Musanze: Aravuga ko abo kwa nyirabukwe bamuriganyije umutungo

Nyirasekuru aravugwa ko yagambaniwe n'abo kwa nyirabukwe

Umugore witwa Mukasekuru Marie Louise utuye mu mudugudu wa Kadahenda, akagari ka Birira, umurenge wa Kimonyi mu karere ka Musanze avuga ko ari mu karengane aterwa n’inzego zitandukanye zirimo n’ubutabera nyuma y’uko umugabo we w’isezerano Niyonshuti Jean Baptiste amutanye umwana babyaranye ndetse akanagenda amutwaye ibyangombwa byose baguriyeho umutungo basangiye ahubwo ukegurirwa na nyirabukwe witwa Mayiwana […]

Cabo Delgado: Perezida Kagame aremeza ko ibibazo by’umutekano byakemutse kuri 80%

Perezida Kagame mu kiganiro nabanyamakuru, hamwe na Hichilema

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibibazo by’umutekano muke mu ntara ya Cabo Delgado iri mu majyaruguru ya Mozambique bimaze gukemuka byibuze ku kigero cya 80%. Iyi mibare yayitanze kuri uyu wa 21 Kamena 2023 ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru hamwe na Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema wasuye u Rwanda. Umukuru w’Igihugu yasobanuye ko kubera uruhare […]

Basketball: u Burundi bwisasiye u Rwanda

Ikipe y’Igihugu ya Basketball yatsinzwe n’iy’u Burundi amanota 53-52. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa nyuma mu yo gushaka itike yo guhagararira Akarere ka Gatanu mu Mikino Nyafurika, FIBA Zone 5 AfroCan Qualifiers. Ni imikino yaberaga i Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzania. U Rwanda rwari rwayitangiye rutsinda amakipe ya Eritrea, Sudani y’Epfo […]

Musanze: Major General Kagame yasuye ingabo z’u Burundi

Uyoboye ingabo zu Burundi yasobanuraga uko bari kwitwara muri iyi myitozo

Umugaba wungirije w’Inkeragutabara akaba na komanda w’ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika yiburasirazuba (EAC) ziri gukorera imyitozo ihuriweho mu karere ka Musanze, Major General Andrew Kagame, yasuye izu Burundi aho ziri gukorera. Nk’uko ibiro byingabo zu Burundi bibyemeza, Maj. Gen. Kagame yasuye aba basirikare kuri uyu wa 21 Kamena 2023, aho yagiye gukurikirana imikorere yabo […]

Uganda yataye muri yombi umusore umaze igihe yigamba kuba icyihebe cya ADF

Inzego z’umutekano za Uganda ku wa Kabiri zataye muri yombi umusore witwa Kalenzi Resto, nyuma yo gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaramo yigamba kuba icyihebe cya ADF. Polisi ya Uganda ku wa Kabiri yatangaje ko Resto w’imyaka 25 y’amavuko yafatiwe ahitwa Lugazi. Mu mashusho uyu musore yaherukaga gukwirakwiza ku rubuga rwa TikTok, yumvikana avuga ko […]

Rwanda, Zambia zinatazamia kuimarisha ushirikiano wa kusini na kusini

Rwanda na Zambia zimekuza ushirikiano thabiti kwa miaka mingi, na kufanya maendeleo makubwa katika kutekeleza mikataba mbalimbali ya ushirikiano. Licha ya misukosuko ya hivi majuzi ya kimataifa ambayo imeathiri uchumi wa Afrika, mataifa yote mawili yamevumilia, yakilenga kuendeleza mafanikio yao huku yakitafuta kuimarisha ushirikiano kati ya changamoto zinazoendelea za kiuchumi, Rais Paul Kagame amesema . […]

Umusenateri arashinja u Rwanda gushaka kubuza SADC kohereza ingabo muri RDC

Senateri Francine Muyumba wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo arashinja u Rwanda gukora ibishoboka ngo ruburizemo umugambi w’Umuryango wa SADC wo kohereza ingabo mu burasirazuba bw’igihugu bukomeje kuvugwamo imirwano ya hato na hato hagati y’umutwe wa M23 ndetse n’igisirikare cya FARDC n’imitwe y’inyeshyamba ikorana nacyo . Uyu musenateri abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter […]

Ibintu 5 biganisha ku mibonano mpuzabitsina bisaza abagabo

Abagore benshi ntibazi ko hari ibintu bashobora gukora bigatuma abagabo babo baca ukubiri no kubaca inyuma.Niba uri umugore ugakorera umugabo ibi bintu tugiye kugarukaho biragoye ko wazahora mu ntonganya winubira ko aguca inyuma. 1.Gutuma umugabo ashaka imibonano Muri rusange ku bantu bakundana imibonano ni ingenzi, iyo rero umugore akunda kugira umwihariko wo gukurura umugabo ku […]

Aba ni bo bantu basigaye muri 27 batangije urugamba rwo kubohora Uganda

102b9521-e44b-4d01-bda0-ae04c084a1f6.jpg

Mu bantu 27 bagabye igitero ku Kigo cya Gisirikare cya Kabamba cyatangije urugamba rwo kubohoza Uganda mu 1981, hasigayemo 7 bakiri bazima nyuma y’urupfu ruheruka rwa Elly Tumwiine ndetse na Col. (Rtd) Jack Mucunguzi watabarutse ku Cyumweru gishize azize indwara ya cancer . Jack Mucunguzi yari umwe mu bantu bari mu buyobozi bw’inyeshyamba za NRA […]

