Igisubizo cya Makolo ku wamubwiye ko amajwi Perezida Kagame yagize ahabanye na demukarasi
Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yahakanyije umunyamakuru Stig Abell wa Times Radio wamubwiye ko amajwi 98% Perezida Paul Kagame yagize mu matora y’Umukuru w’Igihugu y’ubushize agaragaza icyuho muri demukarasi. Abell yabwiye Makolo ati: “98% by’amajwi ntabwo ari demukarasi ishyirwa mu bikorwa.” Yahise amusubiza ati “Kubera iki itaba yo?”, umunyamakuru akomeza kumubaza ati: “Ese […]
Twahirwa Seraphin: Urwibutso rudasibangana ku bayobozi n’abo bakoranye
Perezida, Raà¯si (Rayisi), Kingi, Kihebe, ni amwe mu mazina yitirirwa Twahirwa Seraphin. Mu rukiko rwa Rubanda rwa Bururseli, mu Bubiligi, abo bari baturanye, abo bakoranye mbere no mu gihe cya jenoside, abari abayobozi basanisha aya mazina n’ibikorwa by’ubugome byaba byaramuranze muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.We n’abamwunganira byose barabihakana. “Amazina ya Twahirwa Seraphin arimo Kihebe, […]
Perezida Kagame yabonanye n’abayobozi ba Global Citizen mbere y’igitaramo kibera muri BK Arena
Perezida Kagame yabonanye n’abayobozi b’Umuryango Global Citizen mbere gato y’igitaramo cyiswe #MoveAfrika Rwanda kibera muri BK Arena ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu. Umukuru w’Igihugu yabonanye n’abayobozi b’uyu muryango aribo Hugh Evans na Francine Katsoudas habura igihe gito ngo Umuraperi Kendrick Lamar Duckworth wamenyekanye mu muziki nka Kendrick Lamar ataramire Abanyarwanda mu birori biteganyijwe […]
Kim Jong Un yasutse amarira, asaba abagore bo muri Koreya kongera urubyaro
Perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru yagaragaye asuka amarira, ubwo yarimo asaba abagore bo mu gihugu cye kongera urubyaro. Hari mu nama y’ababyeyi b’abadamu b’abanya-Koreya yabereye mu murwa mukuru Pyongyang, akaba yagezaga ijambo ku bayitaburiye. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yerekana uyu mutegetsi yafashwe n’imbamutima zatumye asuka amarira; ibyo abantu bafashe nk’ibidasanzwe kuri […]
Rubavu:Abagabo barimo guta ingo bakajya gushaka abandi bagore b’abajejetafaranga
Mu karere ka Rubavu by’umwihariko mu murenge wa Nyundo, hari kuvugwa ikibazo cy’abagabo basigaye bata ingo zabo bakajya gushaka abandi bagore b’abanyamafaranga. Abagore bo muri ibyo bice baravuga ko inzego zibishinzwe zikwiye kubatabara nyuma y’uko ngo abagabo babo babona ubukene bwugarije ingo zabo ntibibabwihanganire bakajya kwishakira abagore bifite bakagira ubushobozi bwo kubatunga. Bamwe mu baturage […]
The trial of “serial killer” Denis Kazungu is scheduled for January 2024
The Nyarugenge Intermediate Court is scheduled to commence the substantive trial of Denis Kazungu, the alleged serial killer accused of murdering 14 people and burying their remains in his residence in Busanza. The trial is set to begin on January 5, 2024. Kazungu faces charges including murder, rape, robbery, forgery, and desecration of human corpses. […]
Goma: Umunyamakuru wa VOA yafashwe na ANR azira channel yo mu Rwanda
Umunyamakuru wa Ijwi rya Amerika i Goma, Jimmy Shukrani Bakomera yatawe muri yombi inshuro ebyiri kuri uyu wa Mbere ushize no kuwa Kabiri i Goma, afashwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza (ANR). Yahaswe ibibazo ku bufatanye ubwo ari bwo bwose ngo yaba afitanye na channel ikorera mu Rwanda itavuzwe izina. Urubuga SOS Media Burundi dukesha iyi […]
Kiyovu Sports yajyanye Mvukiyehe Juvenal muri RIB
Umuryango wa Kiyovu Sports wareze mu rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Mvukiyehe Juvenal wahoze ayobora Kiyovu Sports Company, umushinja ibyaha birimo ubujura. Kiyovu Sports yareze Juvenal biciye mu kirego cyatanzwe n’umunyamategeko wawo, Me Mugabe Fidèle. Ibyaha imushinja birimo ubujura, ubuhemu ndetse n’icyo kwihesha ikintu cy’undi [hakoreshejwe uburiganya]. Ku wa 26 Nzeri 2023 ni bwo Mvukiyehe yirukanwe […]
DR Congo:Ingabo za Uganda ziri muri EACRF mu gihirahiro
