Iburasirazuba: Imiyoborere mibi y’amakipe n’inyerezwa ry’umutungo,intandaro yo kumanuka
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Ntara y’Iburasirazuba bavuga ko imiyoborere mibi mu makipe yo mu Ntara y’Iburasirazuba aribyo byayabujije kugera ku ntego yari igamijwe.Uturere tubiri twagiye duhabwa gucunga ikipe mu rwego rwo kongera ingengo y’Imari yakoreshwaga. Nubwo ayo makipe yahawe uturere hagashyirwamo amafaranga atandukanye cyane nayatangwagwa n’akarere kamwe,yakomeje gutsindwa ndetse yose aza mu myanya 4 ya […]
Amahoro si impuhwe ni itegeko – Perezida Kagame yagarutse kuri Congo mu ijambo ryo kurahira 2024
Ikibazo cy’umutekano muke ukomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Congo kiri mu by’ingenzi byagarutsweho na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu ijambo rye nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda muri iyi manda ye nshya ya kane y’imyaka itanu. Mu ijambo rye, Umukuru w’u Rwanda yongeye gushimangira ko igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari cyo […]
Umuramyi Kagame Charles yacyeje impano y’abaramyi bashya “Alicia&Germaine”

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Kagame Charles utuye muri Australia, yacyeje impano y’abaramyi bashya muri iki gisata cyo kwamamaza inkuru nziza ya Yesu Kristu, abavandimwe bakomoka mu karere ka Rubavu “Alicia&Germaine”. Mu kiganiro yahaye umunyamakuru wa BWIZA yahamije ko aba baramyi bafite impano ikwiriye gushyigikirwa, kandi abifuriza gukomeza gukora cyane. Yagize ati :“Nyuma […]
Perezida Kagame yarahiriye indi manda y’imyaka 5 mu muhango ubereye ijisho

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, itariki 11 Kanama 2024, Perezida Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda ya Kane izamara imyaka itanu iri imbere mu birori byitabiriwe n’abakuru b’ibihugu 22 n’abahagarariye za Guverinoma n’imiryango Mpuzamahanga itandukanye . Ni nyuma yo gutsinda amatora yo ku wa 14-15 Nyakanga 2024 ku majwi 99,18%, atsinze Dr. […]
Ibiciro by’ibiryo n’ibinyobwa bidasembuye byagabanutseho 1,5% muri Nyakanga – NISR
Ihindagurika ry’ibiro ryageze kuri 4,9 ku ijana muri Nyakanga kandi byagabanutseho 0.1 ku ijana bivuye kuri 5 ku ijana kwagaragajwe muri Kamena. Ibi ni ibikubiye mu bipimo biheruka by’ibiciro (CPI), igipimo cy’ibanze mu kugaragaza agaciro k’ifaranga, cyashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR). Iki gipimo cyerekana igipimo cy’uko ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi bizamuka […]
Uganda: Inkangu yahitanye abantu 8 i Kampala
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 10 Kanama, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kampala bwatangaje ko inkangu mu murwa mukuru wa Uganda, yahitanye abantu umunani . Ibitangazamakuru byo muri Uganda byatangaje ko ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu nyuma y’imvura nyinshi ubwo ahantu hajugunywa imyanda hatengukaga, hagatwikira amazu amwe n’amwe yari hafi. Ubuyobozi bukuru bw’Umujyi wa […]
Menya icyo Perezida wa Repubulika arahirira n’ibirango by’igihugu ahabwa
Prof Sam Rugege, wigeze kuba Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu gihe cy’imyaka umunani, kandi wakiriye indahiro ya Perezida Kagame mu 2017, yasobanuye ibikubiye mu ndahiro ya Perezida wa Repubulika mu kiganiro na RBA . “Ibikubiye mu ndahiro by’ingenzi, harimo kudahemukira Repubulika y’u Rwanda nk’abandi bayobozi bose, agomba gukurikiza Itegeko Nshinga n’andi mategeko kandi akarinda Itegeko Nshinga. […]
Goma: Abasirikare 5 ba FARDC n’Abawazalendo bafatiwe mu mukwabu wo gusukura umujyi
Muri rusange, abantu 9 bivugwa ko ari abagizi ba nabi batawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano mu rwego rw’umukwabu wishwe “Safisha Muji wa Goma”, bamurikiwe umuyobozi w’umujyi wa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru, n’Akarere ka 34 ka gisirikare ku wa Gatandatu, itariki ya 10 Kanama, 2024, hamwe n’imbunda 7 za AK-47 n’amasasu. Muri bo harimo abasirikare […]
Abakuru b’ibihugu n’abandi bayobozi bamaze kugera i Kigali mu irahira rya Kagame

Abakuru b’ibihugu barimo, Perezida wa Centrafrica, Faustin-Archange Touadéra, Perezida wa Ghana, Nana Akufo-Addo, Perezida wa Guinée, Général Mamadi Doumbouya baraye i Kigali aho bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 11 Kanama 2024 . Usibye aba, hari kandi Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, Perezida wa Zimbabwe, Emmerson […]
USA: Abashinzwe kwamamaza Trump barashinja Iran kubinjirira
Abashinzwe ibikorwa byo kwamamaza Donald Trump bavuze ku wa Gatandatu ko rimwe mu itumanaho ry’imbere ryabo ryinjiriwe kandi bashinja Guverinoma ya Iran kubiba inyuma bakomeza ku bwumvikane bucye hagati ya Trump na Iran mu bihe byashize badatanze ibimenyetso bifatika. Itangazo ry’abashinzwe kwamamaza uyu mukandida w’Abarepubulikani rije nyuma gato y’aho urubuga rw’amakuru Politico ruvuze ko rwatangiye […]
Perezida Zelensky yemeye ko Ukraine iri kugaba ibitero imbere mu Burusiya
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeye ku nshuro ya mbere, ko ingabo ze ziri kugaba igitero mu karere ka Kursk gaherereye mu burengerazuba bw’u Burusiya . Kuri uyu wa Gatandatu, mu ijambo yavugiye kuri televiziyo nijoro, Perezida Zelensky yavuze ko Ingabo za Ukraine ziri gusunikira intambara “ku butaka bw’abateye.” Ibi bibaye nyuma y’iminsi itanu Ukraine […]