Ruto yateguje igisubizo gikakaye urubyiruko rukomeje kwigaragambya
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya, yaburiye urubyiruko rw’abanya-Kenya rukomeje kwigaragambya ko yamaze gutegeka inzego z’umutekano mu rwego rwo guhangana na rwo. Ruto yabitangaje mu ijambo yagejeje ku banya-Kenya ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2024. Ni ijambo yavuze nyuma y’uko ibyari imyigaragambyo bihindutse imvururu. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize […]
Kirehe: Dr Habineza yibukije ababyeyi ko kuba abana babo barira ku ishuri ari we byaturutseho
Ku munsi wa kane w’igikorwa cyo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party), Ho.Dr Frank Habineza yawukomereje mu karere ka Kirehe, aho yakiririwe n’imbaga y’abaturage muri santere y’ubucuruzi ya Nyakarambi. Umuyobozi w’akarere ka Kirehe wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nzirabatinya Modeste ari mu bamwakiriye. I Kirehe Dr. Habineza yibukije […]
Ese kunywa inzoga ni icyaha? Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Bibiliya ivuga ko divayi ari impano y’Imana ituma abantu bishima [Zaburi 104:14, 15; Umubwiriza 3:13; 9:7] Nanone Bibiliya ivuga ko divayi ari umuti [1 Timoteyo 5:23]. Igihe Yesu yari ku isi yanyoye divayi [Matayo 26:29; Luka 7:34] Kimwe mu bitangaza bizwi cyane Yesu yakoze, ni uko yahinduye amazi divayi akayiha abari baje mu bukwe [Yohana […]
Rwamagana: Abarimo n’abageze mu zabukuru bagiye kwamamaza Kagame iyarubika (Amafoto)
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2024 , abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu karere ka Rwamagana, bazindukiye mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida Paul Kagame ndetse n’abadepite bazahagararira FPR – Inkotanyi mu matora y’abadepite azaba tariki 15 Nyakanga 2024. Mu rukerera rwo Kuri uyu wa kabiri abanyamuryango ba RPF- Inkotanyi nibwo batangiye kugera ahabereye ibikorwa […]
Kenya: Abigaragambya batwitse Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko; banarahiriye no gutwika Perezidansi
Urubyiruko rwigaragambya muri Kenya kuri uyu wa Kabiri rwinnjiye mu Nnteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu iherereye i Nairobi, batwika kimwe mu bice by’inyubako isanzwe ikoreramo. Byabaye nyuma y’uko uru rubyiruko rwari rumaze kurusha imbaraga Polisi yiriwe ihanganye na rwo kuva mu gitondo. Amashuso ya televiziyo zo muri Kenya yerekanye umwotsi mwinshi hafi y’iyo ngoro, ahanumvikanye […]
Abapolisi ba Kenya bakiranywe ibyishimo muri Hayiti
Ku wa mbere, mu mihanda y’umurwa mukuru, Port-au-Prince abantu bishimiye Abapolisi ba Kenya ubwo bari bamaze gusesekara mu mujyi wa Port-au-Prince, abantu basagwa n’ibyishimo bareba bahagaze abandi bareba abo ba polisi mu bwitonzi. Nyuma y’imyaka hafi ibiri Hayiti isabye byihutirwa ubufasha bwo guhosha ihohoterwa rikorwa n’udutsiko twabitwaje intwaro muri Hayiti ,abatuye muri iki gihugu bagiye […]
Manager wa station ya lisansi yiyahuriye mu biro bye yirashe kubera imyenda
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Mubende kiri gukora iperereza ngo kimenye uko byagenze ngo manager wa station ya lisansi w’imyaka 27 yirasire mu biro bye. Allan Atubo bivugwa ko yaba yirashe akoresheje imwe mu mbunda z’abasekirite ubwo yari mu biro bye kuri Oil Energy Fuel Station mu Mudugudu wa Kisekende, mu Mujyi wa Mubende […]
