amasasu rwumvikanye muri Gereza Nkuru ya Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo, bitera ubwoba mu baturanye n’iyi gereza . Umwotsi waturukaga imbere muri gereza wagaragaye, nk’uko videwo irimo kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ibigaragaza. Ibi ngo bikaba byatewe n’uko imfungwa zagerageje gutoroka iyi gereza. Ishami rishinzwe itumanaho mu […]

Museveni yashinze Gen Muhoozi kuyobora Operasiyo yo guhungisha Abagande bari muri Sudani

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yashinze umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba kuyobora Operasiyo yo gucyura abanya-Uganda bahejejwe muri Sudani n’intambara ikomeje kuhabera. Abagande babarirwa muri 300 barimo abadipolomate, abacuruzi ndetse n’abanyeshuri ni bo baheze muri Sudani. Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo, yatangaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yamaze gutegeka Joseph Ocwet ukuriye […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Itangazo ryose

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka

Kigali: Wafanyabiashara wametozwa faini kwa kuongeza bei za vyakula

Takriban wafanyabiashara 20 katika Jiji la Kigali wametozwa faini kwa kuongeza bei ya mahindi, viazi na mchele isivyostahili . Ukaguzi huo ulifuatia uamuzi wa serikali, uliotangazwa wiki jana, wa kuondoa VAT kwenye unga wa mahindi na mchele, na kudhibiti bei ya viazi ili kusaidia kudhibiti mfumuko wa bei ya chakula nchini Rwanda. Kwa mujibu wa […]

Arteta yaburiye abakomeje kumutega Guardiola ku mukino wa Arsenal na Man.City

image_2023-04-25_043418667.png

Muri Shampiyona yo mu Bwongereza, nta gikomeje kuvugisha benshi nk’umukino utegerejwe kuri uyu wa Gatatu, uretse umukino uzahuza ikipe ya Arsenal itozwa na Arteta na Manchester City itozwa na Guardiola . N’ubwo hakibura imukino irenga itanu ngo Premier League iyi sezo(season), benshi bavuga ko uzagaragaza ubukaka bwa Arsenal niba isatira gutwara igikombe cyangwa niba igomba […]

Kenya: Ten new bodies exhumed in the “Shakahola massacre”

The macabre tally continues in the Shakahola forest in eastern Kenya: ten new bodies of suspected members of a cult advocating extreme fasting were found on Tuesday. These new discoveries bring the death toll from the “Shakahola forest massacre” to 83 . Monday evening, police sources reported 73 dead since the search began on April […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE AHAKORERA DP World

Itangazo ry'ubuyobozi bwa gasutamo kuri cyamunara y'ibicuruzwa

Ubuyobozi bwa gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 5 Gicurasi 2023, saa yine zaa mu gitondo hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange bwa DP World bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera DP World. Abifuza kugura ibi bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko rusange bwa DP World i Masaka […]

Inka Perezida Kagame yagabiye Gen. Kainerugaba zimaze kubyara 7

Perezida Kagame na Jeannette ni bo bateguriye Gen. Kainerugaba ibirori by'isabukuru y'amavuko

Inka zimwe mu 10 Perezida Paul Kagame yagabiye muri Werurwe 2022 umuhungu wa Yoweri Museveni, General Muhoozi Kainerugaba, zimaze kubyara zirindwi. Ibi byavuzwe na Gen. Kainerugaba kuri uyu wa 24 Mata 2023 ubwo yari mu birori byo kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 49 y’amavuko yateguriwe na Perezida Kagame na Jeannette Kagame. Perezida Kagame yashimiye Gen. Kainerugaba […]

Kigali: Abacuruzi bamwe batangiye guhanirwa kutubahiriza ibiciro bishya by’ibiribwa

Nibura abacuruzi 20 bo mu Mujyi wa Kigali baciwe amande kubera kuzamura ibiciro by’ibigori, ibirayi, n’umuceri . Ubugenzuzi bwakurikiye icyemezo cya guverinoma, cyatangajwe mu cyumweru gishize, cyo gukuraho umusoro ku nyongeragaciro ku ifu y’ibigori n’umuceri, no kugena ibiciro by’ibirayi kugira ngo bifashe kugenzura izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa mu Rwanda. Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ivuga ko ubugenzuzi bwakorewe […]

Prof. Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe yasohoye igitabo ‘Ikiguzi cy’Urugo Rushaka Umunezero’

Kuri iki gifuniko cy'iki gitabo hagaragara incamake y'aya mahame 10

Prof. Pierre Damien Habumuremyi, umwanditsi w’ibitabo wabaye Minisitiri w’Intebe, yasohoye igitabo yise ‘Ikiguzi cy’Urugo Rushaka Umunezero’ kigenewe abashaka kubaka urugo n’abamaze kurwubaka. Mu kiganiro yagiranye na BWIZA, Prof. Habumuremyi yasobanuye ko iki gitabo kigenewe gutegura abashaka kubaka urugo ibyo bagomba kwitondera kugira ngo bazagire urugo rwiza, rufite umunezero. Ku bamaze kubaka urugo, uyu mwanditsi yagize […]

