Ruhango: Abanyamakuru bagabiye umuturage inka

Muhizi uhagarariye abanyamakuru bakorera mu ntara y'Amajyepfo

Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023, abanyamakuru bakorera mu ntara y’Amajyepfo bagabiye uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi inka ndetse banatanga ubufasha burimo ibiribwa. Mu kagari ka rwoga umurenge wa Ruhango ni ho hatuye umuturage witwa Sendakize Joseph, akaba ari we wagabiwe inka. Yavuze ko byamushimishije kandi bigiye kumuhindurira imibereho. Ati: ”Nkurikije uburyo nahingaga sineze kubera kubura […]

Umunyamakuru wanenze abayobozi ba Karongi afungiwe mu nzererezi

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain ukorera mu ntara y’Uburengarazuba amaze iminsi ine afungiwe mu kigo gifungirwamo by’agateganyo inzererezi cya Tongati Transit Center nyuma y’aho anenze abagize komite nyobozi y’akarere ka Karongi. Umuyobozi w’ikinyamakuru Rwanda News 24 gikorera muri iyi ntara avuga ko tariki ya 9 Nyakanga 2023 yagiranye ikiganiro n’uyu munyamakuru, Ngoboka anenga imyigire y’abayoboye Karongi, kandi […]

Harry Maguire issues a statement after losing Manchester united captaincy

Manchester United manager, Erik ten Hag, has stopped defender Harry Maguire of the captaincy amid reports for the Englishman to move to Westham United. Ten hag is expected to announce a new captain in due course. Maguire said that he was very saddened by being stripped of captaincy, but he was determined to continue to […]

APR FC yabonye abatoza bashya

Ikipe ya APR FC yamaze kubona abatoza bakomoka mu gihugu cy’u Bufaransa bayobowe na Thierry Froger. Uyu mutoza w’imyaka 60 y’amavuko yatoje amakipe atandukanye arimo TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na USM Alger yo muri Algerie. Froger kandi yatoje Arta Solar7 yo muri Djibouti. Uyu mutoza wari uhanganiye gutoza APR FC […]

Ingabo za Koreya ya Ruguru zataye muri yombi umusirikare w’Umunyamerika

Ingabo za Koreya ya Ruguru zataye muri yombi umusirikare ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika ubwo yarengaga urubibi avuye muri Koreya y’Epfo. Inkuru y’itabwa muri yombi ry’uyu Munyamerika yatangajwe n’urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rugenzura igice kitagira nyiracyo kiri hagati ya Koreya ya Ruguru n’iy’Epfo, mu itangazo rwageneye abanyamakuru kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023. Uru […]

Imikino ya Francophonie: Abayitabiriye binubiye uko ibikorwa remezo bihagaze i Kinshasa

Ibihugu byitabiriye imikino ya La Francophonie muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye kwinubira ahantu byakiriwe ndetse n’imyiteguro yakozwe n’iki gihugu kugirango izagende neza, nyuma y’aho ibihugu bimwe byanze kuyitabira ibindi bikagabanya umubare w’abagombaga kubihagararira . Umwe mu bayoboye abakinnyi baturutse muri Burkina Faso, Coach Seydou Yacknaba, yabwiye itangazamakuru ko bakiriwe neza ariko bageze aho […]

Umunya-Pakistan yishe umugandekazi nyuma yo gupimisha DNA agasanga umwana si uwe

Igipolisi cya Uganda gifashe umunya-Pakstan bivugwa ko yishe umugore we akamuhisha ibisigazwa bye mu kigega bashyiramo amazi.Nk’uko abapolisi babitangaza, Waeed Taheed, utuye mu Karere ka Mpigi, yatangaje ibura ry’umugore we Monica Nabukenya w’imyaka 25, ku ya 16 Nyakanga 2023 avuga ko atazi aho yaburiye. Ni nyuma y’uko Taheed ngo yakekaga Nabukenya ubuhemu bwamuteye gufata umwana […]

Ndayishimiye yandagaje abacamanza baburanishije umunyeshuri ukekwaho gukopera ibizamini

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yandagaje abacamanza mu rukiko rukuru rwa Kirundo baherutse kuburanisha umunyeshuri wo mu mashuri yisumbuye, Christelle Ndayishimiye, ukekwaho gukopera ibizamini. Uyu munyeshuri yatawe muri yombi, aburanishwa icyaha cyo “kumena amabanga y’akazi”, urukiko rukuru rumukatira igifungo cy’agateganyo, ajyanwa muri gereza ya Ngozi, ariko nyuma aza gufungurwa nyuma y’aho ikibazo cye giteje impaka […]

FPR yamaganye iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ryabereye i Musanze

Itangazo rya FPR ryamagana iyimikwa ry'Umwami w'Abakono

FPR Inkotanyi yamaganye umuhango w’iyimikwa ry’uwiswe ‘Umwami w’Abakono’ Kazoza Rushago Justin ryabereye mu murenge wa Kinigi w’akarere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023. Uyu muhango bivugwa ko witabiriwe n’abantu batandukanye barimo n’abayobozi mu nzego z’ibanze, abanyamadini, ndetse kandi ngo harimo n’abanyamuryango b’iri shyaka. FPR yagize iti: “N’ubwo hari intambwe yatewe, hari ibikwiriye gukosorwa kuko […]

Kabila yasubije Museveni ko ari we wateje umutekano muke mu karere

Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demukarasi ya Congo kuva mu mwaka w’2001 kugeza mu 2019 yasubije Perezida Yoweri Museveni wa Uganda ko ari we wateje akarere ibihugu byombi biherereyemo ibibazo. Kabila yabitangarije Reuters asubiza Museveni uherutse gutangaza ko ubutegetsi bwe ari bwo bwatumye umutwe wa ADF wongera kwisuganya kandi wari warashegeshwe n’ingabo za Uganda mu […]

Nyamasheke: Abayobozi babiri bahagaritswe by’agateganyo

Ndanga Janvier yahagaritswe amezi 3 adahembwa, bivuga ko yazize amabati

Ndanga Janvier uyobora ishami ry’imibereho myiza y’abaturage ku karere ka Nyamasheke yahagaritswe by’agateganyo amezi 3, Tuyishime Augustin ushinzwe iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza (SEDO) mu kagari ka Gakenke, umurenge wa Rangiro ahagarikwa amezi 2, bombi badahembwa, nk’uko amabaruwa abahagarika abivuga. Amakuru Bwiza.com yakuye muri bamwe mu bakozi b’aka karere bakorana bya hafi n’uyu Ndanga Janvier, n’ab’umurenge […]

Hamisa Mobetto yaciye amarenga yo kurongorwa n’umugabo wamuguriye Range Rover

30926919_570623566642579_6999058240042434560_n-64612-9be20.jpg

Umunyamideli akaba n’umushabitsi wo muri Tanzaniya, Hamisa Mobetto, yatangaje ko agifite ikizere cyo gushyingirwa, nubwo atarasabwa ngo anakobwe ariko icyizere cyo kiracyahari kuko akiri muto.Mobetto, ufite abana babiri harimo n’uwo yabyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz, yavuze ko yemera ko igihe cy’Imana ari cyo kizabigena bityo akaba agitegereje.Ati: “Nta mugore udashaka kurongora, nanjye rero ndategereje”. Mu ruhererekane […]

Dix enfants se sont noyés à  Nyabarongo, un homme en garde à  vue

La Police nationale du Rwanda (RNP) est actuellement engagée dans une recherche continue de dix enfants qui se sont tragiquement noyés dans la rivière Nyabarongo le lundi 17 juillet . Dans une interview ce matin, John Bosco Kabera, le porte-parole du RNP, a fourni des détails sur le malheureux incident survenu à  17 heures dans […]

Ibura rya Minisitiri w’intebe wa Jersey uri mu Rwanda n’umwungirije ryateje urunturuntu

Minisitiri w’intebe wa Jersey Kristina Moore n’umwungirije, Kirsten Morel, bombi babuze mu nama ya nyuma y’abagize guverinoma mbere y’ikiruhuko, bituma bibasirwa cyane n’abanyapolitiki bagenzi babo . Kristina Moore arabarizwa mu Rwanda aho yitabiriye inama ku buringanire n’uburenganzira bw’abagore izwi nka “Women Deliver”, mu gihe umwungirije, Kirsten Morel yagiye mu biruhuko by’umuryango mu Bugereki. Mu ibaruwa […]

