Nyamasheke: Umukobwa yishwe atewe icyuma, anajanjaguwe umutwe

Uzabakiriho wafashwe bwa mbere

Kuri sitasiyo ya RIB ya Gihombo mu karere ka Nyamasheke, hafungiye abagabo 2 bakekwaho kwica umukobwa w’imyaka 34 witwaga Nyiranzabandora Peruth, wo mu mudugudu wa Kamina, akagari ka Mutongo, umurenge wa Macuba mu karere ka Nyamasheke, umurambo we wasanzwe mu nzu idatuwemo, mu mudugudu wa Rwabisindu, akagari ka Kibingo, umurenge wa Gihombo muri aka karere, […]

Afro-Basket: Nigeria yandagarije u Rwanda mu maso ya Perezida Kagame

Ikipe y’Igihugu ya Nigeria y’abagore yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya Basketball kiri kubera muri BK Arena, nyuma yo gusezerera u Rwanda bari bahuriye muri ½ ku manota 79-48. Ni umukino ikipe y’u Rwanda yakiniye imbere ya Perezida Paul Kagame wari wagiye kuyishyigikira aherekejwe n’umukobwa we Ange Kagame ndetse n’abuzukuru be. Umukuru […]

Rulindo: Uwahoze ari ‘Local Defense’ yiyahuje grenade

Sinabamenye Protais wahoze ari umukozi w’urwego rwa Local Defense rwahoze rushinzwe umutekano, yiturikirijeho igisasu cya grenade arapfa. Byabereye mu kagari ka Musezero ho mu murenge wa Tumba w’akarere ka Gicumbi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Kanama 2023. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Tumba, Rutazigwa Théodore, yatangaje ko bikekwa ko grenade yaturikanye […]

Kigali: Ahangayikishijwe n’isomwa ry’urubanza rwe risubitswe gatanu

Mukansabimana Emeritha utuye mu murenge wa Kabacuzi, akarere ka Muhanga aravuga ko isomwa ry’urubanza rw’imitungo (ikibanza n’inzu 4 zubatsemo) iherereye mu kagari ka Kamuhoza, umurenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge, aburana n’uwitwa Bazubagira Angelique. Mu kiganiro na BWIZA TV, Mukansabimana yagize ati: “Imitungo hashize igihe kinini tuyiburana, imyaka 7 tuburana iyo mitungo. Urubanza rwatangiye […]

Intambara yo kwandagazanya hagati ya Harmonize na Kajala wari umukunzi we

Umuriro wongeye kwaka hagati y’Umuhanzi Harmonize na Kajala bahoze bakundana bapfa ko uyu mugore yagiye ku mbuga nkoranyambaga agatangira kwitaka yigira mwiza yarangiza akamwanduriza izina. Ibyo Kajala yavuze mu kiganiro yari yise “Behind the Gram” yagaragaje ko atigeze aryoherwa n’urukundo ubwo yari akiri mu maboko y’uyu muhanzi ko byasaga no kwihambira, mu gihe Hamonizer we […]

President Rajoelina expected on official visit to Rwanda

The President of the Republic of Madagascar, Andry Rajoelina, will make an official visit to Rwanda on August 7 and 8, announced the report of the Council of Ministers of Wednesday August 2. This trip follows the invitation of Rwandan President Paul Kagame, an African president who was a special guest of Madagascar during the […]

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar na madamu we bategerejwe mu Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Madagascar, Andry Rajoelina na madamu we, bazasura u Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri guhera ku itariki ya 7 kugeza ku ya 8 Kanama 2023. Uru rugendo rukurikiye ubutumire bwa Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wari Perezida wo muri Afurika wari umushyitsi udasanzwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bwa Madagascar […]

Perezida Ndayishimiye yateguje ko agiye gushaka abavoka bamufasha kuburana

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yateguje ko agiye gushaka abavoka bamufasha kuburana n’abacamanza banze kuburanisha imanza n’abaziciye ntibagenzure niba zarashyizwe mu bikorwa. Ibi yabitangarije abanyamakuru i Bujumbura ku mugoroba wo kuri uyu wa 3 Kanama 2023 ubwo yari avuye mu ruzinduko yagiriye mu Burusiya, u Bushinwa na Ethiopia. Uyu Mukuru w’Igihugu yasobanuye ko ubwo yari […]

Rayon Sports yatandukanye na Jonathan Ifunga Ifasso

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’umunye-Congo Jonathan Ifunga Ifasso, nyuma yo gusesa amasezerano ye. Mu kwezi gushize ni bwo uyu musore ukina nka numéro 10 yari yasinye amasezerano yo gusinyira Murera mu myaka ibiri iri imbere. Ifasso mbere yo kuza muri Rayon Sports yari yaramaze kunyura mu makipe arimo AS Nyuki Dauphins Noir na […]

