Leta igiye gusubiza ubusabe kuri Kiliziya zafunzwe -Minisitiri Musabyimana

Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Jean Claude Musabyimana yatangaje ko Leta y’u Rwanda igiye gusubiza bidatinze icyifuzo cy’Abakristu ko Kiliziya zamaze kuzuza ibyo zasabwe zafungurwa. Yabigarutseho mu Ijambo yagezaga ku bitabiriye ibirori by’Itangwa ry’Ubwepiskopi, kuri Myr Jean Bosco Ntagungira wabaye umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare, kuri uyu wa 5 Ukwakira 2024. Asubiza icyifuzo yari yagejejweho na Myr […]

Sobanukirwa indwara ya “Necrophilia” yo gusambanya imirambo

Ubushakashatsi bwakozwe na Wayne Petherick afatanyije na Natasha Petherick mu 2019 bugatangazwa mu Kinyamakuru Science Direct cyo mu Budage cyandika inkuru z’ubushakashatsi, bwagaragaje ko mu bantu bagiye batahurwaho iyi ndwara abenshi ari abakora mu nzu zishyirwamo imirambo (Morgues). Abandi ni abakora akazi ko gushyingura abantu. Bwanagaragaje ko mu bafite ubu burwayi hari abajya gucukura imva […]

Inama ya OIF: Tshisekedi yigaragambije kuri Perezida Macron

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bufaransa aravuga ko Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yigaragambije kuri mugenzi we, Emmanuel Macron. Tshisekedi ari mu Bufaransa aho yitabiriye inama ya 19 y’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF). Ni inama yanitabiriwe n’abarimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda. Ku wa Gatanu tariki ya 4 […]

Ruhango:Misa yari iteganyijwe kwa Yezu Nyirimpuhwe ntabwo ikibaye

yesu-1.jpg

Mu karere ka Ruhango hasubitswe isengesho ngarukakwezi ryaberaga ahazwi nko ku Ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe,aho basabira abarwayi. Kugeza magingo aya ntiharamenyekana impamvu yatumye basubika. Iryo tangazo ryanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye rimenyesha abantu bose bari kuzaza mu Misa yo kwa Yezu Nyirimpuhwe kuri iki Cyumweru taliki ya 06 Ukwakira 2024, ko itakibaye. Iryo tangazo rikomeza […]

Amahirwe ya Rayon Sports yo kwakirira APR FC kuri Stade Amahoro yaba yayoyotse?

Umukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC, wongeye kwimurwa usimbuzwa uwa APR FC na Gasogi United. Ku wa 19 Ukwakira ni bwo Rayon Sports yagombaga kwakira APR FC kuri Stade Amahoro, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona utarakiniwe ku gihe bitewe n’uko Nyamukandagira yari mu mikino ya CAF […]

DRC: Hakomeje ibikorwa byo gushakisha abaguye mu mpanuka y’ubwato mu Kivu

Ibikorwa byo gushakisha imibiri y’abaguye mu mpanuka y’ubwato mu kiyaga cya Kivu mu ntara ya Kivu ya ruguru byakomeje ku wa Gatanu, tariki ya 4 Ukwakira 2024, mu masaha y’igitondo. Habonetse indi mirambo umunani. Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukumira ibiza no kugoboka abari mu kaga ku rwego rw’intara kivuga ko imirambo 34 ari yo imaze kuboneka, […]

Israel yatangaje umubare w’abarwanyi ba Hezbollah imaze guhitana

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kimaze kwivugana abarwanyi bo mu mutwe wa Hezbollah babarirwa muri 250, nyuma yo kuwutangizaho ibitero byo ku butaka. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo IDF yatangije ibitero ku birindiro by’uyu mutwe biherereye mu majyepfo ya Lebanon/Liban; mu rwego rrwo gusenya ibikorwa remezo bya gisirikare byawo. Mu barwanyi 250 Israel […]

Kumara umwaka ntacyo ukora kikwinjiriza ni uguta igihe – Umwe mu bagororerwa Iwawa

Uwimana Francis, wamenyekanye muri muzika nyarwanda, mu njyana ya Hip Hop nka Fireman niwe waririmbye ati “Urubyiruko ruri Smart ku Kirwa rwiga imyuga”, mu ndirimbo yise Ijwi ryanjye, aho yacyezaga imiyoborere myiza ya Paul Kagame, wanze ko urubyiruko rwagiye mu migenzereze mibi rwafungwa, ahubwo akarushyiriraho ibigo byo kugororerwamo. Manzi Patrick, wamenyekanye muri muzika nyarwanda nka […]

Gatsibo: Ikirombe kishe umwe undi arakomereka bikabije

Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kabarore, Akagari ka Nyabikire mu Mudugudu wa Kabeza haravugwa inkuru y’umuntu wishwe n’ikirombe undi agakomereka. Ibi bikaba byarabaye mu gitondo cyo ku wa Kane taliki 03 Ukwakira 2024. Abaturage bari aho ibyo byabereye bavuze ko hari umuntu wahaye abantu babiri ikiraka cyo gutunda amabuye bayakura imbere mu kirombe, […]

Amezi 6 ya FARDC yo kuba yamaze guca FDLR umutwe

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko cyamaze gutegura operasiyo y’amezi atandatu igamije ‘guca umutwe’ FDLR isaanzwe igifasha mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa M23. Muri iyi Operasiyo nk’uko Africa Intelligence ibivuga, ngo FARDC irashaka kwivugana abayobozi bakuru ba FDLR ndetse ikanayiniga mu buryo bw’ubukungu. Hashize igihe hari amakuru avuga ko ku wa […]

Inkuru nziza kuri Paul Pogba wari warahagaritswe imyaka 4 adakina ruhago

Umufaransa Paul Pogba wari umaze igihe yarafatiwe ibihano byo kumara imyaka ine adakina umupira w’amaguru, azagiye kongera kugaruka mu kibuga nyuma yo kugabanyirizwa ibihano. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo Pogba waherukaga gusubira Juventus yo mu Butaliyani yari yahagaritswe kumara imyaka ine atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru, azira gukoresha imiti imwongerera imbaraga. Uyu mukinnyi w’imyaka […]