Umwana w’imyaka 13 wateye inda mwarimu we

Umusore w’imyaka 19 wo muri Leta ya New Jersey, USA yavuze ko atifuza ko umwarimu we akurikiranwa n’ubutabera nyuma y’uko bivuzwe ko yamusambanyije ubwo yari afite imyaka 13. Uyu musore, utatangajwe amazina na DailyMail, yavuze ko ari we watangije umubano na Laura Caron, uyu mwarimukazi w’imyaka 34, kandi ko atigeze yumva ko yahohotewe. Caron, wahoze […]

Nyabihu: Katibu Mtendaji wa Tarafa Anashutumiwa kwa Kuuza Ng’ombe Nne za Mkaazi.

Kabalisa Salomo, Katibu Mtendaji wa Tarafa ya Rambura katika Wilaya ya Nyabihu, anashutumiwa kwa kuuza ng’ombe nne za mkaazi, jambo lililomfanya aingie katika umaskini. Hata hivyo, anakataa shutuma hizo, akidai kuwa hajui hata sura ya hao ng’ombe. Tarehe 10 Januari 2024, suala hili liliibuliwa wakati wa ziara ya Gavana wa Mkoa wa Magharibi, Jean Bosco […]

Nyabihu: Sector Executive Secretary Accused of Selling a Resident’s Four Cows.

Kabalisa Salomo, the Executive Secretary of Rambura Sector in Nyabihu District, is accused of selling four cows belonging to a resident, leaving him in poverty. However, he denies the allegations, claiming he does not even know what the cows look like. On Friday, January 10, 2024, this issue was raised during a visit by the […]

Nyabihu: Gitifu w’umurenge aravugwaho kugurisha inka 4 z’umuturage

Kabalisa Salomo, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu karere ka Nyabihu aravugwaho kugurisha Inka enye z’umuturage bikamuteza ubukene, n’ubwo we abihakana akavuga ko atazi uko zisa. Kuri uyu wa gatanu, tariki 10 Mutarama 2024, Iki ni kimwemu bibazo Guverineri w’intara y’iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco yakirijwe mu ruzinduko amazemo iminsi mu karere ka Nyabihu. Mu kiganiro […]

Rubavu: Wakimbizi Zaidi ya 600 Walioikimbia Rwanda Wamerudi Nyumbani.

Jumla ya wakimbizi wa Kongo 657 wamevuka tena mpaka wa Grande Barrière unaounganisha Rwanda na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) ili kurudi makwao. Walikimbia siku chache zilizopita kutokana na mapigano kati ya kundi la waasi la M23 na jeshi la FARDC lililokuwa likisaidiwa na FDLR, Wazalendo, wanajeshi wa Burundi, na mamluki. Watu hawa wote […]

Rubavu : Plus de 600 réfugiés qui s’étaient enfuis au Rwanda rentrent chez eux.

Au total, 657 réfugiés congolais ont traversé la frontière principale de Grande Barrière reliant le Rwanda et la République Démocratique du Congo (RDC) pour rentrer chez eux. Ils avaient fui quelques jours plus tôt en raison des combats entre le groupe rebelle M23 et l’armée congolaise (FARDC), soutenue par les FDLR, les Wazalendo, des forces […]

Rubavu: Over 600 Refugees Who Had Fled to Rwanda Return Home.

A total of 657 Congolese refugees have crossed back into the Democratic Republic of the Congo (DRC) through the main border post of Grande Barrière, which connects Rwanda and the DRC. They had fled days earlier due to fighting between the M23 rebel group and the Congolese army (FARDC), which was backed by FDLR, Wazalendo, […]

Rubavu: Impunzi zirenga 600 zari zarahungiye mu Rwanda zatahutse.

