Karongi: Isoko ry’akarere niryo rirangwamo uruhuri rw’ibibazo

img_0754.jpg

Isoko ricungwa n’akarere ka karongi, riherereye mu murenge wa Bwishyura abarikoreramo barinubira uruhuri rw’ibibazo birirangwamo. Ibi bibazo abaganiriye na BWIZA batangaje ko byose bikomoka ku baricunga batarikurikirana umunsi ku wundi. Mu mbogamizi zugarije abarikoreramo, batinya kuba baha umunyamakuru ijwi cyangwa amashusho, bagahitamo kubimuganiriza yandika ngo batiteranya hari ukuba ritagira aho imodoka ziparika zaba izizanye ibicuruzwa […]

Senegal: Ambasaderi wa Ukraine i Dakar yahamagajwe n’ubuyobozi kubera video

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Senegal kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 3 Kanama 2024, yahamagaje ambasaderi wa Ukraine i Dakar kubera amashusho yashyize ahagaragara ashyigikira ibitero byagabwe mu mpera za Nyakanga byibasiye ingabo za Mali n’abacanshuro bo mu Burusiya ba Wagner mu majyaruguru y’igihugu. Abategetsi bashya ba Senegal, kuva Perezida Bassirou Diomaye Faye yatorwa muri […]

Rutsiro: Umwana w’imyaka 13 afunzwe akekwaho gusambanya uw’imyaka 3

Umwana w’imyaka 13 twahinduriye amazina akitwa (Toto) wo mu karere ka Rutsiro afunzwe akekwaho gusambanya uw’imyaka itatu. Ibi byabereye mu murenge wa Musasa, akagari ka Gisiza ho mu mudugudu wa Karambi ku mugoroba wa tariki 03 Kanama 2024 mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Gisiza, Mutabazi Thierry yahamirije BWIZA aya makuru. […]

U Bushinwa, Tanzania na Mozambique byahuriye mu myitozo ya gisirikare

Muri iki gihe ingabo z’Abashinwa, Mozambike na Tanzaniya zirimo gukora imyitozo ihuriweho yitiriwe amahoro n’ubumwe ya 2024 muri Tanzaniya, yibanda ku bikorwa bya gisirikare byo kurwanya iterabwoba . Umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo y’u Bushinwa, Colonel Zhang Xiaogang, yavuze ko iyi myitozo yakorewe ku butaka no mu nyanja igamije kongerera ubushobozi ingabo zayitabiriye mu bikorwa bihuriweho […]

Bruxelles: Polisi yataye muri yombi abajura 18

Mu bikorwa birindwi byabaye mu kwezi kwa Nyakanga ,abajura cumi n’umunani bafatiwe mu cyuho n’igipolisi cya Bruxelles nyuma y’uko bashaka kwiba mu maduka , nk’uko byatangajwe ku wa gatanu n’akarere k’igipolisi ka Bruxelles-Capitale Ixelles, muri iki gikorwa hafatiwemo ibintu byibwe bifite agaciro k’amayero ibihumbi cumi na bibiri. Sudinfo dukesha iyi nkuru,ivugako uyu mukwabu wakozwe mu […]

Igisirikare cya Sudani kiravuga ko cyasubije inyuma igitero cya RSF muri Blue Nile

Igisirikare cya Sudani cyatangaje ko cyahagaritse igitero cyagabwe n’abarwanyi ba Rapid Support Force (RSF) kuri Leta ya Blue Nile mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu . Igisirikare cyavuze ko ingabo zo muri Division ya 4 y’Ingabo zirwanira ku butaka zasubije inyuma igitero cyagabwe kuri Guli nk’uko tubikesha Anadolu Agency. Cyongeyeho ko bafashe ibikoresho bya RSF kandi bica […]

