Gasabo:Diregiteri yakubiswe na Mwalimu bapfa ibyangombwa
Mu Karere ka Gasabo,Umurenge wa Jali ku kigo cy’amashuri cya GS Agateko haravugwa inkuru y’umwarimu wakubise Diregiteri ubwo yamusabaga icyangombwa,ibi bikaba byarabaye ku wa Gatanu tariki ya 20 Nzeri 2024. Amakuru avuga ko uyu mwarimu yasanze Diregiteri mu biro agiye kumwaka icyemezo cy’akazi,bikarangira Diregiteri akubiswe kuko mgo yari akimwimye. Ubusanzwe ariko hirya no hino mu […]
OMS yahaye RDC toni hafi 35 z’imiti n’ibikoresho
Mu rwego rwo gushimangira ubushobozi bwo guhangana n’icyorezo cy’ubushita, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatanze toni 33.5 z’imiti n’ibindi bikoresho by’ubuvuzi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa Gatanu, itariki 20 Nzeri . Niwo muzigo w’ubu bwoko wa mbere munini OMS yohereje binyuze mu kirere mu karere ka Afurika kuva uyu mwaka […]
Ubucukumbuzi: Rutsiro isa nk’isinziriye, imitungo kamere yayo yungukira Karongi

U Rwanda ni igihugu cyuje ibyiza bitandukanye bituma hahora urujya n’uruza rwa ba mukerarugendo bagamije kwirebera ibyo byiza, muri byo harimo no gusura ibirwa bitandukanye biri mu kiyaga cya Kivu, akarere ka Rutsiro ka kaba kihariye 50% by’amazi y’ikiyaga cya Kivu, si ibyo gusa gafite n’ibirwa 42, harimo kimwe gituwe n’ikindi kigororerwaho abiganjemo urubyiruko ruba […]
Byinshi kuri Gereza Nkuru ya Brooklyn yiswe ‘Ukuzimu ku Isi’ aho Umuraperi P.Diddy afungiwe

Umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs ubu ukurikiranweho ibyaha bikomeye birimo icuruzwa ry’abantu, agomba kumara igihe muri gereza yo mu mujyi wa New York yigeze kwitwa ‘Ukuzimu ku Isi’ nyuma y’uko umucamanza yanze ingwate ye ngo akurikiranwe adafunzwe ku wa Kabiri . Combs, w’imyaka 54, yongeye gufungwa by’agateganyo mu gihe agitegereje kuburanishwa ku byaha byo gucuruza abantu […]
Burundi: Urujijo ku rupfu rw’Abarwanyi barenga 100 biciwe mu ishyamba rya Kibira
Reba VIDEO ikurikira nibwo usobanukirwa biruseho Amakuru yizewe agera kuri Bwiza Media yemeza ko mu gihugu cy’Uburundi bari mu kiriyo kivanze n’urujijo nyuma y’aho abasirikare barenga 100 b’icyo gihugu hamwe n’ab’izindi nyeshyamba zabiyunzeho basanzwe bishwe. Leta y’Uburundi ntiremeza cyangwa ngo ihakane aya makuru icyakora amasoko yacu yatwemeje ko imirambo y’aba basirikare kuri ubu iri mu […]
Indorerezi za CPDG zatangaje uko zabonye amatora y’abasenateri mu Rwanda
Mu Rwanda haherutse kuba amatora y’Abagize inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena, ni amatora yasize hamenyekanye abasenateri 14 barimo 12 bahagarariye inzego z’imitegekere y’Igihugu hamwe n’abandi 2 bahagararira za kaminuza n’amashuri makuru ya Leta n’ayigenga. Umuryango ugamije Guteza imbere imiyoborere myiza, Demokarasi n’Iterambere (CPDG) uremeza ko aya matora yagenze neza muri rusange nk’uko bigaragara mu […]
Nyamasheke: Abanyeshuri 2 baguye mu mpanuka bashyinguwe

Abanyeshuri 2 baherutse gupfira mu mpanuka y’imodoka ku wa 19 Nzeri 2024, yari itwaye abanyeshuri yabereye mu Karere ka Nyamasheke bigaga ku ishuri rya St Matthews ishami rya Ntendezi bashyinguwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024. Aba bana baguye mu mpanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yatwaraga abanyeshuri b’ishuri ribanza […]
Igisirikare cya Israel cyateye ishami rya Al Jazeera i Ramallah kirarifunga

Abasirikare ba Israel bagabye igitero ku biro bya Al Jazeera i Ramallah muri West Bank yigaruriye maze bategeka uyu muyoboro wa televiziyo ifite icyicaro mu Mujyi wa Doha muri Qatar guhagarika ibikorwa byayo . Kuri iki Cyumweru, Abasirikare ba Israel bitwaje imbunda nini kandi bipfutse mu maso binjiye ku nyubako irimo ibiro bya Al Jazeera […]
Somalia irashinja Ethiopia kohereza intwaro muri leta yigenga bicagase ya Puntland
Ni itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Somalia, ryasohotse ku mugoroba wo ku wa Gatanu itariki ya 20 Nzeri 2024, ryatangaje ibyo birego bishya . Mogadishu ivuga ko hari “ibimenyetso byanditse byemeza ko amakamyo abiri yari atwaye intwaro yavuye muri Ethiopia yerekeza mu karere ka Puntland.” Itangazo rigenewe abanyamakuru risobanura kandi ko izo […]
Abakosoye ibizamini bya Leta MINEDUC yabagarutseho
Mu kiganiro ‘Dusangire Ijambo’ cya RBA cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yagarutse ku insimburamubyizi y’abarimu bakosoye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ibisoza ay’icyiciro rusange n’ay’isumbuye mu mwaka w’amashuri 2023/2024, aho yavuze ko hose itaratangwa ariko biri mu nzira zo kugira ngo […]
Hezbollah yaraye yohereza ibisasu mu majyaruguru ya Israel
Igisirikare cya Israel kivuga ko ibisasu bya roketi byarashwe mu majyaruguru ya Israel bivuye muri Libani ijoro ryakeye ryose, ubwo Hezbollah yibasiraga inganda n’inyubako za gisirikare. Roketi byibuze 105 zasamiwe mu kirere n’ubwirinzi bwa Israel, nubwo ingo zimwe zageze ku ngo zimwe na zimwe. Igisirikare cya Israel cyavuze ko integuza z’ibitero byo mu kirere zaraye […]
Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bambitswe imidari y’ishimwe
Umuryango w’Abibumbye (UN), kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, wambitse imidari y’ishimwe ry’akazi, abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Ni imidari ishimangira ubwitange, n’umuhate wabaranze mu gihe cy’umwaka bamaze mu nshingano zo kurindira umutekano abaturage b’abasivili muri icyo gihugu. Umuhango wo gushyikiriza imidari iri tsinda […]