Kigali ubukarabiro bwo kuri gare ya Nyabugogo bwahindutse uburiri n’intebe

whatsapp_image_2024-09-21_at_14.35_43.jpg

Iyo utembereye mu bice bimwe na bimwe mu Mujyi wa Kigali usanga umuco wo gukaraba intoki by’umwihariko ahantu hahurira abantu benshi warabaye amateka mu gihe uyu Mujyi wo uri mu bukangurambaga bwo gukaraba intoki. Bamwe mu batuye n’abagenda mu Mujyi wa Kigali bavuga ko umuco wo gukaraba intoki usa nk’uwasinziriye mu bice binyuranye bihuriramo abantu […]

Abiganjemo urubyiruko bibasiwe n’icuruzwa ry’abantu

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba atangaza ko icyaha cy’icuruzwa ry’abantu gikomeje gufata indi ntera, ariko by’umwihariko kikibasira abiganjemo urubyiruko n’abagore kubera impamvu zitandukanye. Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba,ibi yabigarutseho mu kiganiro yagejeje ku banyamakuru batandukanye bitabiriye amahugurwa yateguwe n’Umuryango udaharanira inyungu wa Easy and […]

Gicumbi:Babangamiwe n’umunuko w’ikimoteri cy’isoko rya Byumba

Mu karere ka Gicumbi haravugwa ikibazo cy’ikimoteri kiri hafi y’isoko kijugunywamo imyanda kibateye ikibazo cy’umunuko ukabije,kuko igihe kiba kividurwa baba babangamiwe bikabije. Ibi abarema n’abacururiza mu isoko rya Byumba bavuga ko uretse kubatera umunuko bishobora no kubaviramo indwara z’ubuhumekero. Umwe mu bacuruzi bo mu isoko rya Byumba avuga ko iki kimoteri bibaza impamvu baza kukividura […]

Abanye-Congo baranenga Leta yabo kwigana u Rwanda

Abanya-Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje kunenga Leta y’igihugu cyabo, nyuma yo kwinjira mu masezerano y’ubufatanye n’ikipe ya AC Milan yo mu Butaliyani. Ku wa Gatanu tariki ya 20 ni bwo Guverinoma ya RDC yemeje amasezerano y’ubufatanye hagati yayo na AC Milan, mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo bw’iki gihugu. Nyuma yo gutangaza iby’aya masezerano […]

Gen Muhoozi yaretse ibyo kwiyamamariza kuyobora Uganda, aharira se

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atacyiyamamarije kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri 2026; aharira se Yoweri Kaguta Museveni. Gen Muhoozi mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko yahisemo gukomeza kwibanda ku gisirikare. Yagize ati: “Ndagira ngo ntangaze ko muri 2026 nzaba ntari ku rupapuro rw’itora. […]

P. Kagame yashimiye Ingabo za RDF zivuye muri Mozambique ku bwo kuba zarahashyije ibyihebe

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashimiye itsinda ry’ingabo n’abapolisi basoje ubutumwa i Cabo Delgado muri Mozambique ku kuba barashoboye ibyihebe. Ku wa Gatanu tariki ya 20 Nzeri ni bwo itsinda ry’Ingabo n’abapolisi bari bayobowe na Maj Gen Alex Kagame bageze i Kigali, nyuma yo gusoza inshingano bari bamazemo umwaka. Umugaba […]