Israel yaryamiye amajanja ku mupaka na Liban nyuma y’ijambo ry’umuyobozi wa Hezbollah

Igisirikare cya Israel cyavuze ko gikomeje kuryamira amajanja cyane cyane ku mupaka wabo na Libani mu gihe umuyobozi w’umutwe wa kisilamu wa Hezbollah yagize icyo atangaza bwa mbere ku ntambara yatangiye ku itariki 7 Ukwakira. Mu ijambo ryarebwe n’ibihumbi mu giterane cyabereye i Beirut, Hassan Nasrallah yashimye ibitero bya Hamas byibasiye Israel ku itariki ya […]

Komanda w’ingabo za Uganda ziri mu butumwa bwa EAC yazisabye kwitegura

Komanda w’ingabo za Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC, muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, Colonel Michael Walaka Hyeroba, yazisabye kwitegura guhangana n’uwazishotora. Uyu musirikare yatangarije aya magambo mu nama yahuriyemo n’abofisiye bo mu ngabo za Uganda ziri muri ubu butumwa, yigaga ku kibazo cy’uburyo ibice zigenzura bikomeje kuvogerwa n’imitwe yitwaje […]

MONUSCO na FARDC wazindua Operesheni “Springbok” kuilinda Goma dhidi ya tishio la M23

Kikosi cha MONUSCO na Vikosi vya Wanajeshi vya DRC (FARDC) vilitangaza Ijumaa hii, Novemba 3, huko Goma (Kivu Kaskazini) uzinduzi wa operesheni ya pamoja inayoitwa “Springbok”. Tangazo hili lilitolewa wakati wa mkutano na waandishi wa habari ulioandaliwa kwa pamoja na kamanda wa kikosi cha MONUSCO na msemaji wa gavana wa kijeshi. Operesheni hiyo inalenga kulinda […]

Abadepite ntibiyumvisha uburyo ki amazu ya Leta agera kuri 950 apfa ubusa

Ubugenzuzi butandukanye bwakozwe na bimwe mu bigo bya Leta birimo Rwanda Housing Authority byagaragaje ko inzu za Leta zigera kuri 950 zidakoreshwa ngo zibyazwe umusaruro. Muri iryo barura ryakozwe, ryagaragaje ko ubusanzwe Leta ifite inzu zirenga ibihumbi 49 ariko muri izo hakaba harimo izo zavuzwe haruguru ziba zipfa ubusa. Byarutsweho muri iki cyumweru ubwo Komisiyo […]

MONUSCO na FARDC byiteguye urugamba rwa Goma na Sake

Komanda w'ingabo za MONUSCO, Lt Gen. Miranda, yavuze ko M23 itazafata Goma na Sake

Komanda w’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo buzwi nka ‘MONUSCO’, Lieutenant General Otà¡vio Rodrigues De Miranda Filho, yatangaje ko azafasha ingabo z’iki gihugu mu rugamba rwo gukumira umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gihe wagerageza gufata umujyi wa Goma na Sake. Mu kiganiro cyahuje Lt Gen. Miranda, Umuvugizi […]

U Rwanda rwashyigikiye ko ibihano Amerika yafatiye Cuba bivaho

U Rwanda ku wa Kane rwashyigikiye umwanzuro w’umuryango w’abibumbye usaba ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze imyaka 64 zarafatiye Cuba byavaho. Ni ku ncuro ya 31 Loni yasabaga Amerika ko yakuraho biriya bihano. Ibihugu 187 birimo n’u Rwanda ni byo byashyigikiye uriya mwanzuro, bibiri ari byo Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel […]

Rwanda ratifies the ILO Convention on Violence and Harassment

On 1 November 2023, the Republic of Rwanda deposited the instrument of ratification of the Violence and Harassment Convention, 2019 (No. 190) with the Director-General of the ILO. By submitting the instrument of ratification, the Republic of Rwanda becomes the 36th country in the world, and the 9th country in Africa, to ratify Convention No. […]

