Umuntu ufite imyitwarire iteye inkeke yafatiwe i Froidchapelle
Kuri uyu wa Kabiri mu gitondo, abapolisi bashinzwe ubutabazi basabwe gufata umuntu wari ufite imyitwarire iteye inkeke wari kuri Place Albert 1er I Froidchapelle, nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’umujyi wo mu gihugu cy’Ububiligi. Ukekwaho icyaha yatawe muri yombi n’abapolisi ngo abanze akorweho iperereza. Rtl info ivuga ko inzego z’ubutabazi n’abapolisi bakiriye integuza mu gitondo cyo kuri […]
Rutsiro: Ivuriro rito ryatwaye arenga Miliyoni 10 Frw rikomeje gusenyuka ridakorewemo

Ivuriro rito rya Rugeyo, ryo mu karere ka Rutsiro ryatwaye arenga Miliyoni 10 Frw rikomeje gusenyuka ridakorewemo, abarituriye bavuga ko ubuyobozi bafite budakorera umuturage, ahubwo wagira ngo baje mu butembere, kuko kuva batorwa iki kibazo bakimenye ariko bakakirengagiza. Iri vuriro rito ridakora riherereye mu Kagari ka Rugeyo, Umurenge wa Murunda, abarituriye bavuga ko bakigorwa no […]
Hatangajwe igihe ibizamini byo gutwara imodoka za “Automatique” bitangizwa
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ibizamini n’impushya zo gutwara ibinyabiziga kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Nzeri 2024, ryatangaje ko gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga bya Otomatike (Automatic Transmission) bizatangira kuva ku wa 09 Nzeri 2024. Iryo shami ryavuze ko ibyo bizamini bizakorerwa ku bibuga bya Busanza na Gahanga mu Karere ka Kicukiro, […]
Kuva muri Werurwe,Polisi imaze gufata moto zikabakaba 2000
Kuri uyu wa 4 Nzeri 2024, muri Kigali Pelé Stadium habereye inama yahuje abamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali,Polisi y’u Rwanda, RURA n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Amakoperative, RCA. Muri iyi nama,abamotari bibukijwe ko bagomba kubahiriza amategeko y’umuhanda yose. DIGP Vincent Sano, Umuyobozi Mukuru wa Polisi Wungirije Ushinzwe Ibikorwa,yatangaje ko kuva muri Werurwe 2024 kugeza uyu […]
Amavubi akuye inota muri Libya
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ iguye miswi na Libya igitego 1-1, mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’ibihugu cya 2025 kizabera muri Maroc. Libya yari yakiriye u Rwanda mu mukino wa mbere wo mu itsinda D wabereye kuri Stade yitiriwe itariki ya 11 Kamena i Tripoli. Ni umukino abasore b’umutoza Frank Spitter bagowe n’igice […]
U Burusiya bugiye kuzana indege kabuhariwe z’intambara mu imurikagurisha ry’intwaro muri Afurika
Indege z’intambara z’u Burusiya nka Tu-160 long-range bombers ziri mu zishobora kumurikwa muri Africa Aerospace and Defense 2024 nk’uko tubikesha urubuga military.africa. Mbere y’iki gikorwa, intumwa z’Igisirikare cy’u Burusiya zasuye ikibuga cy’indege hanze ya Pretoria ngo harebwe ko hakoherezwa izi ndege za Tu-160 ahazabera imurikagurisha. Aba basirikare bakiriwe ku kibuga cy’indege n’Umuyobozi w’Ingabo zirwanira mu […]
Muri biro bya Minisitiri w’Ubutabera wa RDC habonetse amarozi
Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko hari amarozi yagaragaye mu biro bye. Minisitiri Mutamba mu itangazo yasohoye yavuze ko amarozi yagaragaye mu biro bye agizwe n’amafu y’umweru yagaragaye anyanyagiye ku meza, intebe, keyboards za mudasobwa, ku itapi ndetse no mu nyandiko. Yavuze kandi ko bikekwa ko hari andi marozi […]
