Abarenga ibihumbi mirongo ine bamaze kugwa mu ntambara ibera muri Gaza

Kuri uyu wa Kane ,Minisiteri y’Ubuzima muri Gaza yatangaje ko kuva ku italiki ya 7 ukwakira umwaka ushize,ibikorwa bya gisirikali by’ingabo za Israel muri Gaza byishe byibura Abanyapalestine 40,005 abandi bagera ku 92,401 barakomereka. Iyi ntambara yibasiye cyane abasivili mu gushaka abarwanyi ba Hamasi. Ibiganiro by’agahenge byagiye biba ntibyabujije ko nyuma y’iyubura ry’imirwano abasivile bahatikirira […]

Kamonyi: Umubyeyi yatawe muri yombi azira gutwika umunwa w’umwana we

Mu Karere ka Kamonyi haravugwa inkuru y’umubyeyi uvugwaho gutwika umunwa w’umwana yibyariye akoresheje umuhoro yabanje gucana ugatukura. Ibi byabereye mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Nyamiyaga,akagari ka Bibungo,umudugudu wa Nyamweru,aho umubyeyi witwa Mukanyandwi Marie Grâce ufite imyaka 37 y’amavuko ngo yatwitse umwana we w’umukobwa w’imyaka 5 y’amavuko amuziza ko ngo yavuzeko bibye urukwavu mu baturanyi […]

Kamere nyarwanda yatunzwe agatoki mu bikomeje gusenya ingo

img_1019.jpg

Kamere nyarwanda iri mu byatunzwe agatoki mu bikomeje guhembera amakimbirane mu miryango, ndetse bigasenya ingo zitari nkeya, abana akaba aribo bagerwaho n’ingaruka. Ibi byagarutsweho mu biganiro byahuje bamwe mu bagize amadini n’amatorero bo mu karere ka Rubavu, imiryango isanzwe yubatse n’iherutse gushinga ingo byateguwe na Duhumurizanye iwacu i Rwanda. Bamwe mu babyitabiriye bavuze ko imyumvire […]

France: Abapilote 2 b’indege z’indwanyi bapfuye nyuma yo kugongana n’indi mu kirere

france-accident-defence-transport-104114_4443480_20240815203431.jpg

Abapilote babiri b’indege z’indwanyi z’Abafaransa bapfuye nyuma y’uko indege yabo yo mu bwoko bwa Rafale igonganye n’indi mu kirere zikagwa mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Bufaransa nk’uko Igisirikare cy’u Bufaransa kibitangaza. Impanuka z’izi ndege z’indwanyi z’Abafaransa zigenda ku muvuduko ukubye uw’ijwi inshuro runaka ntabwo zisanzwe. Impanuka ebyiri gusa ziheruka, imwe yabaye muri 2007 indi mu 2009, […]

The Ben yiyunze na Coach Gael nyuma y’igihe barebana ay’ingwe

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi mu muziki nyarwanda nka The Ben, yatangaje ko yamaze kwiyunga na Karomba Gael uzwi nka Coach Gael nyuma y’igihe bombi barebana ay’ingwe. The Ben yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ni ubutumwa bugira buti: “Ukongera guhura kw’abavandimwe. Reka twubake hanyuma twigarurire Isi.” Ubu butumwa bwari buherekeje […]

Abamisiyoneri bo muri Korea y’Epfo bashimutiwe muri Kenya

Abamisiyonari babiri bo muri Koreya y’Epfo bashimuswe aho batuye n’abagizi ba nabi batamenyekanye mu gace ka Odda, mu Ntara ya Marsabit, ahagana mu ma saa 21h 00 zo muri Kenya. Ibi byabaye mu ntangiro z’iki Cyumweru, aho abantu bitwaje imbunda bashimuse abamisiyoneri babiri bo muri Koreya y’Epfo mu Majyaruguru ya Kenya, hafi y’umupaka wa Etiyopiya. […]

U Rwanda na Congo bigiye guhurira mu bindi biganiro

Ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiye guhurira mu yindi nama igamije gucubya umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi ndetse no gukemura ikibazo cy’amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Congo. Iyi nama iteganyijwe kubera i Luanda hagati y’itariki ya 20 n’iya 21 Kanama; nk’uko Perezidansi ya Angola yabitangaje kuri […]

Umubyeyi w’abana batanu yishwe n’imwe mu mbwa yiyororeye

Kuri uyu wa Kane, byagaragaye ko umubyeyi w’abana batanu bapfuye nyuma yo kuribwa n’imbwa mu rugo rwe yari aherutse no gupfusha umukobwa we. Ku itariki ya 29 Nyakanga, Michelle Hempstead, ufite imyaka 34, yapfuye nyuma yo kuribwa n’imbwa ye yo mu bwoko bwa Bull Mastiff mu rugo rwe mu majyepfo ya Eshend, muri Essex, akagira […]