Mu gihe Trump yaba atsinze Amatora ngo nta n’igiceri Amerika yakongera guha Ukraine
Mu gihe bimenyerewe ko Amerika isanzwe itera inkunga y’amafaranga n’ibikoresho mu guhangana na Ukraine, Trump avuga ko mu gihe yaba atowe nta n’igiceri na kimwe yakongera kubona. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Intebe wa Hongrie/Hungary, Viktor Orban, usanzwe ari inshuti ye, aho yashimangiye ko Trump n’atorwa nta n’igiceri Ukraine yabona mu gihe yaba atorewe kuyobora […]
NESA yatangaje ingendo z’uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazataha

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyasohoye gahunda y’uko abanyeshuri bazataha mu rugo hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri y’Uburezi y’igihembwe cya Gatatu cy’umwaka w’amashuri 2023- 2024. Mu itangazo ryasohowe na NESA kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2024, hagaragaramo gahunda y’uko abanyeshuri bazajya mu rugo bavuye ku bigo bigamo bacumbikiwe. Biteganyijwe […]
Kagame yagaragaje inzira byanyuzemo kugirango amateka y’u Rwanda ahinduke
Umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame yashimiye abanyamuryango bari bateraniye i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge ko bakomeje gudatezuka ku gihango bagiranye n’uyu mu ryango agaragaza inzira igoye u Rwanda rwanyuzemo kugirango amateka yarwo ahinduke. Yabivuze kuri uyu wa Kabiri taliki 25 Kamena2024 ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza muri aka Karere. Muri Nyarugenge hakaba […]
Abidjan: Inkangu yatewe n’imvura yahitanye abagera kuri 24
Muri Côte d’Ivoire inkangu zaguye mu mujyi munini wa Abidjan zahitanye byibuze abantu 24 nyuma y’icyumweru cy’imvura nyinshi iremereye yaguye inshuro enye zisanzwe mu bihe bimwe na bimwe. Impfu ziterwa n’umwuzure ntizisanzwe mu gihugu cy’Afurika y’iburengerazuba mu gihe cy’imvura, ariko kuri ubu byarahindutse Ku buryo iherutse kugwa yangije ibikorwa byinshi. Ikigo cy’ubumenyi bw’ikirere cyo muri […]
Ntabwo nari nzi ko njye nzatura i Kigali – Minisitiri Utumatwishima
Minisitiri w’urubyiruko w’u Rwanda, Dr Abdallah Utumatwishima, yahishuye ko yageze i Kigali mu bintu bimutunguye kuko yari azi ko atazigera ahatura kugeza igihe yibonye muri yellow paper yagizwe minisitiri. Ibi yabitangarije, kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Kamena, mu gikorwa cyo kwiyamamaza k’umukandida w’Umuryango wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, cyabereye mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge […]
Niger: Umwe mu mitwe yitwaje intwaro isaba irekurwa rya Perezida Bazoum washimuse Perefe
Mu gihe abayobozi bahiritse ubutegetsi muri Niger bari yemeje ishimutwa rya Perefe wa Bilma n’intumwa yari ayoboye kuwa ku Gatanu, itariki ya 21 Kamena, icyo gitero cyaje kwigambwa n’umutwe wa Front Patriotique pour la Justice (FPJ), Uyu mutwe utandukanye n’undi witwa Front Patriotique pour la Libération (FPL) wasenye ku Cyumweru, kuwa 16 Kamena, umuyoboro wajyanaga […]
Rurageretse hagati ya Yago, The Cat na Godfather bapfa Dabijou