Ishimwe rya Miggy kuri Gen Kabarebe wamuhinduriye ubuzima

Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye muri ruhago nyarwanda yashimiye Gen James Kabarebe, nyuma yo kumuhindurira ubuzima bwatumye aba uwo ari we uyu munsi. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo Miggy wamenyekanye cyane mu makipe arimo APR FC ndetse n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yatangaje ko asezeye ku mupira w’amaguru, nyuma y’imyaka ibarirwa muri 20 awukina. Miggy uvuka ku […]

Rubavu: Hari abatavuga rumwe n’ubuyobozi bushaka kubatuza muri 50m uvuye kuri Sebeya

Nyuma y’uko imvura yo muri Gicurasi uyu mwaka wa 2023 igashegeshe intara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bw’aka Karere bwanzuye ko nta mu turage wemerewe gutura mu ntera iri munsi ya 50m uturutse ku mugezi wa Sebeya. Ibi bigarutsweho mu gihe habura iminsi micye ngo igihe cy’imvura y’umuhindo isanzwe igwa muri […]

Uko Abafaransa n’Abanyamerika basahuye Haiti bakayishora mu bukene izigobotora biyigoye

Iperereza ryakozwe na “New York Times” ryerekana amateka y’umwenda uhambaye Haiti yashyizwemo ku ngufu kandi risobanura cyane cyane uburyo u Bufaransa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byategetse iki gihugu kwishyura amamiliyoni amagana y’amayero nyuma y’ubwigenge mu 1804. Ku itariki ya 1 Mutarama 1804, Abanyahayiti batangaje ubwigenge bwabo nyuma y’imyivumbagatanyo y’abacakara barwanya abakoloni b’Abafaransa. Nyuma […]

Busingye yagaragaje impamvu Ange Kagame yahawe akazi muri Perezidansi

Ambasaderi w’u Rwanda mu bwami bw’u Bwongereza, Busingye Johnston, yagaragaje impamvu byari ngombwa ko Ange Kagame ahabwa akazi mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame. Ange yagizwe umuyobozi wungirije w’akanama gashinzwe ingamba na politiki muri ibi biro. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame, yateranye tariki ya 1 Kanama 2023. Ikinyamakuru BBC, […]

Abahanga bagaragaza ko imyumbati ishobora gusimbura umuceri mu mirire

Imyumbati ni kimwe mu biribwa ngandurarugo bifasha umuryango kwihaza mu mafanguro dore ko ifasha abayiriye kugira imbaranga.Abahanga bagaragazako imyumbati ishobora gusimbura imyumbati kuko bijya kunganya intungamubiri. Cyera byavugwaga ko imyumbati yaribwaga n’abatishoboye ariko kuri ubu iyo witegereje kuri ubu usanga ibona umugabo igasiba undi bitewe n’impamvu zitandukanye.Mu ntungamubiri zibonekamo twavuga ibyongera ingufu, poroteyine, ibinure, ibinyasukari, […]

Abanyarwanda barenga 200 bafungiwe muri Zambia

Abantu bo mu bihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari birimo n’u Rwanda bafungiwe muri Zambia, nyuma yo gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano ndetse n’izishinzwe abinjira n’abasohoka. Ku Cyumweru gishize ni bwo muri Zambia by’umwihariko i Lusaka mu murwa mukuru habaye umukwabu wari ugamije gushakisha abadafite ibyangombwa. Ni umukwabu wakorewe mu nsengero eshatu zo mu gace […]

Rayon Sports yagaruye Héritier Luvumbu

Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yongereye amasezerano yo gukomeza gukinira Rayon Sports, nyuma yo gusoza ay’umwaka umwe bari bafitanye. Uyu mugabo ukina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu ni umukinnyi wa Rayon Sports kugeza mu mpeshyi y’umwaka utaha. Rayon Sports yahisemo kumwongerera amasezerano nyuma y’uko abenshi mu bakinnyi bayo by’umwihariko abakina hagati mu kibuga banenzwe […]

Spice Diana yikuye muri federasiyo y’abahanzi iyobowe na Eddy Kenzo

image_2023-08-02_011316199.png

Umuhanzikazi Spice Diana yemeje ku mugaragaro ko avuye muri federasiyo y’abahanzi ba Uganda bayobowe na Eddy Kenzo. Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga na Spark TV, avuga ko yahisemo kwegura ku mirimo ye nka Visi Perezida w’ungirije kuko federasiyo yari yataye intumbero yayibonagamo ubwo yahabwaga izo nshingano. Uyu muhanzikazi yagaragaje ko atengushywe anasobanura ko yatakaje icyizere cyose […]

