REG na WASAC byisobanuye kuri ruswa ikomeje kubivuzamo ubuhuha

Depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Mvano Nsabimana Etienne, yagaragaje ko kuba ibigo bya REG na WASAC byaraje ku isoga mu kurangwamo ruswa, biteye isoni ku bigo nk’ibi bitanga serivisi z’amashanyarazi n’amazi abaturage bakenera umunsi ku wundi. Raporo y’ibyavuye mu bushakashatsi bwa Transparency International Rwanda kuri ruswa mu Rwanda (Rwanda Bribery Index) ya 2024, […]
M23 yerekanye izindi ntwaro yambuye FARDC

Umutwe wa M23 wanyomoje amakuru yavugaga ko ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryawambuye ibice bitandukanye ugenzura muri Kivu y’Amajyaruguru. Ku Cyumweru tariki ya 12 Mutarama uruhande rw’Ingabo za Leta rwigambaga kwambura ziriya nyeshyamba uduce dutandukanye turimo aka Kirumba na Kaina two muri Teritwari ya Lubero. Amakuru yatangajwe n’Umuvuguzi wa FARDC […]
Nigeria: Igisirikare cyatangiye iperereza nyuma yo kwicira abasivili 20 mu gitero cy’indege

Ingabo zirwanira mu kirere za Nigeria zavuze ko kuri uyu wa Mbere zatangiye iperereza nyuma y’amakuru avuga ko igitero cy’indege cya gisirikare gishobora kuba cyarahitanye abasivili bagera kuri 20 mu mpera z’icyumweru gishize. Ibi byabereye muri Leta ya Zamfara mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu, aho intagondwa n’imitwe y’inyeshyamba byafashe. Guverineri wa Zamfara, Sulaiman Bala Idris, yatangaje […]
Nyaruguru: Hari abamaze imyaka 3 bategereje ingurane barahebye

Mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Busanze, mu Ntara y’Amajyepfo hari abaturage basaamaze imyaka 3 bategereje ingurane y’imitungo yabo yangijwe ubwo hakorwaga umuyoboro w’amashanyarazi. Ni imiryango 355 itarishyurwa irimo kwishyuza arenga miliyoni 46 Frw. Aba baturage bo mu Kagali ka Nkâanda mu Murenge wa Busanze bavuga ko imyaka ibaye 3 bishyuza ingurane z’ibyabo byangijwe […]
Yafunzwe azira gishyira igitsina cye mu zuru ry’ifarasi

Mu kwezi gushize muri Leta ya Florida, polisi yataye muri yombi umugabo witwa Donald Calloway w’imyaka 53 nyuma yo gushinjwa ibikorwa bifitanye isano no guhohotera inyamaswa byakorewe ifarasi. Ibi byabereye mu gace ka Lake Wales ku itariki ya 26 Ukuboza 2024 nk’uko byemezwa n’abatangabuhamya babonye uyu mugabo ari gukora ayo mahano. Nk’uko bigaragara mu nyandiko […]
Masisi: Ibirindiro bya M23 byaramukiye mu mvura y’amabombe

Amakuru aturuka ku nzego z’umutekano agera kuri KivuMorningPost aravuga ko imirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za M23 n’Ingabo za FARDC yakomereje mu duce dutandukanye two muri Teritwari ya Lubero. Muri Teritwari ya Masisi, iyi nkuru iravuga ibirindiro bya M23 birimo gusukwaho ibibombe n’indege z’intambara mu nkengero za Ngungu nk’ahitwa Nyaboro hafi y’ishuri rya Kisimba. Ku wa […]
Perezida Kagame yashyizeho Umuyobozi Mukuru wa RDB mushya

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2025, yagize Jean Guy Afrika Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB). Itangazo Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente yashyizeho Umukono mu izina rya Perezida Kagame ni ryo ryemeza ko Afrika yahawe ziriya nshingano. Uyu mugabo yari asanzwe ari Umuyobozi w’agateganyo w’Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’akarere […]
Je, Tshisekedi Anampanga Mwanawe Kurithi Uongozi?