Perezida Ruto yemeje ko yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Ruto, yemeje ko yabonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, mu Bushinwa, bagirana ibiganiro ku kunoza umubano w’ibihugu byombi no kuri kandidatire ya Odinga ku buyobozi bwa Komisiyo ya AU. “U Rwanda n’umufatanyabikorwa ukomeye kandi w’ingamba za Kenya. Dusangiye umubano ushingiye kuri dipolomasi, amateka n’umuco. Ibihugu byacu ni ibinyamiryango by’Umuryango […]
Mocímboa da Praia: Guverineri yatashye ibyumba by’ishuri byubatswe na RDF muri Namalala

Guverineri wa Cabo Delgado, Valige Tauabo, ku wa Mbere, itariki ya 02 Nzeri yafunguye ku mugaragaro ibyumba bine by’Ishuri Ribanza rya Namalala mu karere ka Mocimboa da Praia. Iyubakwa ry’aya mashuri ryashobotse ku nkunga y’amafaranga yatanzwe n’Ingabo z’u Rwanda, mu rwego rw’umubano wa kivandimwe hagati y’ibihugu byombi. Ibyumba bine by’ishuri bifite ubushobozi bwo kwakira abanyeshuri […]
Ufite ubushobozi burenze ubwo utekereza
Ariko ubuntu bw’Imana ni bwo bwatumye mba uko ndi, kandi ubuntu bwayo nahawe ntibwabaye ubw’ubusa, ahubwo nakoze imirimo myinshi iruta iya bose, nyamara si jye ahubwo ni ubuntu bw’Imana buri kumwe nanjye. (1 Abakorinto 15:10) Hari ukuntu satani yagambiruye uhereye cyera uko wabaho, gusa n’Imana nayo yarabigambiriye. Iduha Yesu, kuko nimuri we imigambi yayo isohora. […]
Ubwato butwara abimukira bwarohamye buhitana 12
Ku wa kabiri, abimukira bagera kuri12 bapfiriye ku nkombe y’amajyaruguru y’Ubufaransa bagerageza kwambuka umuyoboro werekeza mu Bwongereza . Ubuyobozi bwavuze ko ubwo ubwato bwari butwaye abimukira bwarohamye ubwo bageragezaga kugera mu Bwongereza bava mu majyaruguru y’Ubufaransa. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu cy’Ubufaransa, Gérald Darmanin, abinyujije kurubuga rwe rwa X yatangaje ko abantu 12 bapfuye , benshi benshi […]
Minisitiri w’Intebe wa Senegal yifatiye ku gahanga Isirayeli
Nk’uko ikinyamakuru le Quotidien kibitangaza, ku wa Gatandatu, Minisitiri w’Intebe Ousmane Sonko ntiyigeze akoresha amagambo ya diplomasi mu kwamagana politiki yo «gutsemba» abanyapalestine ikorwa na Benjamin Netanyahu, udatinya kwica abantu ibihumbi n’ibihumbagiza kugira ngo agume ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Ni mu butumwa bwanyujijwe kuri murandasi Minisitiri w’Intebe yatangaje ko azitabira urugendo rwo gushyigikira Abanyapalestine […]
Polisi yemeye ko igiye guha gilets abamotari mu buryo buhoraho
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 4 Nzeri 2024,ubwo abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri Moto bahuraga n’inzego zifite aho zihurira no gutwara abantu n’ibintu n’umutekano wo mu muhanda mu Mujyi wa Kigali,Rura,RCA,na Polisi. DIGP Vincent Sano,yasabye aba Motari kubahiriza amategego y’umuhanda uko yakabaye yose,bakarangwa n’ikinyabupfura mu kazi bakora,ubunyangamugayo ndetse bakanakora umwuga wabo batekanye. Ku ngingo […]
Umukobwa wa Jacob Zuma agiye kuba umugore wa 16 wa Mswati III uherutse i Kigali
Nomcebo Zuma, umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini. Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 2 Nzeri ni bwo Nomcebo yerekanwe, ubwo muri Eswatini hasozwaga ibirori gakondo byo kwerekana ugomba kuba umugore mushya w’umwami bizwi nka Umhlanga. Ni ibirori mu […]
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine yeguye ku mirimo ye
