Kenya: Umubare w’abapfuye bategetswe kwiyiriza ukomeje gutumbagira

ap23113589975709-1682304988.jpg

Abantu 95 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze gupfa nyuma y’uko uyu munsi hongeye gutahurwa imirambo itanu yiyongera kuri 90 yari yatangajwe kuri uyu wa kabiri. Ni inkuru yasakaye mu ntangiro z’iki cyumweru aho bivugwa ko umupasiteri witwa Pastor Paul Mackenzie ubarizwa mu rusengero rwitwa Good News International Church, byvuzwe ko yategetse abantu kwiyiriza iminsi […]

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Ndayishimiye w’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mata, yakiriye itsinda ry’intumwa z’u Rwanda zamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Izi ntumwa zari ziyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Prof Nshuti Manasseh ari na we wamushyikirije ubwo butumwa. Mu bari bamuherekeje harimo Maj Gen Vincent […]

Rayon Sports yikuye mu nzara za Police FC yari yabanje ibitego 3 yiyushye akuya

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze bigoranye Police FC ibitego 3-2; mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro wabaye kuri uyu wa Gatatu. Police FC yari yakiriye Rayon Sports mu mukino ubanza wa ¼ cy’irangiza wabereye kuri Stade Régional ya Muhanga. Ni umukino utarabereye kimwe n’indi bijyanye n’uko Rayon Sports yari imaze igihe igitegereje ko […]

Crimes against humanity suspects fled from prison in Sudan

A former Sudanese politician accused of crimes against humanity has announced that he fled from prison along with other former collaborators in this country in full chaos, raising fears of a new conflagration as the cease-fire fire concluded under the American aegis remains fragile . Ahmed Haroun was detained in Kober prison, in the capital […]

Ese kugira Isesemi no kuruka ku mugore utwite bitangira ryari bikarangira ryari?

vomiting-during-pregnancy.jpg

Iyo umugore yasabye, usanga hari igihe agira isesemi ya buri kanya ndetse ugasanga hari n’ibiryo ahurwa ku buryo iyo abikubise amaso ahita amokorwa . Ibi tujya tubibona ku bayeyi benshi aho usanga mu gihe mwegereye ameza usanga hari igihe akojejemo ikiyiko bikaba birangiriye aho. Ku bakobwa basamye ariko bakabigira ubwiru wenda ari inda zitateganyijwe bashaka […]

Bashir wa Sudan amelazwa katika hospitali ya kijeshi, jeshi linasema

Rais wa Sudan aliyeondolewa madarakani Omar al-Bashir amelazwa katika hospitali ya kijeshi katika mji mkuu Khartoum, jeshi lilithibitisha Jumatano . Taarifa ya kijeshi ilisema al-Bashir alihamishiwa katika Hospitali ya Jeshi ya Aliaa kwa pendekezo la wafanyikazi wa matibabu katika gereza la Kober kabla ya kuzuka kwa mapigano kati ya jeshi na Kikosi cha Msaada wa […]

Hari umushinga ukakaye uri kwigwaho ngo Messi agaruke muri FC Barcelona

image_2023-04-26_042044826.png

Nyuma y’uko hashize imyaka 2, umukinnyi Lionel Messi avuye mu ikipe ya FC Barcelona bitewe no kubura amafaranga yo kumuhemba ngo abe yakongera amasezerano, kuri ibi iyi kipe irimo kwiga ku mushinga uzatuma agaruka . Uwo mushinga nta wundi uretse gukora umushinga wo gukura ikipe y’abato(Academy) yabarizwaga iruhande rwa stade ya Camp nou hagahindurwa ahantu […]

Minisitiri Mutua aremeza ko ingabo za Kenya zitazarwanya M23

Blinken na Mutua ubwo bari imbere y'abanyamakuru

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Kenya, Alfred Mutua, aremeza ko ingabo za Kenya zibarizwa mu mutwe w’ingabo ziri mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACRF) muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zitazarwanya umutwe witwaje intwaro wa M23, cyangwa undi. Ubwo yari mu ruzinduko muri Leta zunze ubumwe za Amerika, mu kiganiro n’abanyamakuru hamwe n’Umunyamabanga w’iki gihugu […]