Habari kutoka Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) zinaeleza kuwa Rais Félix Antoine Tshisekedi huenda ameanza kumwandaa mwanawe, Anthony Tshisekedi, ili awe mrithi wake katika uongozi wa nchi. Kwa sasa, Anthony hana nafasi rasmi katika serikali ya DRC. Hata hivyo, tangu mwaka 2021, amekuwa akisafiri na Rais Tshisekedi kwenye ziara mbalimbali za kimataifa, ingawa ziara […]
Tshisekedi Prépare-t-il Son Fils à Lui Succéder au Pouvoir ?

Des informations en provenance de la République Démocratique du Congo indiquent que le Président Félix Antoine Tshisekedi aurait commencé à préparer son fils, Anthony Tshisekedi, à lui succéder au pouvoir. Actuellement, Anthony n’occupe aucune fonction officielle au sein du gouvernement de la RDC. Cependant, depuis 2021, il accompagne régulièrement le Président Tshisekedi lors de divers […]
Is Tshisekedi Preparing to Hand Over Power to His Son?

Reports from the Democratic Republic of Congo indicate that President Félix Antoine Tshisekedi may have started preparing his son, Anthony Tshisekedi, to succeed him in power. Currently, Anthony does not hold any official position in the DRC government. However, since 2021, he has often accompanied President Tshisekedi on various international trips, even though these visits […]
Tshisekedi yaba ari gutegura kuraga umuhungu we ubutegetsi

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi yaba yaratangiye gutegura umuhungu we Anthony Tshisekedi ngo abe yamusimbura ku butegetsi. Anthony kuri ubu nta mwanya uzwi afite muri Guverinoma ya RDC. Icyakora kuva muri 2021 yakunze kujyana na Perezida Tshisekedi mu ngendo zitandukanye yagiye akorera hanze ya Congo Kinshasa, […]
Perezida wa Koreya y’Epfo wahagaritswe ku mirimo yongerewe umushahara

Perezida wahagaritswe ku mirimo ye wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, umushahara we wa buri mwaka wazamuwe nubwo aregwa kuba yarashyize igihugu mu bihe bidasanzwe nta mpamvu igihe gito nk’uko byatangajwe na guverinoma. Umushahara wa Yoon uziyongeraho 3% ugere kuri miliyoni 262.6 won ($ 179.000; £ 147,000), bijyanye n’ibipimo by’imishahara y’abayobozi ba leta nk’uko iyi […]
Myugariro w’Amavubi ari kurambagizwa na Dinamo Bucarest yo muri Romania

Ikipe ya Dinamo Bucharest yo muri Romania yazanye umukinnyi w’imbere, Alexandru Pop imukuye muri Oțelul Galați none irimo gusoza n’ibijyanye na transfer ya myugariro w’Umunyarwanda wakinaga muri Latvia. Myugariro Dylan Georges-Francis w’imyaka 23 nta masezerano afite nyuma yo gukina mu cyiciro cya kabiri muri Latvia. Dylan Georges-Francis ari hafi kwimukira muri Dinamo Kuri ubu Dylan […]
Burundi: Umusaraba washyizwe aho Papa yasomeye Misa waburiwe irengero

Itangazo ryashyizweho umukono na Padiri Laurent Niciteretse , umuyobozi wa Seminari Nkuru yitiriwe Mutagatifu Yohani Pawulo wa Kabiri y’i Gitega rivuga ko umusaraba wari mu mbuga y’iyo Seminari wibwe n’abagizi ba nabi. Muri iryo tangazo , Padiri Laurent Niciteretse avuga ko abibye uwo musaraba kugeza ubu bataramenyekana ndetse anasaba Abakirisitu kugira uruhare mu gushakisha uwo […]
Amakimbirane y’u Rwanda na RDC ashobora kurangira vuba: Perezida Lourenço

