Umugabo yabyutse asanga igitsina cye cyazimiye

Muri Afurika hakomeje kugaragara kibazo aho abantu bavuga ko gituruka mu bwonko bitewe no gutakaza igitsina cyabo. Iki kibazo cyamenyekanye cyane bwa mbere muri Nigeria ariko kimaze kugera no mu bindi bihugu birimo na Ghana. Nk’uko byatangajwe, hari umugabo ukiri muto wavuze ko igitsina cye cyaburiwe irengero nyuma yo guhura n’undi muntu. Uwo mugabo yagaragaye […]

Tuzi ko ibintu bishobora guhinduka imirwano ikaba yagera mu Rwanda: Brig. Gen. Rwivanga 

Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko kibizi neza ko ibintu bishobora guhinduka imirwano ikomeje gusakiranya umutwe wa M23 n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC ikaba yagera mu Rwanda, gusa kivuga ko cyiteguye mu buryo bushoboka guhangana n’igitero icyo ari cyo cyose cyakwambuka umupaka. Byatangajwe n’umuvugizi wa RDF, Brig Gen Ronald Rwivanga, mu kiganiro yagiranye na RBA. […]

Muyaya aravuga ko Umujyi wa Goma wigaruriwe n’Ingabo z’u Rwanda

Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Leta ya RD Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ubutumwa buvuga ko Umujyi wa Goma urimo abo yise “ingabo z’u Rwanda”mu gihe umutwe wa M23 watangaje ko wafashe umujyi kuri uyu wa Mbere, itariki 27 Mutarama 2025. Muyaya yatangaje kuri X ko leta ikomeje gukora mu kwirinda ko habaho ubwicanyi no gupfa […]

RDF yemeje ko FARDC na FDLR barashe mu Rwanda, bica 5

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mutarama cyemeje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa FDLR barashe ku butaka bw’u Rwanda. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi wa RDF, Brig Gen Ronald Rwivanga. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, mu duce tw’akarere ka Rubavu by’umwihariko mu […]

Uburyo waganiriza umukobwa mwiza mugihura

Gutangira ikiganiro n’umukobwa uteye neza bishobora kuba bitoroshye ariko hari uburyo ushobora gukurikiza kugira ngo bikugendere neza. Dore ibintu by’ingenzi wagenderaho: 1. Iyizere wowe ubwawe Kuba wifitiye icyizere n’ibyiyumvo byiza bifasha kwiyumva neza imbere y’abandi. Mbere yo kwegera umukobwa, iyibutse amagambo meza akugirira akamaro, nko kuvuga uti, “Ndabishoboye,” cyangwa “Ndi umuntu ufite ubwenge kandi ushimishije.” […]

Igisirikare cy’Amerika cyakuyeho amasomo yigishaga ubutwari bw’Abirabura mu ntambara ya 2 y’Isi

Itegeko rya Donald Trump ribuza gahunda zigamije guteza imbere amoko, ubwuzuzanye n’uburinganire (DEI) ryatumye Igisirikare cy’Amerika gisuzuma inyigisho zivuga ku ruhare rw’abapilote b’abirabura n’abagore mu Ntambara ya Kabiri y’Isi kugira ngo zisibwe mu nyigisho zitangwa muri gahunda y’imyitozo ya gisirikare. Ku wa Gatandatu, umwe mu bashinzwe igisirikare yatangaje ko hakoreshejwe “inzira zihuse” zo guhagarika iyo […]

FIFA yahannye Rayon Sports

Impuza mashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi “FIFA” yahannye ikipe ya Rayon Sports FC aho yayibwiye ko ihagaritswe kwandikisha abakinnyi bashya mu igi itari yishyura umwenda ibereyemo uwari umutoza wayo ukomoka mu Burundi, Haringingo Francis. Iki gihano cyaturutse ku kuba iyi kipe itarishyura amafaranga agera kuri miliyoni 9.5 y’u Rwanda, ibereyemo umutoza Haringingo Francis. Ibi bihano […]

Ibyo ukwiriye kumenya kuri VAR yashyizwe muri Stade Amahoro

Ikoranabuhanga ryunganira abasifuzi (Video Assistant Referee – VAR) ryashyizwe muri Stade Amahoro iherutse gusanwa aho hahise hanatangira igeragezwa ryayo. Mu gihe iryo geragezwa ryagenda neza, u Rwanda rushobora kwinjira mu bihugu bikoresha iyi tekinoloji mu mikino y’umupira w’amaguru. VAR ni ikoranabuhanga rifasha abasifuzi mu gufata ibyemezo nyabyo mu bihe by’ingenzi by’umukino, muri iyi nkuru tugiye […]

Abasirikare ba FARDC batangiye guhungira mu Rwanda (Amafoto)

Abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), batangiye guhungira mu Rwanda nyuma yo kwirukanwa n’inyeshyamba za M23 mu mujyi wa Goma. M23 iragenzura uwo mujyi kuva mu ijoro ryacyeye. Kuri uyu wa Mbere ni bwo abasirikare ba FARDC babarirwa muri 20 binjiye mu karere ka Rubavu, bishyikiriza inzego z’umutekano z’u Rwanda […]

Goma: M23 yakiriwe nka Yesu i Yeluzalemu

Abarwanyi bo mu mutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere bakiranwe ubwuzu n’ibyishimo n’abatuye umujyi wa Goma, ubwo bawinjiragamo. Mu ijoro ryacyeye ni bwo uyu mutwe wemeje ko ‘wabohoye’ uyu mujyi ufatwa nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kuwambura ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa Mbere […]

Abasirikare benshi ba FARDC bemeye kuyamanika bishyikiriza MONUSCO

Nyuma yo kumva umuhamagaro wa M23 no kubona nta yandi mahitamo kuko urugamba rwabananiye muri Goma, abasirikare benshi ba FARDC bemeye kuyamanika bishyikiriza MONUSCO n’intwaro zabo n’ibindi bikoresho bya gisirikare. Umutwe wa M23 wo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 27 Mutarama 2025 wemeje ko wigaruriye Umujyi wa Goma. Ku bufatanye na MONUSCO […]

Comoros: Perezida Azali Assoumani arahakana gushaka kuzasigira ubutegetsi umuhungu we

Perezida wa Comoros, Azali Assoumani, wageze ku butegetsi mu 1999 binyuze mu guhirika ubutegetsi kandi watsinze amatora ane mu gihugu cy’ibirwa byo mu Nyanja y’u Buhinde kuva mu 2002, yahakanye ko ateganya guha umuhungu we ubutegetsi. Mu mpera z’icyumweru gishize, Assoumani mu ijambo yagejeje ku bamushyigikiye ku Kirwa cya Moheli yagize ati: “Nzashyiraho umuhungu wanjye […]

DJ Alisha yabatijwe azinukwa ubusinzi n’ubusambanyi

Umunyarwandakazi ukorera muri Uganda, DJ Alisha yatangaje ibyishimo by’uko yabatijwe ndetse ashimangira ukuntu yari yaratwawe n’iby’isi binyuze mu busambanyi n’ubusinzi. DJ Alisha uzwi cyane mu mwuga w’itangazamakuru kuri NFG Radio Uganda no mu bitaramo bitandukanye, aho akunze kugaragara yambaye imyambaro migufi, yavuze ko ibi byari bimwe mu byamubujije amahoro kugeza afashe icyemezo cyo kwiyegurira Kristo […]

Umusifuzi Michael Oliver yatatswe n’abafana bikekwa ko ari aba Arsenal

Umusifuzi Michael Oliver yatatswe n’abafana bikekwa ko ari aba Arsenal binyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusifurira iyi kipe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize.  Umuryango w’abasifuzi b’umupira w’amaguru mu Bwongereza (PGMOL) watangaje ko Polisi yatangiye iperereza ku bikorwa byo guhohotera no gutera ubwoba byakorewe umusifuzi Michael Oliver n’umuryango we nyuma y’umukino wahuje Wolverhampton na Arsenal. […]

Iyicwa ry’abasirikare ba SANDF muri RDC ryateje umwiryane muri Afurika y’Epfo

Nyuma y’uko Igisirikare cya Afurika y”Epfo (SANDF) cyemeje nimugoroba urupfu rw’abasirikare icyenda. Babiri babarizwa muri MONUSCO, naho barindwi bari mu butumwa bwa SADC bwatangiye mu Kuboza 2023, abatavuga rumwe n’ubutegetsi basanga izi ngabo zikwiye gutaha kuko zoherejwe zitateguwe Kohereza abo basirikare bagera ku 3.000 muri DRC byari byabanje kunengwa cyane mu baturage bo muri Afurika […]

Ruto yahamagaje Kagame na Tshisekedi mu nama y’igitaraganya

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya akanaba umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), yahamagaje ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu nama y’igitaraganya. Ni nyuma y’uko imirwano mu burasirazuba bwa RDC ikomeje gufata indi ntera hagati y’inyeshyamba za M23 n’Ingabo za Leta ya Congo Kinshasa. […]

M23 yafashe Umujyi wa Goma

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mutarama watangaje ko wabohoye Umujyi wa Goma, usaba abawutuyemo gutuza. M23 yabyemeje mu itangazo ryasohowe na Lawrence Kanyuka uyivugira mu bya Politiki, ubwo yatangazaga ko nyirantarengwa y’amasaha 48 uriya mutwe wari wahaye ingabo za Leta ngo zibe zamaze gushyira intwaro hasi yarangiye. Yagize ati: “Kuri […]