Igisubizo gitangaje Kagame yahaye uwamubajije impamvu byari ngombwa ko u Rwanda rugira isuku

“Buri munsi Ntekereza kucyo byasaba Zimbabwe kugirango ihinduke. Byinshi mubyo ndeba mu gihe cy’urugendo rwanjye rwa buri munsi birataka biti: “Mpindura!” Mu gihe ntekereza icyo ibinzengurutse binsaba, narahindutse mu buryo bwinshi,” uyu ni Trevor Ncube, rwiyemezamirimo n’umunyamakuru wo muri Zimbabwe ubu ubarizwa muri Afurika y’Epfo akanakora inkuru kuri ibi bihugu byombi, mu gitekerezo cye gishingiye […]

Master Fire yasobanuye uko kuvogera amacumbi y’abakobwa byamugejeje IWAWA

Master Fire ubwo yabaga IWAWA azira kuvogera amacumbi y'abakobwa

Hakizimana Innocent wamenyekanye nka Master Fire mu gihe yigaga muri kaminuza y’u Rwanda yatangaje ko mu gihe yajyanwaga mu kigo ngororamuco cya IWAWA mu burengerazuba bw’igihugu, yaziraga kuvogera amacumbi y’abakobwa n’ubusinzi. Master Fire amaze iminsi avugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera ko nyuma y’imyaka 17 yiga muri kaminuza, agiye gusoreza amasomo i Byumba, aho yigaga […]

Nyamasheke: Idarapo ryari ryabuze ryasanzwe ritabye mu ifumbire

iri_darapo_ryari_ryabuze_ryasanzwe_mu_bishishwa_bya_soya_mu_murima_w_umuturage_yahashyiriye_kubyazwa_ifumbire__copy.jpg

Abagabo 5 bafunzwe bakekwaho uruhare mu kwibwa kw’idarapo ry’akagari ka Mubumbano,umurenge wa Kagano,akarere ka Nyamasheke, ryibwe mu gicuku cyo ku cyumweru tariki 30 Nyakanga, rikaboneka mu ma saa munani n’igice z’amanywa ku wa mbere tariki ya 31 Nyakanga, mu isambu y’umuturage,mu bishishwa bya soya yarundiye kugira ifumbire. Abaturage baganiriye na Bwiza.com,bayitangarije ko ryabonetse bahangayitse cyane,kuko […]

Niger: Amerika yategetse gucyura igice cy’abakozi ba ambasade yayo i Niamey

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zategetse kwimura igice cy’abakozi bazo muri Ambasade yazo muri Niger nyuma y’ihirika ry’ubutegetsi ryo mu cyumweru gishize. Abanyamahanga magana bamaze kwimurwa bava muri iki gihugu, kandi ku Cyumweru Ambasade y’u Bufaransa yibasiwe n’abigaragambyaga. Uwayoboye ihirika ry’ubutegetsi, Gen Abdourahamane Tchiani, yihanangirije “kwivanga kose mu bibazo by’imbere by’igihugu”. Niger ikungahaye cyane ku […]

USA: Donald Trump aratangira kuburanishwa ku cyaha cyo gushaka guhindura ibyavuye mu matora

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aragezwa mu rukiko kuri uyu wa Kane, aregwa umugambi wo kugerageza guhindura ibyavuye mu matora yo mu 2020. Ku mugoroba ubanziriza urwo rubanza, yamaganye uru rubanza avuga ko ari ikimenyetso kigaragaza “ruswa, urukozasoni, & kunanirwa” kwa Amerika ku butegetsi bwa Joe Biden. Umutekano urimo […]

Gufasha abaturage hashingiwe ku byiciro by’ubudehe byakuweho

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, MINALOC, yasabye inzego zitandukanye kutongera gutanga serivisi n’ubufasha ubwo ari bwo bwose hagendewe ku byiciro by’ubudehe bivuguruye kuko ibyo bitari mu mpamvu yatumye bishyirwaho. Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri ushinzwe imibereho y’abaturage, Ingabire Assumpta, kuri uyu wa 2 Kanama 2023 yibukije ko inama y’abaminisitiri yateranye mu Gushyingo k’umwaka ushize yemeje ko […]

Le prix du carburant au Rwanda a augmenté de plus de 120 Frw le litre

L’Autorité de régulation des services publics du Rwanda (RURA) a annoncé mercredi 2 aoà»t une augmentation des prix de l’essence, citant les ajustements du marché mondial du pétrole. à€ compter de jeudi, le prix de détail maximum de l’essence (Premium Motor Spirit) sera de 1 639 Frw le litre, soit une augmentation de 122 Frw […]