Palestine yatumye USA kuri Israel

Ibiro bya Perezida wa Palestine, Mahmoud Abbas, byasabe ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika gushyira igitutu kuri Israel kugira ngo ihagarike ibitero byayo mu ntara ya Gaza Strip. Ibi byavuzwe n’Umuvugizi wa Abbas, Nabil Abu Rudeineh, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24 kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. Nabil yatangaje ko […]

Urukiko rwafashe icyemezo gifunga Apôtre Yongwe iminsi 30 y’agateganyo

Umuvugabutumwa akaba n’umushoramari Harelimana Joseph akatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kugirango iperereza rikomeze kandi abashe gucungirwa umutekano.Ni icyemezo cyafashwe kuri uyu wa Kane taliki 26 Ukwakira 2023, gifatirwa ku rukiko rw’ibanze rwa Gasabo. Urukiko rumaze gusuzuma impamvu zikomeye zituma akekwa n’imiburanire ye rwasanze ahakana icyaha aregwa ariko akemera ko yagiye yaka abantu amaturo mbere y’uko […]

Uganda:UPDF yacyeje abasirikare bayo bakubiswe n’abasivili bagacisha macye

Igisirikare cya UPDF gikomeje gushimira abasirikare bayo baherutse gukubitwa n’abaturage ubwo bari mu kazi ko gucunga umutekano ariko ngo bakora kinyamwuga ntibabasubiza cyangwa ngo ntibakoreshe imbaraga z’umurengera. Amashusho yerekana itsinda ry’abasivili bakubita bakanagerageza kwambura intwaro abasirikare bane ba UPDF mu Karere ka Kayunga yakwirakwijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga mu ntangiriro ziki cyumweru. Majoro Charles Kabona, […]

Ibimodoka by’intambara bya IDF byinjiye muri Gaza mbere yo kugaba ibitero kuri Hamas

Igisirikare cya Israel (IDF) mu ijoro ryakeye cyagabye ibitero mu duce two mu majyepfo ya Gaza gikoresheje ibimodoka by’intambara. IDF yavuze ko yagabye ibi bitero mu rwego rwo “gutegura intambwe ziri imbere muri iyi ntambara”, ndetse ko “byagabwe ku bigo bitari bike by’iterabwoba, ku bikorwa remezo no ku birindiro birasirwamo ibisasu bya misire benya ibimodoka […]

RDC: Uwari minisitiri w’ubutabera aremeza ko ari we wihereye icyemezo cy’ubwenegihugu Katumbi

Mu gihe impaka zerekeranye n’ubwenegihugu bwa Moà¯se Katumbi zagarutse mu byumweru bishize, kugeza aho basaba ko kandidatire ye ikurwa mu matora ataha ya perezida, uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera, Alexis Thambwe Mwamba, yatangaje ko ari we ubwe wamwihereye icyemezo cy’ubwenegihugu kandi kitigeze gihagarikwa”. Mu kiganiro yagiranye na RFI, Alexis Thambwe Mwamba, wahoze wegereye uwari Perezida, Joseph […]

Isomwa ry’urubanza rwa Dr Kayumba ryasubitswe

Urukiko Rukuru rw Kigali rwasubitse isomwa ry’Urubanza rwa Dr Kayumba Chriistopher rwagombaga gusomwa kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. Ntihigeze hatangazwa impamvu z’iryo subikwa. Ikinyamakuru cya The Chronicles cyatangaje kuri X ko amakuru y’iri subikwa yamenyekanye binyuze mu butumwa urukiko rwashyize mu buryo bw’ikoranabuhanga rya IECMS busanzwe bwifashishwa n’inkiko. Muri ubwo butumwa Urukiko rukuru rwamenyesheje […]

Kazungu Denis yasabiwe kongererwa igifungo avuga ko nta kibazo

Mu minsi ishize nibwo mu Rwanda hamenyekanye inkuru y’incamugongo y’umubo witwa Kazungu Denis watawe muri yombi akurikiranyweho kwica abantu bagera kuri 14. Mu iperereza ry’ibanze ryakozwe ryagaragaje ko Kazungu akekwaho kwica akabashyingura mu cyobo yari yaracukuye iwe.Nawe ubwe yarabyiyemereye avuga mu Rukiko ndetse anavuga ko impamvu yabishe ko ngo bamwanduje SIDA ku bushake.Ubwo kuri uyu […]

