Nyarugenge: Umuturage inzu yahubatse yatumye bacika ururondogoro

img_20241024_131416_909-2048x922.jpg

Mu karere ka Nyarugenge,Umurenge wa Gitega,akagari ka Kora,mu mudugudu w’Ubumwe,bahangayikishijwe n’umuturage wubatse inzu y’amabati igeretse hejuru yindi, ni mu gace gatuwe cyane kuburyo bamwe mu baturanyi n’abakoresha inzira yegereye urwo rugo bavugo ko byenda kubagwaho. Mu murenge wa Gitega hari kuzamuka amazu yubatse neza bijyanye n’igishushanyombonera cy’Umujyi wa Kigali,ariko hari ahakigaragara amazu yubatswe mu buryo […]

Rutsiro: Ubuyobozi bwitarukije ikibazo cy’abanyeshuri basuzuguye Umuyobozi w’ishuri

65ac876a-eb2c-4af5-8551-7da39bd003fa.jpg

Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro bwitarukije ibyo kuba buzi ikibazo cy’abanyeshuri bo mu rwunge rw’amashuri rwa Kivumu muri aka karere basuzuguye umuyobozi w’iri shuri agatuma hafi ishuri ryose ababyeyi. Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro wungirije ushinzwe imibereho myiza, Umuganwa Marie Chantal mu kiganiro n’umunyamakuru wa BWIZA yitarukije ibyo kuba azi ikibazo cyagaragaye muri GS Kivumu. Ati :”Ntabwo […]

Rulindo: Mudugudu yatanze igihano cyo gusambura inzu y’umuturage

img-20241024-wa0027-750x375-1.jpg

Mu karere ka Rulindo,Umurenge wa Kisaro,akagari ka Kamushenyi,haravugwa inkuru y’abakuru b’imidugudu babiri ya Kabeza na Karambi ndetse na mutekano basambuye inzu ya Ndereyimana Ildephonse ngo mu kigwi cyo kwishyura ibirayi byibwe yari yarindishijwe bya Adrien Ngiramasabo. Bamwe mu baturage bavuga ko Ndereyimana yasamburiwe inzu, ku wa Kabiri,tariki ya 22 Ukwakira 2024, nyuma y’uko Adrien yari […]

Fatakumavuta dosiye ye yageze mu bushinjacyaha

RIB, yamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Sengabo Jean Bosco uzwi ku izina rya Fatakumavuta ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda. Dosiye ya Fatakumavuta yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 23 Ukwakira 2024 nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry. Ati :“Nibyo koko dosiye ya Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yashyikirijwe […]

Sudani: Igitero cya RSF muri Leta ya Al Jazira cyiciwemo abasivili 25

Inyeshyamba za Rapid Support Forces zirwanya ubutegetsi bwa gisirikare muri Sudani zagabye igitero mu midugudu yo mu burasirazuba bwa leta ya Al Jazira zihitana abantu 25. Impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu zavuze ko ibyo byabaye nyuma y’uko Abuagla Keikal, umwe mu basirikare bakuru bo mu mutwe wa RSF ukomoka muri iyo leta yitandukanyije nawo akajya mu […]

Nshuti Innocent ari kurambagizwa n’ikipe yo muri Afurika y’Epfo

Ikipe ya Marumo Gallants yo mu cyiciro cya mbere muri Afurika y’Epfo, yatangiye kurambagiza rutahizamu Nshuti Innocent w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ngo abe yayerekezamo muri Mutarama 2025. Nshuti afitanye na One Knoxville SC yo mu cyiciro cya gatatu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amasezerano azarangira mu Ukuboza uyu mwaka. Uyu rutahizamu amakuru avuga ko Marumo […]

Franck Diongo udacana uwaka na Tshisekedi yaba ari i Kigali

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko depite akanaba n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Franck Diongo yaba ari i Kigali kuva ku Cyumweru gishize. Diongo kuva muri 2023 aba i Bruxelles mu Bubiligi aho yahungiye. Amakuru uruhande rw’u Rwanda rutaremeza cyangwa ngo ruhakane aravuga ko yaba yarageze i Kigali ku Cyumweru gishize. Mu […]

“Mpanganye na Kagame”- Tshisekedi abwira abaturage

Perezida wa DR Congo Antoine Felix Tshisekedi,kuri uyu wa 23 Ukwakira 2024, ubwo yari yagiye i Kisangani gutaha ikibuga cy’idege, yavuze ko ubutegetsi bw’u Rwanda ari umwanzi wa Congo. Mu ijambo yavuze ubwo yatahaga ku mugaragaro ikibuga cy’indege kitwa Bangboka kiri i Kisangani,yagize ati: “Ni ubutegetsi bwa Kagame, ni we mwanzi wacu. Ntabwo ari Abanyarwanda […]

Rutsiro: Rurageretse hagati y’ubuyobozi n’umuturage washyizwe mu manegeka n’ikorwa ry’umuhanda

img-20241023-wa0006.jpg

Rurageretse hagati ya Hakizimana Jean d’Amour n’akarere ka Rutsiro, nyuma yo gusigwa mu manegeka n’ikorwa ry’umuhanda, aho akomeje gutabaza umuhisi n’umugenzi asaba kuba yarenganurwa akazahabwa umuhanda nk’uko wahise ugera iwe, cyangwa agahabwa ingurane ikwiriye agakurwa kuri iyi manga y’umusozi kuko abana be batakibona uko batarabuka ngo batawuhubukaho. Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro ntibwemeranya n’ibyo kuba umuturage […]