Kamonyi: 10 batawe muri yombi bazira guhisha imibiri y’abazize jenoside

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu batanu bo mu murenge wa Nyamiyaga n’abandi batanu mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi, rubakurikiranyeho kudatanga amakuru y’imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangarije televiziyo y’igihugu ko amakuru y’ibanze yavuye mu iperereza ari uko aba bantu bo muri Nyamiyaga bamenye […]

Le Soudan a le droit de recourir aux services du groupe Wagner – Sergue௠Lavrov

Le ministre russe des Affaires étrangères, Sergue௠Lavrov, a déclaré mardi que les autorités légitimes du Soudan avaient le droit d’utiliser les services du groupe Wagner, une société militaire privée soutenue par Moscou . Les combats entre l’armée soudanaise et les Forces de soutien rapide paramilitaires sont entrés dans leur deuxième semaine avec plus de […]

L’affaire “Kwa Duba௔ soumise au parquet

Le Bureau d’enquàªte du Rwanda (RIB) a soumis au parquet le dossier de Jean Nsabimana, un homme d’affaires qui a construit l’immobilier basé à  Kinyinya, communément appelé Kwa Dubai et certains anciens responsables du district de Gasabo . Outre Nsabimana, les autres suspects en garde à  vue sont l’ancien maire de Gasabo, Stephen Rwamulangwa ; […]

Umugabo yafashwe ashaka ugura ubugabo yaciye ku musaza

image_2023-04-26_015522436.png

Muri Afurika y’Epfo haravugwa umugabo wagejejwe mu butabera akurikiranyweho gushaka kugurisha igitsina cy’umusaza w’imyaka 68 . Uyu mugabo wafashwe na Polisi ubwo yageraga mu gace ka Tambo ubwo yajyaga mu guriro gushaka umuguzi. Polisi ivuga ko, umusaza waciweho ubugabo, arembye ariko akaba arimo gukurikiranwa n’ibitaro yatwawemo igitaraganya. Naho ushinjwa kumuhohotera akaba yagejejwe mu rukiko rwisumbuye […]

Ukuriye dipolomasi y’u Burusiya aremeza ko Sudani ifite uburenganzira bwo gukoresha Wagner

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, kuri uyu wa Kabiri ushize yatangaje ko abategetsi ba Sudani bafite uburenganzira bwo gukoresha serivisi ikigo cya Wagner, isosiyete yigenga y’umutekano iterwa inkunga na Moscou, abo mu burengerazub bafata nk’umutwe w’abacanshuro . Imirwano hagati y’ingabo za Sudani n’ingabo za RSF yinjiye mu cyumweru cyayo cya kabiri, aho abantu […]

Sudani: Uwari umunyapolitiki wari ufunzwe azira ubwicanyi bwo muri Darfur yatorotse gereza

Uwahoze ari umunyapolitiki wo muri Sudani ushakishwa na ICC kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu yavuze ko we n’abandi bahoze ari abayobozi batakiri muri gereza nyuma y’amakuru avuga ko batorotse . Ahmad Harun yari mu bafungiye muri gereza ya Kober mu murwa mukuru Khartoum bakurikiranywe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC). Amakimbirane akomeje kubera muri Sudani yatangiye ku itariki […]

FARDC iravuga ko yabohoje imidugudu igera ku icumi yagenzurwaga na CODECO

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata, FARDC yabohoje imidugudu igera ku icumi hamwe n’uduce tumwe na tumwe twa komini ya Mungwalu byagenzurwaga n’inyeshyamba za CODECO muri Teritwari ya Djugu (Ituri) . Ibi bice byabohojwe mu bikorwa bya gisirikare byatangiye mu minsi itanu ishize muri kano karere gaherereye nko mu birometero ijana mu majyaruguru […]