Musanze:Agatsiko k’abiyita Abashomeri kateje impagarara

Mu karere ka Musanze mu murenge wa Kimonyi hari agatsiko k’insoresore ziyise abashomeri zazengereje abaturage zikabacucura utwabo kugeza ubwo ubu bagenda bikandagira. Abaturage bavuga ko aka gatsiko gatega abantu kakabambura utwabo ariko bamwe ngo bakabaniga, hari n’abo bakomeretsa.Agace gakunda kugaragaramo icyo kibazo ngo ni ku muhanda uva ku kigo nderabuzima cy’uyu murenge wa Kimonyi ukagera […]

USA: Abapolisi bari guhiga bukware umuntu wishe arashe abantu 16

Nibura abantu 16 birakekwa ko bishwe barashwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ahitwa Lewiston, muri Leta ya Maine, mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Polisi yavuze ko Robert Card w’imyaka 40 ari we wakoze ubu bwicanyi, ivuga ko “yitwaje imbunda kandi ko ari mubi cyane” nk’uko iyi […]

Niba ucika intege mugihe cyo gutera akabariro Koresha Revive Capsules bikire burundu

Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]

Jenerali wa M23 na Colonel wa FDLR bafatiwe ibihano na Loni

Umuryango w’Abibumbye ku wa Gatatu watangaje ko wafatiye ibihano abayobozi bakuru b’imitwe ya M23 na FDLR ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abo uyu muryango watangaje ko wahanwe ni Général de Brigade Bérnard Maheshe Byamungu wa M23 na Protogène Ruvugaikore wa FDLR. Brig Gen Byamungu w’imyaka 49 y’amavuko, asanzwe ari Umugaba Mukuru […]

Umubiligikazi ntiyemeranya na Me Flamme uvuga ko Abanyarwanda bagira umuco wo kubeshya

Umubiligikazi Colette Braeckman wakoreye ikinyamakuru Le Soir mu Rwanda no mu Burundi ntiyemeranya n’umunyamategeko Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rubanza rubera mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels, uvuga ko Abanyarwanda bagira umuco wo kubeshya. Tariki ya 18 Ukwakira 2023 ubwo uru rubanza rwatangiye ku ya 9 rwari rukomeje, abunganira abaregera indishyi banenze uburyo […]

Urwango abirabura bagirirwa i Burayi ruri kwiyongera cyane: Ubushakashatsi

Ikigo cy’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) gishinzwe uburenganzira shingiro bw’ikiremwamuntu, FRA, cyatangaje ko urwango abirabura, by’umwihariko abaturuka ku mugabane wa Afurika bagirirwa rwiyongereye cyane mu myaka itandatu ishize. Aya makuru ashingira ku bushakashatsi bwitwa ‘Being Black in the EU’ FRA yakoreye ku bimukira n’ababakomokaho guhera mu Kwakira 2021 kugeza muri Nzeri 2022, aho abantu bavuganye na […]

Body of Kenyan soldier killed in DRC mortar attack returned home

The body of a Kenya Defence Forces soldier who was killed in a mortar attack on the East African Community Regional Force (EACRF) in Kibumba, eastern DRC was Wednesday flown to Nairobi. EACRF protested on Wednesday in a statement that a ceasefire agreement between the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo (FARDC) and […]

Inteko Ishinga Amategeko ya Libya yirukanye ba ambasaderi b’ibihugu bishyigikiye Israel

Inteko Ishinga Amategeko ya Libya kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Ukwakira, yasabye ba ambasaderi b’ibihugu bishyigikiye Israel mu ntambara irimo na Hamas, kuva muri iki gihugu. Ibyo bihugu ni Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa n’u Butaliyani. Israel yakomeje kurasa ibibombe muri Gaza kuva ku itariki ya 7 Ukwakira abarwanyi ba Hamas bagaba igitero gitunguranye […]

Bayern Munich Academy Rwanda saga: Watu wawili wakamatwa

Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imethibitisha kuwa inawashikilia watu wawili kwa tuhuma za kuhusishwa na kughushi nyaraka ili kujaribu kuwapata wachezaji wasiostahiki kupata nafasi katika Chuo cha Bayern Munich. Washukiwa wanaotajwa ni kocha wa soka Leon Nisunzumuremyi na Arstide Karorero, Meneja Data wa Sekta ya Kinyinya. Wanazuiliwa katika kituo cha Kimironko RIB na wanachunguzwa […]