Impunzi z’abakongomani 657 nizo zimaze kunyura ku mupaka munini wa Grande Barriere uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo zisubira mu byazo, nyuma y’iminsi mike bahunze imirwano yari ishyamiranyije Umutwe wa M23 n’ingabo z’iki gihugu FARDC ifatanyije na FDLR, Wazalendo, Abarundi n’Abacanshuro. Aba bose basubiye mu byabo kuri uyu wa gatatu, tariki 29 […]

Ubelgiji Lilikiri kwa DRC Kuwa Vikwazo Dhidi ya Rwanda Katika EU Vinashindikana.

Wakati mapigano mjini Goma yanaweza kuwa yamesababisha vifo vya watu 3,000, kulingana na takwimu za awali kutoka kwa Waziri wa Mambo ya Nje wa Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner alikwenda Brussels Jumatano, Februari 5, 2025, kuwasilisha kesi ya DRC kwa Umoja wa Ulaya na Ubelgiji. Alikutana na Waziri wa Mambo ya Nje wa Ubelgiji. Katika kipindi […]

La Belgique admet à la RDC que les sanctions contre le Rwanda dans l’UE échouent.

Alors que les combats à Goma auraient fait 3 000 morts, selon les chiffres préliminaires du ministre des Affaires étrangères de la RDC, Thérèse Kayikwamba Wagner s’est rendue à Bruxelles le mercredi 5 février 2025 pour présenter le dossier congolais à l’Union européenne et à la Belgique. Elle a rencontré le ministre belge des Affaires […]

Belgium Admits to DRC That Sanctioning Rwanda in the EU Is Failing.

As the fighting in Goma may have claimed 3,000 lives, according to preliminary figures from Congo’s Minister of Foreign Affairs, Thérèse Kayikwamba Wagner was in Brussels on Wednesday, February 5, 2025, to present the DRC’s case to the European Union and Belgium. She met with Belgium’s Minister of Foreign Affairs. During this period, the President […]

Rwanda Liliambia Umoja wa Mataifa Kuwa Lina Ushahidi wa Shambulio Kubwa.

Ijumaa hii, Rwanda ilitangaza kuwa lina ushahidi wa shambulio kubwa ambalo Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo ilikuwa inapanga kulifanya dhidi yake, huku likikanusha tena kuhusika katika mzozo unaoendelea nje ya mipaka yake. Kwa mujibu wa Reuters, Kigali na Kinshasa zimekuwa zikilaumiana kwa kusababisha hali ya kutokuwa na usalama mashariki mwa Kongo, ambapo waasi wa M23 […]

Le Rwanda a dit à l’ONU qu’il possède des preuves d’une attaque imminente.

Ce vendredi, le Rwanda a déclaré qu’il dispose de preuves d’une attaque majeure que la République Démocratique du Congo prévoyait de lancer contre lui. Il a également réaffirmé son refus d’être impliqué dans les conflits qui se déroulent au-delà de ses frontières. D’après Reuters, Kigali et Kinshasa se sont mutuellement accusés à plusieurs reprises d’être […]

Rwanda Told the UN It Has Evidence of an Imminent Attack.

On Friday, Rwanda stated that it has evidence of a major attack that the Democratic Republic of Congo was planning to launch against it and reiterated its denial of involvement in the conflicts occurring beyond its borders. According to Reuters, Kigali and Kinshasa have repeatedly accused each other of being behind the resurgence of insecurity […]

Afrika Kusini Yatuma Wanajeshi na Silaha Zaidi DRC.

Hivi karibuni, Afrika Kusini ilituma wanajeshi wa ziada na vifaa vya kijeshi katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo baada ya kupoteza wanajeshi 14 huko. Habari hii ilithibitishwa na shirika la habari la Uingereza, Reuters, kupitia vyanzo vya kidiplomasia na kisiasa. Afrika Kusini imetuma wanajeshi wa ziada huku kukiwa na hofu kwamba vita vinavyoendelea mashariki mwa […]