Dmytro Kuleba yeguye ku mirimo ye yo kuba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, nyuma y’icyumweru Perezida Volodymyr Zelenskyy atangaje ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ashaka kurushaho gukomeza nyuma y’imyaka ibiri n’igice igihugu cye gitewe n’u Burusiya. Kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’inteko ishinga amategeko, Ruslan Stefanchuk, kuri Facebook yavuze ko Kuleba yatanze icyifuzo cyo […]
Minisitiri w’Intebe wa Sierra Leone yashimye amasomo bigiye ku Rwanda

Sengeh yagaragaje amasomo y’agaciro Sierra Leone yakuye mu Rwanda no kungurana ibitekerezo, cyane cyane mu bijyanye n’ikoranabuhanga no guhanga udushya, nk’ingenzi ku bihugu byombi. Byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Nzeri, ubwo Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiraga Dr. David Moinina Sengeh, Minisitiri w’Intebe wa Sierra Leone, uri mu Rwanda aho yitabiriye inama ngarukamwaka yiga […]
M. Irené yavuze ku birego se yashinjwe na Yago by’uko yakoze Jenoside
Umunyamakuru Murindahabi Irené yanyomoje mugenzi we Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago, agaragaza ko se umubyara atigeze akora Jenoside yakorewe Abatutsi nk’uko uyu mugenzi we aheruka kubitangaza. Yago mu cyumweru gishize ni bwo yanyujije ikiganiro ku muyoboro we wa YouTube agaruka ku bugambanyi avuga ko yakorewe mu myaka ine ishize. Muri iki kiganiro yibasiye abantu batandukanye […]
Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zaguye mu gico cy’ibyihebe
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi/ingabo zo mu Rwanda zari mu irondo, mu karere ka Mocimboa da Praia, mu majyaruguru ya Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado. Umuyobozi w’akarere ka Mocimboa da Praia, Sergio Cipriano, waganiriye na Televiziyo ya Mozambike (TVM) kuri uyu wa Kabiri yagize ati: “ahagana mu […]
USA: Abayobozi ba Hamas barimo Sinwar bashinjwe ibyaha 7 bifitanye isano n’igitero kuri Israel
Amerika yashinje umuyobozi wa Hamas, Yahya Sinwar n’abandi bantu benshi bakomeye bo mu mutwe w’Abanyalesitine wa Hamas ku gitero cyagabwe muri Israel ku itariki ya 7 Ukwakira umwaka ushize. Ishami ry’ubutabera ryavuze ko rirega abanyamuryango batandatu ba Hamas ibirego birindwi birimo iyicwa ry’Abanyamerika, umugambi wo gutera inkunga iterabwoba no gukoresha intwaro zo kurimbura. Ikirego cy’inshinjabyaha […]
Karasira yasabye kwemererwa kugera kuri konti ze akishakira umwunganizi
Kuri uyu wa Kabiri, Aimable Karasira yasabye ko amafaranga ye yafatiriwe n’ubutabera yayabona akayifashisha yishakira umwinganizi kuko adashaka gukomeza kunganirwa n’ymunyamategeko yahitiwemo. Karasira yabwiye urukiko ko agomba kuburana yunganiwe kandi adashaka umwunganira ahawe n’urugaga rw’abunganira abandi mu mategeko batangwa ku muntu utifashije, avuga ko we afite imitungo ihagije yamufasha kubona abamwunganira mu rubanza gusa yafatiriwe, […]
Bizimana Djihad yafungiwe muri Libya akekwaho kuba intasi ya Israel
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yabaye umukinnyi wa nyuma wasanze bagenzi be mu mwiherero biteguriramo gucakirana na Libya, nyuma yo kubanza gufungwa amasaha hafi atanu azira kuba muri Passiporo ye harimo ko yageze muri Israel. Mbere y’uko Djihad ajya muri Libya yari kumwe n’ikipe ye ya FC Kryvbas Kryvyi Rih yo muri Ukraine ubwo […]