Abanyamakuru bajyanye na Minisitiri w’Intebe w’u Burundi mu mahanga banze gutaha

Abanyamakuru babiri ba radiyo na televiziyo bya Leta y’u Burundi (RTNB) bajyanye na Minisitiri w’Intebe, Gervais Ndirakobuca, mu ruzinduko yagiriye mu Butaliyani muri uku kwezi banze gutaha. Aba ni Anicet Niyonkuru usanzwe utangaza amakuru na Frank Niyungeko usanzwe afata amafoto n’amashusho. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko aba banyamakuru bajyanye na Minisitiri w’Intebe mu Butaliyani […]

Kacyiru: Urusaku ruturuka mu kabari Bonk Bar rurembeje abaturage bagaturiye

op.jpg

Bamwe mu batuye ku Kinamba mu Murenge wa Kacyiru hafi n’Akabari Bonk Bar bavuga ko bamaze igihe kirenga imyaka itanu batazi uko ibitotsi bimera kubera imiziki ihacurangirwa mu ijoro, hakaniyongeraho n’urusaku rw’indaya zitabira amacumbi y’ako kabari . Akabari ka Bonk bar kari mu Mudugudu w’Inkingi, hejuru y’umuhanda ku Kinamba. Urebeye ku muhanda munini, uhabwirwa n’amatara […]

RDF yibarutse irushanwa rishya rigiye gukinwa bwa mbere

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko cyibarutse irushanwa Liberation Cup Tournament rijyanye n’umunsi wo Kwibohora, rikazasozwa ku wa 04 Nyakanga ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza ku nshuro ya 29 umunsi wo kwibohora. RDF yateguye iri rushanwa nyuma y’uko imikino ya gisirikare ya 2022/23 yasojwe muri Mutarama uyu mwaka igenze neza; ibyatumye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u […]

Itandukana rya Platini n’umugore we rikomeje kuba igitaramo

img-20210328-wa0021-4685371616916744.jpg

Muri iyi minsi nta kindi gikomeje kuvugwa mu myidagaduro, uretse inkuru y’itandukana ry’umuhanzi Nemeye Platini uzwi nka (Platini P) na Olivia Ingabire bari bamaranye imyaka 2. Itandukana ry’aba bombi ryasakaye mu bitangazamakuru mu ntangiro z’icyi cyumweru, nyuma y’uko uyu muhanzi amenye ko umwana yari azi ko yabyaranye n’uyu mugore atari uwe. Incamake y’uko yamenye ko […]

Mube maso, abavugabutumwa benshi ntibazi Imana

Muri Kilifi hakomeje kuboneka imirambo myinshi y'abishwe n'inzara bari mu masengesho

Biba ari agahomamunwa kubona cyangwa kumva umurimo w’ivugabutumwa witirirwa Imana yaremye Isi n’abayituyemo ugereranwa n’icyaha cy’iterabwoba, gucuruza abantu cyangwa se ubwambuzi bushukana. Abakurikiranira hafi amakuru yo muri Kenya, mwamenye iby’umushumba witwa Paul Mackenzie ukurikiranyweho gusaba abayoboke b’itorero rye kutarya kugira ngo bahure na Yesu, bakabyemera, bikaviramo urupfu abarenga 70, baje gushyingurwa mu ibanga mu ishyamba […]

Abanyarwanda 2 bangiye Leta y’u Rwanda ko ibavana muri Sudani

Leta y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda babaga muri Sudani bose bamaze kuhavanwa, uretse babiri bahisemo gukomeza kuba ku butaka bw’iki gihugu ku bushake bwabo. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yabwiye The New Times ko Abanyarwanda 36 ari bo Leta y’u Rwanda yamaze kuvana muri Sudani ibajyana i Cairo mu Misiri; mu rugendo rw’amasaha 30 […]

Gen. Nyagah yatangaje ko hari ibibazo adakwiye kubazwa kuri M23

Umuyobozi w’ingabo z’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba zikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (EACRF), Maj. Gen. Jeff Nyagah, yahakaniye abakomeje kumubaza ibibazo bya politiki byerekeye ku mutwe witwaje intwaro wa M23. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Goma kuri uyu wa 24 Mata 2023, Gen. Nyagah yabajijwe niba […]