Urujijo ku irengero rya Kikuni bikomeje kuvugwa ko yaba yarishwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi

Urujijo rukomeje kuba rwose muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko umunyapolitiki Seth Kikuni uheruka gutabwa muri yombi akomeje kuburirwa irengero. Kikuni utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC, ari mu bakandida bahatanye na Perezida Félix Antoine Tshisekedi mu natora ya Perezida wa Repubulika yo mu Ukuboza 2023. Mu minsi 12 ni bwo yatawe muri yombi […]

Ubushobozi bwa Kajugujugu za Mi-35 RDF iherutse kwerekana bwa mbere

whatsapp_image_2024-08-12_at_11.28_01_71d27b76-f4bdd.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) giherutse kwerekana bwa mbere kajugujugu zo mu bwoko bwa Mi-35M giherutse kwibikaho. muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ubushobozi bw’izi kajugujugu nk’uko tubikesha inkuru ya defenceweb Hari ku itariki ya ya 11 Kanama, ubwo kajugujugu ebyiri zo gutwara abantu za Mi-17 na kajugujugu ebyiri zo mu bwoko bwa Mi-35M z’ingabo z’u […]

RDC: Umuyobozi wa Gereza ya Makala yari yaratanze intabaza bamwima amatwi

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hakomeje kwibazwa ibibazo bijyanye n’ibyabereye muri Gereza Nkuru ya Makala. Nk’uko inyandiko RFI yagenzuye zibitangaza, umuyobozi wa gereza yari yaraburiye abayobozi ku byago byashoboraga kuba muri Gereza ya Makala mbere y’uko “bagerageza gutoroka” mu ijoro ryo ku itariki ya 1 rishyira ku ya 2 Nzeri, nk’uko abayobozi babivuze, bituma […]

Nyamirambo: Nkezabera ari kwihagarika amaraso nyuma yo gukubitwa n’abanyerondo – VIDEO

Mu murenge wa Nyamirambo w’Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali hari umugabo uvuga ko kuri ubu ubuzima bwe buri habi nyuma yo gukubitwa n’Abanyerondo kuri ubu akaba ari kwihagarika hakaza amaraso. Yitwa Nkezabera Modeste atuye mu Kagali ka Gasharu mu mudugudu wa Kagunga, mu kiganiro cyihariye yagiranye na Bwiza Media yasobanuye ko yakubiswe n’abanyerondo […]

Kirehe: Babiri bafashwe batwaye mu modoka magendu y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe, yafashe abagabo babiri bari batwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Hiace, amabalo arindwi y’imyenda ya caguwa, bari binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu . Ni imodoka yari itwawe n’umwe muri bo w’imyaka 36 y’amavuko wari kumwe na mugenzi we w’imyaka 32, bafatiwe mu mudugudu wa Rwanteru, […]

Gen Kagame yatangaje umusaruro w’imirwano ya RDF n’ibyihebe mu mashyamba y’i Macomia

Maj Gen Alex Kagame uherutse gusoza inshingano nk’Umuhuzabikorwa w’Ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (Joint Task Force Commander) muri Mozambique, yatangaje ko ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zongeye kugarura ituze mu karere ka Macomia, nyuma y’imirwano yari imaze ibyumweru izisakiranya n’ibyihebe. Kuva mu ntangiriro za Kanama havuzwe amakuru y’uko ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique zari […]

Uwahoze akorera CIA yakatiwe imyaka 10 y’igifungo azira guha amakuru u Bushinwa

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Nzeri 2024, uwahoze ari umukozi wa CIA, Alexander Yuk Ching Ma, yakatiwe igifungo cy’imyaka icumi. Muri Gicurasi, uyu mugabo w’imyaka 71 yari yahamwe n’icyaha cyo kunekera u Bushinwa. Ishami ry’ubutabera muri Amerika rivuga ko iki gihano cyavuye mu masezerano yo kwirega. Uregwa yirinze igihano kirekire nyuma yo kwemera uruhare […]

USA ishyigikiye ko Afurika ihabwa imyanya 2 ihoraho muri UNSC

Iki cyemezo kije mu gihe Amerika ishaka gusana umubano na Afurika, aho benshi batishimiye ko Washington ishyigikiye intambara ya Israel muri Gaza, ndetse no kurushaho kunoza umubano n’ibihugu byo mu birwa bya pasifika bifite akamaro kanini mu guhangana n’u Bushinwa mu karere. Thomas-Greenfield yatangarije Reuters ati: “Iri tangazo “rizateza imbere iyi gahunda mu buryo dushobora […]