Hasigaye iminsi mike cyane hagasozwa kwandika abazatangira kuya 01/08/2023

whatsapp_image_2023-07-07_at_17.38_06_3_.jpg

IFA SPEAK & TECH ACADEMY iramenyesha ko ikiciro gishya kizarangiza kwiyandikisha kwiga icyongereza, toefl, ielts tariki ya 01/08/2023, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ribafasha kumenya TOEFL, IELTS na DUOLINGO , […]

Kwizera Emmanuel yishwe azira kutishyura inkwano

Umugabo w’imyaka 35 y’amavuko witwa Kwizera Emmanuel wari utuye mu karere ka Kiruhura muri Uganda yishwe n’abo mu muryango wa sebukwe, bamuhora kuba yaranze kwishyura inkwano y’umukobwa wabo. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yatangaje ko Kwizera yakubiswe kugeza apfuye ubwo yari yagiye gucyura umugore we wari warahukanye. […]

Polisi y’u Rwanda n’iya Singapore birakataje mu gushimangira ubufatanye

csm_0u8a5562_ee0c105213.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nyakanga, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, habereye inama yahuje Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye n’abayobozi bakuru bo muri Polisi y’u Rwanda . Ni inama igamije gushimangira ubufatanye, yayobowe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye na mugenzi […]

Madamu wa Perezida Ndayishimiye ategerejwe mu nama ya Women Deliver i Kigali

Madamu wa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Angeline Ndayubaha, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kabiri aho aza kwitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere (Women Deliver). Ni inama iri kubera i Kigali kuva ejo ku wa Mbere tariki ya 17 Nyakanga 2023. Perezidansi y’u Burundi mu itangazo yasohoye yemeje ko Angeline Ndayishimiye […]

Nyarugusu (Tanzaniya): Impunzi y’Umunyamulenge yishwe izira M23

Impunzi y’Umunyekongo ikomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge yari iherutse kugera mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu, yo mu gihugu cya Tanzania, mu gitondo cyo kuwa Kane ushize yiciwe muri iyi nkambi n’abantu bitwaje imbunda bambaye imyambaro y’igipolisi n’iya gisivili bamushinja gushyigikira M23 . Amakuru agera ku rubuga SOSMediaBurundi dukesha iyi nkuru, avuga ko yakekwagaho kuba umusirikare wa […]

Harry Maguire yariye karungu

Erik Hag utoza Manchester United yambuye myugariro Harry Maguire inshingano zo kuba Kapiteni, mu gihe hari amakuru akomeje kwerekeza uyu Mwongereza muri West Ham United. Biteganijwe ko Ten Hag azatangaza kapiteni mushya mugihe gikwiye, ariko umwirondoro yirinze kuwushyira hanze. Maguire yavuze ko yababajwe cyane no kwamburwa kuba kapiteni, ariko yiyemeza gukomeza gutanga ibishoboka byose muri […]

Israel yemeye ko Sahara y’Iburengerazuba ari ubutaka bwa Maroc

Israel yemeye ubusugire bwa Maroc ku butaka butavugwaho rumwe bwa Sahara y’Iburengerazuba, nk’uko Guverinoma ya Maroc ndetse n’itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel bivuga . Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Nyakanga, Rabat yavuze ko Israel itekereza gufungura ambasade i Dakhla. Itangazo ry’ingoro ya cyami ya Maroc rivuga ko aho Israel ihagaze yabigaragaje […]

Jose Chamelione yavuze akari imurori ku bashatse kungukira ku burwayi bwe

Umuhanzi Jose Chamelione uherutse kuva mu bitaro muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yavuze ko hari abashakaga ko akomeza kurwara kugirango umuryango we uzime ukene. Yunze mu rya Se nawe wigeze kuvuga ubwo uyu muhungu we yari mu bitaro ko hari abakomeje kumwifuriza inabi nkaho aribo bamuremye.Icyo gihe uyu mugabo yavugaga ko umuryango we ukomeje […]

Ukraine: Ibitero bya drones na misile ballistique byibasiye amajyepfo n’uburasirazuba

Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko byatangajwe n’ingabo zirwanira mu kirere muri Ukraine mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri. Umuyobozi w’umujyi yavuze ko inkongi y’umuriro yibasiye imwe mu “nyubako” […]