Gen. A. Nyamvumba n’itsinda ayoboye bari mu rugendoshuri muri Qatar

Intumwa zaturutse mu Ishuri Rikuru ry’Ingabo z’u Rwanda, ziyobowe na Brig. Gen. Andrew Nyamvumba, ziri muri Qatar mu rugendoshuri mpuzamahanga rw’icyumweru. Izi ntumwa zasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare ryitiriwe Joaan Bin Jassim n’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’Igihugu, aho bakiriwe n’umuyobozi w’ishuri, Brigadier General Engineer Abdul Hadi Hamad Fahd Al-Dussari, n’umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Gisirikare, Brigadier […]

L’Afrique du Sud envoie des troupes et des armes supplémentaires en RDC.

Récemment, l’Afrique du Sud a envoyé des troupes et du matériel militaire supplémentaires en République Démocratique du Congo après avoir perdu 14 soldats sur place. Cette information a été confirmée à l’agence de presse britannique Reuters par des sources diplomatiques et politiques. L’Afrique du Sud a déployé des troupes supplémentaires alors que la crainte d’une […]

South Africa Sends More Troops and Weapons to the DRC.

South Africa recently sent additional troops and military equipment to the Democratic Republic of Congo after losing 14 soldiers there. This information was confirmed by diplomatic and political sources, as reported by the British news agency Reuters. South Africa deployed extra troops amid growing concerns that the ongoing conflict in eastern Congo could escalate further. […]

Rulindo: Abatari bake baguye mu mpanuka

Abatari bake birakekwa ko bitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Gashyantare, nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu karere ka Rulindo. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iyi mpanuka ahazwi nko ku Kirenge, mu murenge wa Rusiga. Impanuka yabaye ubwo Bisi nini ya sosiyete intwara abagenzi ya ‘International’ yarengaga umuhanda ikagwa epfo mu kabande. Iyi […]

Gasabo: Urubanza rw’umugabo ushinjwa kwica umwana nyuma yo kumusambanya rwapfundikiwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rwaburanishije dosiye y’umugabo wishe umwana w’umukobwa nyuma yo kumusambanya, yarangiza akamutaba mu nzu ye. Mu rubanza, uregwa yemeye ko yasambanyije uwo mwana yarangiza akamwica; asobanurira Urukiko ko yabitewe n’inzoga yari yanyoye kandi ko agira ikibazo cyo mu mutwe; abisabira imbabazi. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko urubanza rwapfundikiwe, rukazasomwa ku […]

Afurika y’Epfo yohereje izindi ngabo n’intwaro muri RDC

Afurika y’Epfo mu minsi mike ishize yohereje izindi ngabo ndetse n’ibikoresho bya gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kuhapfushiriza abasirikare 14. Ni amakuru Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko byahamirijwe n’amasoko ya dipolomasi na Politiki. Afurika y’Epfo yohereje ingabo z’inyongera, mu gihe hari ubwoba bw’uko intambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Congo […]

Gasabo: Bararegwa gutanga ubuhamya bw’ibinyoma barengera umukwe wabo

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, dosiye y’umugore n’umugabo batanze ubuhamya bw’ibinyoma bagaragaza ko umwana wabo wasambanyijwe n’umukwe wabo afite imyaka y’ubukure, busaba ko baburanishwa mu mizi ku buryo bwihuse. Ibyo abaregwa bakoze byabaye ku itariki ya 29 Mutarama 2025 ubwo bafatwaga bamaze gukora inyandiko yuzuyemo ibinyoma, bagaragaza ko umwana […]

Bebe Cool yavuze ku byo gufungisha Tems na Omah Lay

Umuhanzi w’Umugande Bebe Cool yahakanye yivuye inyuma ibirego bimushinja kugira uruhare mu ifungwa ry’abahanzi Tems na Omah Lay b’Abanyanijeriya muri 2020, ubwo bafatwaga barenze ku mabwiriza ya COVID-19. Mu kiganiro yagiranye na Afrobeats Podcast afatanyije na Adesope, Bebe Cool yavuze ko atigeze atanga amakuru yatuma abo bahanzi batabwa muri yombi. Ahubwo, ngo yakoze ibishoboka byose […]