Uganda yashenguwe no gukurwa muri AGOA

Kuri uyu wa gatatu, uganda yamaganye icyemezo cy’Amerika cyo kuyikura mu masezerano akomeye y’Ubucuruzi kubera ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu by’umwihariko abaryamana bahuje ibitsina.Ivuga ko iki cyemezo cyangiza ubuhinzi n’ubucuruzi muri iki gihugu. Amerika yavuze ko muri iki cyumweru Uganda kimwe na Repubulika ya Centrafrique (CAR), Gabon na Niger bikuwe mu itegeko ryerekeye iterambere ry’amahirwe muri […]

2023: APR FC yaje imbere ya Rayon Sports mu makipe akomeye muri Afurika

Ikipe ya APR FC yaje imbere ya mukeba wayo Rayon Sports ku rutonde rugaragaza uko amakipe arutana gukomera ku mugabane wa Afurika. Ni urutonde rwakozwe n’urubuga rwitwa Opta rwo mu Bwongereza ruzwiho gukora intonde zitandukanye mu mupira w’amaguru rwifashishije statistics (ibarurishamibare). Urutonde uru rubuga ruheruka gusohora mu kugaragaza uko amakipe arutana gukomera muri 2023, rushyira […]

Abayobozi 7 barimo Gitifu wa Rulindo n’uwa Muhanga barafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze abayobozi barindwi rukurikiranyeho kunyereza amafaranga y’ingurane yari agenewe abaturage bo mu Karere ka Rulindo. Uru rwego rwemeje ko mu bo rufunze harimo “abanyamabanga nshingwabikorwa babiri, uhari ubu n’uwo yasimbuye, ubu ukorera mu Karere ka Muhanga hamwe n’abandi bakozi bari bashinzwe gutanga amafaranga y’ingurane mu Karere.” Amafaranga aba bayobozi […]

Kampala: Umunyemari Katanga yiciwe iwe mu rugo arashwe, harakekwa umugore we

Igipolisi mu Mujyi wa Kampala kiri gukora iperereza ku kuntu umunyemari wo muri uyu mujyi witwa Henry Katanga yarashwe akicirwa iwe mu rugo. Ubu bwicanyi bivugwa ko bwakorewe Mbuya Hill, mu nkengero za Kampala muri Division ya Nakawa, bwakozwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ushize. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera kuri Daily […]

Austria irashaka kwigana gahunda y’u Bwongereza n’u Rwanda

Guverinoma ya Austria irashaka kwigana gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, ndetse yanamaze kunoza uburyo bwo kuyishyira mu bikorwa. Nk’uko The Guardian yabitangaje, Umunyamabanga wa Austria ushinzwe umutekano w’imbere, Gerhard Karner na mugenzi we w’u Bwongereza, Suella Braverman, kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023 bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu by’abimukira n’umutekano. Aya […]

FARDC iraregwa umugambi wo gushaka kumara Abanyamulenge binyuze mu kubacamo ibice

Sosiyete sivile yo muri Teritwari ya Minembwe, mu Karere ka Uvira ho muri Kivu y’Amajyepfo, iravuga ko hari ibikorwa bikomeje kugirwamo uruhare na FARDC bitegura umugambi wo kumaraho Abanyamulenge binyuze mu kubanza kurandura umutwe wa Twirwaneho usanzwe ubarinda. Mu intabaza yasinyweho na visi perezida wayo, Mufashi Santos kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023, yahaye umutwe […]

RDC: Kandida depite Kalinda w’i Masisi yiciwe mu Mujyi wa Goma

Uwitwa Dogo Kalinda, wahoze ari umuyobozi w’agace ka Lac-Vert akaba yari na kandida depite wo muri Masisi (Kivu y’Amajyaruguru) yishwe n’amabandi yitwaje intwaro ku mugoroba wo ku wa Gatatu ushyira ku wa Kane, itariki ya 2 Ugushyingo 2023. Ubu bwicanyi bwabereye mu gace ka Ndosho muri Komini ya Karisimbi mu Mujyi wa Goma. Aya makuru […]