Isiraheli: Umuntu umwe yicishijwe icyuma abandi batatu barakomereka

Mu gitero cyabereye mu muhanda no mu bice bitandukanye muri Holon, umujyi w’akarere ka Tel Aviv, kuri iki cyumweru,umuntu umwe yapfuye , abandi batatu barakomereka, barimo babiri bakomeretse bikabije, mu gitero cyakozwe hakoreshejwe icyuma I Tel Aviv . Mu itangazo ryatanzwe na Polisi ikorera muri ako karere, yavuze ko uwakoze iki gitero, akekwaho kuba ari […]

Lubero: Abasivili 500 bamaze kwicwa mu mezi abiri

Abasivili barenga magana atanu bishwe mu gihe cy’amezi abiri mu bitero bitandukanye by’imitwe yitwaje intwaro mu majyaruguru ya Teritwari ya Lubero (Kivu y’Amajyaruguru). Iri suzuma ryagaragaye mu nama yabaye ku wa Gatandatu, itariki ya 3 Kanama 2024 i Butembo, yitabiriwe n’abayobozi gakondo, abakorera sosiyete sivile ndetse n’abavuga rikijyana bo mu gace ka Butembo-Mangurejipa. “Twamaganye n’imbaraga […]

Burundi: Abagabo bane bishwe n’inzoga y’inkorano bita Dodo

Abagabo bane mu Ntara ya Kayanza mu gihugu cy’u Burundi barapfuye mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu nyuma yo kunywa inzoga y’inkorano. Aba bari kumwe n’abandi bantu batatu . Ibi byabereye mu murwa mukuru w’intara ya Kayanza (mu majyaruguru y’Uburundi). Inzoga nyirabayazana w’izi mpfu enye yitwa “Dodo vino” nk’uko iyi nkuru […]

Polisi yafashe abarenga 20 bakurikiranyweho gukura utugabanyamuvuduko mu modoka

Abantu 22 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi y’u Rwanda mu mihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Kigali byo kurwanya abahungabanya umutekano wo mu mu muhanda, by’umwihariko abadakoresha utugabanyamuvuduko (Speed Governors) . Muri bo harimo abashoferi 18 bafashwe batwaye imodoka zitwara abagenzi zakuwemo utugabanyamuvuduko cyangwa tudakora n’abatekinisiye 4 bacyekwaho kubafasha mu kudukuramo no kutubuza gukora neza. […]

Nyamasheke: Yarohamye mu Kivu nyuma y’akanya gato amaze kubatizwa

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 3 Kanama 2024, umusore w’imyaka 21 yarohamye mu kiyaga cya Kivu arapfa nyuma yo kubatizwa mu mubatizo w’itorero EMLR Paruwasi ya Bushenge hamwe na bagenzi be 28 . Uyu musore witwa Iradukunda yabatirizwaga mu mubatizo waberega mu Kagari ka Burimba, Umurenge wa Shangi mu Karere ka Nyamasheke, arohama mu gice […]

Amerika yasabye abaturage bayo kuva muri Liban vuba bishoboka

Ambasade ya Amerika i Beirut yasabye abaturage bayo kuva muri Liban “ku itike iyo ari yo yose iboneka”, mu gihe amakimbirane akomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwo Hagati Iyi nama ikurikira umuburo nk’uwo w’umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga w’u Bwongereza, David Lammy, wavuze ko ikibazo cy’akarere “gishobora kurushaho kubaho kibi vuba”. Ku wa Gatatu, Iran yemeje ko […]

Ukraine irigamba kurohamisha Sous-marin y’u Burusiya muri Crimea

Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyagabye igitero kandi kigasenya ubwato bw’u Burusiya bugendera munsi y’amazi mu gihe bwari buparitse ku cyambu kiri mu gace ka Crimea kigaruriwe . Ku wa Gatanu, abakozi bakuru ba Ukraine bavuze ko Rostov-on-Don, ubwato bwo kugaba igitero bugendera munsi y’amazi (Sous-marin) Batangiye gukoreshwa mu 2014, bwarohamye nyuma yo kugaba igitero […]