Uganda: Umugabo yatorotse igipolisi ajya kwihindura umugore i Burayi

Polisi ya Uganda yemeje ko igiye guta muri yombi uwahoze ari Divisional Police Commander (DPC), Samuel Ebwang, nyuma y’amafoto akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ko yaba yarahinduje igitsina. Uyu wahoze ari umuyobozi wa polisi mu duce twa Wandegeya, Nsangi na Buyende, bivugwa ko yahunze igihugu atabimenyesheje ubuyobozi, ubu akaba abarizwa muri Australia. Mu kiganiro […]

Rubavu: Nyuma yo gufunga umugore, umugabo nawe yafashwe yenga inzoga zitemewe

Nyuma yo gufunga Murekatete Rebecca wo mu karere ka Rubavu wengega inzoga zinkorano watawe muri yombi, nyuma yo gusanganwa Litiro zisaga 1800, mu murenge wa Rubavu, akagari ka Byahi kuwa gatatu, tariki 05 Gashyantare 2025, Hitiyaremye Fèdele, bashakanye nawe yatawe muri yombi nta n’icyumweru giciyeho. Hitiyaremye Fèdele yatawe muri yombi na Polisi y’Igihugu afatanwa litiro […]

Umufana wa Kiyovu sport Azziz yitabye imana

Binyuze mu butumwa umuvugizi wa Kiyovu Sports, Minani Hemed yacishije ku mbuga za Whatsapp zitandukanye, yabitse urupfu rw’umukunzi akaba n’umushyushyarugamba wa Kiyovu Sports Harerimana Abdulazizi witabye Imana azize uburwayi. Ubutumwa bugira mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 11 Gashyantare 2025. Bugira buti “Ubutumwa bw’akababaro bureba abanyamupira bose. Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bubabajwe n’urupfu […]

Gen. Yakutumba wahawe kuyobora wazalendo muri Kivu y’Amajyepfo ntakozwa ibyo kuganira na M23

Umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba wa Mai-Mai Yakutumba, William Amuri Yakutumba, aravuga ko inyeshyamba ayoboye zitazigera zemera ibiganiro hagati ya leta n’umutwe wa M23 kuko byaba ari ukugambanira igihugu ndetse n’inzira yo kugicamo ibice. Ibi yabitangaje mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’inama ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyepfo bwagiranye n’imitwe ya Wazalendo itandukanye irimo Yakutumba, yari igamije kubasaba kuba […]

Korea y’Epfo: Umwarimukazi yateye icyuma umunyeshuri w’imyaka 8 aramwica

Umwarimu yateye icyuma umwana w’umukobwa w’imyaka umunani aramwica ku ishuri ribanza muri Koreya y’Epfo, mu kibazo cyatunguye igihugu. Polisi yavuze ko umwarimu w’umugore uri mu kigero cy’imyaka 40, yemeye ko yateye icyuma umunyeshuri mu Mujyi wa Daejeon rwagati. Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 10 Gashyantare, uyu mwana bamusanze afite ibikomere yatewe mu igorofa rya […]

Umusaruro ufite agaciro katarenga miliyoni 12 Frw umuhinzi  asonewe umusoro – RRA

Komiseri wungirije ushinzwe abasora n’itumanaho muri RRA, Uwitonze Jean Paulin avuga ko amakoperative y’abahinzi n’aborozi yabegereye abagaragariza imbogamizi z’uko atari abacuruzi, bituma hashyirwaho umwihariko ku makoperative y’abahinzi n’aborozi bitandukanye n’uko byakorwaga, aho basabwaga gutanga facture ya EBM no gutanga umusoro ku nyungu ku musaruro wagurishijwe. Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro cyagaragaje ko habaye impinduka mu buryo […]

