Utegerejweho byinshi muri uyu mwaka

Imana ni yo yaturemeye iyo ngiyo, ndetse yayiduhereye Umwuka ho ingwate. (2 Abakorinto 5:5) Imana yaduhaye Umwuka Wera nk’ingwate m’umubiri wacu, ntiyabikoreye ubusa. Hari impamvu zigeze kuri eshatu yatumye ibikora. 1.Kugira duhindurwe amazina, twitwe ko turi abana bayo, bafite umwihariko y’uburyo bagomba gufatwa, gutekereza n’ibyo bagomba kubona. Niba wizera Yesu, ufite Umwuka Wera muri wowe, […]
Somambike wa Perezida Nana Akufo-Addo yaguye igihumure ubwo yari amurinze

Umurinzi bwite wa Perezida Nana Akufo-Addo wa Guana, yaguye igihumure ubwo bari kumwe amucungiye umutekano. Byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Ukuboza, ubwo Perezida Akufo-Addo yari mu Nteko Ishinga Amategeko ageza ijambo rya nyuma ku banya-Ghana, mbere yo gushyikiriza ubutegetsi John Mahama Dramani watorewe kuba Perezida mushya w’iki gihugu mu mwaka ushize. Mu […]
Kigali:Umugenzi wari kuri moto yakandagiwe n’ikamyo arapfa

Kuri uyu wa Gatanu tariki 03 Mutarama 2025, ku isaha ya saa sita z’amanywa, umumotari wari uhetse umugenzi yagonzwe n’ikamyo itwara lisansi muri ’feux rouges’ ahazwi nka Rwandex, uwo mugenzi ahita yitaba apfa. Ibinyabiziga byombi byavaga mu cyerekezo cy’i Remera bigana mu Mujyi wa Kigali, ubwo bari bagisohoka muri feux rouges za Rwandex bagiye kugera […]
Amafoto: Nduhungirehe yashimye uruhare rwa Diaspora Nyarwanda mu iterambere ry’igihugu

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, afatanije n’abandi bayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda, bakiriye kandi basabana n’abanyamuryango b’umuryango Nyarwanda mu mahanga. Iki gikorwa kiswe “Guhura & Kuramukanya” cyari umwanya wo guhura, guhuza, no gusabana n’abagize Diaspora Nyarwanda hirya no hino ku Isi yose no kwifurizanya umwaka mushya mwiza wa 2025. Mu ijambo rye, […]
Ibikorwaremezo bidasanzwe byitezwe mu Rwanda 2025 (Amafoto)

U Rwanda rugiye gutangiza umushinga ukomeye wo guteza imbere ibikorwaremezo mu bijyanye n’ubwikorezi, icumbi, ingufu, amazi n’isukura, ubukerarugendo, imyidagaduro, n’ubuzima. Kuri ubu hari imishinga 14 ikomeye izahindura isura y’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2025 twatangiye muri iki cyumweru. Reka terebere hamwe iyo mishinga y’ibikorwaremezo by’akataraboneka. 1. Gare ya Nyabugogo izatwara miliyari 207,002,540,000 Frw Gusana […]
Gen Muhoozi yarahiriye “guhorera amaraso” ya Lt. Ariho wirashe mu kico

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko azahorera amaraso ya Lt. Amon Ariho uheruka kwirasa agapfa. Ku wa Gatatu tariki ya 1 Mutarama ni bwo uyu musirikare wari umwe mu bagize Brigade ishinzwe ubwubatsi mu ngabo za Uganda, yirasiye ahitwa Nakirebe hagati y’uturere twa Mpigi na Wakiso. Gen Muhoozi wemeza ko yababajwe […]
Rutsiro: Arembeye mu bitaro hafi gupfa nyuma yo gukururwa ubugabo

Turikumwe Jean Pierre wo mu karere ka Rutsiro arembeye mu bitaro bya Mmurunda hafi gupfa nyuma yo gukubitwa akagirwa intere akanzwe ubugabo ndetse umuhogo bakawumena ku buryo atabasha kurya, kunywa no kuvuga. Urugomo Turikumwe yakorewe mu ijoro rya Noheri y’umwaka dusoje, rwabereye mu murenge wa Ruhango, akagari ka Nyakarera ho mu mudugudu wa Marabuye. Amakuru […]
Hakim Sahabo arifuzwa n’umunyabigwi wa Liverpool

Umukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda, Hakim Sahabo ashobora gusohoka muri Standard Liege mu isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi muri Mutarama 2025, akerekeza muri Beerschot yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi iyobowe na Dirk Kuyt wabaye icyamamare muri Liverpool. Dirk Kuyt wabaye cyimenyabose muri Liverpool arifuza kuzana uyu mukinnyi ukiri muto muri uku kwezi nk’uko amakuru abyemeza […]
Masisi: M23 yigaruriye akandi gace, yica aba-FARDC benshi na ba Colonel ba FDLR

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wigaruriye agace ka Katale ko muri Teritwari ya Masisi, nyuma yo kuhirukana ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. M23 yigaruriye aka gace nyuma y’imirwano yatangiye mu ma saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu. Ni imirwano yanumvikanye mu duce turimo Kibuye, Gatovu ndetse, […]
Seoul: Gufata uwari perezida byasubitswe nyuma yo guhangana kw’abashinzwe umutekano