Perezida Kagame na Tshisekedi batumiwe i Brazaville

Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, yatumiye Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demukarasi ya Congo mu nama ibera mu mujyi wa Brazaville. Nk’uko ikinyamakuru Jeune Afrique cyabitangaje, iyi nama yiga ku rusobe rw’ibinyabuzima n’amashyamba irabera mu kigo cy’inama mpuzamahanga cya Kintélé guhera kuri uyu wa 26 kugeza […]

Le gouverneur de la province de l’Est, Gasana, arràªté

Le gouverneur de la province de l’Est, commissaire général de la police (rtd) Emmanuel Gasana a été arràªté pour abus de l’autorité que lui confère la loi. L’arrestation a eu lieu quelques heures après que l’ancien chef de la police ait été suspendu de ses fonctions par le Premier ministre. L’arrestation de Gasana, selon le […]

PAM yahagaritse kujyanira ibiribwa abahungiye hafi ya Goma

Umuryango PAM ushinzwe ibiribwa watangaje ko wahagaritse ibikorwa byo kujyana imfashanyo mu nkambi zicumbikiye Abanyekongo bahunze umutekano muke ziri hafi y’umujyi wa Goma bitewe n’imirwano iri kuhabera ihuza umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ihuriro rya Leta ya Repubulika ya demukarasi ya Congo. Iyi mirwano iri kubera mu bice birimo gurupoma ya Kibumba muri teritwari ya […]

EAC yatangije iperereza ku wiciye umusirikare wayo muri RDC

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), watangaje ko watangije iperereza ngo hamenyekane abishe umwe mu basirikare wohereje kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Kabiri tariki ya 24 Ukwakira ni bwo John Ndawo wo mu ngabo za Kenya ziri muri RDC yiciwe i Kibumba ho muri Teritwari ya Nyiragongo. Uyu musirikare yiciwe muri […]

Dogiteri yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo gufata kungufu mwishywa w’umugore we

Umuganga wo muri Nijeriya, Olaleye, yakatiwe igifungo cya burundu azira gufata ku ngufu. Umuganga wo muri Nijeriya, Olaleye, yakatiwe igifungo cya burundu azira gufata ku ngufu mwishywa w’umugore we. Umushinjacyaha yavuze ko Dr Olufemi Olaleye yaba yarahohoteye uyu mwana w’umukobwa mu gihe kirenga umwaka kugeza igihe umugore we abimenye akabimenyesha polisi. Olaleye yagejejwe imbere y’urukiko […]

RDC yatangaje ko ititeguye gushyikirana n’u Rwanda

Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko ititeguye gushyikirana n’iy’u Rwanda muri iki gihe kuko ngo ingabo zarwo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 biri mu gihugu cyabo mu buryo butemewe n’amategeko. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa 23 Ukwakira 2023, ari kumwe na Minisitiri […]

Uwahoze ari Perezida wa Mauritania arasabirwa imyaka 20 y’igifungo

Umushinjacyaha yasabiye igifungo cy’imyaka 20 hamwe no gufatira umutungo we uwahoze ari Perezida wa Mauritania. Mohamed Ould Abdel Aziz ukurikiranyweho kwikungahaza mu buryo butemewe n’amategeko, gukoresha nabi ububasha bwe no kunyereza amafaranga ya leta abarirwa muri miliyoni 67 z’amayero. Nyuma yo kwisobanura amasaha agera kuri atatu, umushinjacyaha Ahmed Ould Moustapha yatangaje ko “ibimenyetso byose biri […]

CG (Rtd) Emmanuel Gasana arafunzwe

CG (Rtd) Emmanuel Gasana wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ndetse na Guverineri w’Intara z’Amajyepfo n’Uburasirazuba, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Uru rwego ruvuga ko CG (Rtd) Gasana yatawe muri yombi “nyuma y’igihe akorwaho iperereza ku cyaha acyekwaho cyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko nk’Umuyobozi w’Intara Ntara y’Iburasirazuba mu nyungu ze bwite.” […]