U Bubiligi buri gusabira u Rwanda ‘ibihano bikakaye’

Guverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko iri gukora iyo bwabaga isabira u Rwanda ibihano bikakaye, nyuma yo kurushinja gutera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Maxime Prévot, ubwo yari imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Uyu yasabye ko u Rwanda ruhagarikirwa inkunga, mu kwerekana ko u Bubiligi butishimiye ibibera mu burasirazuba bwa RDC. […]

Perezida yinjiye mu kibazo cy’umwarimu wateye umunyeshuri icyuma

Mu gihugu cya Koreya y’Epfo, byabaye agahomamunwa nyuma y’uko umwarimu w’umugore ateye icyuma umwana w’umukobwa w’imyaka 8 mu ishuri ryo mu mugi wa Daejeon. Uwo mwana yasanzwe ku ishuri afite ibikomere by’icyuma ku wa Mbere, nyuma y’uko umushoferi w’ikigo atangaje ko atari yageze mu modoka kugira ngo ajye mu rugo. Uyu mwana yaguye mu bitaro, […]

Perezida Kiir yirukanye ba visi perezida 2 n’ukuriye umutekano

Mu ijoro ryo ku wa Mbere, rishyira kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye ba Visi Perezida James Wani Igga na Hussein Abdelbagi, hamwe n’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutekano, Akech Tong Aleu, mu iteka rya perezida ryasomewe kuri radio na televiziyo by’igihugu. Mu iteka ryihariye, Kiir yashyizeho Benjamin Bol Mel […]

Rutahizamu Gitego Arthur yatandukanye

Rutahizamu w’Amavubi, Gitego Arthur, yatandukanye na AFC Leopards yo muri Kenya nyuma y’ubwumvikane bw’impande zombi. Gitego yari yageze muri iyi kipe muri Mutarama 2024, asinya amasezerano y’imyaka ibiri avuye muri Marines FC. Mu mwaka umwe yahamaze, yatsinze ibitego bitanu muri FKF Cup, bitatu muri shampiyona ndetse atanga umupira umwe wavuyemo igitego. Mu butumwa AFC Leopards […]

Libya: Havumbuwe imva rusange ishyinguwemo abimukira

Mu gihugu cya Libya mu Ntara ya Kufra, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu, havumbuwe imva rusange irimo imirambo 28 y’abimukira bo munsi y’ubutayu bwa Sahara hafi y’ahantu bivugwa ko bari bafungiwe kandi bagakorerwa iyicarubozo. Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko iyi mva rusange yabonetse nyuma y’umukwabu wakozwe kw’icuruzwa ry’abantu, aho abayobozi babohoje abimukira 76 bo munsi y’ubutayu bwa […]

Cassa Mbungo Andre yagizwe umutoza w’Abagore

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko Cassa Mbungo Andre ari we mutoza w’agateganyo w’ikipe y’igihugu y’abagore, Amavubi, mu gihe yitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2026. Uyu mwanzuro watangajwe ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 10 Mutarama 2025 binyuze ku mbuga nkoranyambaga za FERWAFA. Cassa Mbungo azungirizwa na […]

M23 yaciye amarenga yo gufata Bukavu

Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 10 Gashyantare waciye amarenga y’uko ugomba kujya gufata Umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu rwego rwo kurinda abaturage baho bakomeje gukorerwa ubwicanyi n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC. Uyu mutwe wabitangaje biciye mu muvugizi wawo mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka. Ni nyuma y’uko […]

Tchad igiye kohereza muri RDC ingabo zo guha FARDC umusada

Igisirikare cya Tchad kiri mu myiteguro yo kohereza ingabo zacyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gufasha ku rugamba ingabo za kiriya gihugu ziri mu ntambara n’umutwe wa M23. Ni amakuru yemejwe na rimwe mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tchad, mu itangazo ryamagana kiriya cyemezo ryasohoye. Amakuru avuga ko ku Cyumweru […]