Rurageretse hagati y’umuhanzi akaba n’umunyamamkuru Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago na The Cat wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane ku rubuga rwa Instagaram. Mu minsi yashize nibwo The Cat yashyize hanze amajwi ya Yago ari gukanga umukobwa bivugwa ko ari Munezero Rosine wamenyekanye nka Dabijou Bijou mu myidagaduro yo mu Rwanda ndetse no hanze yarwo. […]
RDF yahaye ikaze abashaka kwinjira mu gisirikare ku rwego rwa ofisiye

Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda ku rwego rwa ofisiye baramenyeshwa n’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda ko kwiyandikisha ku turere no ku mirenge bizatangira ku itariki ya 2 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama 2024. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko abahamagawe ari abo ku rwego rwa ofisiye baziga umwaka umwe mu […]
Nshimirimana yasinyiye ikipe yo mu Bubiligi asanzemo abandi Banyarwanda

Umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda, Matteo Kaze Nshimirimana yasinyiye ikipe ya Raal La Louviere yo mu Bubiligi asanzemo abandi bakinnyi b’Abanya-Rwanda. Nshimirimana yasinyiye Raal La Louviere nyuma yo kuva yo kuva mu ikipe yakiniraga ariyo RFC Seraing. Uyu musore ukiri muto yitezweho byinshi muri iyi kipe kubera ubuhanga bwe agaragaza mu kibuga. Matteo Kaze Nshimirimana […]
Igikombe cya Premier League cyaribwe bigirwa ibanga
Igikombe cya Premier League mu mwaka wa 2023-2024 cyibwe n’Abajura kabuhariwe bakomoka mu Bubirigi [Belgium] ariko bikaza kugirwa ibanga nubwo byaje kumenyekana. Ikinyamakuru The Sun Football gitangaza ko byamaze kumenyekana uko igikombe cya Premier League [2023-2024] cyibwe n’Abajura bakomoka mu Bubirigi Bivugwa ko igikombe Manchester City yahawe cyitari cyuzuye kuko igice kimwe cyari zahabu n’aho […]
Nyanza: Umuyobozi w’ishuri n’umuzamu bafunzwe nyuma yo gucyekwaho kwiba ibiryo by’abanyeshuri
Mu Kagari ka Mpanga, Umurenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza, haravugwa amakuru y’umuyobozi w’ishuri n’umuzamu uririnda batawe muri yombi bacyekwaho kwiba ibiribwa by’abanyeshuri. Aba bombi bakoreraga ikigo cy’amashuri abanza cya Nyakabuye mu Karere ka Nyanza aho ngo bafashwe mu masaha akuze yo kuri uyu wa 24, Kamena, 2024 saa cyenda z’ijoro. Uyu muyobozi witwa […]
Liège: Inkongi y’umuriro yishe umwe abandi 14 barakomereka
Inkongi y’umuriro yatangiriye ku munara wa Kennedy muri Liège ahagana mu ma saa mbiri z’ijoro kuva ku wa mbere kugeza ku wa kabiri,ihitana Umuntu umwe , abandi 14 bajyanwa mu bitaro. Iyo nkongi y’umuriro yateje abaturage benshi kuva mu byabo, mu isuzuma rya mbere ryabaye, ryerekana umuntu umwe wahitanywe n’umuriro, mu gihe abantu cumi na […]
Tshisekedi yambitswe umudali w’ishimwe na Gén Déby
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yambitswe umudali w’ishimwe na mugenzi we wa Tchad, Gén Mahamat Idriss Déby Itno. Tshisekedi ari i Ndjamena muri Tchad kuva mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 25 Kamena, mu ruzinduko rw’amasaha 24 ari kugirira muri iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika. […]
Urubyiruko ruzwi nka Gen- Z rurateganya imyigaragambyo y’iminsi 7 bise ‘kuzimya Kenya’
