Ruhango:Umwiherero wabaye ipfundo ry’ubumwe mu ishoramari rirambye
Kuri uyu wa 17 Nzeri 2024 mu Karere ka Ruhango habereye Umwiherero wahuje komite nyobozi y’akarere abacuruzi,abikorera n’abahagarariye ibigo by’abikorera by’umwihariko abafite ibikorwa mu Mujyi wa Ruhango no mu nkengero hagamijwe kwihutisha iterambere ry’akarere no kwimakaza gukorera hamwe n’ubufatanye.Uyu mwiherero witabiriwe n’abahagarariye abandi basaga 100. Habarurema Valens,Meya w’Akarere ka Ruhango, avuga ko aba ba nyaruhango […]
U Rwanda rwifashe ku mwanzuro usaba Israel kuvana ingabo zayo muri Palestine

U Rwanda ruri mu bihugu byahisemo kwifata, ubwo kuri uyu wa Gatatu inteko y’Umuryango w’Abibumbye yatoraga umwanzuro usaba Israel kuba yavanye ingabo zayo mu bice bya Palestine igenzura mu gihe kitarenze umwaka. Ibihugu 124 ni byo byashyigikiye uyu mwanzuro, 14 birawurwanya mu gihe 43 birimo n’u Rwanda byahisemo kwifata. Ku isonga y’ibihugu byagaragaje ko uriya […]
Centrafrique: Ishyamba si ryeru hagati y’abacanshuro ba Wagner n’Abanyarwanda
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Centrafrique aravuga ko umwuka utifashe neza hagati y’umutwe w’abacanshuro wa Wagner n’Abanyarwanda, bijyanye no kuba abarwanyi b’uriya mutwe batishimiye umubano wa hafi ukomeje kurangwa hagati ya ba Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Centrafrique na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Kuva mu Ukuboza 2020 u Rwanda rufite ingabo muri Centrafrique ingabo […]
Ibikorwa by’abatuye Goma biteje inkeke ku bidukikije by’u Rwanda

Mu bice bitandukanye by’inkengero y’ikiyaga cya Kivu, ku ruhande rw’akarere ka Rubavu biragoye kuhatembera ntuhasange abantu bakora isuku, ibi byose bikorwa nk’umuvuno mushya wo guhangana n’imyanda y’ibikoresho bya Pulasitiki biba byajugunywe mu mazi n’abakongomani batuye mu mujyi wa Goma, umuyaga ukabizana mu Rwanda ubitembana. Iyi myanda yiganjemo amacupa ya Pulasitiki ari mu byanduza ibidukikije ndetse […]
U Bubiligi bwahamagaje Ambasaderi wa RDC i Buruseli ngo atange ibisobanuro
U Bubiligi bwanze kwemera butabanje kwamagana igihano cy’urupfu cyakatiwe umwe mu baturage babwo, Jean-Jacques Wondo, kuwa Gatanu i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), aho kuva ubwo hatangiye ibitero bya dipolomasi bikomeje. Kuva Jean-Jacques Wondo yakatirwa igihano cy’urupfu, cyanahawe abandi 36 bareganwaga gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi, u Bubiligi ntibwazuyaje kwerekana uburakari bukabije […]
Muhanga:Umugabo yateye icyuma mugenzi we ahita atoroka
Mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, haravugwa inkuru y’umugabo wasanze mugenzi we mu kabari aho we n’abandi bareberaga umupira, amutukiramo, ndetse anamutera icyuma bamaze kugasohokamo, ahita acika. Uwatewe icyuma yitwa Maniraguha Donat, akaba arwariye mu Bitaro bya Kabgayi, mu gihe uwakimuteye witwa Ndizihiwe Jean de la Paix bakunda kwita Fils, aho babanje gutongana […]
Kirehe: Abahinzi b’umuceri bararira ayo kwarika nyuma yo kwamburwa,none abanyeshuri baheze mu rugo
Abanyamuryango ba koperative Mushikiri Rice Growers ,ibarizwa mu karere ka Kirehe, bavuga ko bamaze hafi amezi atatu bahaye koperative itwaye umusaruro wabo, ariko abishyuwe bakaba ari bake, mu gihe abenshi muri bo bahangayikishijwe nuko abana babo bashobora kuva mu ishuri kubera kubura amafaranga n’ibikoresho by’ishuri. Abanyamuryango ba koperative Mushikiri Rice Growers, bavuga ko ubusanzwe batangaga […]
EU yemereye u Rwanda inkunga y’asaga miliyoni 40$ yo guteza imbere inganda zikora imiti
Kuri uyu wa Kabiri, Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi watangaje inkunga nshya ifite agaciro ka miliyoni 40 z’amayero (hafi miliyoni 44.4 $) yo gufasha inganda zo mu gihugu no kugera ku buryo bunoze ku miti ifite ubuziranenge, umutekano, myiza, kandi ihendutse mu Rwanda. Inkunga yatangajwe mu nama y’iminsi ibiri yahuje ibigo bikora n’ibicuruza imiti muri […]
Perezida Kagame agiye kumara iminsi 6 muri Singapore
Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Singapore, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itandatu agomba kugirira muri iki gihugu cyo ku mugabane wa Aziya. Ni uruzinduko Umukuru w’Igihugu atangira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Nzeri, akazarusoza ku wa Mbere tariki ya 23 Nzeri 2024. Kuri gahunda y’uru ruzinduko byitezwe ko Umukuru w’Igihugu agomba kwakirwa na mugenzi […]
Liban: Mossad irashinjwa gutega ibisasu mu bikoresho by’itumanaho byakomerekeje ibihumbi

