Uhuru Kenyatta ugenzwa n’ikibazo cya M23 yaganiriye na General Kainerugaba uyishyigikiye

Uhuru Kenyatta uri mu ruzinduko muri Uganda ashaka igisubizo cy’ikibazo cya M23 nk’umuhuza w’Abanyekongo washyizweho n’akarere, yahuye n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’umujyanama we mu bikorwa byihariye bya gisirikare, General Muhoozi Kainerugaba usanzwe ashyigikira uyu mutwe witwaje intwaro. Uyu munyapolitiki wabaye Perezida wa Kenya yageze muri Uganda tariki ya 5 Kanama 2023. Kuri uyu […]

Akarere ka Rubavu kiyemeje gushyira iherezo ku bukene bumaze igihe bunuma muri Etincelles FC

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwihaye umuhigo w’uko mu myaka itarenze itatu Etincelles FC izaba iri mu makipe ahatanira ibikombe, bwiyemeza kubanza gushyira iherezo ku kibazo cy’ubukene bumaze igihe bwugarije iyi kipe. Uyu muhigo ni umwe mu ijyanye n’imyanzuro yafatiwe mu nteko rusange y’iriya kipe yabereye kuri Stade Umuganda, ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama 2023. […]

Umunyamakuru Ngoboka aracyafungiwe mu nzererezi

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wakoreye ibinyamakuru bitandukanye aracyafungiwe mu kigo cy’inzererezi cya Tongati Transit Center giherereye mu karere ka Karongi mu ntara y’Uburengerazuba. Ngoboka yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano tariki ya 14 Nyakanga 2023. Byabanje kuvugwa ko yafatiwe mu kabari, ariko andi makuru avuga ko yafashwe ubwo yabazaga impamvu abantu bari gupakirwa muri Pandagari, abazwa ikarita […]

Ethiopia: Abayobozi barashinja inyeshyamba zo muri Amhara gushaka guhirika ubutegetsi

Umwe mu bayobozi bakuru muri Ethiopia yashinje inyeshyamba za Fano zo mu karere ka Amhara gushaka guhirika guverinoma z’intara ndetse na leta nkuru nyuma y’imirwano imaze iminsi yatumye abayobozi batangaza ko ibihe bidasanzwe. Mu mpera z’icyumweru gishize habaye imirwano hagati y’abarwanyi ba Fano n’Igisirikare cya Ethiopia (ENDF). Abatuye i Gondar, umujyi wa kabiri mu bunini […]

Rwanda inakadiria kusajili ukuaji wa juu zaidi wa Pato la Taifa katika kanda

Benki ya Maendeleo ya Afrika (AfDB) imetoa ripoti ambayo inatabiri kuwa Rwanda itapata ukuaji wa juu zaidi wa Pato la Taifa katika Afrika Mashariki mwaka 2024. Ripoti ya AfDB, iliyopewa jina la “Kuhamasisha Ufadhili wa Sekta Binafsi kwa Mabadiliko ya Tabianchi na Ukuaji wa Kijani,” inatabiri kuwa Pato la Taifa la Rwanda litakua hadi asilimia […]

Jose Mourinho yateye utwatsi ubusabe bumwerekeza muri Saudi Arabia

Umutoza Jose Mourinho yatangaje ko yanze ubusabe bw’amwe mu makipe yo mu gihugu cya Soudi Arabia, nyuma y’uko bamwemereye umushahara utubutse ariko ngo akawurenza ingohe. Avuga ko Al-Hilal na Al-Ahli,arizo kipe zamwegereye bakorana nama,ariko avuga ko adateganya kuva mu ikipe ya Roma ahubwo ako azakomezanya nayo muri iyi season nk’uko yabitangarije Corriere dello Sport. Gusa […]

Gen Tchiani n’ibyegera bye biyambaje Wagner

Itsinda ry’abasirikare baheruka guhirika ubutegetsi muri Niger, bitabaje umutwe w’abacancuro wa Wagner kugira ngo uzabahe umusada mu gihe baba bagabweho ibitero n’ibihugu by’amahanga byiyemeje kubohoza Perezida Mohamed Bazoum. Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Niger bitabaje Wagner biciye muri General Salifou Mody, icyegera cya Général Abdourahamane Tchiani ukuriye abasirikare bahiritse Bazoum. Gen Mody mu ruzinduko aheruka kugirira […]

Rutshuru: FDLR irashinjwa kujujubya abaturage ba Ishasha

Umutekano ukomeje guhungabana mu mujyi wa Ishasha, uherereye nko mu birometero 130 mu majyaruguru ya Goma, muri Gurupoma ya Binza, Teritwari ya Rutshuru. Ni umutekano mucye bivugwa ko uterwa n’imitwe yo kwirwanaho bakunze kwita “Wazalendo” ndetse n’inyeshyamba za FDLR zirwanira muri kariya gace, ariko zikagenzurwa n’igisirikare cya leta. Amakuru aturuka muri ako gace nk’uko iyi […]

Perezida Kagame yakiriye Rajoelina mu Rugwiro, baganirira mu muhezo

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye mugenzi we Andry Rajoelina wa Madagascar, mbere yo kugirana ibiganiro. Rajoelina ari mu Rwanda kuva ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama, mu ruzinduko rw’iminsi itatu ari kuhagirira. Ni uruzinduko yatumiwemo na mugenzi we w’u Rwanda, nyuma y’uko muri 2019 na we yari yasuye Madagascar. […]

Rema wabaye umugore wa Eddy Kenzo yakubise hasi ihuriro uyu mugabo ayoboye

Umucuranzi Rema Namakula yatangaje ko atigeze ahabwa ubutumire bwo kujya mu ishyirahamwe ry’abahanzi (UMNF) mu gihugu cya Uganda, bigatuma atemererwa kuba umunyamuryango. Byongeye kandi, Rema yagaragaje ko atishimiye intego za federasiyo, bituma atakaza kwizera ubushobozi bwayo. Ubu arimo arareba ingufu za federasiyo mu kuzamura imibereho y’abacuranzi mbere yo gufata icyemezo cyo kubigiramo uruhare. Ati: “Ntabwo […]

Dr Gitwaza ntiyumva icyo Abanyaburayi baba bakora mu nama ya AU

Apôtre Dr Gitwaza Paul uyobora itorero Authentic Word Ministries/Zion Temple Celebration Center ntabwo yumva icyo abo mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) baba bakora mu nama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU. Uyu muvugabutumwa ubwo yabwirizaga abayoboke b’itorero ayoboye kuri uyu wa 6 Kanama 2023, yagaragaje uburyo abakoloni basenye umugabane wa Afurika, baca abawutuye mo ibice […]

Ishyaka ry’Abakozi rirashinjwa kwitambika kohereza abimukira mu Rwanda mu nyungu za politiki

Suella Braverman yashinje Sir Keir Starmer, wo mu ishyaka ry’Abakozi, kuba arimo kugerageza “gusenya” imbaraga zo guhagarika amato mato y’abimukira yambuka English Channel. Iki gitero cy’Umunyamabanga ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu kije mu gihe hagaragaye amakuru mashya ku mibanire y’ishyaka ry’abakozi n’abavoka ndetse n’abakangurambaga igamije kuburizamo gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. Braverman yagize ati: […]

Perezida Andry Rajoelina yanyuzwe n’uburyo yakiriwe i Kigali

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yatangaje ko yanyuzwe n’uburyo yakiriwe mu Rwanda, mbere yo guhura na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama ni bwo Perezida Rajoelina yageze mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko yatumiwemo na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Perezida Rajoelina akigera i Kigali yakiriwe na Minisitiri […]

Amwe mu magambo y’ubwenge umusore yakoresha areshya umukobwa yabengutse

Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima akigaragaza. Hari igihe rero umusore ahobora kubona umukobwa akumva aramukunze ariko kumureshya bikamugora bitewe no kutamenya imvugo iboneye yakoresha ngo amwigarurire.Aya mugambo tugiye […]

ADEPR ikwiye kugira urwego rw’iperereza, ubushinjacyaha n’urukiko: Apôtre Mutabazi

Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice aravuga ko itorero ADEPR rikeneye inzego z’ubutabera zirimo urushinzwe iperereza, ubushinjacyaha n’urw’ubucamanza kugira ngo zikemure ibibazo biryugarije. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Radio 10, ubwo yavugaga ku ibaruwa yo ku wa 1 Kanama 2023 Pasiteri Ntakirutimana Théoneste yandikiye umushumba mukuru wa ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaie amubwira ati “Ndaguciye, uzakomeza kuyobora […]

Turi mu nzira zo gukomeza igisirikare cyacu – Jean Pierre Bemba

f2y_m4gwcaauojw.jpg

Kurinda Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yibasiwe n’u Rwanda ni ikibazo cya buri wese, nk’uko byavuzwe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ingabo, asoza urugendo rwe ku wa Gatandatu i Kisangani mu majyaruguru y’iburasirazuba bw’igihugu, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP. “Turi mu nzira zo gukomeza ingabo zacu. Ndabatera imbaraga(…) ”, uyu […]

Niger: Abahiritse ubutegetsi bategereje igisubizo cya ECOWAS nyuma y’aho nyirantarengwa bahawe irangiye

Kuri uyu wa Mbere, Niger itegereje igisubizo cy’umuryango w’ubukungu w’akarere ka Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS)nyuma y’uko abayoboye coup d’Etat i Niamey birengagije igihe ntarengwa bahawe cyo kugasubiza ubutegetsi perezida bahiritse, icyemezo umuryango waburiye ko gishobora kuganisha ku ikoreshwa ry’ingufu za gisirikare. Umuryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS) wavuze ko uza gusohora itangazo ku ntambwe ziza gukurikiraho […]

U Bwongereza bwamaze guhitamo ahandi bwakohereza abimukira, mu gihe mu Rwanda byakwanga

Guverinoma y’u Bwongereza yamaze guhitamo ahandi hantu yakohereza abimukira batemewe n’amategeko, mu gihe gahunda yo kubohereza mu Rwanda itakunda. Iyi guverinoma n’iy’u Rwanda muri Mata 2022 zagiranye amasezerano y’abimukira n’ubufatanye mu iterambere. Yari gutuma i Kigali hazanwa ababarirwa mu bihugu nk’uko byasobanuwe. Gusa iyi gahunda yagiye ikomwa mu nkokora n’inkiko zirimo urw’i Burayi rushinzwe uburenganzira […]