Igisirikare cya Mali cyahaye urw’amenyo ingabo za UN

Colonel Major Souleymane, Umuvugizi wa FAMA

Igisirikare cya Mali, FAMA, kirabona ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSMA, zaragize ubugwari ubwo zavaga bitunguranye mu birindiro zari zifite bya Kidal biherereye mu majyaruguru y’igihugu. Tariki ya 31 ni bwo izi ngabo zavuye muri ibi birindiro. MINUSMA yasobanuye byatewe n’uko umutekano wazo wari ugeramiwe. Iti: “Uburyo bwo kuva muri ibi birindiro byose […]

Umunyamakuru Manirakiza Théogène yajuriye

Umunyamakuru Manirakiza Théogène yajuririye urukiko ku cyemezo rwafashe cyo kumufunga iminsi 30 y’agateganyo . Uyu munyamakuru usanzwe afite ikinyamakuru cya Ukwezi.com na shene yacyo , yajuririye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku cyemezo rwafashe kimufunga by’agateganyo. Rwatanze italiki urubanza mu bujurire ruzaburanishirizwaho yo ku wa Mbere taliki ya 13,Ugushyingo 2023 saa tatu za mu gitondo. Ni […]

Perezida Kagame yatangaje ikurwaho rya ‘Visa’ ku Banyafurika bose

Perezida Kagame ubwo yagezaga ubutumwa ku bitabiriye inama y'ubukerarugendo

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rugiye gukuriraho Abanyafurika bose icyangombwa cyemerera umuntu kwinjira no kuba by’agateganyo mu gihugu cy’amahanga kizwi nka ‘Visa’ mu rwego rwo kubafasha kurusura no kurukoreramo ubucuruzi mu buryo buborohereye. Umukuru w’Igihugu yatangarije iki cyemezo mu nama mpuzamahanga y’ubukerarugendo yabereye mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023. […]

Abadepite 2 basabye ko amafaranga ya interineti yishyurwa muri za bisi ahita ahagarikwa

Depite Begumisa Safari Théoneste na Bitunguramye Diogène basabye ko Leta yahita ihagarika amafaranga ya interineti nziramugozi (WiFi) amaze igihe yishyurwa muri za bisi kandi abagenzi batayikoresha nk’uko babisezeranyijwe. Ni icyifuzo bagaragarije Inteko Rusange y’umutwe w’abadepite ku wa 1 Ugushyingo 2023 ubwo yagezwagaho ubusesenguzi bwa komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo n’imari by’igihugu kuri raporo y’Umugenzuzi Mukuru […]

Uganda:Umuyobozi mu byihebe biherutse kwica ba mukerarugendo yafashwe

Uganda yavuze ko kuri uyu wa kane yafashe umuyobozi w’itsinda ry’ibyihebe bya ADF byitwara gisirikare byashinjwaga iyicwa rya ba mukerarugendo b’abanyamahanga babiri bari mu butembere muri parike yitiriwe Queen Elizabeth muri Uganda. Uganda yashinje ADF, umutwe w’ingabo witwaje intwaro ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ifitanye isano n’umutwe wa Kisilamu (IS) kwica abo bamucyerarugendo. […]

Abantu hafi 10,000 bamaze kwicirwa muri Gaza kuva intambara yatangira

Minisiteri y’ubuzima muri Gaza iravuga ko abantu 9.061 bamaze kwicirwa muri Gaza kuva imirwano yatangira kuva ku itariki ya 7 Ukwakira ubwo Hamas yagaba ibitero simusiga kuri Israel. Abaganga batagira umupaka bavuga ko abantu barenga 20.000 bakomeretse bakigotewe mu karere ka Gaza nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Kugeza ubu ku wa Kane, bivugwa ko […]