U Bufaransa bwongeye kwamagana u Rwanda buruhora M23

Leta y’u Bufaransa yasabye ihagarara ry’icyo yise “ubufasha bwa gisirikare u Rwanda rukomeje guha umutwe wa M23”, inamagana urugomo imitwe itandukanye ikomeje gukorera mu burasirazuba bwa Congo. U Bufaransa bwongeye gushyira u Rwanda mu majwi binyuze mu itangazo ryasohowe na Minisiteri yabwo y’Ububanyi n’Amahanga. Iri tangazo ryo ku wa Kabiri rivuga ko “u Bufaransa buhangayikishijwe […]

N’Golo Kante mu nzira zikurikira Karim Benzema mu ikipe ya Al-Ittihad

Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Chelsea N’Golo Kante, yamaze gufata umwanzuro werekeza mu gihugu cya Soudi Arabia mu ikipe ya Al-Ittihad aho agiye gusanga mugenzi we Karim Benzema umaze igihe gito yasinyanye nayo amasezerano yo kuyikinitra. Ni nyuma y’uko uyu musore w’imyaka 32 biteganyijwe ko amasezerano ye,azarangira mu mpera z’uku kwezi kwa […]

Musanze: Umubyeyi mu ihurizo rikomeye nyuma yo kwibaruka 3 icya rimwe

Nyiranzabonimpa Julienne w’imyaka 21 wo mu mudugudu wa Karinzi, akagari ka Kabeza mu murenge wa Cyuve ubana mu buryo butemewe n’amategeko na Harerimana Dieudonné, aratabaza avuga ko yahuye n’ikibazo gikomeye cyo kwibaruka abana batatu icya rimwe kandi yarasanganwe n’undi umwe kandi ntacyo afite cyo kubareresha. Ubwo yavuganaga n’umunyamakuru wa BWIZA, Nyiranzabonimpa, n’intimba nyinshi n’agahinda, yavuze […]

Nkundimana warokotse igitero cyo mu 2011 yinjiye muri Marine ya USA

Nkundimana Binene Claude ukomoka muri Minembwe/i Mulenge muri Repubulika ya demukarasi ya Congo yinjiye ku mugaragaro mu gisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika kirwanira mu mazi, US Marines, tariki ya 17 Kamena 2023. US Marine, ibinyujije kuri Twitter, yasobanuye ko Nkundimana yageze muri USA nk’impunzi mu 2011 nyuma yo gutabarwa n’ingabo ziri mu butumwa […]

Umutoza w’Amavubi ngo nta kibazo abona cyatuma aba umushomeri

Nyuma y’uko amavubi akomeje kugaragaza umusaruro mucye, umutoza wayo ngo nta bwoba n’igishyika afite cyo kuba byatuma aba umushomeri nk’uko abantu benshi babitekereza.Avuga ko kandi adateze kuba umutwaro ku gihugu cy’u Rwanda kuko ngo ari inyangamugayo n’umunyakuri bityo ko yumva atagira uwo abangamira. Ati”Nta bwoba mfite,ndi umugabo w’umunyakuri ushobora kunkunda cyangwa ntunkunde ariko ndi umunyakuri. […]

Le suspect de génocide Kayishema demande l’asile en Afrique du Sud

Fulgence Kayishema, un suspect de génocide accusé d’avoir ordonné la mort brutale de 2 000 personnes lors du génocide de 1994 contre les Tutsi au Rwanda, a comparu devant le tribunal d’instance du Cap le mardi 20 juin. Son avocat a révélé que Kayishema avait l’intention de demander l’asile en Afrique du Sud pendant son […]

Kayishema Fulgence ukekwaho Jenoside yasabye ubuhungiro

Kayishema uri muri ba ruharwa bashakishwa kubera uruhare bakekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yasabye ubuhungiro igihugu cya Afurika y’Epfo yari amaze imyaka irenga 20 yihishemo. Byatangajwe n’umunyamategeko we ku wa Kabiri tariki ya 20 Kamena. Mu kwezi gushize ni bwo uyu mugabo ukekwaho kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi barenga 2,000 bari bahungiye muri Kiliziya […]

Taiwan iremeza ko u Bushinwa bufite umugambi wo kwivanga mu matora yabo

Raporo y’umutekano w’imbere mu gihugu yasuzumwe na Reuters, iravuga ko Guverinoma ya Taiwan ivuga ko u Bushinwa buzagerageza kwivanga mu matora y’ingenzi yo muri Mutarama butera inkunga mu buryo butemewe abakandida b’inshuti za Beijing bakoresheje porogaramu z’itumanaho cyangwa ingendo mu matsinda . Guverinoma ya Perezida Tsai Ing-wen yaburiye kenshi ko u Bushinwa buzagerageza guhindura ibitekerezo […]

Makanyaga yavuze ku burwayi bw’amayobera bwamwibasiye akabikwa ari muzima

Umuhanzi Makanyaga Abdul umenyerewe mu ndirimbo zo hambere yavuze ko byasabye ko kwa muganga bamuhisha abaje kumureba ngo kugirango hadakomeza gukwirakwira ibihuha ko yaba yitabye Imana. Mu minsi ishize, nibwo hamenyekanye amakuru ko uyu muhanzi yaba arembye bikomeye, ndetse bamwe batangira gukwirakwiza ibihuha ko uyu mugabo yaba yashizemo umwuka. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru mu ntangiro […]