Ubusesenguzi bwa Bebe Cool kuri Gen Muhoozi mu gihe yaba asimbuye Se

Bebe Cool nk’umuhanzi ukonze kugaragara ashyigikiye ishyaka NRM rya Perezida Museveni,akomeje kugaragaza amarangamutima ye, aho usanga akomeje kugaragaza amarangamutima ye kuri Jenerali Muhoozi . Bebe Cool usibye kuba agaragara mu bikorwa by’iri shyaka, asanzwe ari inshuti y’uyu mugabo aho kuri iyi nshuro atatinye no gusesengura ko mu gihe Muhoozi yaba abaye Perezida wa Uganda ariwe […]

Amafoto: Perezida Kagame na Jeannette bakiriye Gen. Kainerugaba mu birori bamuteguriye

Perezida Kagame avuga ijambo ry'umunsi

Perezida Paul Kagame n’umufasha we, Jeannette Kagame, bakiriye umuhungu wa Yoweri Museveni akaba n’umujyanama we mu bikorwa byihariye by’igisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, mu birori by’isabukuru y’amavuko bamuteguriye. Gen. Kainerugaba yujuje imyaka 49 y’amavuko kuri uyu wa 24 Mata 2023, akaba yarifuje kwizihiriza ibi birori i Kigali, nk’uko yabitangaje kenshi. Mu minsi yashize, Gen. Kainerugaba yatangaje […]

Colonel Doumbouya yirukanye uwari intasi nkuru ya Guinée

Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Colonel Mamadi Doumbouya, ku wa Mbere tariki ya 24 Mata yirukanye ku mirimo Lt Col Ismael Keita wari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Iteka ry’Umukuru w’Igihugu cya Guinée ryasohotse kuri uyu wa Mbere rivuga ko Lt Col Keita yirukanwe azira “amakosa akomeye yakoze”, gusa ntirisobanura ayo makosa ayo ari yo. Uyu musirikare […]

Abapolisi n’abaturage ba Congo barashinjwa kwigarurira imidugudu yo muri Uganda

Amakimbirane ku mupaka hagati ya Uganda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu mujyi wa Padea, mu karere ka West Nile, nyuma y’uko abaturage ba Congo bashyigikiwe n’abapolisi babo binjiye muri Uganda maze bakemeza ko imidugudu itatu iri imbere muri Uganda ari iyabo . Imidugudu Abanyekongo bemeza ko ari iyabo ni akagari ka […]

Dosiye ya Gen. Bunyoni ishobora guteza umwiryane weruye muri Leta

Perezida Ndayishimiye mu nama yavugiyemo ko agiye gukoresha inyobozo yahawe

Tariki ya 22 Mata 2023, hamenyekanye inkuru y’itabwa muri yombi ry’Umurundi Général de Police Alain-Guillaume Bunyoni wari umaze iminsi igera kuri ine yihishe ubwo yamenyaga ko ingo ze zirimo uruherereye mu ntara ya Rutana na Bujumbura zigiye gusakwa. Impamvu y’itabwa muri yombi rye ntiyahise imenyekana kuko n’umukobwa we uba mu mahanga, Darlene Bunyoni, yatangaje ko […]

Tchad cyahakanye kugira uruhare mu bibera muri Sudani

Kuri uyu wa Mbere, Guverinoma ya Tchad yamaganye ibyo yita “ibinyoma” bivugwa mu itangazamakuru bivuga ko iki gihugu cyateye inkunga rumwe mu mpande zihanganye mu ntambara yo muri Sudani . Iyo nkuru ivuga ko amakuru yavuye kuri umwe mu badipolomate ba Tchad yagiye ahagaragara ku Cyumweru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara ryagize riti: “Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga … […]

Komeza wibere ingaragu niba utarabona umukunzi wujuje izi ndangagaciro 5

image_2023-04-25_004943576.png

Bajya bavuga ko uwo urukundo rushatse rumusanga ruramusanga aho usanga umuntu runaka akunda umuntu runaka nta kintu kidasanzwe mu bigaragara inyuma amukurikiyeho, nyamara buriya witegereje usanga amarangamutima ye afite icyayakuruye . 1. Ugutega amatwi Igihe cyose umusore cyangwa umukobwa agize uwo abengutse, ni byiza ko agenzura niba amutega amatwi ibyo amubwira kandi akabasha ku musangiza […]

U Rwanda rurateganyiriza iki Abanyarwanda babarirwa muri 70 bari muri Sudani?

Leta y’u Rwanda yatangaje ko iri gukora ibishoboka ngo ihungishe Abanyarwanda babarirwa muri 70 bari i Khartoum muri Sudani hakomeje kubera intambara. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yabwiye BBC ko mu Banyarwanda bari muri Sudani harimo abakozi b’Umuryango w’Abibumbye, abikorera ku giti cyabo ndetse n’abanyeshuri. Yavuze ko “abo bose ambasade y’u Rwanda […]

Museveni yatangiye kuganira n’abo bahoranye muri NRA ku bijyanye no kuba Gen. Muhoozi yamusimbura

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangiye ibiganiro n’abantu ba hafi ye bafatanyije urugamba rwo kubohora Uganda, aho bari kuganira ku ngingo zerekeye ahazaza h’igihugu by’umwihariko ijyanye no kuba Gen. Muhoozi Kainerugaba yamusimbura ku butegetsi. Inama za Perezida Museveni na bariya bantu biganjemo abo babanye muri NRA (National Resistance Amry), ziri kubera mu nzuri ze […]