Mukantaganzwa Domithilla yagizwe Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

Perezida wa Repubulika yagize Domitilla Mukantaganzwa, Perezida mushya w’Urukiko rw’Ikirenga, asimbuye Dr Faustin Ntezilyayo wari umaze imyaka itanu kuri izi nshingano. Amakuru dukesha Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), avuga ko “Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, mu ngingo yaryo ya 154; None ku itariki ya 3 Ukuboza 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho […]

U Bubiligi bwahamijwe gukorera muri Congo ibyaha byibasiye inyoko muntu

Leta y’u Bubiligi yahamijwe gukorera ibyaha byibasiye inyoko muntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gutandukanya abana batanu na ba nyina b’abanye-Congo. Ni ibyaha u Bubiligi bwakoze mu gihe cy’ubukoloni. Urukiko rw’Ubujurire rw’u Bubiligi mu mwanzuro rwasomye ku wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza, rwanzuye ko abana batanu bavukiye muri Congo-Mbiligi kuri ubu […]

Syria: Inyeshyamba za HTS zirwanya Assad zikomeje gusatira Hama nyuma yo gufata Allepo

Ingabo za Leta ya Syria zishyigikiwe n’u Burusiya, zikomeje guhangana n’inyeshyamba, zongeye kubura imirwano, barwanira kugenzura undi mujyi ukomeye nyuma y’ifatwa rya Aleppo . Iyi mirwano biravugwa ko yabayemo “urugomo rukabije” kuva amakimbirane aherutse kubura yatangira mu ntambara yo muri Syria. Inyeshyamba zo mu mutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) zari ziherutse kwigarurira Umujyi wa […]

Myugariro wa Crystal Palace wanditse “Nkunda Yesu” ku mabara y’abatinganyi ashobora guhanwa

gd3cizdwaaafh73.jpg

Myugariro wa Crystal Palace, Marc Guehi, ashobora gukurikiranwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (Football Association) nyuma yo kwambara igitambaro cy’abakapiteni gifite amabara y’umukororombya maze akandikaho amagambo agira ati: “Nkunda Yesu” mu mukino wa Premier League wahuje ikipe ye na Newcastle United, warangiye amakipe yombi anganya 1-1. Abayobozi b’amakipe yo mu Bwongereza bari basabwe kwambara amabara […]

Musenyeri yasabye Leta na Kiliziya gukurikirana abatera urwenya bigize abapadiri

musenyeri_mbonyintege_yamaganye_abatera_urwenya_bigize_abapadiri_n_abasenyeri-42fb9.jpg

Kiliziya Gatolika yamaganye ibikorwa byo gusebya imyemerere yayo, bikorwa n’abantu bakina urwenya bigize abapadiri n’abasenyeri, nk’uko Musenyeri Smaragde Mbonyintege wahoze ari Umwepisikopi wa Diyosezi Gatolika ya Kabgayi yabigarutseho. Yavuze ko ibi bikorwa bikwiye gukurikiranwa vuba na Leta, kugira ngo hatabaho gukomeza gutesha agaciro imyemerere y’Abakirisitu. Musenyeri Mbonyintege yabajijwe na Igihe uko Kiliziya Gatolika yakira ibikorwa […]

USA: Donald Trump yagize umuherwe mugenzi we Ambasaderi wa Amerika i London

Kuri uyu wa Mbere, itariki 2 Ukuboza 2024, Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump yashyizeho umuherwe mugenzi we usanzwe ari umushoramari, Warren Stephens, ngo azabe Ambasaderi wa Amerika mu Bwongereza. Trump yanditse ku mbuga nkoranyambaga ati: “Warren yahoze iteka arota gukorera Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nishimiye ko ubu azagira ayo mahirwe nk’umudipolomate wo hejuru, […]

Marina yavuze ku byo kwitereshaho amabuno muri Nigeria

mrin-3279e.jpg

Marina yanyomoje amakuru yari amaze iminsi avugwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yibagishije kugira ngo yongere ikibuno, avuga ko ibyo byavuzwe bitari ukuri kandi ko byamubabaje cyane. Yavuze ko abantu babihimbye, ashimangira ko ibyo bamuvuzeho byari ibinyoma. Ibi Marina yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma yo gutaramira abakunzi be mu Karere ka Rubavu, ku wa […]

Bamwe basoza mu marira, abandi mu mbyino

Umunsi wa nyuma wa buri kintu, n’umunsi wa marira. Amarira aterwa n’agahinda, cyangwa aterwa n’umunezero. Gusa ni bacye bawitegura. Iherezo ry’ikintu riruta intangiro yacyo,…. (Umubwiriza 7:8) Abantu benshi bakunda gutangirana ibintu n’ibikabyo byinshi, ikirori cyitwa launching akenshi kiza giteye ubwoba, cyangwa se gutangiza gahunda umuntu yifuza ko yitabirwa n’abantu benshi, rikana menyekana cyaneee. Uyu munsi […]

Nyamasheke: Sgt Minani ukekwaho kurasa mu cyico abantu 5 yatangiye kuburanishwa

Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Ukuboza, rwatangiye kuburanishiriza mu ruhame urubanza ruregwamo Sergeant Minani Gérvais wo mu ngabo z’u Rwanda ukekwaho kwica arashe abantu batanu. Umushinjacyaha mu Rukiko rwa Gisirikare yabwiye Urukiko ko Sergent Minani aregwa icyaha cy’ubwicanyi ku bushake, kwica bidategetswe n’umukuru no guhisha no kuzimiza intwaro ku bushake. […]

Umutoza w’ikipe y’igihugu wumgirije yagizwe umwere

Sempoma Félix, Umutoza Wungirije w’Ikipe y’Igihugu y’Umukino wo gutwara amagare, na Munyankindi Benoit, ntibahamijwe ibyaha bari bakurikiranyweho mu n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Nyamara, urukiko rwahamije Nyirarukundo Claudette na Murenzi Emmanuel icyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano, rubahanisha gutanga ihazabu ya miliyoni 1 FRW kuri buri umwe. Byongeye, urukiko rwemeje ko Nyirarukundo Claudette na Murenzi […]

Ntabwo dukorera mu itangazamakuru kandi ntitunakoreshwa n’igitutu cyaryo: Meya wa Rulindo

Umuyobozi w’akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith, yahakanye amakuru avuga ko yategetswe kugira Ndagijimana Froduald wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mbogo umujyanama we; asobanura ko yagizwe umujyanama wa komite nyobozi y’akarere hubahirizwa ubusabe bwa Komisiyo y’Igihugu y’abakozi ba Leta yari imaze igihe isaba ko asubizwa mu kazi. Mu kwezi gushize ni bwo uyu Ndagijimana yatawe […]

RDC yareze u Rwanda na Perezida Kagame mu rundi rukiko mpuzamahanga

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda na Perezida Paul Kagame mu Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu, ibashinja gukorera ibyaha ku butaka bwayo. Biteganyijwe ko urwo rubanza ruzaba ku wa 12 Gashyantare 2025. Ni urubanza rukurikira urwabaye ku wa 26 Nzeri uyu mwaka, nyuma y’uko Congo Kinshasa ireze u Rwanda mu rukiko rw’Umuryango wa […]

RDC: Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC ikomereje muri Lubero isatira Umujyi wa Butembo

Imirwano yongeye kubura muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Ukuboza 2024 mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’ingabo za leta zishyigikiwe na Wazalendo n’inyeshyamba za M23 zishyigikiwe. Iyi mirwano ivugwa mu duce twinshi two muri Teritwari za Masisi na Lubero kuri axe ya Kaseghe-Matembe ukurikije amakuru y’ubuyobozi n’abashinzwe […]

Dore ibisobanuro by’ibimenyetso bikoreshwa mu rukundo

Wigeze kohereza agashusho ku mutima utekereza uti: “Ni byo? Ni cyo kirebana n’ubusobanuro bw’amarangamutima yanjye?” Ibimenyetso by’urukundo ni nk’ubusobanuro bw’amarangamutima, byerekana ibyiyumvo byihariye mu buryo bworoshye bwo kohereza no kwakira. Guhera ku bishushanyo by’imitima byanditse mu bitabo by’abanyeshuri kugeza ku masaro y’urukundo yo mu muco w’Abaselti, ibi bimenyetso by’urukundo bisumba igihe, umuco, ndetse, niba tuvuga, […]

Netanyahu yakozweho filime ari mu gihome azira ruswa

1200.jpg

Filime nshya mabarankuru yitwa The Bibi Files yinjira mu buzima bwa politiki bwa Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, ahanini izirikana ibirego bya ruswa no gukoresha nabi ububasha mu gihe bimukomereye. Yakozwe n’umunyamakuru Raviv Drucker, umenyerewe mu gukora inkuru zicukumbuye ku bayobozi b’ibihugu. Filime igaruka ku bibazo Netanyahu yagize mu nzego z’ubutabera, n’ingaruka z’ibyo byemezo […]

Umuherwe wanyereje arenga tiriyoni 30 Frw yahawe igihano cy’urupfu

Urukiko rwo muri Vietnam rwemeje igihano cy’urupfu kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Ukuboza 2024, ku munyemari Truong My Lan mu rubanza rw’ubuhemu rwari rukomeye aho yashinjwaga kwiba miliyari nyinshi z’amadolari. Gusa urukiko rwavuze ko ubuzima bwe bushobora gukira aramutse yishyuye abahombejwe ¾ by’umutungo yanyereje. Truong My Lan, w’imyaka 68, w’umushoramari mu bikorwa by’ubutaka, […]

Kapiteni wa Ipswich Town yanze kwambara ibyamamaza ubutinganyi

Kapiteni wa Ipswich Town, Sam Morsy, ntabwo yambaye igitambaro cy’abakapiteni gifite amabara y’umukororombya agamije gushyigikira abatinganyi ku mukino wo ku wa Gatandatu batsinzwemo na Nottingham Forest muri Premier League kubera “imyemerere ye y’idini”, nk’uko ikipe ye yabitangaje. Amakipe yo muri Premier League ari gushyigikira gahunda ya Stonewall yitwa Rainbow Laces igamije guteza imbere kwinjiza abantu […]

Twaratinze cyane: Leta y’u Rwanda yatanze umucyo ku ku kuzamura umusanzu wa pansiyo

Leta y’u Rwanda yasobanuye ko yakabaye yarazamuye umusanzu wa pansiyo ku bakozi bayo mu myaka itanu ishize, gusa ikomwa mu nkokora n’impamvu zirimo ibyorezo bitandukanye ndetse n’izamuka ry’ibiciro ku masoko. Byagarutsweho mu kiganiro inzego zirimo RSSB, Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ndetse n’iy’Abakozi ba Leta n’Umurimo bahaye itangazamakuru ku wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024. Ni […]

Hagiye gutangizwa igerageza mu kwishyuza umugenzi urugendo yakoze

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 04 Ukuboza 2024, hazatangizwa igerageza ry’uburyo bushya bwo kwishyura mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hakurikijwe urugendo umugenzi yakoze, aho kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo (ligne) rwose. Ni ibyatangarijwe mu itangazo RURA yasohoye kuri uyu wa […]

Biden mbere yo kuva ku ntebe isumba izindi yarengeye umuhungu we Hunter

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yarengeye umuhungu we, Hunter Biden, mu buryo butunguranye nyuma y’uko inshuro nyinshi yagiye atangaza ko atazitabira ibintu bijyanye n’ibibazo by’amategeko umwana we yari ahanganye nabyo. Iyi ngingo yabaye ishingiro ry’ibiganiro byinshi muri politiki y’Amerika, bamwe barayishimira, abandi barayinenga, bavuga ko bishobora kuba ari ugukoresha nabi ububasha […]

RDC: Umusirikare wa FARDC mu barinda Perezida yakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rwa gisirikare rwa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru, kuwa Gatandatu ushize rwakatiye igihano cy’urupfu Premier sergent Ngoy Inabanza Felicien wo muri batayo ya 134 y’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (GR) kubera ubwicanyi . Yahamwe n’icyaha cy’ubwicanyi bubiri, gukwirakwiza amasasu y’intambara no kurenga ku mategeko nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ivuga. Ibyaha uyu musirikare yashinjwe […]

Uganda: Impamvu Kizza Besigye ari kuburanishwa n’urukiko rwa gisirikare

Mu myaka za mirongo ishize, abasivile amagana bagiye baburanishwa mu nkiko za gisirikare muri Uganda nubwo Urukiko rurengera Itegekonshinga ibi rwabyamaganye . Umunyapoliriki Kizza Besigye, utari mushya mu kuregwa mu nkiko za gisirikare, yasubiyeyo kuko yishyikirije ubwe itegeko rya gisirikare, nk’uko Brig Gen Kulayigye yabibwiye BBC. Mu cyumweru gishize, we n’uwo bareganwa bagejejwe mu rukiko […]

IGP Namuhoranye yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Gambia

csm_whatsapp_image_2024-12-02_at_15.53_27_19518b43_20b607fa77.jpg

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Gambia; Gen Seedy Muctar Touray n’itsinda ayoboye mu ruzinduko bagirira mu Rwanda ruzamara icyumweru, rugamije gushimangira ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi . […]