Goma: Kurya abantu byongeye kuburwa

Abasore batatu bakekwaho kwiba bafashwe n’abaturage, bacana umuriro barabatwika ibihazi birabarya, ubuyobozi ntacyo bwigeze bubivugaho. Byabaye ku wa Gatandatu tariki ya 16 Ukwakira 2024, ahitwa Mabanga, mu mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru. Abariye abo bantu bavuga ko babafashe bagiye kwiba, ndetse barasa umuturage. Iki gikorwa cyahuruje imbaga, ubwo aba basore bafatwaga bagashyirwa mu […]

Karongi: Nyuma yo gushegeshwa n’ibiza hagiye guterwa ibiti Miliyoni 1,2

imisozi_ya_karongi_iri_guterwaho_ibiti_mu_kurwanya_isuri-daada.jpg

Akarere ka Karongi kari mu twashegeshwe n’ibiza byibasiye intara y’iburengerazuba muri Gicurasi 2023 kagiye guterwamo ibiti birenge Miliyoni, bizafasha mu kurwanya isuri mu bice bihanamye no guhangana n’imihindagurike y’igihe. N’igikorwa cyatangirijwe mu muganda udasanzwe “igiti ni ubuzima tukiteho” wabereye mu murenge wa Mubuga, kuri uyu wa gatanu, tariki 18 Ukwakira 2024 ku bufatanye na RCCDN […]

Nyabihu: Umunyeshuri yanyweye imiti yica imbeba arapfa, harakekwa amakimbirane yo mu muryango

whatsapp_image_2024-10-20_at_5.32_05_pm.jpg

Umunyeshuri wo mu Ishuri ry’indimi rya Gatovu (EL GATOVU) riherereye mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Kintobo birakekwa ko yanyweye imiti yica imbeba agapfa, amakuru y’ibanze avuga ko intandaro y’uru rupfu ari amakimbirane yo mu miryango. Ishuri ry’indimi rya Gatovu riherereye mu murenge wa Kintobo, akagari ka Gatovu ho mu mudugudu wa Gatovu, amakuru y’urupfu […]

Kirehe: Inkuba yishe umuturage n’amatungo yari mu rwuri

img_20241020_173949__1000_x_600_pixel_.jpg

Mu masaha ya Saa Saba n’igice kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira 2024,mu mudugudu wa Remera Akagari ka Nyarutunga , Umurenge wa Nyurubuye,inkuba yishe umuturage wari mu rugo ndetse yica n’inka 8 n’intama 15 zari mu rwuri. Amakuru BWIZA yahawe n’abaturage batuye mu Murenge wa Nyurubuye avuga ko umugore witwa Murekatete Solange ufite imyaka […]

Gakenke : Batatu bakoraga mu kirombe bagwiriwe n’igiti umwe arapfa

Ku gicamunsi cyo kuwa Gatandatu tariki ya 19 Ukwakira 2024, mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cya kompanyi yitwa Cyabingo Mining, giherereye mu Kagari ka Rukore, mu Murenge wa Cyabingo, Akarere ka Gakenke, igiti cyagwiriye abantu batatu umwe ahitanwa nacyo . Amakuru avuga ko ubwo abasore batatu bubakaga kuri icyo kirombe cy’amabuye y’agaciro, baje kugwirwa n’igiti bari […]

U Burusiya buravuga ko bwarashe drones zirenga 100 za Ukraine

Abayobozi ba Moscou bavuze ko ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya bwarashe indege zitagira abapilote zirenga 100 za Ukraine kuri iki Cyumweru, itariki 20 Ukwakira 2024. Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yavuze ko indege zitagira abapilote 110 zasenywe mu gitero cyaraye kigabwe mu turere turindwi tw’u Burusiya. Inyinshi muri izi drone zibasiye akarere ko ku […]

Umwongereza n’abaturage benshi ba Turkiya bashimutiwe muri Kenya

Ku wa Gatanu, umwenegihugu w’u Bwongereza yabwiye BBC ko we n’abaturage benshi ba Turkiya bashimutiwe mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, n’abagabo bihishe mu maso abaturage bane ba Turkiya bakaba baburiwe irengero . Necdet Seyitoğlu, wabaga mu Bwongereza imyaka 18 mbere yo kwimukira muri Kenya mu myaka ibiri ishize, yavuze ko yarekuwe nyuma y’amasaha umunani […]

Bamporiki and Emmanuel Gasana were released through a presidential pardon

Edouard Bamporiki, who served as the State Minister in the Ministry of Youth, and Emmanuel Gasana, the former Commission General of the Rwanda National Police, were among those who had committed various crimes and were granted pardons by the President of the Republic. An announcement from the decisions of the Cabinet meeting held on Friday, […]

CHAN 2025 :Hamenyekanye abakinnyi b’Amavubi bazakina na Djibouti

1729410236663.jpg

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru Tariki ya 20 Ukwakira 2024, Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryashyize ahagarara abakinnyi 26 bazakina imikino y’ijonjora rya mbere ry’amarushanwa Nyafurika y’abakina imbere mu bihugu byabo CHAN . Ni urutonde rw’abakinnyi bahamagawe Kugira ngo baangire umwiherero barimo abanyezamu 4 ;Adolphe Hakizimana,Gad Muhawenaho,Patience Niyongira na Fils Habineza.Ba myugariro ni;Fitina […]

Cameroun: Umuriro waburiye icyarimwe mu mijyi minini y’igihugu

Muri Cameroun, ikintu gikomeye ku muyoboro uhuza amajyepfo uhuza uturere 6 ku 10 mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, itariki 19 Ukwakira 2014, cyashyize igice cy’igihugu mu mwijima. Ni imijyi minini, nka Yaoundé, Douala, Bafoussam, cyangwa na Bamenda na Buea, mu gice kivuga Icyongereza . Nyuma yo kubura umuriro kuri urwo rwego, abantu bagize ubwoba mbere […]

Rwamagana: Basabye ko urubyiruko rwitabwaho mu kwimakaza Ubumwe n’Ubudaheranwa

img_20241019_201238__1000_x_600_pixel_.jpg

Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje abagize ihuriro ry’Ubumwe n’Ubudaheranwa, mu karere ka Rwamagana, yabaye kuwa Kane tariki ya 17 Ukwakira 2024, mu bitekerezo batanze birimo gusaba ko urubyiruko rwakitabwaho muri gahunda yo kwimakaza Ubumwe n’Ubudaheranwa. Nyuma y’ibiganiro byari biyobowe n’umunyamakuru Titien Mbangukira nawe uvuka mu karere ka Rwamagana, ababyibitabiriye bagarutse ku ruhare rwa buri wese mu […]

Afurika y’Epfo yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo i Pretoria

Ku wa Gatanu, itariki 18 Ukwakira 2024, Guverinoma ya Afurika y’Epfo yavuze ko yasabye Taiwani kwimura ambasade yayo mu murwa mukuru Pretoria, mu gihe Taiwani iyishinja gukoreshwa n’igitutu cy’u Bushinwa . Afurika y’Epfo ariko yamaganye ibi kandi ivuga ko iki cyemezo ari imikorere ya dipolomasi isanzwe, dore ko yahagaritse umubano wa politiki na diplomasi na […]

Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yavuze ko abantu bitwaje imbunda bishe umunyamategeko utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambike n’umuyobozi w’ishyaka nyuma yo kurasa inshuro nyinshi ku modoka bagenderagamo ku wa Gatandatu, ibigaragaza umwuka mubi mbere y’imyigaragambyo iteganywa yamagana ibyavuye mu matora atavugwaho rumwe. Ishyaka rishya ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Podemos, n’umuntu wifuza kuribera kandida perezida, Venancio Mondlane, […]