Igipolisi cya Koreya y’Epfo cyahagaritse gushaka gufata perezida wahagaritswe, Yoon Suk Yeol, nyuma y’amasaha atandatu yari amaze ahanganye n’itsinda ry’umutekano ryari ryoherejwe kumufata akaribera ibamba. Yoon akomeje gukorwaho iperereza kubera gukoresha nabi ububasha bwe no guteza imvururu ubwo yageragezaga gushyiraho ibihe bidasanzwe mu gihugu mu ntangiriro z’Ukuboza. Iki cyemezo, nubwo cyubahirijwe igihe gito, cyateje ikibazo […]
Musanze FC yahagaritse Umugande

Ikipe ya Musanze FC yahagaritse myugariro wayo w’Umunya-Uganda, Bakaki Shafiki nyuma yo kurangwa n’imyitwarire itari iya kinyamwuga mu mukino wa shampiyona batsinzwemo na Vision FC ku munsi wa 15 wa shampiyona y’u Rwanda. Amakuru yizewe avuga ko Shafiki yaba yaraketsweho ubugambanyi bwo gutanga amakuru y’ikipe mu buryo butemewe aho ibyo byatumye umutoza afata icyemezo cyo […]
Byiringiro Lague yatandukanye na Sandvikens IF

Ikipe ya Sandvikens IF yo mu cyiciro cya kabiri muri Sweden yatangaje ko yatandukanye n’umukinnyi w’Umunyarwanda Byiringiro Lague nyuma y’imyaka ibiri bakorana. Iki cyemezo cyamenyekanye mu itangazo iyi kipe yashyize ahagaragara rivuga ko impande zombi zanzuye kurangiza amasezerano kubwumvikane neza. Byiringiro Lague yageze muri Sandvikens IF mu 2022 avuye mu ikipe ya APR FC yo […]
Uwiyise “Umwami Yuhi VI w’u Rwanda” agiye gukora uruzinduko rwe rwa mbere muri Aziya

Mu kwezi gutaha, “gusangira ibyo kurya ku rwego rwo hejuru hamwe na vino nziza na champagne” bizaba mu kwezi gutaha mu rwego rwo “guha icyubahiro urugendo rwa mbere rwo muri Aziya rw’ “Umwami Yuhi VI w’u Rwanda”. Peter J. Mann azaba umwe mu banyacyubahiro bazayobora uyu muhango. Ibirori byateguwe na Royal Commonwealth Society, Peter J. […]
Rutsiro: Baratabaza, inyamaswa yo muri Parike ibarira amatungo bagapfukiranwa

Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Rutsiro batabaza Ubuyobozi bukuru bw’Igihugu bavuga ko inyamaswa yitwa (Imbaka) iva muri Parike ya Gishwati-Mukura ikabarira amatungo ariko Ubuyobozi bukabapfukirana. Abaturage iyi nyamaswa yaririye amatungo mu murenge wa Mukura ni benshi, ariko abaganiriye na BWIZA bavuga ko Ubuyobozi bukomeza kubabindikiranya, bukabeshya ko ari imbwa zabaririye amatungo kugira […]
Burundi: Agathon Rwasa yangiwe kuziyamamaza mu matora ataha

Agathon Rwasa uza imbere mu batavuga rumwe n’ubutegetsi mu Burundi, abadepite 2 bo mu ishyaka rye, CNL n’abakomoka mu mashyaka ari mu ihuriro “Burundi bwa bose” ntibari mu rutonde rw’abemerewe kuziyamamaza mu matora y’abadepite ateganyijwe muri Kamena 2025. Komisiyo yigenga ishinzwe amatora mu Burundi, CENI, yasohoye urutonde rw’abemerewe kuzitabira amatora yo mu kwa gatandatu ku […]
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza uri i Mageragere yakubitiwe mu Igororero n’abantu bahawe ikiraka

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul,kuri ubu ufungiye mu Igororero rya Nyarugenge ahazwi nka Mageragere bivugwa ko yahohotewe na bagenzi be bafunganye. Aya makuru BWIZA yayamenye avuye mu kiganiro “Zinduka” avuga ko uyu Nkundineza Jean Paul yakubiswe ndetse akanakomeretswa, byari binamuviriyemo kwangirika ijisho na bagenzi be bafunganywe ariko bikavugwa ko ibi byakozwe n’abagabo bane bari bahawe ikiraka. […]
Umupolisi wasinze yarekuye abantu 13 bacyekwaho ibyaha ngo bajye kwirira Ubunani

Umupolisi mukuru wo muri Zambia yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano muri iki gihugu, nyuma yo gusinda akarekura abantu 13 bacyekwaho ibyaha bari bafungiye muri kasho kugira ngo bashobore kujya kwizihiza ubunani. Titus Phiri usanzwe akora iperereza ku byaha, yatawe muri yombi nyuma yo kurekura abo bacyekwa bari bafungiye kuri Sitasiyo ya polisi ya Leonard Cheelo […]
Gicumbi: Arashinja nyina kumuca inyuma

Uwimaniduhaye Rebecca utuye mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Byumba, yatangaje ko ari mu gahinda gakomeye kuko nyina yamutwaye umugabo, ubu bakaba babana mu nzu nk’abashakanye. Ibyo ngo byatangiriye mu rugo rwa Uwimaniduhaye n’umugabo bari barashakanye, ubwo uwo mugore yari arwaye. Ubwo burwayi bwa Uwimaniduhaye bwaje gukomera noneho biba ngomba ko nyina w’imyaka 42 […]