Minisitiri Utumatwishima yateje Yago n’abo bamaze igihe bashyamirana RIB

Minisitiri w’Urubyiruko n’ibikorwa by’ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah Jean Nepo, yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) gukurikirana rukamenya niba ibikorwa Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago n’itsinda ry’abantu bamaze igihe bashyamirana bitagize ibyaha. Yago uri mu bafite izina rikomeye mu myidagaduro nyarwanda amaze iminsi aterana amagambo n’abantu batandukanye ashinja gusebya izina rye. Uyu musore wamenyekanye mu itangazamakuru ndetse […]

Tanzaniya: Perezida Suluhu yirukanye Minisitiri w’Ubuzima wari umazeho igihe

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2024, yakuyeho Minisitiri w’ubuzima umaze igihe kinini (kuva mu 2015), Ummy Mwalimu, mu ivugurura rito rya guverinoma, aho bivugwa ko iki ari kimwe mu bikorwa bigamije gukomeza ubutegetsi bwe mbere y’amatora rusange y’umwaka utaha. Nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga mukuru, Moses Kusiluka, Perezida […]

Abasirikare 100 basoje amasomo yo kurinda abanyacyubahiro bahawe ku bufatanye bwa RDF na Qatar

7-6.jpg

Abasirikare 100 ba RDF bo mu ishami rishinzwe disipuline mu gisirikare (MP) barangije neza gahunda y’amahugurwa y’ibyumweru bitandatu yakozwe ku bufatanye bwa RDF na Qatar. Amahugurwa yabereye mu ishuri rya gisirikare ry’u Rwanda i Gako, yibanze ku bice by’ingenzi birimo kurwanya iterabwoba, kurinda abanyacyubahiro, no kurwanya imvururu. Iyi gahunda ihuriweho ishimangira umubano w’ibihugu byombi hagati […]

Bigenda bite iyo unyweye ikawa ikakubana nyinshi mu mubiri?

Kunywa ikawa ni umuco wavuga ko uri gukwira ku isi by’umwihariko mu bihugu bya Asia bituwe cyane n’abarabu, ariko no ku yindi migabane usanga bayikunda. Cyo kimwe n’ibindi binyobwa cyangwa ibiribwa bikubiyemo ibinyabutabire bitandukanye, abantu bashishikarizwa kutabifata mu buryo bw’umurengera. Ni muri urwo rwego n’abanywa ikawa nabo bagirwa inama yo kutanywa nyinshi. Impamvu ni uko […]

Rutsiro: Abagabo babiri babangamiwe no kubana n’abagore mu nzu imwe

kiiiiiiiiii.jpg

Mu karere ka Rutsiro hari abaturage bavuga ko ubuzima bwo kubana ari abagabo barenze umwe mu nzu n’abana bubashaririye,bahamya ko baheruka gutera akabariro bagituye muri nyakatsi. Abaganiriye na BWIZA bo mu murenge wa Kigeyo, akagari ka Nyagahinika ho mu mudugudu wa Nyarusuku, bavuga ko babayeho ubuzima bubashaririye bwo kumara imyaka irenga itanu batabona uko bigenza […]

Abagera ku 700,000 bo muri Afurika y’Uburengerazuba n’iyo hagati bibasiwe n’umwuzure

Mu ntangiro z’iki Cyumweru, umuvugizi w’umuryango w’abibumbye yatangaje ko imvura idasanzwe n’umwuzure ukabije byibasiye abantu barenga ibihumbi 700 bo muri Afurika y’Iburengerazuba no hagati, mu gihe cy’amezi abiri . Ni ukuvuga hagati ya Gicurasi na Nyakanga. Yatangaje ko imvura idasanzwe n’umwuzure ukabije muri Repubulika ya Centrafrique, Tchad, Cote d’Ivoire, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Liberiya, […]

Burundi: Abashinzwe kurinda Ndayishimiye bafunzwe bazira impano bahawe na Perezida wa Tchad

Colonel Christian Nyabenda wo mu gipolisi cy’u Burundi ushinzwe ibikorwa mu ishami rishinzwe gufasha kurinda inzego (GAPI), abandi bapolisi babiri bo muri iri shami barimo umugore kimwe n’abandi ba ofisiye babiri ndetse na sous-officier bo muri Brigade idasanzwe ishinzwe kurinda inzego za leta n’umukuru w’igihugu, BSPI , bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Bujumbura izwi ku […]

Twakemuye ibibazo na RDF muri ako karere none ubu SAMIM yagiye turakomeza – Nyusi

455240767_18298692175167529_7077172863939118421_n.jpg

Nyuma yo kwitabira umuhango w’irahira rya mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, i Kigali, Perezida wa Mozambike, Filipe Nyusi, yashimye uburyo Ingabo z’u Rwanda zishyigikira Mozambike mu kurwanya iterabwoba muri Cabo Delgado. Nyuma y’umunsi umwe avuye i Kigali, Perezida Filipe Nyusi yatangarije itangazamakuru ati “Byari ngombwa kuba hano kuko, mu bihe byiza no mu bihe […]

Rutshuru: FARDC na M23 baraye bumvanye imitsi

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko hongeye kubura imirwano hagati y’ingabo za Leta ya FARDC na M23. Izi mpande zombi zaraye zihondaguranye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 14 Kanama 2024. Ni imirwano yabereye mu gace ka Kisharo gaherereye muri gurupema ya Binza, muri teritwari ya Rutshuru mu Ntara […]

Kagame yababajwe na za Toni z’umuceri w’abahinzi b’i Rusizi waboreye mu bubiko

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko yababajwe cyane no kumenya amakuru y’abahinzi bahinga mu kibaya cya Bugarama ho mu karere ka Rusizi bejeje amatoni y’umuceri, gusa ukaza kubaboreraho kubera kubura isoko. Ikibazo cy’aba bahinzi kimaze igihe kirekire kuko cyatangiye kumenyekana muri 2020. Inkuru BWIZA yanditse muri Kanama 2020 yavugaga ko mu bubiko bwa MAGERWA mu mirenge […]

Ikibuga cy’Indege cya Cologne cyahagaritse imirimo by’agateganyo nyuma yo kwinjirirwa

Ikibuga cy’indege cya Cologne / Bonn mu Budage, cyatangaje muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane ko gihagarika by’agateganyo ibikorwa nyuma y’uko “kwinjirirwa n’abantu batabyemerewe.” Iki kibuga cy’indege ni kimwe mu bibuga by’indege biba bihuze kubera abagenzi benshi cyane bagikoresha nk’uko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. Muri iki cyumweru, Letzte Generation cyangwa “Igisekuru […]

Abafana ba APR FC bakoze impanuka bajya muri Tanzania

Abafana b’ikipe ya APR FC bibumbiye muri Fan Club ya APR FC Zone 1 bakoze impanuka mu ijoro ryakeye, ubwo bari mu nzira berekeza muri Tanzania gushyigikira ikipe yabo. Ni impanuka yabereye i Nyagasambu mu karere ka Rwamagana, ubwo bisi ya sosiye itwara abagenzi ya Matunda Express barimo yagonganaga n’ikamyo. Umwe mu bayobozi b’abafana ba […]

Aimable Karasira akomeje kwimwa uburenganzira kuri miliyoni hafi 45Frw zafatiriwe n’ubutabera

Aimable Karasira ushinjwa ibyaha birimo guhakana Jenoside, arasaba ubushinjacyaha kurekura amafaranga ye yafatiriwe kugira ngo abashe kwishyura abanyamategeko be. Avuga ko amafranga ye yafatiriwe akabakaba muri miliyoni 45 z’amanyarwanda, arimo amanyarwanda n’amadevize kuko hari amadevise agera 11.000 by’amadolari ndetse n’andi abarirwa mu 17.000 by’amayero. Avuga ko amwe yayakoreye ayandi ari impano z’abantu batandukanye. Hashize amezi […]

Ku munota wa nyuma ibiganiro bya Sudan by’amahoro byabaye impande zihanganye zanze kubyitabira

Impande zihanganye muri Sudan zanze kwinjira aho ibiganiro byaberaga nyuma y’uko uruhande rwa Leta ruvuze ko urwo bahanganye ‘RSF’ rubanza kubahiriza amasezerano ya Mbere. Ayo masezerano yari yabereye muri Arabiya Sawudite(Saudi Arabia), avuga ko izi ngabo zigomba kubanza kuva mu ngo z’abaturage. Intumwa za RSF, nizo zitabiriye ibi biganiro bwa Mbere, ariko bageze aho bibera […]

Igisubizo cya Perezida Kagame ku bamaze igihe bamusaba ‘kuvana RDF muri RDC’

Perezida Paul Kagame yabwiye abamaze igihe bamusaba kuvana Ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubanza kumenya ikibazo cyaba cyaratumye zijyayo, hanyuma bakagikemura. Yabigarutseho ku wa Gatatu tariki ya 14 Nyakanga, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’abadepite baheruka kwinjira mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira […]