Change Life Initiative supports over 180 vulnerable people in Bugesera District

Change Life Initiative, a charity organization that supports vulnerable women and children, provided health insurance to 119 people, roofing materials for dilapidated homes and supported vulnerable mothers and their babies in Nyamata Referral hospital, Bugesera District. Change Life Initiative is christian based and was founded by a Rwandan national Jackie Mbabazi Mugabo who lives in […]
Minisante yatanze ihumure ku cyorezo cya Marburg

Ku Gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru,tariki ya 29 Nzeri 2024,Minisiteri y’Ubuzima yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru aho Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yagarutse ku cyorezo cya Marburg agaragaza uburyo butandukanye cyanduriramo n’uko cyakwirindwa. Iki cyorezo giterwa n’agakoko ka Marburg aho kigaragazwa n’ibimenyetso birimo kuruka, kuzana umuriro, kuribwa imikaya ariko uko iminsi itambuka niko bikomera bikaba byahitana n’umuntu,cyagaragaye […]
Umugore yicishije umugabo we umuhini amuziza igitoki
Umugabo witwa Vincent Ntirampeba wo mu gihugu cy’u Burundi yapfuye nyuma yo gukubitwa n’umugore we umuhini amuziza igitoki. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa 25 Nzeri, mu Mudugudu wa Gahise wo muri Komini Butanganzwa, mu Ntara ya Kayanza mu majyaruguru y’igihugu. Umuyobozi w’ibanze wemeje aya amakuru yasabye abaturage kubana neza no kutihanira mu gihe habaye […]
Diyosezi ya Butare izimika Umwepiskopi wayo mushya mu kwezi gutaha
Musenyeri Philippe Rukamba, Umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru, yavuze ko ku itariki ya 05 Ukwakira 2024, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira watorewe kumusimbura azahabwa inkoni y’ubushumba bwo kuyobora iyi Diyosezi. Musenyeri Rukamba yabitangaje kuwa Gatatu mu muhango wo gusoza inama nyunguranabitekerezo yiga ku komora ibikomere no kubaka ubumwe, ubwiyunge n’ubudaheranwa birambye, yateguwe […]
Israel iravuga ko yishe undi muyobozi wa Hezbollah mu nkengero za Beirut
Israel iravuga ko yishe undi muyobozi mukuru w’umutwe wa Hezbollah, ufatwa nk’uw’iterabwoba n’ibihugu bitandukanye, mu gitero cy’indege mu nkengero za Beirut. Igisirikare cyavuze ko Nabil Kaouk, umuyobozi wungirije w’inama nkuru ya Hezbollah, yiciwe mu gitero cy’indege ku wa Gatandatu. Nta bisobanuro byatanzwe na Hezbollah nk’uko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. Muri ibi byumweru bishize, […]
Mushikiwabo arasaba abo bireba gukemura ikibazo cya Liban kitarafata akarere
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo, ahangayikishijwe cyane n’ibikomeje kubera mu gihugu cya Liban kandi ababajwe n’impfu z’inzirakarengane zikomeje gupfa muri iki gihugu. Nk’uko umuhagarariye yabyibukije mu nama iheruka y’Akanama gahoraho ka La Francophonie, Libani ni inkingi ya La Francophonie muri kano karere k’Isi (Mu Burasirazuba bwo Hagati). Ni muri urwo rwego, […]
Afurika y’Epfo: Abantu 17 biciwe mu bwicanyi bwakozwe mu ngo ebyiri
Abantu 17 bishwe barasiwe mu ngo ebyiri mu mudugudu wo mu Ntara ya Cape y’Iburasirazuba mu gihugu cya Afurika y’Epfo abapolisi bakaba bavuga ko ku wa Gatandatu batangiye guhiga abakekwaho kuba inyuma y’ubu bwicanyi. Afurika y’Epfo ifite imwe mu mibare iri hejuru cyane y’ubwicanyi ku Isi, aho buri mwaka ubwicanyi bugera ku 20.000 bwandikwa ku […]
RDC: Col Mikombe ushinjwa uruhare mu bwicanyi bwo kuwa 30/08/2023 i Goma arasabirwa urwo gupfa
Umushinjacyaha wa Leta muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Gatanu yasabiye igihano cy’urupfu Colonel Kalamba Mikombe Mike, umuyobozi wa brigade y’ingabo zishinzwe kuri perezida, ndetse n’igifungo cy’imyaka icumi ku bandi batatu bareganwa, Mbaya-Mbaya, Muati Musembwa na Amita Daniel , bose bakurikiranyweho ubwicanyi, gushaka kwica no kwangiza intwaro zagenewe ingabo. Muri uru rubanza rwibanze ku […]
Karongi: Ubuyobozi ntibuvuga rumwe ku ishuri ryigaho abanyeshuri 10

Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi bubinyujije ku rukuta rwa X yahoze yitwa Twitter bwahakanye ibyo kuba bufite ikigo cy’ishuri cyigaho abanyeshuri 10. Ibi Ubuyobozi butangaza bitandukanye n’ibyo Ubuyobozi bw’ishuri butangaza. Iri shuri rya Munanira TVET riherereye mu murenge wa Gitesi, akagari ka Munanira ryatangiye kwigishirizwamo muri 2020, ritangirwamo amasomo ajyanye no kwiga gutunganya ibikomoka ku mpu. […]
Mali yashinje Algeria gucumbikira ibyihebe biyizengereje
I New York, ahabereye inama ya 79 isanzwe y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, Colonel Abdoulaye Maïga, umunyamabanga wa Leta, minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu no kwegereza ubuyobozi abaturage, akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Mali, yikomye Algeria. Uhagarariye Mali yashinje abadipolomate ba Algeria gucumbikira abaterabwoba. Ati: “Turabona kwivanga gukomeye mu bibazo by’imbere muri Mali. Kuva Amasezerano ya Algeria yarangira […]
Imbamutima za Dr. Ndaruhutse, umwe mu banyarwanda babashije kubona “PhD” bakiri bato

(PhD) Impamyabumenyi y’Ikirenga nirwo rwego rwa nyuma umuntu yigira mu mashuri, kurugeraho bisaba kwiyuha akuya, ukamara amajoro menshi utaryama, ukigomwa byinshi birimo umwanya, ibyo benshi babona nk’ibyiza, amafaranga, ugakora ubushakashatsi. Kuri Dr. Ndaruhutse Jean Claude, Umusore w’imyaka 32 y’amavuko, usoje amasomo ye mu bijyanye no gutwara abantu n’ibintu (Transportation Engineering) akabonamo impamyabumenyi y’ikirenga muri Kaminuza […]