Kuri uyu wa Mbere taliki 24 Kamena 2024, Urubyiruko ruzwi nka Gen -Z rwatangaje ko kuri uyu wa kabiri ruri bukore imyigaragambyo bise ‘kuzimya Kenya’. Ni nyuma y’uko rwateye utwatsi icyifuzo cya Perezida wa Kenya, William Ruto watangaje ko yifuza guhura nabo. Yabitangaje ku Cyumweru ubwo yari mu rusengero rw’Abagaturika kugirango bakemure ikibazo ariko bamutera […]
Ngoma: Batangiye ibikorwa byo kwamamaza abakandida ba FPR-Inkotanyi bishimira ibikorwa remezo bubakiwe
Ku gicamunsi cyo kuwa Mbere tariki ya 24 Kanama 2024 , abanyamuryango ba FPR- Inkotanyi mu Murenge wa Kibungo ,bitabiriye igikorwa cyo gutangiza gahunda yo kwamamaza umukandida wabo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ndetse n’abakandida b’abadepite . Icyo gikorwa cyatangijwe n’urugendo rwo kwishimira ibikorwa remezo bubakiwe mu myaka 7 ishize . Igikorwa cyo kwamamaza […]
Cibitoke: Abasirikare 15 ba FDNB bapfiriye mu mpanuka
Abasirikare 15 b’u Burundi bapfuye mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere tariki ya 24 Kamena 2024, nyuma yo gukorera impanuka y’imodoka mu ntara ya Cibitoke. Ni impanuka yabereye ahitwa Manyama ho muri Komine ya Mabayi. Amakuru avuga ko iyo mpanuka yabaye ubwo igikamyo kimwe mu bibarirwa mu icumi byari bishoreranye bitwaye abasirikare […]
Uwashinze urubuga rwa WikiLeaks yarekuwe nyuma yo kumara imyaka itanu muri gereza
Uwashinze WikiLeaks, Julian Assange, yakuwe muri gereza yo mu Bwongereza kandi yiteguye gusubira mu gihugu cye cya Australia nyuma y’uko yaregwaga icyaha cyo kurenga ku mategeko y’ubutasi muri Amerika. Nk’uko byatangajwe mu rukiko rw’intara rwo muri Amerika ku birwa bya Mariana y’Amajyaruguru, ngo Assange, ufite imyaka 52, azemera icyaha kimwe cy’umugambi wo gushaka no gutangaza […]
Itsinda rya mbere ry’abapolisi ba Kenya ryerekeje muri Haiti
Kuri uyu wa Mbere nimugoroba, itsinda rya mbere ry’abapolisi ba Kenya bahagurutse i Nairobi berekeza muri Haiti mu rwego rw’ubutumwa mpuzamahanga bugamije kuzana umutekano mu gihugu, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’umutekano mu gihugu cya Kenya, Kithure Kindiki. Mu magambo ye, Kithure Kindiki yagize ati: “Nishimiye gusezera ku itsinda rya mbere ry’abapolisi b’igihugu bagiye kugira uruhare […]
Ukraine iravuga ko yasenye ibirindiro by’indege zitagira abadereva z’u Burusiya
Ukraine iravuga ko yasenye ibirindiro by’u Burusiya byakoreshwaga mu kohereza indege zitagira abadereva (drones) zakozwe na Iran no mu guhugura abasirikare bazikoresha. Amafoto yerekana isenywa ry’ubu bubiko yashyizwe ahagaragara n’Ingabo za Ukraine zirwanira mu mazi nyuma y’amakuru y’iturika rihambaye hafi y’ikibuga cy’indege cy’u Burusiya giherereye mu karere ka Krasnodar. Moscou ntiragira icyo itangaza kuri aya […]
Rutsiro: Imyaka irenze 60 amazi meza bayumva kuri radiyo

Hari abaturage bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko mu myaka irenga 60 batarabasha kubona uko amazi meza asa, uretse ayo bumva kuri radio. Ni mu gihe Minisiteri y’ibikorwa remezo itangaza ko u Rwanda rugeze kuri 80% mu kwegereza abaturage amazi meza. Aba ni abaturage bo mu murenge wa Boneza, akagari ka Remera mu midugudu […]