Perezida João Lourenço wa Angola akanaba umuhuza mu bibazo bya Politiki biri hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko umwuka mubi umaze imyaka irenga ibiri hagati y’ibihugu byombi ushobora kurangira. Lourenço yabitangaje mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo yari i Kampala muri Uganda ahaberaga inama idasanzwe y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. U […]
Mwubahe Tantine wanyu yemwe bana: Kate Bashabe

Mu minsi ishize umuhanzi Juno Kizigenza yashyize ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaza ari kumwe na Kate Bashabe baririmba indirimbo Shenge, indirimbo yiganjemo amagambo y’urukundo aho ayo mashusho yatumye bamwe mu bakurikira aba bombi batangira gukeka ko hagati yabo hashobora kuba hari urukundo bitewe n’uburyo bagaragaye. Mu gice cy’ibitekerezo (comment section) umwe mu bakunzi babo yanditse […]
APR FC yatandukanye na ba rutahizamu 2 b’abanya-Nigeria

Ikipe ya APR FC yamaze gutandukana ku bwumvikane n’abanya-Nigeria: Chidiebere Nwobodo na Odibo Godwin bari bamaze amezi abarirwa muri atanu ari abakinnyi bayo. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yatandukanye n’aba bakinnyi yombi bari barayijemo bayihenze, nyuma yo kunanirwa kuyiha umusaruro bari bitezweho. Yaba Chiedebere na Odibo bombi basatira izamu baciye ku mpande, nta n’umwe muri bo […]
Abarundi bateye inkunga yo kwivuza Kanyankore wahesheje Amavubi Cecafa (Amafoto)

Umutoza w’inararibonye ukomoka mu Burundi, Kanyankore Gilbert uzwi nka Yaoundé wigeze gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yashimiwe ku bitangaza yagezeho mu mupira w’amaguru, anahabwa inkunga yo gukomeza kwivuza nyuma y’igihe arwaye. Ku Cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2025 mu gihugu cy’u Burundi hateguwe umukino wihariye wo gushimira Kanyankore no kuzirikana ibigwi bye mu kibuga […]
Ukraine yatangaje ko yiteguye gusubiza i Pyongyang abasirikare 2 ba Koreya ya Ruguru yafashe

Urwego rushinzwe umutekano muri Ukraine rwatangaje ku wa Gatandatu ko bafashe abasirikare babiri ba Koreya ya Ruguru bafatiwe mu Karere ka Kursk mu Burusiya kandi barimo kubazwa i Kyiv. Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko yiteguye gusubiza aba basirikare babiri ba Koreya ya Ruguru bafashwe i Pyongyang nabo bagahabwa imfungwa z’intambara z’Abanya-Ukraine zifungiwe mu […]
Nta mutinganyi wemerewe kuba umusirikare muri Nigeria

Leta ya Nigeria yashyizeho amabwiriza mashya abuza abasirikare bayo kwijandika mu bikorwa birimo ubutinganyi, gusambanya inyamaswa, kwambara imyenda itajyanye n’igitsina cyabo (cross-dressing) n’ibindi byitwa ko binyuranyije n’amahame y’imyitwarire ya gisirikare. Ibi byashyizwe mu ngingo ya 26 y’amategeko mashya agenga imyitwarire n’amasezerano y’abasirikare (Harmonised Armed Forces Terms and Conditions of Service) yashyizweho umukono na Perezida Bola […]
U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ya 26 ya EAPCCO

U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ngarukamwaka ya 26 y’Umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO) izaba kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 31 Mutarama 2025. Inteko rusange ya EAPCCO ni urubuga rwifashishwa mu gusuzuma no gukemura ibibazo rusange byugarije umutekano w’akarere, gusangira amakuru no kubaka ubushobozi mu bihugu bigize […]
Miss Mutesi Jolly yagaragaye ku mukino wa Arsenal na Man U (Amafoto)

Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara ku mukino wa FA Cup wahuje Arsenal na Manchester United kuri Emirates Stadium i Londres ku itariki ya 12 Mutarama 2025. Uyu mukino waranzwe n’ubushyamirane bukomeye warangiye Manchester United itsinze Arsenal kuri penaliti nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota isanzwe y’umukino. Mutesi Jolly […]