Ingabo za Uganda ziri mu zibungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba,ziri mu gihirahiro nyuma y’uko ngo zitarabona amabwiriza azemerera kuzinga utwangushye bava muri iki gihugu. Ni nyuma y’uko izi ngabo za EACRF zahawe nyirantarengwa yo kuba uhereye taliki 8 Ukuboza 2023, zizaba zamaze gukura ibirenge byazo muri […]
Gitifu wa Murama arafunzwe nyuma yo kugonga abanyeshuri umwe akahasiga ubuzima
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murama mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, Mapendo Gilbert, wari utwaye imodoka ya Jeep Toyota RAV4, yagonze abana icumi b’abanyeshuri, umwe ahasiga ubuzima. Iyi Toyota Rav4 ifite pulaki RAC 777 E, yavaga i Kigali yakoreye impanuka mu Muduguidu wa Gasiza, Akagari ka Bisenga, Umurenge wa Rusororo, mu Karere ka Gasabo, […]
Zambia:Perezida Hichilema afite icyizere ko abantu 25 bagwiriwe n’ikirombe bazavamo ari bazima
Kuri uyu wa gatatu, ishami rishinzwe ubutabazi ryatangaje ko abashinzwe ubutabazi muri Zambia barokoye umuntu wa mbere warokotse inkangu yo ku ya 1 Ukuboza yarengeye ikirombe gicukurwamo umuringa cyagwiriye abantu 25 bari barimo. Ishami ry’abatabazi ryatangaje ko umwirondoro w’uyu mugabo utaramenyekana nk’uko ishami rishinzwe imicungire y’ibiza no kugabanya ibiza ryabitangaje mu itangazo ryashyizwe ku rubuga […]
Raporo ‘Top Secret’ y’indege ya Habyarimana yasobanuwe mu rubanza rwa Twahirwa na Basabose
Umunyamategeko Alexis Deswaef wunganira abaregera indishyi mu rubanza rwa Twahirwa Séraphin na Basabose Pierre, yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko Colonel Bagosora Théoneste yategetse abasirikare ba Leta guhanura indege ya Habyarimana Juvénal. Me Deswaef yasubizaga umunyamategeko wa Basabose, Me Jean Flamme na Me Vincent Lurquin wunganira Twahirwa bakunze kubaza muri uru rukiko […]
Zelensky yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri ba Amerika
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri n’abadepite bo muri Amerika mu gihe hari ikibazo cy’uko Amerika ishobora guhagarika inkunga itera iki gihugu mu ntambara kirimo n’u Burusiya. Kugaragara muri Sena no mu ngoro y’abadepite mu buryo bw’ikoranabuhanga byari biteganijwe ku wa Kabiri, ariko byahagaritswe ku munota wa nyuma. Bije nyuma […]
Sierra Leone: Abasirikare benshi bafunzwe bazira kugerageza Coup d’état
Guverinoma ya Sierra Leone yatangaje ko imaze guta muri yombi abantu 57 biganjemo abasirikare, bagakekwaho kugira uruhare mu igerageza ryo guhirika ubutegetsi riheruka kuba muri iki gihugu. Ku wa 26 Ugushyingo ni bwo i Free Town mu murwa mukuru wa Sierra Leone hageragejwe coup d’état, gusa iza gupfuba. Abamaze gutabwa muri yombi barimo 14 (abasirikare […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BIHEREREYE BALLORE NA DP WORLD/MASAKA

Ubuyobozi bwa Gasutamo buramenyesha abantu bose ko ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange bwa Ballore n’ubwa DP World/Masaka bizagurishwa muri cyamunara tariki ya 28 Ukuboza 2023, saa yine z’igitondo. Urutonde rw’ibicuruzwa byose bizagurishwa mu cyamunara
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYIGANJEMO IMODOKA

Ubuyobozi bwa gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 21 Ukuboza 2023, saa yine z’igitondo kuri MAGERWA i Gikondo hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo imodoka. Fungura urebe urutonde rw’ibucuruzwa byose
Perezida w’ikipe ya Sunrise FC arafunzwe
Urwego rw’Igihugu cy’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko rwataye muri yombi, Perezida w’Ikipe ya Sunrise, aho akurikiranyweho kunyereza umutungo wa Koperative ayoboye icuruza amata n’ibiyakomokaho. Hodari Hilary usanzwe ari Perezida wa Sunrise FC, akaba n’umuyobozi wa Koperative y’abacuruzi b’Amata bo mu Karere ka Nyagatare, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza umutungo w’iyi Koperative. Iyi koperative yitwa […]
Tshisekedi yakiriye Habyarimana

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo aherutse kwakira Habyarimana Mbitse alias Jules Mulumba uri barwanyi bakuru b’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo rifasha ingabo z’iki gihugu guhangana na M23. Mulumba ukorera mu mutwe witwaje intwaro wa CMC/FDP yatangarije ku rubuga rwa X kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023 ko we na Héritier Ndangendange wo […]
Nusaba umukobwa urukundo agatinda kugusubiza uzamenye ko arimo guteganya ibi bintu
Gusaba urukundo umukobwa si ibintu byoroshye kuko usanga hari ibintu byinshi ashingiraho kugirango yemera.Akenshi nta mukobwa usabwa urukundo ngo ahite yemera kuko abanza kugira byinshi abanza kunonosora ku musore kugirango amwemerere. Zimwe muri izo mpamvu ni izi zikurikira 1.Kwihagararaho Iyo umukobwa amaze kumenya ko umusore amwemera kandi ko yiteguye kumukorera icyo yashaka cyose kugira ngo […]
Le Rwanda et le Royaume-Uni signent un nouvel accord sur la migration

Le Rwanda et le Royaume-Uni ont annoncé mardi 5 décembre un nouveau traité sur la migration qui devrait réaffirmer, de manière contraignante, les engagements déjà existants qui répondent aux préoccupations précédemment soulevées concernant la protection des demandeurs d’asile. Le ministre des Affaires étrangères, le Dr Vincent Biruta, aux côtés du ministre de l’Intérieur britannique en […]
Umurinzi w’Igihango yasobanuye uko kubwira Ex-FAR ngo ijye kurasa Inkotanyi byamurokoye n’abe
Umurinzi w’Igihango Ntezimana Laurien yabwiye urukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa ruri kuburanisha Dr Munyemana Sosthène ko yasabye bya nyirarureshwa abasirikare ba Ex-FAR kujya kurasa RPA-Inkotanyi, bimufasha kurokoka no kurokora Abatutsi benshi bahigwaga. Ntezimana usanzwe ari umuhanga mu bumenyi bw’iyobokamana no mu mibanire y’abantu, yabivugiye mu buhamya yatanze muri uru rubanza kuri uyu wa […]
Nyamagabe: Bahangayikishijwe n’amafaranga bamaze imyaka 7 bakatwa batazi aho ajya
Abaturage bakora imirimo y’amasuku mu mihanda mu Murenge wa Cyanika, mu Karere ka Nyamagabe, baravuga ko batewe impungenge n’amafaranga bakatwa ku mushahara babwirwa ko ari ay’ubwizigame bwa “Ejo Heza”ariko ntibamenye irengero ryayo mu gihe ubuyobozi buvuga ko butari buzi iki kibazo. Bamwe muri aba baturage bamaze imyaka 7 muri aka kazi, bose bahuriye ku kwemeza […]
Froger wa APR FC yongeye kujya mu mazi abira
Umufaransa Thierry Froger utoza APR FC yongeye kotswa igitutu n’abafana, nyuma y’uko iyi kipe yari imaze kugwa miswi na Gasogi United 0-0. Hari mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona amakipe yombi yahuriyemo kuri Kigali Pele Stadium mu ijoro ryakeye. Kunganya na Gasogi United byatumye APR FC yuzuza imikino itatu imaze kunganya muri ine ya […]
Abanzi ba RDC bayobowe na Kagame: Tshisekedi i Lubumbashi
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yabwiye abatuye mu mujyi wa Lubumbashi, intara ya Haut-Katanga ko abanzi b’igihugu cyabo bayobowe na Paul Kagame uyobora u Rwanda. Ibi Tshisekedi yabivuze kuri uyu wa 5 Ukuboza 2023 ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza uyu mwanya muri uyu mujyi, nyuma […]
M23 si yo kibazo cyugarije RDC: Gen Kulayigye
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyagaragaje ko kidafata umutwe wa M23 nk’ikibazo, ko ahubwo ibibazo byugarije uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari ibishimgiye kuri Politiki. Uganda ni kimwe mu bihugu bine by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) byohereje Ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kuhagarura amahoro. Ni nyuma y’uko imirwano ikomeye […]
Israel iravuga ko yagose inkambi nini y’impunzi muri Gaza
Israel kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko yagose inkambi y’impunzi ya Jabalia, ikaba ari yo yari nini muri Gaza. Ingabo za Israel zivuga ko iyi nkambi, iri mu majyaruguru ya Gaza, yakoreshwaga nk’ibirindiro bya Hamas. Hagati aho, Isreal ikomeje gutera ibisasu mu majyepfo ya Gaza, nko mu mujyi wa Khan Younis, wimuwe igice nk’uko iyi […]
Hari ibiryo ukwiye kwirinda mu gihe wariye amagi
Nk’uko bisobanurwa kuri urwo rubuga, usanga abantu benshi muri iyi minsi baba bahugiye muri byinshi, bigatuma batita ku byo barya, nyamara hari ibyo umuntu arya yabivanga n’ibindi bitagombye kuvangwa bikamuviramo ibibazo mu nzira z’igogora, kunanirwa bidasanzwe, isesemi n’ibindi. Kimwe mu biribwa abantu bafata uko babonye ni amagi, kandi yuzuyemo intungamubiri, za ‘Proteine’, ‘Vitamine’ ndetse n’ubutare […]