Rutsiro: Umufundi wubakaga ahakorera Polisi yo mu mazi yapfuye arohamye

Habumugaba Ildephonse w’imyaka 22 y’amavuko wakoreraga akazi ko kubaka ahakorera Polisi ishami ryo mu mazi yapfuye arohamye mu kiyaga cya Kivu. Amakuru y’urupfu rwa Habumugaba yamenyekanye mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki 11 Nzeri 2024, mu murenge wa Mushonyi, akagari ka Kaguriro ho mu mudugudu wa Maziba. BWIZA yamenye ko yavukaga Mu […]

Kenya: Imyigaragambyo y’abakora ku kibuga cy’Indege yahagaze

Umuyobozi w’umuryango w’amashyirahamwe y’abakozi mu gihugu yemeje ko abakozi ku kibuga cy’Indege Jomo Kenyatta muri Kenya bemeye kuri uyu wa Gatatu gusubira ku kazi nyuma yo kumara umunsi mu myigaragambyo. Francis Atwoli, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Amashyirahamwe y’Abakozi (COTU), yavuze ko guverinoma yemeye ko gahunda yo gukodesha ikibuga cy’indege ku kigo cyo mu Buhinde, Adani Group […]

Vigoureux wazamuye abakinnyi benshi b’Abanyarwanda yapfuye

Umutoza Mungo Jitiada ’Vigoureux’ wamenyekanye kubera kuzamura abakinnyi batandukanye ba ruhago mu Rwanda, yapfuye azize uburwayi yari amaranye igihe. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukambwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Nzeri 2024. Mu mwaka ushize wa 2023 ni bwo amakuru yamenyekanye ko uyu mutoza afite uburwayi bwo kubura amaraso na hépatite […]

Nyamasheke: Umusore yafunzwe azira gusambanya inka

Mu karere ka Nyamasheke,umurenge wa Gihombo,Akagari ka Gitwa mu mudugudu wa Nyagahinga haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 19 yamavuko wafatiwe ku nka ayisambanya. Ibi bikaba byarabaye kuri uyu wa 11 Nzeri 2024, ku isaha ya saa tanu z’amanywa ni bwo uyu musore ubana na nyina yacunze abaturanyi bagiye guhinga agasimbuka urugo agasanga inka mu kiraro arayurira. […]

Rwamagana: Isoko bubakiwe rimaze imyaka irenga itanu ryarabuze abarikoreramo

img_1635.jpg

Hari abaturage bo mu karere ka Rwamagana bavuga ko bakora urugendo rw’amasaha ane, ngo babashe kurema isoko kubera ko iryo bubakiwe rimaze imyaka irenga itanu babona nta gahunda yo kurikoreramo rifite. Aba baturage bo mu murenge wa Gahengeri, basanzwe bafite isoko bubakiwe na EPR ku nkunga y’umuryango Help a Child – Rwanda bavuga ko kuva […]

MINEDUC yahawe Minisitiri wa 17: Menya abamaze kuyiyobora bose kuva mu myaka 30 ishize

joseph-nsengimana-jpg.webp

Perezida Paul Kagame ku wa Gatatu tariki ya 11 Nzeri yagize Nsengimana Joseph Minisitiri mushya w’Uburezi, asimbuye Twagirayezu Gaspard wagizwe Umuyobozi w’Urwego rushinzwe isanzure. Nsengimana wagizwe Minisitiri mushya w’Uburezi yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ikigo cya Mastercard Foundation gishinzwe guteza imbere uburezi kuri bose binyuze mu ikoranabuhanga. Mbere yo gukorana na Mastercard, kuva muri 2018 Nsengimana […]

Rusizi: Diregiteri, Mwarimu na Animateri bafungiwe gusambanya abanyeshuri

Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’umwarimu uri mu kigero cy’imyaka 40,Diregiteri na Animateri bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho gutera inda abana bigishaga n’ubufatanyacyaha muri icyo cyaha. Uyu mwarimu akaba yitwa Bukuru Aaron,Umuyobozi w’ikigo Ndahayo Ernest na Animateri Ndahimana Jean de Dieu bakaba bose bakorera kuri GS Murira. Amakuru BWIZA ifite ni uko uyu mwarimu […]