Amakuru atandukanye aravuga ko ikigo cy’ubutasi cya Israel cya Mossad cyateze ibisasu mu bihumbi by’ibikoresho by’itumanaho byakira ubutumwa bizwi nka pagers cyangwa beepers bya Hezbollah mbere y’uko biturikira muri Liban. Umwe mu bashinzwe umutekano wo muri Libani yabwiye Reuters utu dukoresho twazanywe mu gihugu mu mezi ashize. Ku rundi ruhande, amakuru ava muri Israel na […]
Perezida Suluhu yikomye ibihugu byo mu burengerazuba birimo Amerika
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 17 Nzeri, Perezida wa Tanzaniya yikomye ibihugu byinshi by’iburengerazuba, harimo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kubera kunenga imikorere y’iki gihugu mu gukemura ibibazo byacyo by’imbere, birimo ubwicanyi n’ishimutwa. Ubwo yari mu gace ka Moshi gaherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’akarere ka Kilimanjaro, Perezida Samia Suluhu Hassan yagize ati: “Ntabwo turi […]
IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be
IRMCT, Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imirimo yasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwemeje ko rwakiriye icyifuzo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyo kwakira Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi basoje ibihano byabo ubu bari mu gihugu cya Niger, rwemeza ko mu gihe babishaka ari uburenganzira bwabo. IRMCT yavuze ibi ishingiye ku […]
Polisi yihanangirije abamotari bubuye ingeso yo gutwara abantu barenze umwe kuri moto

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Umutekano wo mu muhanda (TRS), yasabye abatwara moto kubahiriza amategeko y’umuhanda, birinda amakosa arimo, gutwara abagenzi barenze umwe, gutwara imizigo irenze ubushobozi bwa moto no guhindura cyangwa guhisha nimero iranga ikinyabiziga (plaque). Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Kayigi, yavuze ko aya […]
Ndayishimiye na ba Jenerali be baba bari mu myiteguro idasanzwe y’intambara
Amakuru aturuka i Burundi aravuga ko muri iki gihugu hari kongerwa umubare w’abasirikare mu buryo budasanzwe, ibica amarenga y’uko iki gihugu cyaba kiri mu myiteguro idasanzwe y’intambara. Iby’aya makuru byamenyekanye nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize Perezida Evariste Ndayishimiye yahuriye mu nama ya rwihishwa na bamwe mu bajenerali bakomeye mu gisirikare cy’u Burundi. Ni inama […]
Kwa Tshisekedi bigaramye kwiyegereza Capt Sagahutu na bagenzi be, Nduhungirehe arabanyomoza
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yigaramye amakuru avuga ko Perezida Felix Antoine Tshisekedi w’iki gihugu yaba yaratangiye kwiyegereza Abanyarwanda bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo bamufashe mu mugambi wo gutera u Rwanda. Ni nyuma y’inyandiko y’ibanga yo ku wa 26 Nyakanga yashyizweho umukono n’umuyobozi w’ibiro bya Tshisekedi, Anthony Nkinzo Kamole yagaragaje […]